logo

NEW TALENTS

Stories Group

AMAHITAMO Y'UMWAMI GISA EPISODE 30

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Twasize Zaheni  arimo akora igihano cye abaturage bamuciraho imyenda bamwambika ubusa buri.
.
Inkuru ya Chris Nandi Ishimwe.
.
Nubwo  bamaze kumuciraho imyenda  barakomeza baramujyana bamuzengurutsa ahantu hose avuga amabi yakoze.
 Ntare na Rutare nabo bakurikiye barabona Mama wabo  akorwa n’amasoni kandi ntacyo bakora. Barakurikiye gusa.
.
Ntare agera aho kwihanga byanga   maze afta inkota ashaka kujya kurwanya abarimo kujyana Mama we bamukuriye ku ifarashi agerageje guhangana nabo bafatira inkota ku ijosi rya Mama we baramubwira ng arongera kugerageza guteza akavuyo barahita bica Mama wabo.
Rutare araza afata Ntare amubuza  kongera gukora amakosa.
.
Zaheni barakomeza baramujyana.
.
Kurundi ruhande Bambi na Gisa bibereye mu ngoro I bwami bari mu cyumba cyabo.
Gisa areba Bambi ati”   Bambi  ufite impano yo kuba umuyobozi mwiza.
Bambi ati”  Cyane se koko.
Gisa ati” Yego. Uburyo waciyemo urubanza  byagaragaje ubuhanga bwawe buhambaye.nukuri iyo aza kuba arinjye ubikora   narikubikora nabi rwose.   Kuba nabigushyize mu biganza   cyari icyemezo cyiza nafashe ntago nibeshye.
.
Bambi araseka.
Gisa  aramufata ati”Hari ikintu nkumbuye.
Bambi ati”Ukumbuye iki?
Gisa ati” Nkumbuye guhoberwa.
Bambi ahita amuhobera cyane, uko hashira akanya baba batangiye gusomana uko bagasomanye bajya kuburiri ‘
Gisa  ati” Ariko Bambi hari ibintu utansobanuriye neza.
Bambi ati” Ibihe ?
Gisa ati”  Biriya wankoreye wabikuye he wabimenye ute?
Bambi ati” Ntahantu nahamwe nabikuye.ahubwo baje muri njye.
Gisa ati” Ubwo se gute
Bambi ati” Nonese ntihari ukuntu  gishya kiza mu muntu.
Gisa ati” Ubwo  twavuga ko wavumbuye uburyo kurongorana bikorwamo.
Bambi ati” Yego. Njyewe rimwe  naribajije nti ese igihe cyose ni ngombwa ko igitsina kijya mu kindi ntakindi kibaye.
Gisaaraseka ati”Cyakora pe ufite ubwenge imana zaraguhaye rwose.
.
Bambi araseka.
Bambi ati” Maze nawe wajya ubinkorera ariko bitari agahato kubera ko utanabizi.
Gisa ati” Ubwo se nkabikora gute?
Bambi ati” nawe wajya unsoma mu gitsina mere yuko uyishyiramo.
Gisa araseka ati” Ubwo  nkashyira umunwa ku gituba?
Bambi ati”Yego, ariko sihame niba wumva byakugora.
Gisa aramufata ati”Mugore wanjye ntakintu kibaho ntagukorera gipfa kuba kiribugsuhimishe.
Bambi ati”Urakoze, niba ibyo nakoze warumvise ari byiza nanye nshaka kuza kumva uko bimera.
Gisa ato” Tugerageze se.
.
Tuze kuri Zaheni basoje kumuzengurutsa hoseeee maze baramurekura atahe iwe mu rugo.atahanye igisebo gikomeye  cyane muri we ariyumva nkaho atakiri umuntu.
Yaje mu nze ye aricara ararira cyane.
Ntare na Rutarenabo baba bageze mu rugo bashatse kuza mu cyumba cye ngo bamuhumurize arabyana abasaba  kuba bamuretse.
Ntare na Rutare bamuha akanya.
Baza hanze bafite umujinya n’uburakari bwinshi.
Ntare afata Rutare mu mashing maze batangira gutongana.
Ntare ati” Uri ikigwari.
Rutare atayimwiyaka ati” Ndi ikigwari gute?
Ntare ati”Umva twakabaye twarwanye tukabica  bose.
Rutare  ati” Ahari washaka kubona Mama apfa nawe bakakwica.
.
Zaheni arimoo kurira cyane ataka cyane hanze abahungu be bakabyumva.Ntare biramurya cyane.
Ntare aritotomba cyane ati”Iriya ndaya   yakoze Mama biriya nzayikata umutwe n’amaboko yanjye.
Rutare ati” Ese watuje ukabaho.
.
Tugaruke kuri isa na Bambi bamaze kwigira mu bihe byiza cyane bambaye ibusa barimo gusomana.
Gisa aba agiye hepfo mu matako ya Bambi, Bamni nawe azamura amaguru afite amatsiko yo kuza kumva uko  gusomwa mu gituba bimera.
Gisa nawe ni ubwa mbere agiye gukora ibyo agiye gukora ntazi nuko biribugende.areba mu gitua cya Bambi arakireba cyane akajya agikozah udutoki. Bambi agaseka.
Bambi ati”Mugabo wajye wabuze aho uhera ubikora
Gisa ati” Singiye kukubeshya pe byacanze ariko ndabikora.
Bambi ati” Kora ibyo utekereje.
.
Gisa aba aryamye yubitse inda umutwe mu matako ya Bambi, Umunwa ku gituba, ururimi mu gituba aba atangiye kumusoma.
Bambi ymva agiye ahandi maze ako kanya  hakamanuka ururenda rwinshi cyane rw’amazi igituba kiba amazi.
Gisa abibomye asa n’uwikanze ati”Ibi n’ibiki bije
Bambi  araseka   ati” Haje ibiki?
Gisa ati”Eguka urebe.
Bambi areguka yirebe mu gitsina  abona ibintu by’umweru biva mu gitsina cye nawe biramucanga. Mwibuke cyera wasanga  abantu baryamana ariko batarebana; kandi iyo umgab yayishyiragamo akarongora akarangiza byabaga birangiye ntabindi.
.
Ubwo  bose biracanze.
Bambi ati” Gisa numvaga biryoshye cyane. eseibyo bije biguteye ikibazo.
Gisa ati”Oyaaaa.
,
Barakomeza Gisa akomeza kumukorera. Maze uko yakabikoze anyunguta imishino ya Bambi cyane abikorana imbaraga Bambi  yumva arimo kubabara aramubuza.
Bambi ati” Gisa gira gacye wiyirya  cyane ndimo kubabara. Cyangwa warutekereje ko ari inyama ugomba kumira.
Gisa araseka ati”Umbabarire aha mbikoze nabi ari mpise memyako ngomba kuyikurira gacye gacye.
.
Barakomejeeee na Bambi agera aho afasha Gisa bageze  aho ijyamo bararongirana bararangiza. Bararyama.
.
Igihe nacyo kirisunika.
.
Tuze mu rugo kwa  Zaheni yaraye yicaye hasi arira bumucyeraho.
 Rutare na Ntare nabo babyutse  bashatse kumenya uko Mama wabo yaramutse baramukomangira ayanga gufungura.
.
Ahubwo Zaheni afata    kuri bwa burozi  yakoresheje aroga Umwami n’umwamikazi maze nawe araburya aba ariyahuye.
Ntare na Rutare baracyahoda umuryango bamusaba ko yafungura. Babonye Mama wabo atavuga maze bashaka uko bamena urugi barinjira basanga nawe amaze  kuba akarambo.
.
.
Baguye mu kantu birababaza cyane.koko
.
Kurundi ruhande  Gisa na Bambi bicaye   ku ntebe y’ubwami bwabo Sola abahagaze imbere.
Sola ati”Nabitabye babyei banjye.
Bambi ati”Sola hari izindi nshingano tugiye kuguha.
Sola ati”  ndemera icyo mwansaba gukora cyose.
Bambi ati” aka kanya ni wowe ugiye kuba ushinzwe abakozi bose bakora I Bwami.
Sola  agwa mu kantu.
.
Akokanya Ntare na Rutare baba binjiye mu ngoro barakaye cyane banafite inkota bahagarara imbere y’Umwami n’Umwamikazi 
Bambi arabareba ati”Mwe ni ikihe kibazo?
Ntare ati”Mukorwe n’amasoni.
Gisa ati” Muravuga ibiki mugaragaze icyubahiro.
Ntare ati”Ikihe cyubahiro umaze kwica Mama wawe?
Gisa na Bambi bagwa mu kantu 
Bambi ati”Muravuga ibiki nababariye ubuzima bwa mama wanyu.
Ntare ati”Kubera igisebo mwamuteye yiyambuye ubuzima.
.
Bambi na Gisa bararebana,
Gisa areba Ntare na Rutare ati:”Twe twamuhaye amahirwe yo kubaho none we yahiseo gutwara ubuzima bwe ikibazo sitwe.
.
Udacikwa na Episode 31

Comments