Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Twasize Zaheni arimo akora igihano cye abaturage bamuciraho imyenda bamwambika ubusa buri.
.
Inkuru ya Chris Nandi Ishimwe.
.
Nubwo bamaze kumuciraho imyenda barakomeza baramujyana bamuzengurutsa ahantu hose avuga amabi yakoze.
Ntare na Rutare nabo bakurikiye barabona Mama wabo akorwa n’amasoni kandi ntacyo bakora. Barakurikiye gusa.
.
Ntare agera aho kwihanga byanga maze afta inkota ashaka kujya kurwanya abarimo kujyana Mama we bamukuriye ku ifarashi agerageje guhangana nabo bafatira inkota ku ijosi rya Mama we baramubwira ng arongera kugerageza guteza akavuyo barahita bica Mama wabo.
Rutare araza afata Ntare amubuza kongera gukora amakosa.
.
Zaheni barakomeza baramujyana.
.
Kurundi ruhande Bambi na Gisa bibereye mu ngoro I bwami bari mu cyumba cyabo.
Gisa areba Bambi ati” Bambi ufite impano yo kuba umuyobozi mwiza.
Bambi ati” Cyane se koko.
Gisa ati” Yego. Uburyo waciyemo urubanza byagaragaje ubuhanga bwawe buhambaye.nukuri iyo aza kuba arinjye ubikora narikubikora nabi rwose. Kuba nabigushyize mu biganza cyari icyemezo cyiza nafashe ntago nibeshye.
.
Bambi araseka.
Gisa aramufata ati”Hari ikintu nkumbuye.
Bambi ati”Ukumbuye iki?
Gisa ati” Nkumbuye guhoberwa.
Bambi ahita amuhobera cyane, uko hashira akanya baba batangiye gusomana uko bagasomanye bajya kuburiri ‘
Gisa ati” Ariko Bambi hari ibintu utansobanuriye neza.
Bambi ati” Ibihe ?
Gisa ati” Biriya wankoreye wabikuye he wabimenye ute?
Bambi ati” Ntahantu nahamwe nabikuye.ahubwo baje muri njye.
Gisa ati” Ubwo se gute
Bambi ati” Nonese ntihari ukuntu gishya kiza mu muntu.
Gisa ati” Ubwo twavuga ko wavumbuye uburyo kurongorana bikorwamo.
Bambi ati” Yego. Njyewe rimwe naribajije nti ese igihe cyose ni ngombwa ko igitsina kijya mu kindi ntakindi kibaye.
Gisaaraseka ati”Cyakora pe ufite ubwenge imana zaraguhaye rwose.
.
Bambi araseka.
Bambi ati” Maze nawe wajya ubinkorera ariko bitari agahato kubera ko utanabizi.
Gisa ati” Ubwo se nkabikora gute?
Bambi ati” nawe wajya unsoma mu gitsina mere yuko uyishyiramo.
Gisa araseka ati” Ubwo nkashyira umunwa ku gituba?
Bambi ati”Yego, ariko sihame niba wumva byakugora.
Gisa aramufata ati”Mugore wanjye ntakintu kibaho ntagukorera gipfa kuba kiribugsuhimishe.
Bambi ati”Urakoze, niba ibyo nakoze warumvise ari byiza nanye nshaka kuza kumva uko bimera.
Gisa ato” Tugerageze se.
.
Tuze kuri Zaheni basoje kumuzengurutsa hoseeee maze baramurekura atahe iwe mu rugo.atahanye igisebo gikomeye cyane muri we ariyumva nkaho atakiri umuntu.
Yaje mu nze ye aricara ararira cyane.
Ntare na Rutarenabo baba bageze mu rugo bashatse kuza mu cyumba cye ngo bamuhumurize arabyana abasaba kuba bamuretse.
Ntare na Rutare bamuha akanya.
Baza hanze bafite umujinya n’uburakari bwinshi.
Ntare afata Rutare mu mashing maze batangira gutongana.
Ntare ati” Uri ikigwari.
Rutare atayimwiyaka ati” Ndi ikigwari gute?
Ntare ati”Umva twakabaye twarwanye tukabica bose.
Rutare ati” Ahari washaka kubona Mama apfa nawe bakakwica.
.
Zaheni arimoo kurira cyane ataka cyane hanze abahungu be bakabyumva.Ntare biramurya cyane.
Ntare aritotomba cyane ati”Iriya ndaya yakoze Mama biriya nzayikata umutwe n’amaboko yanjye.
Rutare ati” Ese watuje ukabaho.
.
Tugaruke kuri isa na Bambi bamaze kwigira mu bihe byiza cyane bambaye ibusa barimo gusomana.
Gisa aba agiye hepfo mu matako ya Bambi, Bamni nawe azamura amaguru afite amatsiko yo kuza kumva uko gusomwa mu gituba bimera.
Gisa nawe ni ubwa mbere agiye gukora ibyo agiye gukora ntazi nuko biribugende.areba mu gitua cya Bambi arakireba cyane akajya agikozah udutoki. Bambi agaseka.
Bambi ati”Mugabo wajye wabuze aho uhera ubikora
Gisa ati” Singiye kukubeshya pe byacanze ariko ndabikora.
Bambi ati” Kora ibyo utekereje.
.
Gisa aba aryamye yubitse inda umutwe mu matako ya Bambi, Umunwa ku gituba, ururimi mu gituba aba atangiye kumusoma.
Bambi ymva agiye ahandi maze ako kanya hakamanuka ururenda rwinshi cyane rw’amazi igituba kiba amazi.
Gisa abibomye asa n’uwikanze ati”Ibi n’ibiki bije
Bambi araseka ati” Haje ibiki?
Gisa ati”Eguka urebe.
Bambi areguka yirebe mu gitsina abona ibintu by’umweru biva mu gitsina cye nawe biramucanga. Mwibuke cyera wasanga abantu baryamana ariko batarebana; kandi iyo umgab yayishyiragamo akarongora akarangiza byabaga birangiye ntabindi.
.
Ubwo bose biracanze.
Bambi ati” Gisa numvaga biryoshye cyane. eseibyo bije biguteye ikibazo.
Gisa ati”Oyaaaa.
,
Barakomeza Gisa akomeza kumukorera. Maze uko yakabikoze anyunguta imishino ya Bambi cyane abikorana imbaraga Bambi yumva arimo kubabara aramubuza.
Bambi ati” Gisa gira gacye wiyirya cyane ndimo kubabara. Cyangwa warutekereje ko ari inyama ugomba kumira.
Gisa araseka ati”Umbabarire aha mbikoze nabi ari mpise memyako ngomba kuyikurira gacye gacye.
.
Barakomejeeee na Bambi agera aho afasha Gisa bageze aho ijyamo bararongirana bararangiza. Bararyama.
.
Igihe nacyo kirisunika.
.
Tuze mu rugo kwa Zaheni yaraye yicaye hasi arira bumucyeraho.
Rutare na Ntare nabo babyutse bashatse kumenya uko Mama wabo yaramutse baramukomangira ayanga gufungura.
.
Ahubwo Zaheni afata kuri bwa burozi yakoresheje aroga Umwami n’umwamikazi maze nawe araburya aba ariyahuye.
Ntare na Rutare baracyahoda umuryango bamusaba ko yafungura. Babonye Mama wabo atavuga maze bashaka uko bamena urugi barinjira basanga nawe amaze kuba akarambo.
.
.
Baguye mu kantu birababaza cyane.koko
.
Kurundi ruhande Gisa na Bambi bicaye ku ntebe y’ubwami bwabo Sola abahagaze imbere.
Sola ati”Nabitabye babyei banjye.
Bambi ati”Sola hari izindi nshingano tugiye kuguha.
Sola ati” ndemera icyo mwansaba gukora cyose.
Bambi ati” aka kanya ni wowe ugiye kuba ushinzwe abakozi bose bakora I Bwami.
Sola agwa mu kantu.
.
Akokanya Ntare na Rutare baba binjiye mu ngoro barakaye cyane banafite inkota bahagarara imbere y’Umwami n’Umwamikazi
Bambi arabareba ati”Mwe ni ikihe kibazo?
Ntare ati”Mukorwe n’amasoni.
Gisa ati” Muravuga ibiki mugaragaze icyubahiro.
Ntare ati”Ikihe cyubahiro umaze kwica Mama wawe?
Gisa na Bambi bagwa mu kantu
Bambi ati”Muravuga ibiki nababariye ubuzima bwa mama wanyu.
Ntare ati”Kubera igisebo mwamuteye yiyambuye ubuzima.
.
Bambi na Gisa bararebana,
Gisa areba Ntare na Rutare ati:”Twe twamuhaye amahirwe yo kubaho none we yahiseo gutwara ubuzima bwe ikibazo sitwe.
.
Udacikwa na Episode 31
Comments