Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IBANGA RY’UMUAZANA WIRABURA
.
Episode 46.
.
Twahertse Brigiite ahura mwibanga rikomeye n’umuntu waramuzaniye amarozi ashaka gukoresha aroga Papa Denis.
.
Umwanditsi ni Chrs nandi shimwe.
.
Mu masaha y’ijoro muri gheto ya Gweni arikumwe na Eliya arimo guseka inkuru Eliya amaze kumuha y’uburyo yagerageje kubwira Umukobwa ko amukunda maze uwo mukobwa aho kumubwira neza akamutera urushyi.
Amaze guseka aramureba ati” Bagukubise hehe muhung wanjye??
Eliya arahamwereka ati” Hano kwitama.
.
Gweni aramukandira aranamuhuhira ati”Ihangane muhungu wanjye ahari umutima wawe wayobeye ku muntu.
Eliya ati” Ariko narinamukunze.
Gweni ati” Nonese uwo mukobwa ameze ate??
Eliya ati” Banza ari uwo mu bakire kuko bari bafite kwiyemera kwinshi.
Gweni ati” Rero abakire agaciro kabo bakabonera mu mafaranga nicyo kibazo bagira.
Eliya ati” Ariko yarimwiza.
Gweni ati” Eliya uwo mukobwa natakubona ntuzahatirize.
Eliya ati” Yego.
.
Tuze mu rugo kwa Denis yicaye muri Saro afite agatasi ki kawa arimo kunywa. Yibuka uko noneho uko yabashije kubonana na Gweni. Nubwo batavuganye bikwiye ariko arumva byibura hari icyahindutse. mu mutima we ashima Imana at” warakoze kumurinda akaba agihari ari muzima.
.
Uwo mwanya Brigitte atashye afite akanyamuneza aza asomagura Denis ati” Cher wiriwe neza.
Denis ati” yego.
Brigitte ati” Ese ko bona uba utanyishimiye ubundi ufite ikihe kibazo??
Denis ati” Ntakibazo mfite kandi ndakwishimiye.
Brigitte ati” Ntabyo mbona.
Denis ati” Cyereka niba ushaka ko nkuterura akaba aribwo ubona ko nkwishimiye.
Brigitte ati” Wakaay wamaze kubikora utabanje kumbaza.
.
Mama Denis aba aje muri Saro, Brigitte amubonye agenda amusanganira ahita amugwamo aramuhobera. Mama Denis biramucanga.
Brigitte ati” Mama wanjye umeze neza.
Mama Denis birushaho kumucanga ukuntu bari bamaze agahe batabanye neza yaba amwitayeho noneho arimo kumwereka urukundo.
.
Bigitte amaze kumuhobera amureba mu maso ati” Mama umbabarire ukuntu narimaze iminsi nitwara nabi. Ndabizi ahai narakubabaje cyane ariko sinabishakaga kadi nanjye ntabwo yarinjye.
Mama Denis ati” Yarinde??
Brigitte ati” Mama simbizi najye icyo narinabaye ariko naje kwitekerezaho mbona bidakwiye ahari ni Satani wariwanyokamye.
.
Auntie Manda aje asanga Brigite arimo gusaba imbabazi nawe biramucanga.
Brigitte ati” Nukuri mbabarira mama.
Mama Denis aramwitegerezaaaaa, Brigitte aboye ko ahari Mama Denis ashobora kuba arimo gushudikanya kumbabazi arimo kumwaka ahita ajya hasi arapfukama.
Brigitte ati” Basi mama mbwira nkore iki kugira ngo umbabarire.
Mama Denis ati” ese uremera neza ko warusigaye witwara nabi?? Ubundi niki cyaricyaguhinduye kuriya. Nekwemeye nk’Umukazana wanjye mbona uri uri Umukobwa mwiza ariko ukuntu wahise uhinduka nk’igicu nibyo byacanze.
Brigitte ati”Nukuri nkusabye imbabazi mama.
.
Abona na Auntie Manda nawe ahagaze aho nawe amusaba imbabazi. Denis areba ibyo barimo maze arisohokera ajya hanze.
.
Gweni nawe asohotse ahagarara hanze yibuka ibihe yanyuranyemo na Denis. Yibuka nukuntu yaje kumureba, yibuka nigihe Brigitte avugira kuri phone ko atwite umwana wa Denis. Yibuka anabona Denis yambaye impeta.
.
Uko atekereza kuri Denis niko na Denis nawe ahagaze hanze amutekerezaho
.
Tugaruke mu nzu Mama Denis na Manda babariye Brigitte maze arahaguruka arabahobera anabaha ama bizoux menshi maze arangije ava aho aragenda ageze mu cyumba cye arabaturika arabaseka.
Aza imbere ya Mirror arireba at” Genda Brigitte uri actress mwiza.
.
Hasi muri saro abandi barimo kwibaza ukuntu ahindutse.
Manda ati” ahinduwe niki?
Mama Denis ati” Buriya Denis yavuganye nawe.
Manda ati” Ubuse twizere ko ahindutse??
Mama Denis ati” Tuzabireba.
.
Papa Denis aratashye asuhuza abo asanze, Brigitte agarutse muri Saro abona Papa Denis aza yihuta cyane amugwamo. Mama Denis na Manda bareba.
Manda ati” Uyu mukazana ari muzihe Drama?
Mama Denis ati” Hari nigihe koko wasanga yitekerejeho neza.
,
Brigitte ati” Papa ndagukunda cyane kandi narinkumbuye nawe reka nkusabe imbabazi niba hari aho nakwitwayeho nabi.
Papa Denis ati” Oooooh ntakibazo kandi ntawe udakosa.
Brigitte ati”Murakoze cyane.
Brigitte arabareba ati” Sinjye watetse ariko mwihangane abe arinjye ubategurira ameza.
Mama Denis ati” Uko abishaka.
.
Brigitte agenda yishimye.
Papa Denis ati” Yabaye iki ra!
Mama Denis ati” Atashye ameze kuriya.
Papa Denis ati” Ubundi se ko yari Umwana mwiza yagumye kuriya.
.
Amasaha arakura cyane.
Umunsi ukurikiyeho Denis aho kujya mu kazi agaruka kuri restaurant ya Gweni. Gweni agiye kumena imyanda hanze abona Denis ahagaze imbere y’amarembo ya restaurant ye.
Gweni aramureba ati” Denis bite??
Denis ati” Ni sawa ariko uyu munsi umbabarire ndashaka gukorera hano umbabarire ntunyirukane.
.
Gweni abitekerezaho, Denis ahita aza imbere ye aramufata ati” Wihakana ndakwinginze nshaka kumara uyu munsi wose hafi yawe. Gweni mbwira ngo yego.
Gweni aramureba mu masooooooo
.
Udacikwa na Episode 47
Comments