logo

NEW TALENTS

Stories Group

AMAHITAMO Y'UMWAMI GISA EPISODE 12

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

.
Twasize Ntare na Rutare bageze mu rugo kwa Rukara  hari icyo bagiye kumubwira.
.
Inkuru ya Chris Nandi Ishimwe.
.
Tuze ku musozi aho Bambi  na Gisa bagiye gufatira akauruko ni muri ayo masaha y’ijoro. Gisa na Bambi barimo gusma bambaye ubusa.
Gisa ati”   Shahu utunywa twawe tuba turyoshye cyane  ndasoma nkumva natumira twose.  Umubiri  wawe uraryoshye cyane.
Banbi ati” Nawe niko bimeze io nkusoma mba ntumva ntarekera.
Gisa ati” Igihe cyose tujye twimerera gutya.
.
Barakomeza ibyabo.
.
Hakuno kurundi ruhande Ntare  na Rutare bari bicaye imbere ya Rukara,
Rukara ati” Ngaho mbateze amatwi ni mu mbwire.
Ntare na Rutare babaza kurebana.
Rukara ati” Niki se kandi ko mubanza kurebana.
.
Ntare ati”  Urabizi ko turi  abana b’Umwami Yuhi nubwo Bambi  yatwambuye ubukomangoma.
Rukara ayi” Iby ndabizi none.
Ntare ati” Ese wowe warabishigikiye?
Rukara ati” Njye sinabishigikiye ariko nyine   byarabaye.  Kandi sinarikunyomoza itegekeko ry’mwamikazi.
Ntare ati” Nonese nawe wemera ko Bambi ari umwamikazi
Rukara ati” Yego ndabyemera.  Kuko mbaye ntanabyamera ntacyahindukra kuri ibyo.
Ntare ati” Njyewe nagiye mbibona kenshi ko agutesha agaciro. Ni kenshi yagiye yanga imyanzuro yawe nk’umusirikare  mwiza kamdi Data yemeraga. None kuba yaragusuzuguriraga mu ruhame  byaragushimishaga?
Rukara abitekerezaho arabareba ati”Umva ibyo mubireke mwe murase kuntego niki kibagenza.
Rutare ati”  Dukeneye kuvana mu nzira Gisa na Bambi  dukeneye ubufasha bwawe.
Rukara agwa mu kantu aratangara cyane maze arahaguruka arabaseka ati” Mwa bana mwe muri abasazi? Ahubwo se niki kinabatinyuye kuza kumbwiraibyo bintu. Mwaba muzi ko aka kanya nahita mbafunga nk’abagambanyi.
Rutare ati” Ariko ntabyo ukoze.
Rukara  arabareba.
.
Ntare ati” Rukara turabizi ko nawe utishimiye uriya Mwamikazi Gisa we n’ikimara cyamaze kuganzwa nuiya mugore arakiyobora. Gisa yagurishije Igihugu.
Rukara arongera aricara.
Ntare ati” Bitekerezeho neza. Ubu badahari dufite amahirwe yo kuba twabakura kungoma ndetse nawe ugasubira agaciro kawe wahoranye nk’Umugaba w’Ingabo
Rukara abitekerezah cyane.
.
Tugaruke kuri Bambi na Gisa baracyajyanisha hasi hejuru,  Bambi ari hejru niwe uyoboye, hashira aknya Gisa nawe akongera agasubira hejuru cyane.
Bambi ati” Rukundo ndimo kuyumvira iyo.
Gisa araseka.
.
Tugaruke kuri   ba Rukara.
Ntare ati” Rukara dutegereje igisubizo cyawe ese  twafatanye cyangwa  ntago bishoboka.
Rukara  ati” Ubu ni ubugambanyi bibaye bibi baduca imitwe.
Ntare ati” Ese nawe ugize ubwoba kandi ari wowe ukuriye igisirikare  cyose cy’Ubwami. Abasirikare bumvira  amategeko yawe rero wategeka rimwe.
.
Rukara abitekerezaho.
Ntare ati”  dore uko twabikora twapanga ibitero bibiri kandi bigari cyane. igitero kimwe cyo kujya kubarangiriza  iyo bagiye cyane ko bagiye ari bacye cyane ntabasirikare bajyanye.
Rukara arabyumva.
Ntare ati”Igitero cya kabiri cyaba aricyo gufata ubwami hano.  Abasirikare hano bacye bashigikiye umwami nabo bakwicwa.
.
Tuze kumusozi mu masaha ya mugitondo. Gisa arakanguze yisanga aryamye wenyine Bambi ntawe.  Amibuze  ahita abyuka nawe ava mu ihema aza hanze areba ahantu hose abura Bambi  abona abarinzi na Sola urimo guteka.
.
Gisa aza kuvugana  na Sola ati” Bambi arihe 
Sola ati” Ntago semurikumwe?
Gisa ati” Oya.
Sola ati” Ntawe nigeze mbona.
Gisa ati”Ngwiki yaba yagiye he se?
.
Gisa aza  kubaza abarinzi babo babiri nabo bamubwira ko ntawe bigeze babona. Gisa ahita abonako kandi bibaye ikibazo. ubwo ahita afata icyemezo cyuko bagomba kumushakisha.
.
 Bataragenda ako kanya  babona nguwo araje afite ibogori bibisi.
Gisa yiruka amusaganira aramuhobera ati” Wanteye ubwoba kubera iki wagiye utambwiye.
Bambi ati” Nanze kugukangura.
Gisa ati” Oya warikumbwira. Ubundi wari wagiye he?
Bambi ati”Nabyutse ngenda nashakaga kumenya neza aka gace turimo.
Gisa ati” Ndakumva ariko ntuzongere kunsiga.
Bambi ati”Ntago nzongera kandi umbabarire.
Gisa ati” Ntakibazo rukundo.
.
Gisa ati”Ibyo bigori ubikuye he?
Bambi ati” barabimpaye.
.
Gisa na Bambi baza  aho Sola arimo gutekera 
Sola arabareba ati” Ndabona uvuye guhaha.
Bambi ati” Yego mvuye kubahahira ahubwo dukeneye kotsa.
Sola ati” yego nabyo ndabikora.
Bambi ati” Reka natwe tubikore. Ahubwo Gisa asa inkwi ndabona zishize.
.
Gisa  afata ishoka arasa.
Bambi aramureba areba  uburyo arimo kwasa araseka.
Sola ati” Cyakora mwese mwahuye muzi guca bugufi.
Bambi ati” Guca bugufi ni intwaro nziza.
.
Gisa amaze kwasa baza  baza kwicara kumuriro batangiragutaruguritsa.
.
Tuze mu Bwamu ubugambanyi bukomeje  kujya mbere. Rukara yamaze kwemera  gufatanya na nabo  bagahiririka Umwami n’Umwamikazi.
Ntare arimo Kundana na Rukara bategura uko bagomba kubikora.
.
Kurundi ruhande Rutare we yibereye iwabo mu rugo mu nzu arimo kwisomera  imizinge y’ibitabo.
Ako kanya  aba araje yinjira mu nzu Rutare aramubona.
Gaju ati”Umeze ute?
Rutare ati” Meze neza. Ni joro Rukara yaraye  yemeye gufatanya natwe.
Gaju arishima ati” Wawoo ubu noneho mugiye kugera ku kintu kizima.
Rutare ati” Cyane.
Gaju aza imbere ya Rutare aramureba cyane ati”  hari ikibazo kimwe cyo kwibaza. None nimufata ubwami ninde uzahita aba umwami hagati yawe na Ntare.
Rutare ati”Ibyo ntawe ubizi.
Gaju ati” Ariko bigimba kuba nabyo bizwi. Gusa njye hari uwo mbona ko yaba  Umwami muri mwe.
Rutare ati” Ninde?
Gaju ati” Ni wowe nakubwiye ko  uriya muvandimwe wawe ari Ikioryi ariko wowe ufite ubwenge ni wowe wayabora igihugu.
Rutare ati” Nonese niba ar ikigoryi ni gute ukundana nawe?
Gaju araseka ati” Ntago mukunda.
Rutare aratangara ati” Ngwiki?
.
Gaju ahita amwaka umuzingo w’igitabo yarimo asoma awushyira kuruhande maze ahita amujya hejuru azamura ikanzu yambaye amwicaraho.
Gaju ati” Burya ni wowe nikundira.
Rutare biramutungura cyane.
Gaju ati” Ahubwo uriteguye?
Rutare nawe aba afatiyeho.
.
Tuze kuri Bambi na Gisa bimereye neza barimo kwirira  ibigori byabo bokeje barishimye cyane.
.
Kurundi ruhande Ntare na  Rukara barikumwe n’abasirikare bayoboye abandi barimo  gutegura neza igitero bashaka kohereza kuri Bambi na Gisa bakabicira iyo bagiye.
.
Tugaruke kuri Bambi na Gisa mu masaha y’umugoroba bari kumusozi barishimye cyane barimo gukina umukino wa  gati.
Bambi  ahagaze hamwe aba yituye hasi. Sola na Gisa bahita baza kumufata bareba ikibaz agize. Bambi ababwira uko arimo kumva ameze.
Nyuma y’akanya  barimo kurya Bambi agiye kuruka Sola ajya kumureba.
Sola ati” Bambi ahari urwatwite.
Bambi ati” Nibyo kuko nanjye namaze kubyiyumvamo.
.
Gisa arimo kuza kubareba aba arabyumvise abaza Bambi ati” Nibyo uratwite
Bambi ati” Yego.
.
Udacikwa na Episode 35

Comments