Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
[4/9, 14:44] ishimwechristian54: AMAHITAMO Y’UMWAMI GISA.
.
Episode 37
.
Twaherutse ba Bambi babonye ubufasha bwari buzanywe na Niragire.
.
Inkuru ya Chris nandi Ishimwe.
..
Niragira akimaraza kuza azanye n’Ingabo Bambi na Sola bahise basubira moral n’imbaraga maze bigura inkota barongera bararwana. Abasirikare Kaninga yarizanye nabo barakubitwa baratsiindwa kaninga na bandi bagenzi be bacye batishwe bafatwa mpiri ari bazima.
.
Bambi arabazirika.
Bambi amaze kubazirika areba Niragire aho ahagaze maze aramusanganira amugwamo aramahobera cyane aramushimira.
Bambi ati” Narimbizi ko ntakwibeshyeho.
.
Ese byagenze bote kugira ngo Niragire abe azanye ingabo gutabara Bambi na Gisa. Byakozwe bite ingabo yazikuye he.
.
Dore uko byagenze.
Bambi akimara na Gisa bakimara kwimikwa Gisa akaba Umwami naho Bambi akaba Umwamikazi. Bambi yafashe iihe gihagije cyo gutekereza uko agiye gukora. Yabanje kwiga ku bantu bose bamuzengurutse azakorana abo abenshi baganjemo abamutwanya cyane batamukunda.
Mubo yaramaze kubona neza ko batamwumva neza harimo N’Umugaba w’Ingabo ariko yanze guhita amukura kuri uwo mwanya kuko yabonega bishobora guhita byateza ikibazo gikomeye. Ndetse n’abandi bayobozi batandukanye batamwiymvamo yanze kubambura inshingano zabo kubera ko yabonega bishobora guhita biteza akavuyo mu gihugu kandi atabishaka. Icyo gihe nibwo yagiye yiga uburyo azakorana nabo kandi akabagenzura neza bihagije intambwekuyindi.
.
Amaze kubona ko hari igihe Umugaba w’Ingabo yazababera ikibazo nibwo yaje gushaka umusirikare witwa Niragira aramufata bajya ahantu kure hibanga bajya kuganirirayo.
Bambi yaramubwiye ati” Niragire hari impamvu nkutoranyije mu bandi basirikase bose bahari. Nuko nshaka kuba ari wowe mp aikizere cyanjye. Ndashaka ko uba umusirikare wanjye wibanga. Ndetse kandi ukanashaka n’abandi basirikare bacye mwajya mukorana ku ibanga rikomeye cyane. gusa muzakomeza mukorere mu gisirikare gisanzwe muyobowe n’Umugab w’Ingabo ariko mwe nyne muzaba mukora ku ibanga ntawundi muntu ubizi.
Niragire ati” Mwamikazi nakiriye izo nshingano zikomeye umpaye
Bambi ati”Urakoze cyane ubwo Numara kugenda uhuza n’abandi basirikare uzambwire.
Niragire ati” Yego.
Bambi ati” Ndakwizeye ntago uzagambanira ikizere cyanjye.
Niragire ati” Byonyine nashingiye kucyizere umpaye cyo kuba arinjye watoranjyije mu bandi bose binyeretse ikintu gikomeye, njye naweduhanye iguhango gikomeye cyane.
.
Bambi yaramushimiye baratandukana uwo munsi. Niragire yatangiye kujya ahuza abasirikare bamwe na bamwe nawe yizeye kubangamaze akajya abashyira mu itsinda rye ry’ibanga. Umugaba w’Ingabo ntago yarabukwaga ibirmo kujya mbere kugeza igihe Niragire yaje guhuriza hamwe igisirikare gikomeye cyane cy’abazirwa ku Mwamikazi ariko gikorera mu kindi gisinzwe cy’Igihugu.
.
Ubwo rero Bambi na Gisa bari bagiye kuba I bwami bagoye mu karuhuko. Nubundi Bambi yabanje kuza guhura na Niragire amubwira ko bagiye kuba Ibwami bakajya gufata akaruhuko. Icyogihe Bambi na Gisa baribafashe icyemezo cyo gusigira Umugaba w’Ingabo inshingano zi kuba ariwe wita ku gihugu.
Bambi yabibwiye Niragire amubwira kuzamubera amaso n’amatwi..
.
Ubwo Rukara yaramaze guhuza imbaraga na ba Ntare na Rutare byo kugambanira umwami n’Umwamikazi Niragire yaraho byose abyumva anumva neza uko barimo gupanga. Rukara ntago yarazi ko Niragire ari umusirikare w’ibanga ukomeye cyane wa Bambi.
.
Ubwo reri igitero cyavaga I Bwami kije gutera Bambi na Gisa kumusozi nibwo na Niragire yahise aca inyuma nawe ajya gupanga uko baza gutabara Umwami n’Umwamikazi.
.
Nuko byagenze.
Gisa na Sola bamenye byose uko Bambi yabipanze barumirwa cyane bamukomera amashyi menshi cyane.
Bambi ati” Mushimire cyane Niragire wemeye kuba umwizerwa kurinjye.
Nawe baramushimira cyane.
Bambi aramureba at” Niragire unkoze ahantu kuri njye umaze kuba udasanzwe mu buzuma bwanjye.koko abantu beza baracyariho kandi bazabaho.
Niragire ati” Ntakibazo Mwamikaz wanjye.ariko reka mbanze nkusabe uruhushya. Wambarira nkabanza navugana gato na Kaninga?
Bambi ati” Ntakibazo gusa ntapfe.
Niragire ati” Yego.
.
Bambi na Sola bafata Gisa bamusubiza mu ihema bajya kumwitaho, Niragire nawe aza imbere ya Kaninga aramureba cyane
Kaninga aramucira ati” Uri ikigambanyi.
Niragire ati” Umugambanyi ni wowe ugambanira igihugu cyawe. Ariko ngiye kubanza mbanze nkumviishe uburyo ubugambanyi ari bubi ngiye kubanza kukumvisha ububi bwo guhitamo nabi.
.
Niragire ajyaho aramuhondagura koko amugira inyama koko n’abandi bise agenda atimbagura.
Niragire amaze kwinigura ati” Ubuzima bwanyu bwose ubu murabwangije hejuru yo kumvira ikibi. Bambi ahira abivuga ababaza ngo n’ikihe cyiza abantu bakura mu guhitamo umwijma. Ese kuki mutiga? Ese mwigeza mubona Umwamikazi wacu ari mubi Muri we harim ubumuntu kandi azi ubuzima icyaricyo niy mpamvu akora uko ashoboye akita kuri buri wese ariko imitima itanyurwa yanyu.
.
Tuze I Bwami.
Rutare, Ntare na Rutare baracyanywa bishimisha yawe, gusa igihe kirimo kugenda bakireaba.
Gaju aba atangiye gutekereza aribaza ati” Ese ko mbona uzba rigiye kurenga ingabo mwatumye zitaragaruka .
Ntare ati” Baraba baza.
Gaju ati” Niba batsinze ubu bakabaye bagarutse bagarukanye amakur y’insinzi none ntibaragaruka.
Rukara nawe aba atangiye kubitekerzaho.
Ntare atti” Mwigira ikibazo buriya barimo kugaruka.
.
Ntare ahita ahaguruka baramureba.
Rutare ati” Ugiye he se kandi wowe.
Ntare ati” Hari ahantu ngomba kujya,
Gaju ati” Hehe.
Ntare aramufata ati” Tugende mpakwereke mwamikazi wanjye.
.
Gaju na Ntare baba baviye aho abandi bari baragenda baza bagana ku ngoro. Rukara na Rutare bararebana baribaza bati twe dusigaye hano dukora iki.
.
Nabo bab barahagurute bakurikira Ntare na Gaju aho bagiye.
.
Ntare yaje mu ngoro yinjiramo imbere we na Gaju. Bamaze kwinjiramo abasiirikare barinda ingoro barabangira.
Babangiye, Rukara araza ategeka ko babareka bakinjira. Abasirikare barinda ingoro barabyanga babwira Rukara ko nubwo bamusigiye ububasha bwo kuyobora ariko bamubwiye ko azakorera mu nzu ye bitari mu ngoro.
Rukara ararakra cyane aba ateetse abasirikare baraza bagaba igitero bahanga nabo basirikare barabica bose maze binjira mu ngoro kumbaraga. Bamaze kwinjira. Ntare intebe y’Ubwami arayitegereza cyane.
.
Atera intambwe agenda ayiganaho we na Gaju barurira kubera ko itereye hejuru. Umwami n’Umwamikazi baba bicaye bareba abantu bose.
Ntare na Gaju baricarana kuntebe nkUmwami n’Umwamikazi. Rutare arabareba.
Ntare ati” Mwambonye sha.
.
Kurundi ruhande Bambi na Gisa bari mu nzira barimo kugaruka mu bwami. Bazanye imbeho Kaninga na bagenzi be.
.
.
Udacikwa na Episode ya 38
Comments