logo

NEW TALENTS

Stories Group

AMAHITAMO Y'UMWAMI GISA EPISODE 36

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

.
Twaherutse  ba Bambi igitero kibagezeho kandi Gisa ararwaye ameze nabi cyane.
.
Inkuru ya Chris nandi Ishimwe.
.
Abasirikare babagezeho bamaze nk’amabandi kuburyo Bambi atapfa kumenya abaribo. Bambi areba igitero kibajeho nawe ubwe agira ubwoba.
.
Kaninga niwe uyoboye   bose bambaye ibitambaro bibahisha mu maso kuburyo Bambi ntamusikirare numwe  yabasha kumenya.
Bambi arabarebaaaa nabo baramureba cyane,
Bambi arababazaati” Murashaka iki?
Kaninga ati” Umutwe wawe.
Bambi  ati” Umutwe wanjye se urabamarira iki? Hano hari ibintu by’agacro dufite twabibaha mukigendera.
Kaninga ati” Turabica nabyo tubitware.
Bambi ati”  kubera  ki mushaka kunyica ndi umuntu usanzwe? Kunyica kwany kurabamarira iki?
.
Bambi azi ko ari amabandi arimo kuvugana nabo. Banga kumusubiza. Gusa Bambi abitegereje neza yibaza ukuntu amabandi yaba yarishi  hamwe akaba ari benshi bigeze aho abona ntago bishoboka.
Bambi ati” Muri bande mwoherejwe na bande?
.
Kaninga areba  abasirikare  ati” Mwatate sha ntamambo dufite hano.
.
Bambi ahita yinaga mu hema akuramo inkota ye Gisa arabibona gusa ameze nabi cyane.
Gisa ati” Habaye iki ko numva urusaku rwinshi hanze .
Bambi ati” Turatewe.
Gisa agiye guhaguruka biranga ameze nabi cyane bishoboka.
.
Bambi aza hanze  abona abarinzi babo batangiye guhangana n’abo basirikare ariko  hadaciyemo akanya abo barinzi baba bamaze gupfa. Bambi yisanga abahagazemo hagato wenyine baramuzenguruka batangira kumuvugiriza induru nyinshi.
Kaninga aramureba ati” uraboka koko wahangana natwe.
Bambi arabareba nawe biramurenga.
Kaninga ati” Ibyiza shyira inkota yawe hasi umanike amabiko birakuranye. Nudahanga turaguha urupfu rwiza.
.
Bambi yarerebye akababaro karamwica.
.
Ako kanya abandi basirikare binjia mu hema bakurao Gisa bamuzana hanze bamukurubana hasi. Uwo mwanya baba babonye na Sola aho yariyihishe nawe baramuzana bamushyira aho. Bambi arabareba.
Kaninga ati”Mwese mugiye gupfa.
.
Tuze I Bwami.
Ntare na Rukara barimo kwinywera amayoga bategereje kuxa kumva inkuru nziza Kannga aza kubazanira.
Nabo kandi basoje gushyira hamwe igisirikare cyza guhita gitera ku ngoro kigakubita abasirikare acye baba barinda umwai n’Ingoro badashobora narimwe kumugambanira.
.
Uko barimo banywa bishimye  cyane kurundi ruhande Rutare na Gaju bibereye mu gitanda babirimo neza barimo gusambana.
Gaju ati” Ni wowe unabashije cyane.
Basoe bagwa agacuho, Gaju Amuryama hejuru.
Rutare ati” Mukanya uvuze ibiki?
Gaju ati”Navuze byinshi.
Rutare ati” Sinzi ibyo numvishe wavugaga kuri njye na Ntare.
Gaju araseka ati” Navugaga ko ari wowe unabashije kwita kumugore kurusha Ntare.
Rutare araseka ati”Nonese ntago yigeze abikora neza?
Gaju ati” Oya.
Rutare ati” Ariko njye uravuga ko bigenze neza.
.
Tugaruke kuri Ntare na Rukara baracyarimo kunywa amayoga bishimisha cyane.
Rukara ati” Ariko umuvandimwe wawe arihe ntitwakabaye turikumwe hano.
Ntare ati”Wamugani arihe.
Rukara ati”Ahubwo na wa mgore wawe.
Ntare ahita ahaguruka ati” Reka njye kubareba  mbabwire nabo baze hano.
Rukara ati” Yego nibaze twishimire insinzi tugiye kugira.
Ntare ava aho ajya kubareba.
.
Tugaruke kumusozi .
Bambi abahagazemo hagati Kaninga aracyamusaba ko yareka guhangana bakaza kubaha urupfu rwiza batababaje.
Bambi ati” Niba mushaka njye abo mabareke bagende.
Kaninga araseka ati” Oya mwese dushaka kubica.
.
Bambi areba Gisa na Sola abona n’ubundi bose baribupfe maze asaba Gisa imbabazi ati”Umbabbarire mwami wanjye.
Bambi aba ahisemo gupfa arwana kuko byose n’ubundi nikimwe.
.
Bambi aba  abatangiyeho arwana nabo agenda agira abo yisasira kandi benshi. Kurundi ruhande Sola baramufata batangra kumwambura imyenda barashaka kumwica babanje kuufata kungufu. Abagabo bagiye kuyishyiramo Sola  yirwanaho nawe mubyibuke ni indwanyi   yamura umwe muribo inkota  maze  nawe atangira guhangana intamabra irakomera cyane.  gusa niwe na Bambi gusa ababatetse ni akayabo 2000 bose.
.
Tugaruke mu bwami Ntare ari mu nzira ajya kureba Umuvandimwe we. Ageze mu rugo arinjira. Rutare na Gaju barikumwe mu buriri.
Ntara atangira guhamagara baramwumva maze bahita Bambara imyenda vuba vuba baza muri Saro. Ntare arababonana
Ntare ati”Mwambi  mwakoranaga iki mu cyumba?
Rutare ati” Gaju nibwo yarakigera hano aje kundeba.
Ntare ati” Twibazaga aho muri  mutarikumwe natwe?
Rutare ati”Twaritugiye kuza.
Ntare arabareba  cyane ati” Ariko mwembi ntakintu murimo guhisha?
Rutare na Gaju bararebana maze baraseka.
.
Gaju ati” Ubwo naba mpisha iki n’umuvandimwe wawe.
Gau ahita amwegera maze aramusoma ati”Ndagukunda  cyane tugende ahubwo nanjye ndumva mfite icyaka.
.
Tugaruke kuri Bambi na Sola  barimo kurwana  bahangana batangiye kunanirwa bajya hasi bose. Barafatwa barabapfukamisha imbere ya Kaninga.
Gusa nabo bisasiye abasirikare benshi bishe.
Kaninga ati” Ubuse mwahangana murwana niki None amaherezo ngiye kubica nabi.
Kaninga arabareba arabaseka cyane ati”Bambi ugiye kurangira nabi.
Bambi arebana na Gisa. Gisa we ari hasi ntakintu yakora kubera ko anameze nabi cyane. Bambi arahindukira arebana na Sola. Sola araseka.
Bambi ati”Kubera iki urimo guseka.
Sola ati” Kubera ko tugoye gupfira hamwe. Twakuriye hamwe tuba mu buzima bumwe none tugiye no gupfira hamwe.
Kaninga arabareba ati”  mugiye gupfa nabi.
.
Bambi arena Gisa ati” Gisa ni wowe mugabo muzima namenye. Tugiye gupfa ndizera ko naho tugiye kujya tuzaba turikumwe tuzagumana.
Gisa ati” Yego tuzagumana .
.
Kaninga  bamuzanira iguhoro kinini cyane cyakindi gikuraho imitwe barakimuhereza.
Bambi abombeka amaso ye.
.
Kaninga azamura igipanga maze  ako kanya ataratema imyambi itangira kubacamo, Kaninga arebye abona inyuma yabo hari ingaboz zije zibarwanya. Baba bagezemo sasa intambara iba ihnduye icyerekezo.
Kaninga yikangamo yibaza ababatatse ah bavuye abona  bambaye imyenda ya gisirikare cy’i bwami.
.
Bambi nawe abona atabawe  n’abasirikare be ntazi ko nabari bamuteye ari abasirikare b’igihugu cye.
.
Abaje kumutabara bayobowe na Niragire, Bambi aba asubiranye akabaraga afata inkota ye yongera guhanagana bundi bushya. Na Sola afata inkota maze bahangana koko n’abasirikare ba Kaninga barabatsinda, Kaninga n’abandi basirikare bacye bafatwa mpiri aribazima.
.
Bambi arebana na Niragire maze Bambi agenda musanga amugwamo barahoberana cyane.
Bambi ati” Ntago nakwibishyeho.
.
Udacikwa na Episode ya 37

Comments