Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IBANGA RY’UMUKAZANA WIRABURA.
.
Episode 9
.
Duheruka Brigitte yinjiye avuga ko we yiteguye mariage.
.
Written by Chris nandi iSHIMWE.
.
Denis arahindukira aramureba bahuza amaso.
Brigitte ati” Denis ntagihe dukeneye.
Papa Denis ati” Umukobwa ko yiteguye wowe urabura iki??
.
Denis yegera Brigitte ati” Brigitte nye nawe hari byinshi dukeneye kubanza twanoza neza.
Brigitte ati” Ibiki nyine ushaka ko tunoza. Bivure hano na papa wawe abyumve. Nonese hari ikibazo kii hagati yanjye nawe??
Denis ati” ariko ibyo nkwiye kuvugana nawe bireba njye nawe.
.
Papa Denis arabibona ko Denis asa nurimo kunaniza Brigitte.
.
Papa Denis ati” Ariko se ufite kibazo ki wa mwana we. Umukobwa ko akwereka ko yiteguye ukeneye kuzarira mu biki
Denis ati” Bri reka tuve hano tuvugane.
Brigitte ati|” Banza wumve icyo papa wawe avuga.
.
Denis ati” Sawa ngaho reka tujye kubitegura.
.
Barasohoka bava muri Office ya Papa Denis.
Denis ati” Brigitte wavuga ko turimo kwirukanswa niki??
Brigite ati” Ahubwo wowe wavuga ko utegereje ibiki? Cyangwa gukomeza kwisebya wirirwa ugendana n’abakobwa nkabariya bamafuti utanamenya amako yabo.
Denias ati” Abo bakobwa uvuga ni bande??
Brigitte ati| Ni joro nzi ahantu waruri.
Desnia ati” Nonese aho narindi n’ikibazo.
Brigitte avuga atongana ati” Ese wamenye agaciro kawe n’umuryango wawe. Ariko ubundi denis reka dushyire umucyo ahabona. Nkwihambiraho ntabwo unkunda?
Denis ati” Ndagukunda ariko sinkunda njye kwirukansa ibintu.
.
Brigitte ati” Denis niba unkunda bihagije nakabaye arinjye kintu ukeneye mbere y’ibindi byose. Nkuko kuri njye bimeze. Icyo mba numva nkeneye gusa ni wowe ntakindi.
Denis aramureba.
Brigitte aramufata ati” Denis njyewe sinkikeneye gutegereza ntacyo ntegereza nkeneye kumara ikindi gihe cyose cy’ubuzima bwanjye ndi hamwe nawe.
.
Kurundi ruhande Gweni yaryamiriye cyane nibwo agikanguka. Arabyuka ava mu buriri afashe kuri telephone abona bibaye hafi saa tanu z’amanwa arikanga. Ava mu cyumba aza koga mu maso maze yibuka ukuntu ejo yirukanwe yibuka nuko yajyanye na Denis yibuka bajyana kuvuza ingoma.
.
Amaze kwibuka yumva ashatse kumuhamagara ariko yibuka ko nta number ye afite.
.
Tugaruke kuri Denis na Brigitte binjiye imodoka baragiye.
Brigitte ati:” Tujyane iwanjye mu rugo tubanze tubiganire neza.
.
Baje muri apartment ya Brigitte maze baganira kuri gahunda zabo nuko bagomba kubana.
Brigitte yiyambura imyenda imwe nimwe asigarana imwe iri sex cyane. Amabere. Mu nda n’amatako bifite uko bigaragara maze yicara kuri Denis.
Brigitte ati” Cher mbwira wowe ntabwo ubona ko ukeneye kuzajya umporana gutya. Njyewe ubundi uranacanga wakabaye unsarira cyane ubundi wavuga ko habura iki?? cyangwa bea ufite undi muntu waba ukunda??
Denis ati” Ntawe.
Brigitte ati”Umva niyo yaba ahari yaba azahura na kage kuko wowe uri uwanjye wese.
.
Denis aramurebaaaaa maze Brigite ahita afata amaboko ya Denis ayamufatisha ku mabuno ye. Nuko nawe atangira kumukorakora mu gatuza.
.
Imbaraga z’abasore aho akenshi ntizijya zipfa kuharenga maze Denis aba atangiye gushyuha mu mubiri.
.
Kurundi ruhande Gweni yicaye hanze ku kazuba arimo kwibaza ati” Uriya muswa Denis ndamukura he??
.
Tugaruke kuri Denis na Brigitte rwambikanye hagati yabo bari muri romance bavuye muri iyi si.
Basoje barangije Brigite araseka ati” Thank you my husband. Urabona udakeneye ko mba ndi hafi yawe igihe cyose.
Denis ati”Yego.
Brigitte maze ahita amufata aramusomagura yishimye cyane.
.
Brigitte ati” Baby reka noneho rero dutangire dutegure neza kandi mariage yacu izaba itwika.
Denis ati” Ntakibazo.
.
Denis arabyuka maze arambara .
Brigitte ati” None ko wambara ugiye he??
Denis ati” Honey ihangane hari ibyo ngiye kubanza nakemura gato. Ubundi akand kanya kose ngomba kukamrana nawe dutegura.
Brigitte ati” Sawa. Ariko nizere ko ntaza kongera kubona ibintu byawe ari uguhatiriza.
.
Denis aritegura maze aba avuye aho agenda yihuta cyane aza kuri gheto ya Gweni asanga yicaye hanze.
Denis aza imbere ye Gweni aramurebaaaaaa.
Denis ati” Nuku unyakira se??
Gweni ati” Kandi mbona wakiriwe bihagije.
Denes ati” Nakiriwe nande se??
.
Gweni arahaguruka ati” Cyakora iminyenga muba mwayiriye.
Denis biramucanga ati” Urimo uvuga ibiki ra!
Gweni ati” Mbwira wabonye aho ugiye kunsabira akazi tugende?
Denis ati’ Yego ariko banza unsobanurire ibyo uvuze.
.
Gweni aramurebaaaa maze azunguza umutwe! Agiye kujya mu nzu atavuze Denis aamufata akaboko.
Denis ati” Gweni banza uvuge icyo warusobanuye.
Gweni ati” Ariko ubundi kuki nkwitayeho cyane kandi ari uburenganiza bwawe.
Denis ati’ Ibiki se uvuga.
.
Gweni aramwitegereza cyaneeeeee maze …..
.
Udacikwa na Episode 10
Comments