logo

NEW TALENTS

Stories Group

MU MBONI EP 11

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
NewtalentsG 
.
Twasize  ...  Kw'ishuri mwarimu madamu Marie atumye umunyeshuri ko ambwira ko anshaka mubiro  bye,
.
Usoza gusoma iyi soma ni INZITANE EPISODE YA 8
..
Naratekereje icyo yaba anshakira biranyobera. riko, ntakundi ntabwo narikubasha kubikwepa gusa numvaga mu mutima ntatekanye ubwo namaraga kugera k'umuryango narakomanze nuko numva ijwi rya madamu Marie rimbwira ko nakwinjira ntakibazo nahise ninjira maze nsanga ntawundi mwarimu urimo Ari Marie gusa 
.
Yararimo gukoresha Laptop maze kwinjira yarambajije....
Ati"Munda se hakize? 
Nge nti" Yeah ubu ntakibazo maze neza"
Marie ati"nonese wanyoye ibinini ?"
Nge ati"Eeeeh narabinyoye"
Arambwira ati"...nibyiza ibyo nibyo nashakaga kukubaza ,ushaka wasubira mu'ishuri ntakibazo kindi"
Ariko amaze kubwira gutyo namusabye ko yantiza kuri Laptop nkagira ibyo nibariza google 
"Ntabwo bishoboka kubera ko turi mumwanya wo kwiga uze kugaruka saa yine"
.
Amaze kumbwira gutyo nasubiye mu ishuri mfite akanyamuneza  akanya kakaruhuko kageze    nasubiye mu bureau niruka kugira ngo iminota icumi yakaruhuko irangire ibyo ndimo gushaka  kuri google, Mbe namaze kubibona. ubwo nageragayo nasanze arimo kwegeranya ibitabo neza maze kumugera iruhande yarabwiye 
ati"mfasha kwegeranya bino bitabo  niturangiza  tugerane mu rugo"
Amaze kubwira ko dutahana iwe murugo umutima warankubise ariko ndiyumanganya   kuberako yari mwarimu wange ntampamvu yumvikana yari gutuma mugiraho amakenga. 
.
Vuba vuba namufashije kubyegeranya turangije turagenda ubwo twamaraga kugera murugo iwe aho ataha nyine yampaye karibu muri Salon
ndinjira ndicara hanyuma arambika Laptop kumeza hanyuma arambwira 

Ati"ngaho yikoreshe ibyo washakaga gukora nurangiza urambwira"
Arangije kubwira ibyo yinjira mucyumba cye amaze kugenda nafunguye Laptop ariko mubyukuri nabuze ahantu nahamwe nakanda kugira ngo ngere ahantu haba hari internet 
mbonye binyobeye namfuye gukandagura aho mbonye hose 
Muruko gupfa gukandagura,
naguye kumashusho yurukoza soni maze kuyabona umutima warakubise maze ntangira gukandaguza hirya no hino.
.
Kugira ngo ndebe ko ibyomaze gushyiramo byavamo ariko uko nakandaga aho kugirango bivemo ahubwo hajyamo indi Kandi yo irenze iyambere uko nakomezaga kuzireba Niko umubiri wange  watangiraga  gushyuha maze kubibona gutyo nahise mfata umwanzuro wo kubireka, ngasubira mu'ishuri  ntaragera ugihe cyo guhinduka mo wolf.
Ariko ngizengo ndahaguruka Madamu Marie Ntabwo yahatanzwe yarahageze akenyeye igitenge mu mabere kimufashe cyane neza ubona imiterere y'umubiri we.
.
ooho mubyukuri byari ibigeragezo pee hejuru y'ibindi kubera ko arimo gutera intambwe inyegera numvishe ubushyuhe mu mubiri bwiyongereye madam Marie amaze kuza yicaye iruhande rwange byose arabikupa hanyuma atangira ku kunyigisha ukuntu bakoresha Laptop ariko ingorane zavutse,
Nuko Madam Marie yari yicaye nabi cyagitenge yarakenyeye kirazamuka bituma mbona amatako ndetse n'umwenda w'imbere.
.
Naratakereje ko ni ntagira icyo nkora mumaguru mashya ibintu biri buze guhinduka bigafata indi sura mbi kandi nari ntangiye kumva ntangiye kumera ukuntu maze kumva, ko bimwe byo guhindamuka bishobora kuba bigiye kuza nahise musezeraho.
.
Ariko ubwo namaraga guhaguruka numvishe Amfashe ukuboko arankomeza nashatse kumwiyaka ngo nsohoke Niruke ariko biranga kubera ko yari yakomeje cyane murakokanya nyine nabonye akenyurura igitenge akijugunya hakurya asigara mu gakariso gato.
.
Maze kubona amabere ye nu mvishe ndushujeho kugurumana 
narebye hirya ngerageza guhingisha amaso ariko amatsiko andusha imbaraga yarafite amatako manini atukuye 
Nongeye kugarura amaso ndamureba nongera kumwiyaka
  yahise ambwira. 
ati"nukuri Joseph aho nakwifuruje maze kubirambirwa uyu munsi ntabwo ushobora kuncika niba unabitekereza ko wangendana urimo kwishuka"
.
Maze kumva ambwiye gutyo naratangiye kubera ko ntabwo natekerezaga ko umwarimu wange abantu bose bakunda kandi bubaha untangarugero mubandi barimu Bose ko yanyifuza ikindi kintu cyanteye gutangara nuko ngewe nari nkiri muto ariko Marie we yari mukuru Kandi afite abana tungana  ariko bo ntabwo babanaga munzu.
Marie Kandi yari yaratandukanye n'umugabo we birumvika ko abana babanaga na Se,
.
Ads
.
Murako kanya nkiguye mukajugane madamu Marie yarankuruye nimbaraga ze zose 
Maze ndangwa nicara kumatako ye arangije ahita azana umunwa awegereza uwange mugihe ukundi kuboko kwe kwarimo gufungura umukandara ufashe  ipantaro yange nari mbaye 
Nagerageje kumwiyaka ariko birananira  nubwo yari umugore mwiza ariko yarafite ni mbaraga.
.
Bitewe no gushyuha ndetse numubabaro wuko ndimo guhatirwa gukora ibyo ngewe ntashaka Kandi ntemewe gukora 
natangiye kumva noneho ntangiye guhinduka biri Serious 
amenyo atangira kuba maremare 
Ayo menyo y'impyisi yarakuze muvuduko wiruka cyane bidatinze nagato ninzara nazo bigenda gutyo ziba ndende kandi 
zisongoye.
Amatwi nayo ntiyatangwa arakweduka aba minini inyuma yayo hamera ubwoya gusa ibyo byo kumera ubwoya inyuma yamatwi byari ubwambere.
maze muri ako kanya nyine nangira guhuma nk'impyisi neza
Ariko mbikore gahoro gahoro.
.
Madamu yitereye hejuru nyuma yo kumva iryinyo risongoye habuze gato ngo rimutobore umunwa kubera ko yararimo kunsoma Fresh Kiss amaze kwiterera hejuru yikanze yarandebye asanga namaze guhinduka ntabwo nkiri Joseph usanzwe 
ubwo nyine murako kanya yahise anjunya kuruhande ariruka vuba vuba yiruka yambaye ikariso gusa asanganira
Umuryango kugira ngo akingure ahunge ariko ngewe murako kanya ntabwo nari ngitekereza ko uwo Ari madam Marie umwarimu wange kubera ko nahise mbyuka mva mw'isofa yamaze kunjugunyamo, hanyuma mbanza gutontoma ndamukurikira bitewe nubwoba budasazwe Marie yagize yirukankanye igihunga yisitaraho 
Amanuka nabi yikubita hasi ku'isima abanza imutwe.
.
Ibyuko yikubise hasi ntabwo nigeze byitaho nagato narakomeje ndamwegera ubwo namaraga kugera hamwe yaguye
Nabonye madamu arimo kuva amaraso meshi mu mutwe, ubwo namaraga kubona ayo maraso.
nongeye kuba umuntu usanzwe
mva muri yakamere yi mbwa .
.
Maze kongera kuba Joseph,
nibwo nagiye namenya ko uwo uryamye hasi ava amaraso Ari madamu Marie umutima warakubise maze ubwo nyine. Ndasutuma, ntangira kumunyeganyeza  ari nako muhamagara ariko nkabona. ntabwo akoma nagato,   mukozeho numva ntarimo guhumeka nagato. Maze kubibona uko   nasubiye muri Salon nzana igitenge ndamukenyeza, kugirango abaza kumubona batekereze ko yanyereye akikubita hasi .......
.
Turakomeza
.
Ese niyaba apfuye? Birabe ibyuya? Adapfuye bwo niyajya kubivuga ku ishuri?
.
Udacikwa na Episode 12
.
NewtalentsG 

Comments

: Komeza ko watwemereye tubiri ukaka uduhaye kamwe x