Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IBANGA RY’UMUKAZANA WIRABURA.
.
Episode 34
.
Twaherutse Umuryango wa Denis biyemeje ko bagiye gufasha mariage ya Denis na Gweni ikagenda neza aho kugira ngo bazasebe noneho bakazaba babatandukanya nyuma.
.
Umwanditse ni Chris nandi Ishimwe.
.
Basa nabamaze gufata umwanzuro ubagoye ariko bagomba kubikora.
Manda we akomeje kubitekerezaho cyane ati” nyamara twitonde uyu mwanzuro urakomeye. Uriya mukobwa naba amaze kuba Umukazana wanyu bizaba bigoranye cyane noneho kuba mwamutandukanya na Denis.
Mama Denis ati” umva wowe wigira ikibazo ndaza gushaka umupango. Cyane ko ntaburenganzira na bumwe azaba afite ku kintu nakimwe cya hano.
.
Papa Denis ati” none ubwo ninde waza kuvugana nabo akabwira kotwiteguye kubafasha?
Manda ati” Mfite ubwoba ko izo condition mushyizeho kariya gakobwa kataza kuzemera.
Mama Denis ati” Ni kazanga ubwo karaza kuba kigaragaje imbere y’Umuhungu wanjye ko gafite ikindi gashaka kagendereye kitari urukundo.
.
Micky aratashye asanga bavuga ibyo kwemera gushyigikira ubukwe bwa Denis na Gweni agwa mu kantu.
.
Kurundi ruhande Denis arikumwe na Gweni murigheto ye. Denis afite udutabo dutandukanye twa Gweni arimo kureba. Gweni avuye hanze kumuhanda guhaha asanga Denis afite udutabo twe.
Denis ati” Kubera iki ukunda gusoma cyane.??
Gweni araseka ati” koko nawe wambaza icyo kibazo??
Denis ati” Nuko usanga abantu benshi badakunda gusoma.
Gweni ati” Njyewe rero ntabwo ndi muri abo kuko nz ibanga ryo gusoma.
Denis at” Uri classic nubwo uva mu cyaro.
Gweni araseka ati” Ese ninde wababeshye ko abantu bose bavuye mu cyaro cyngwa baba mu cyaro aba ar abant ba fake.
Denis araseka ati” Nanjye niko mbee natekerezaga ariko kuva nahura nawe naje gusanga tuba twishuka cyane.
.
Gweni asuka iirayi hasi avuye guhaha maze azanira Denis icyuma aramuhereza ati” hata. Urbizi iyo uri hano uk biba bigomba kugenda.
.
Tgaruke mu rgo kwa Denis iwabo mu rugo Micky ntabwo yumva ukuntu iwabo bisubiyeho bakaba bemeye ubukwe bwa Denis na Gweni.
Micky ati” Ese murumva mutagiye kuba abagambanyi kuri Brigitte??
Mama Denis ati” Umva siko bimeze. Kuko Umukazana wanjye ni Brigitte.
Micky ati” None gute??
Mama Denis ati”Uma wa mwana we aka ni agapangu turimo gutegura.
Micky ati: Nyine gute
.
Mama we amusobanurira byose
Papa Denis ati” Ninde uza kuvugana nabo?? ese turavugana nabo icyarimwe cyangwa turabanza kuvugana na Gweni??
Mama Denis ati” Turabanza kuvugana n’umwe kuri umwe hanyuma nyuma tuzavugane nabo bombi.
Papa Denis ati” Ibyo ni sawa cyane. Ubwo ni wowe ugomba kuvugana na Gweni.
Mama Denis ati” Ntakibazo.
.
Tugaruke kuri gheto ya Gweni barimo gufatanya uturimo.
Gweni ati” Ubu dufite zero mu buryo bufatika ariko mu buryo bw’icyizere dufite umwuka uriho turi bazima. Ese urumva witeguye kuba tugiye guhera kuri zero mu buryo bufatika ariko tukubakira mukaba njye nawe duhari duhumeka.
Denis ati” Gweni wigira ikibazo njyen nditegye kandi tuzabaho neza. Nubwom rugo banyatse byose ariko nzashaka akazi mu zindi company.
Gweni ati” Njyewe ntabwo mpangayikishijwe nuko udafite akazi. Icyo nshaka no kumba wizeye ko kubana kwacu kuzabaho bigakunda.
Denis amureba mu maso ati” Ndabyizeye.
Gweni ai” byiza cyane. Ndagukunda Denis.
Denis ati” Nanjye ndagukunda.
.
Micky asohotse hanze mu masaha y’ijoro ahamagara Bigitte kuri telephone amubwira k iwabo bagiye gushigikira mariage ya Denis na Gweni. Brigitte arikanga aravuga ati” Ntabwo bishoboka.
Micky ai” Niko bimeze.
Brigitte arababara ati” Ubwoiwanyu bababagiye kungambanira.
Micky ati” Barimo kuvuga ko ari agakino ariko bishobora kuranira nabi.
.
Tugaruke m rugo kwa Gweni barimo guteka bafatanyije.
Denis ati” Nsigay numva ubuzima nkub bsanzwe butangaje cyane.
Gweni araseka ati” Ubundi iyo ufite aho uba unafite icyo kurya , ibindi aba arinyongera umuntu adakiye guhangayikira cyane.
.
Ako kanya telephone ya Denis irasona arebye abona ni mama we urimo guhamagara ynga kumwitaba. Gweni aramureba ati” Itaba twikwigira nkaho twe twabigometseho.
Denis ati” Ese uba wumva umuryango wanjye ntakintu ugutwaye.
Gweni araseka ati “ Kijyanye niki?? ikibazo cyaba igihe urukumdo rwanye rutanyumva kubera bo. Kandi uramutse wumva mama wawe kundusha nabyo rwose ntakibazo najya kubigiraho.
Denis ati” Sure se ntakibazo wabigiraho.??
Gweni amureba mu masoati” Denis njyewe nubaha amahitamo y’umuntu igihe azi neza icyo akeneye kurusha ikindi ntagushidikanya. Ntabwo naguhora ko mama wawe ariwe wi’ingezi mbere yanjye.
Denis ati” Ubwo se icyo gihe twagumana??
Gweni ati” Oyaaa. Njyewe ntabwo naba amahitamo ya kabiri ku muntu.
.
Denis arabyumva.
Gweni ati” Denis ndabizi mama w’umuntu aba ari ingenzi cyane bikomeye mu buzima bwe ariko se uurkundo rwe icyo gihe aba ari iki?? niki gutuma mu byukuri umusore ukundwa na nyina amusiga akajya kubana n’undi mugore niki gituma umukobwa nkanjye ukundwa na Mama musiga nkajya kubana n’undi Mugabo utari papa. Abantu sinzi uko babitekereza ariko njye nzi agaciro kabyo.
Denis ati” Uretse kuba usoma ibitabo ubwawe uri igitabo.
.
Gweni ati” vugana na Mama wawe.
Denis yitaba Mama we.
Mama we ti” Denis urihe??
Denis ai” Ndi kwa Gweni.
Mama Denis ati” Taha mu rugo hari icyo dushaka kuvugana nawe kandi ubwire Gweni ajo azanyitabe nawe hari icyo dushaka kuvgana nawe.
Denis areba Gweni.
Gweni ati” Mubwire ko nitegye kwitaba Mabukwe.
Dens ati” Ngo azaza.
.
Bidatinze Denis yaratashye bamubwira ko bagiye gushyigikira ubukwe bwabo. Denis agwa mu kantu yibaza ukuntu bahindutse mukanya gato.
Papa Denis ati” Ntabwo dushaka igisebo kumuryango w’ubukwe mwakora. Mureke tubafashe muzakore ubukwe bwiza ariko kuri one Condition. Niba uriya mukobwa mutazasinya ivangamutungo.
Denis aabyanga ati” Ntacy mfite kuvangura n’Umugore wanjye.
Mama Denis ati” Ariko uriya mukobwa mugiye kubana ntanakimwe afite.
Denis ati” Ibyo dufite nibyo tudafite nanakimwe bisobanye mu rukundo rwanjyenawe.
Manda ati” Denis uriya mukobwa niho ugomba kumubonera niba ari serious nakindi ashaka.
.
Bidatinze umuni wejo uragera Gweni aza kwitaba ngo aganire nabo. Mbere yo guhura n’ababyeyi ba Denis abanza kubonaa na Denis.
Denis ati” Ibyo bagiye kukubwira ntubihe agaciro nanjye nabyanze.
.
Gwen aza kuganira nabo.
Mama Denis ati” NDemera kubashyigikira ukabana n’Umuhungu wanjye ariko kuri condition nawe ugomba kwemera.
Gweni araseka ati” Ndabyemera rega ntakindi nshaka uretse Denis. Muhumure ntanijana ryanyu nkeneye.
Mama Denis ati” Byiza cyane ninatwe rero tugiye kujyenga ubukwe bwanyu tuzabukore kugire ngo bugende neza.
.
Gweni arabareba maze araseka ati” Oyaaaa, niba nababwiye ko ntanijana ryanyu nkeneye n’ubukwe bwanjye ntamafaranga yanyu mbukeneyemo. Ejo nejobundi nabwo utazasanga mubunyurira.
.
Gweni arahaguruka arigendera.
.
Udacikwa na Episode ya 35
Comments