Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
.
NewtalentsG
.
Twasize aho narimaze gufatwa nkajyanwa kumuyobozi wagace bamara kuvuga ibyange umugore we agahita azayiruka akampobera akabwira amugabo we ndumwana we ...
.
Tubahaye ikaze.
.
Uwo mugore amaze kuvuga ko ndumwana we naratangaye ndaranganya amaso mubantu baraho nabonye Bose bagiye murujijo umugabo nawe yarandebye cyane mbona arimo gutekereza cyane twese twagute mukantu turaceceka gusa tumara akanya ducecetse nubo bari bacecetse ngewe ho ntabwo nabashaga kuvuga ubyo murabizi.
.
Twese ntawo twabisobanukiwe ariko birashoboka umugabo we yabyumvishe hanyuma umwe muri Ba babagabo wanzanye aramubajije
ati"uyu mwana se nuwawe?"
Undi yungamo
ati"ubundi se wabwiwe Niki ko arumwana wawe? Ubwo yamaraga kumubaza gutyo nibwo uwo mugore nta ramenya neza niba Ari Mama yatugiriye imuzi nimuzingo atangira kutuganiriza,
.
Ati"byose byatangiye niga mu mwaka wambere wamushuri yisumbuye icyo gihe nakundaga amuhungu witwa dominic, yarankundaga nange nkamukunda cyane hashize nkamezi atatu dukundaga munsu umwe ntazibagirwa twarabishoboye tunanirwa kwifata duhuza imibiri ariko nubwo twabikoze umunsi umwe gusa ntabwo byamubujije ko antera inda ubwo naramaraga kumenya ko dominic yanteye inda nagerageje kubihisha hisha ariko amaherezo murugo Barabimenye ndetse naho dutuye.
.
Bamaze kumenya ko twite inda bavugaga ko arindaro bakundaga kuntuka bampoza kunkeke bakundaga kuntuka inshuro nyinshi ndetse rimwe narimwe Papa akankubita bambwiraga ko nkwiriye kuva aho ngaho nkagenda ko nta binyendaro bakeneye murugo rwabo ngo nabakojeje isoni ntabwo nkwiriye kugumaho ngo ninsange uwanteye inda.
.
Nagerageje kubasaba imbabazi mbinginga ariko biba ibyusa ntabyo byaranze amaherezo byavuye mumàgambo babonye ko ntarimo kugenda bafashe umwanzuro wo kunsohora munzu banjugunya hanze bamaze kunyirukana nahise jya aho Iwabo kwa dominic hanyuma mubwira ko ntwite,
Kandi ko ntwite inda ye none ko amaherezo ababyeyi banyirukanye dominic amaze kumva ibibazo byange yarabye meye yemera kundongora.
.
Ariko ikibazo cyavutse ntabwo yarafite inzu nawe ababyeyi be barabyenze Banga ko andongorera munzu yiwabo namubwira ngo najyane aho twasambaniye cyangwa ngo andeke ngo nijye wagize. ubwenge buke nemera gushwandarika dominic amaze kumva bamubwiye gutyo yanze kundeka nkuko barimo bamu giramo inama. Niko kumbwira ko tugomba kuva aho murako gace tubamo tukajya ahantu kure, kuburyo batazabasha kumenya aho twagannye. nanyuma twagerayo tugatangirayo ubuzima bushya,
.
Ngewe ntabwo nigeze byanga kuberako ntayandi mahitamo narimfite twafashe urugendo turajyenda tutazi neza aho twerekereza ahashize nka masaha atanu turimo kugenda twageze ahantu hari ishyamba rinini twaricaye turaruhuka dominic yabwiye ko ntahandi hantu twaba tutabaye muriryo Shyamba yarahaguruts e yurira igiti amanuriramo imbuto ubwo namaraga kurya.
.
Soma iyi nkuru yitwa INZITANE

.
Nkagarura ubuyanja yabwiye ko tugiye kubaka akazu tuzabamo twarafatanyije dutangira kubaka akazu kagasisiro ko guhengekamo umusaya Gusa amaherezo Uwo munsi twarakujuje duta ngira kuba muriryo shyamba
Buri munsi dominic yajyaga guhiga inyamanswa ndetse ni mbuto zibiti butandukanye akazana tukonsa inyama tugateka kuberako yari yarasubiye iwabo azana amasafuriyi nindi bintu bicye.
.
Imwana Munda nawe yakomeje gukura neza igihe inda yange yari yujuje amezi atandatu harikubura amezi atatu gusa ngo nibaruke munsi umwe nkuko bisazwe mugabo wange dominic yagiye guhiga
Ubusazwe ntabwo iyo yagendaga ntabwo yatindaga cyane gusa uwo munsi wo yaratanze ntangira
.
guhangayika nikomeje umutima ntekereza ko wenda ashoboka kuba yaburaniwe akaba agikomeje gushakisha yanga gutahira aho nihaye agahenge gutyo nkomeza gute gereza ariko ntabwo yigeze agaruka icyumweru kizima cyarinze kirangira ataragaruka.
.
Niko gutekerezako inyamanswa zo muriryo shyamba zishobora kuba zaramuriye nakomeje kuba muryo Shyamba ntunzwe nibihubyo nimbuto kugeza amezi ikenda ashize amaherezo nabyaye umwana wumuhungu ariko bingoye cyane hanyuma mwita Joseph
bitewe nuko ubuzima bwaho mw'ishyamba butari bwo roshye nagato natangiye gute kereza gusubira murugo
Ariko nibuka amagambo na bwiwe na Mama na Papa ba bwira ko badakaneye Uruhinja
natangiye gutekereza gusiga
uwo mwana wuruhunja muryo shyamba hanyuma ngataha ndungenyine nacanye muriro hantuma umaze gufatwa.
nakuyemo igishirira nonsa uwo mwana mugahanga kugirango nagira amahirwe yo kubaho tugahura sinzamwibagirwe..
.
Nibyo Mama yavuze aba garukuruje aho mubyukuri byari ibintu bitangaje Kandi bibabaje kuba umwana watawe akiri Uruhinja yongeye guhura na Mama we hashize imyaka icumi amutaye Kandi muriyo myaka icumi akaba atarazi niba akibaho cyangwa niba yarapfuye uwo munsi mama yarampobeye cyane arinako arira ansaba imbabazi kubwo kuba yarantanye yabwiraga ko ibyo yankoreye atabitewe nu bugome ahubwo ko yabitewe mubuzima bubi, urabayemo,
.
Iyo nkuru yakwirakwiriye hirya no hino bamwe bifuza kumbona kugirango bambaze aho nabaga iyo myaka icumi yose ariko ntabwo byakunze ko mbasubiza icyo kibazo bitewe nuko ntavugaga guhera uwo munsi natangaye ubuzima bushya aho kumukuru wagace
Ariwe mubyeyi wange afa tanyije na Mama yanyiteyeho rwose wasanga byaratewe nuko ntawundi mwana yari yarabyana na Mama mubyukuri nari nitaweho cyene
.
Kuburyo buri kanya bahoraga banyisha kuvuga bantoza buzima bwarakomeje nyuma yimyaka ibiri nari namaze kumenya kuvuga neza kuburyo bahise bantangiza ishuri mfite imyaka 12 bitewe nuko nari nkuze cyane byatumye bantarutsa amashuri bashyira muwa gatatu maze ntangira ishuri gutyo icyantazaga nuko burikantu kose batwigishaga nagifataga vuba. cyane bitasabye imbaraga ni mihati kuburyo mu minsi ine gusa ntangiye nari maze kumenya gusoma no kwandika neza cyane kuburyo na barimu byabatangaje cyane nakomeje kwiga ndumuhanga cyane
kugeza ngejeje mumwaka wa atandatu aho natangije kwishima ntekereza ko bimwe byo guhinduka nkamera nkimbwa (Wolf) bishobora kuba byararangiye.
.
Ukeneye kwamamaza tungane tukwamamarize
.
Gusa umunsi umwe ubwo twari tuvuye kuruhuka saaha yine numvishe muntu unkubise mugeri aturutse inyuma yange bituma nikubita hasi nkigiti batemye nahise mpaguruka vuba vuba ubwo namaraga guhagarara nasanze Ari muhungu wanyangaga yara rimo guseka cyane nagasuzuguro kenshi abo barikumwe bakomezaga kumwoshya bamusaba ku nkubita umubabaro waranyinjiye
numva umujinya udasazwe muringe maze ntangira kumva umubiri wange utangiye guhinduka ku ntoki numva hatangiye kumera inzara kuburyo ndamutse nishimye zamparatura mubiri nagize ubwoba kuberako bari guhita bamenya ko ndi muntu udasazwe natangiye kuge rageza kubihisha ndunama hasi
kugirango ntibabashe kubona ko ya menyo yimbere bitewe nuko ninyine yari yatangiye kuba maremare....
.
Inkuru igiye yatangira nda byizera ko iyi nkuru izaryoha Kandi uzayikunda ndabizi
.
Udacikwa na Episode 4
Comments