Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IBANGA RY’UMUKAZANA WIRABURA.
.
Episode 39
.
Duheruka Denis ajya gusaka Gweni agasanga ghetto yaratuyemo irera de.
.
Umwanditsi Chris nandi Ishimwe.
.
Asanze inzu yos year biramucanga, yibaza uko Gweni yba yafashe icyemezo cyo kwimuka akagend atamubwiye.
Nyirinzu ati” Nonese ntabwo warubizi ko agiye.
Denis ati” iyo kuba narimbizi narikuba nje hano kuhakora iki??
Nyirinzu ati” Ihangane rero.
.
Denis asohoka mu nzu y’abandi barafunga. Denis agenda ababaye cyane yacitse intege yibaza muri we ati” Gweni ibi n’ibiki wakoze.
.
Nyirinzu amaze gufunga inzu afata telephone arahamagara Telephone isonera mu mufuko wa Brigitte arayifata aritaba.
Nyirinzu ati” Mabuja uko ibintu wabipanze byose niko bigenze /
Brigite ati” Wow byiza cyane.
.
Uko yagaserebuye Manda aba amugezeho amubaza icyo arimo kwishimira.
Brigitte ati” Ikibazo cyari cyarabananiye njyewe nkikuye mu nzira.
Manda ati” Uravuga ibiki??
Brigitte avugana akanyamuneza ati” Gweni ntabwo akiri ikibazo.
Auntie Manda aratangara ati” Wamukoreye iki??
Brigitte ati” Namukuye mu nzira.
Manda ati” wamwishe??
.
Micky nawe aba arabyumvise arimo kuza agana aho bari. Aza abaza nawe niba Gweni yapfuye.
Brigitte ati” Yego.
Micky ati” wabikoze gute?
Manda ati” Uzambije ibintu noneho cyane Denis namenya ko Gweni yapfuye yishwe karaba kabaye.
Brigitte araseka ati” Oyaaaa. Denis we ntabwo aza kumenya ko Gweni yapfuye.
Micky ati” Turi mwisi ya internet mukanya amakuru y’urupfu rwe araba ageze hanze.
Brigitte ati” Ntakosa nakoze mu byo nakoze. Uburyo nabikozemo natumye Denis yizera ko Gweni yaba yamaze kumenya ko ntwite maze akamuta akigendera.
.
Manda aratangara cyane ati” Uri umuhanga undenzeho.
.
Kurundi ruhane Denis aracyagenda ahamagara Gweni ariko number yabaye compose. Ntabwo iriho.
.
Gweni ahamagara abasore ba Brigitte yari yamutumyeho barimo kumujyana bamuhambiriye arimo kugenda asakuza umuhanda wose. Bamugerana kure cyane barangije bamukura mu modoka. Bahagaze ahantu kumpanga y’umusozi
Gweni ati” Murashaka iki??
Abasore bati” Ntakintu dushaka.
Gwei ati” Mundeke rero nigendere.
Abasore baramuseka maze umwe akurayo imbunda aramurasa, Gweni arakonkoboka iyo hasi mu kabande kumusozi agwa iyo, maze abasore bagaruka mu modoka. Kuri telephne babwira Brigitte ko basoje mission yabo..
.
Denis ageze mu rugo yacitse intege, Brigitte aza yiruka amusanga avuga ati” Mugabo wanjye ko ugarutse umeze gutyo habaye iki??
Denis ati” Nkeneye akanya.
Brigitte ati” Akanya kose ushaka ntakibazo. Ariko ndi hano ndi hafi yawe.
.
Deis arazamuka ajya mu cyumba. Brigitte arebana na ba Micky na Mandca baratangaye cyane uburyo yabikoze.
Brigitte ati” Mwambonye!
Micky ati” Ibi bintu wabikoze gute??
Brigitte ati” Ubu meze neza Denis amaze kwizera ko Gweni ariwe wafashe icyemezo cyo kwigendera
.
Manda ati” Tubwire wabikoze ute.
Brigitte ati” Njyewe nashatse abasore bamugendaho mbaha amabwiriza ko bagomba kuzamushimta bakajya kumwica, gusa ariko nari napanze na Nyirinzu yrakodesheje. Kugira ngo abasore nibaba bamaze kumutwara, abandi bazahita bagaruka bakure ibintu byose bya Gweni mu nzu bajya kubitwika kuburyo inzu izasigara harimo ubusa. Noneho Denis yaba asubiye gushaka Gweni, Nyirinzu akazamubwire ko Gweni yimutse yigendeye anamwereke ko mu nzu ntakintu cye nakimwe kirimo. Denes azahita ahamagara Gweni ngo amubaze uk byagenze, telephone ntabwo izacamo kubera ko abasore banjye bazaba bamaze kuyikuraho.
.
Micky na Manda barumirwa!
Brigitte ati” Nuko Deal igenze rero kiriya cyorezo cy’Umukobwa nkikura mu nzira.
.
Udacikwa na Episode 40
Comments