Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Twaherutse, Debby na Soraya basomana.
.
Written by Chris Nandi Ishimwe.
.
Jelome ari bus arimo kuza. Abandi barimo gusomana mu bwato rwose ntakibazo namba. Barimo basimanira hanze. Maze binjira indani imbere mu bwato bagisomana. Bazamo imbere harimo agatanda.
Debby aramuterura maze amuryamisha kugatanda bakomeza gusomana. Nyuma y"akanya agatima ka Soraya Kaba karagarutse agiye guhaguruka, Debby aramufat amuheza kugitand.
Soraya ati" No Denny ibi Ntabwo byaba?
Debby ati" why ? Kubera iki ushaka guhakana icyo umutima ushaka ? Utekereje ibiki?
Soraya areguka ati" oya not nonaha.
Debby aramureka at" sinaguhatiriza ndakubaha. Ariko nabonaga wanyumvise.
.
Soraya ava kugitanda ahagarara kuruhande.
Debby aramureba ati" niki nakwita imbogamizi hagati yacu. Wa mukobwa we ndagukunda Cyane. Kandi nawe ndabizi ko unkunda.
Soraya aramureba ati" Deby ndabizi ko unkunda ariko ntinya urukundo.
.
Debby aramwegera bwa kabiri amufata mu mayunguyungu.
Debby ati" Ntabwo nzi ibihagije kumateka yawe ahise ariko ntekerezo ko niba hari uwo w'igeze guha umitima niwe wakubabaje not love.
Soraya atekereza kuri Jelome
.
Debby ati" urimo gutekereza byinshi. Ariko reka nkubwire. Muri experience mfite gutekereza Cyane Ntabwo aribyo bitanga igisubizo nyacyo.
Soraya aramureba Cyane.
Debby arongera aramuprovoka amukora kunda gake. Barongera bararebana Cyane Debby aba yongeye aramusoma undi afunga amaso.
.
Muri bus bageze ahantu bus iragagarara. Pilote wa bus aha Abantu iminota mike yo gusohoka hanze bakagira utwo bagura.
Jelome nawe arasohoka ajya kugura utwo kurya . Aba abonye n'agakanzu keza kabera Soraya nako arakagura maze agaruka muri bus.
Aho yicaye yicaranye n'Umusaza w'imyaka hafi 70.
.
Bus irahaguruka.
Umusaza areba Jelome areba Nako gakanzu aguze.
Jelome arabibona ati" muze wakunze aka gakanzu nguriye Umukunzi wanjye.
Umusaza ati" yego.
Jelome ati" urakoze Cyane.
Umusaza ati" wa mwana we Banza uri mu rukundo rukabije Cyane.
Jelome araseka ati" uhise ubibona se ?
Umusaza ati" yego. Ariko wagira ngo ni wowe ushyira imbaraga mu rukundo rwanyu?
Jelome ati" kubera iki umbajije gutyo??
.
Mu bwato, Soraya barimo kumusoma bamukuramo ikariso. Debby yafatiyeho rwose nawe yakuye agashati. Soraya bisa nkaho yamaze kwifatira indi isi. Rwose uko bagasomanye. Ibinyoni nabyo birahura.
.
Twigarukire muri bus.
Umusaza na Jelome wacu.
Umusaza ati" Abantu bajya bafata urukundo uko rutari.
Jelome ati" gute se!
Umusaza ati" mbwira urukundo bajya kurushaka cyangwa rusanga Umuntu aho ari.
Jelome ati" nonese urukundo rwasanga aho Umuntu Ari cyangwa atera intambwe agahura narwo !
Umusaza ati" aho rero usanga bipfira aho. Aho usanga Umuntu asiga urukundo hafi ye akajya kurushakira kure aho rutari.
Jelome ati" none ni bimwe ushaka kuvuga ngo usiga ugusanga ugasanga ugusiga ?
Umusaza ati" ndumva ubizi. Niba ufite amatwi reka nkubwire ubwenge . Nagiye mbona kuva kare ukuntu Wagiye uhamagara Umukunzi wawe ariko kugexa ubu mukaba mutaravugana.
Jelome ati" ntekereza ko aryamye.
Umusaza ati" birashoboka. Ariko icyo naringiye kuvuga. Nuko uriya uba wirukaho burya atariwe rukundo ahubwo nuko aba ahuje n'amahame yawe y'ibyo ukunda.urugero ukunda umukobwa muremure w'inzobe ufite nyashi. N'urugero. Rero Ntabwo aruko uriya mukobwa umukunda ahubwo nuko aba ahuje n'ibyo ukunda akaba ariwe ushaka. Umwiyumvamo bitewe nuko afite byabindi amarangamutima yawe akunda CY ashaka. Rero n'ibyo usanga Abantu bagira ikosa bakabyita urukundo.
Jelome arumva.
.
Umusaza ati" urukundo nyarwo ni rwa rundi uba usize iruhande rwawe ariko kubera ko uwo aba adafite amahame y'ibyo ukunda Ntabwo ubibona cyangwa ngo umenye ko ariwe rukundo rukwiye.
Jelome arabyumva.
.
Tugarike mu bwato.
Soraya arimo kwambara. Gusa arumva afite ikimwaro.
Debby aramufat ati" urakoze.
Soraya ati" nawe urakoze.
Debby ati" ese twagumana hano?
Soraya ati" oya ngomba kujya mu rugo.
.
Bava mu bwato barataha.
Soraya ageze mu rugo yumva atameze neza muri we. Rena arabibona.
Rena ati' menye icyabaye. Kandi ubwo wasanga urimo kwicuza
Soraya yicara hasi ararira ati" none wavuga ko ndi umukobwa bwoko ki??
.
Next episode 20
Comments