logo

NEW TALENTS

Stories Group

IBANGA RY'UMUKAZANA WIRABURA S01 Ep 36

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IBANGA RY’UMUKAZANA WIRABURA
.
Episode 36
.
Duheruka  Denis na Gweni bafashe icyemezo cyo gukomeza mariage yabo kabone nubwo ababyeyi batabashigikiye.
.
Umwanditse  Chris nandi Ishimwe.
.
Papa Denis arimo gutekereza  kumagambo yose Gweni avuye aho ababwiye. Aricara ayatekerezaho
Mama Denis nawe arimo kwibuka buri jamb ryose.   Gweni amubwiye maze areba Auntie Manda.
Auntie Manda ati”  Kariya gakobwa  gafite ururimi.
Mama Denis ati” Ubundi akantu nkakariya kavuye he?
Papa Denis ati” Njye ariko uriya Mukobwa atangiye kunyemeza  nanjye.
Mama Denis na Manda bamusamira  hejuru.
.
Mama Denis ati” Umva kandi.
Papa Denis ati” Nyamara  uriya mwana yaba umukazan wacu mwiza. Kuko  gacye ndimo kugenda mbona itandukaniro rye.
Mama Denis ati” Banza nawe    yaguhumekeye amarozi ye.
.
Kurundi  ruhande Denis yicaye  murighetto ya Gweni arimo gutekereza Gweni avuye hanze araza  aramureba.
Gweni ati” Ko mbona wagiye kure  urimo gutekereza  ibiki??
Denis ati” Ntacyo.
Gweni yicara  irhande rwe afata utuganza twe  amurebe mu maso ati” Cyangwa urimo kwibaza  ukuntu wasize  byose  ugakurikira agakobwa  kameze  nkanjye.
Denis ati” Njyewe  ntabwo mbona ko uri agakobwa. Uri umukobwa  uhambaye kandi ufite umwihariko.
Gweni ati”  Denis ntabwo nshaka ko wagira  umutima wicza.
Denis ati” Ntawo mfite. Kubera  ko nkufite ndabona mfite burikimwe  cyose.
Gweni araseka ati” Byiza  cyane. Ariko bibaye atai wa  mutoma w’amarangamutima
Denis ati”  Gweni ndabizi. Wambwiye ko imitoma ibamo ibinyoma byinshi.
Gweni ati” Byiza  cyane
Denis ati” Ariko ndibaza wowe ntabwo ukunda  kuba wabwirwa  amagambo meza.
Gwein araseka ati” Amagambo meza  niki?? 
Denis ati” Nyine amagambo avuga ubwiza  bwawe.
Gweni ati” urashaka kujya umbwira se  ko nsa  n’izuba , ko nsa n’akazuba ko mu museso, ko mfite amaso nka yinyana. Mbese amagambo nkayo!
.
Denis ati”  njyewe  wenda nakubwira andi atandukanye nayo.
Gweni ati”  njyewe ahubwo mba numva ariya magambo acirirtse  cyane. Kubera  ko niba hari ikindi kintu uba ugereranya n’Umukunzi wawe, ndumva aho ntakidasanzwe  ubwo uwo mukunzi aba afite.  Ariko njye nkunda amagambo y’ukuri   agaragaza ukuri apana antakagiza  kubera amarangamutima.  Urugero niba uvuga ko ndi icyuzuzo cyawe  bikaba aribyope koko warufite icyuho muri wowe  nkaba narakujuje. Ariko ubivuguye kubera  ko unkunda  numva icyo gihe ntacyo byaba  bimeze.
.
Denis ati”  iteka nzakunda amagambo yawe y’ubuhanga.
Gweni ati” Sibyo niba ibyo mvuga aba ari ukuri cyangwa nkaba byumva bitndukanye n’abandi. Ariko ntekereza ko mu rukundo  ikiba gikenewe  si amagambo meza ahubwo n’ibihe byiza  bitangwa  n’urukundo.
Denis ati” Uravuga  ukuri.
.
Gweni arahaguruka ati” Reka dushake icyo kurya sha.
.
Kurundi ruhande  muri apartment ya Brigitte, Micky aje kumureba ahagaze Micky amubwira  ko afite inkuru nziza.
Micky ati” Iyihe nkuru nziza.
Brigitte ati” Ndatwite.
Micky agwa  mu kantu! Ati” Nizere  ko  atari prank
Brigitte ati” Niko kuri.
Micky ati” wow!  
Brigitte ati” Nanjye numvishe nishimye  cyane.
Micky ati” Musaza wanjye  iyo nkuru agomba guhita ayimeya kandi ndabizi buriya bugoryi arimo araza  guhita abuvamo. Ahubwo hita ubimenyesha mama.
Brigitte ati” Ubuse  muhamagara cy tujye mu rugo.
Micky ati” Twajya mu rugo nibyo byiza.
.
Bahita bava  aho bafata  aho bajya  mu rugo.
.
Tugaruke muri gheto barimo guteka bafanira
Gweni ati” Ndabona birimo kuza.
Denis ati” Ndi umunyeshuri mwiza.
Gweni ati” Denis  urumva ubukwe  bwacu twabupanga gute?? cyangwa  uhangayikishijwe  nuko ababyeyi bawe  batakigushigikiye.
Denis ati” Byarikuba byiza  iyo tuza  kuba dushigikiwe  nabo ariko ubwo batanshigikiye nanjye ubwanjye simbyitayeho. Ntabwo navukiye gushimisha icyo imitima yabo ishaka.
Gweni aramurebaaaaa ati” Ese koko bivuye  kumutima wawe??
Denis ati” Nuko bimeze.
Gweni ati” Good my husband.  Nubundi kubana ni ukwacu.
.
Mu rugo kwa Denis iwabo mu rugo, inshuti ya Mama Denis ije kubasura yitwa  Jennifer.  
Baramwakira  neza  cyane we na Mama Denis bari bakumburanye  cyane. Nuko baraganira  bisanzwe  bagera naho batangira  kuvuga kuri Denis na Gweni.
Jennifer ati” Ariko Denis ahari  ha uraza  kunyumva nabi ariko njyewe  nshigikiye kubana kwa Denis na Gweni.
Mama Denis koko ntibyamugwaneza abwira Jennifer ati” Urantunguye.
Jennifer ati” Umva njye ndahamya neza ko uriya mukobwa abaye Umukazana wawe waba ufite Umukazana udasanzwe. Maze  igihe nkurikirana ibyab cyane. Uriya mukobwa namwizeho bihagije.  Uriya  ufite  mwihariko w’ubwenge  utapfa gusangana umuntu wariwe wese. Arakomeye muri we kandi afite ibanga ry’ikizere  gihagije. Buriya  umuntu uzi icyo ashaka aba akora  ibikenewe  gusa.
.
Mama Denis ati” None umuntu umeze  kuriya ufite backgroud iraho iciriritse urumva yabera  umuhungu wanjye gute?
Jennifer araseka ati” ariko sinzi impamvu utabibona ko uriya mwana w’umukobwa arenze.  Uko asa  muri aka kanya ntanakimwe  bisobanuye kuko igihe n’igihe yagutungura.
.
Mama Denis abitekerezaho, uwo mwanya Brigitte arahageze aza avuga inkur nziza  yuko atwite. Mu rugo hose barabyishimira  cyane kubera  ko bizera ko baza  gutuma bafatisha umutima wa Denis bakawugarura.
.
Bidatinze  Mama  ahamagara Denis kuri telephone amubwira ko akwiye kuza  vuba bakavugana ko hari ikintu kingezi ashaka kumubwira. Denis nawe  ntabwo yasuzugura mama we  nubwo batamushigikiye ntiyatindiganya kwitaba kanya gato cyane aba arahageze.
Akinjira mu nzu Brigitte amusanganira mu muryango amubwira  ko atwite.
.
Udacikwa  na Episode 37

Comments