Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
_MALAYIKA_
Ubwo uwahoze ari mabukwe yansabaga kurara, numvise mbuze umwanzuro mfata. Nkurikije iminsi nabanye na we muri iyi nzu, ntabwo numva nkwiye kumwumvira nkarara hano na cyane ko nta burenganzira nkihafite, uretse ibyo kandi nanone namaze kwemerera Manou kuzamubera umugore, sinzi rero kumva ko naraye aho nari narashatse uburyo yabyakiramo
Ariko se ubundi kuba baranyirukanye tukaba twariyunze, bivuze ko kubasura ari bibi?
None se nindara ndararana na nde? Uko byamera kose ni Mugabo kandi kurarana bivuze kongera gukora imibonano. Mana yanjye wampaye igisubizo kuri iki kibazo koko ko numva jyewe mbuze amahitamo?
Nkiri kwibaza ibyo byose ubanza narabyibajijeho umwanya munini, numvise umuntu ankomanga
*Soumaya:* bite ko wagirango uri ku wunde mubumbe?
*Malayika:* ndeka nari ndi gutekereza byinshi nabuze umwanzuro.
*Mugabo:* ntibikugore niba wumva kurara ari ikibazo ndagutwara nkugeze mu rugo, ariko basi ugende turiye.
Naremeye ndicara ku meza. Nari nicaye hagati ya mama Mugabo na Soumaya naho Mugabo na Sali bari imbere yanjye. Muri jye numvaga umutima uri gusimbagurika, numvaga meze nk’umuntu uri mu yindi si, nari nayobewe ibiri kumbaho aka kanya.
Twariye tuganira, ibintu mbere hose bitigeze bibaho na rimwe. Numvaga meze nk’uri mu muryango wanjye, numvaga nishimye mu mutima ariko nakibuka isezerano nasezeraniye Manou, umutima ugasimbuka neza neza. Ubu koko uru rugamba ndarurwana ndutsinde cyangwa ndatsindwa ku mugaragaro?
Twamaze kurya, Sali arandurura nuko uwahoze ari mabukwe azana ibirahure adusukira kuri juice yakoze. Angeze imbere ansukira yandebye mu maso aransekera, ntabwo yari inseko y’uburyarya cyangwa kurenzaho ahubwo yari inseko rwose irimo urukundo no kwishima bigaragara.
Inseko ye yarahinguranyije igera ku ndiba y’umutima mpita numva mbaye nk’urwaye mu nda, sinzi ibyari bimfashemo. Nanjye naramusekeye nuko ntega ikirahure ansukiramo. Tumaze kunywa naratekereje umwanya muniniiiii
*Mugabo:* ntabwo ari ukukwirukana ariko amasaha arakuze. Niba utaha, reka nguherekeze, kandi niba urara nabwo, reka turyame amasaha arakuze kandi ejo ni akazi kuri bamwe.
Akivuga atyo bose bampanze amaso. Nubitse umutwe nabuze umwanzuro mfata
Bwa mbere, kurara hano nta gikuba cyaba gicitse. Bwa kabiri gutaha na byo nta kibazo kirimo.
Nahise nkora mu isakoshi mpamagara mama. Ni umuntu twumvikana kandi nta na kimwe njya muhisha. Yari azi aho nagiye, uwo nagiye kureba.
*Malayika:* mama, ubu se ntimwibaza aho nkiri izi saha?
*Mama:* ahubwo byakugendekeye bite nyine? Nari ndi hafi kuguhamagara nanjye
*Malayika:* yewe ibintu byabaye birebire bituma ntinda gutaha. Ahubwo se hari ikibazo wabibonaho ndamutse ndaye ntaje? Mukecuru ari kubinsaba none nananiwe kumuhakanira
*Mama:* erega mwana wanjye uri mukuru kandi uzi igikwiye. Rwose nta kibazo ubwo utumenyesheje. Aho kumena ijoro ngo urataha, ko byose se ari ukuryama, rara nta kibazo. Ngaho uramuke nanjye ngeze mu buriri ubwo uzanganiriza ejo uko urugendo rwagenze.
Yahise akupa amaze gukupa ndamwenyura ndeba uwahoze ari mabukwe mu maso
*Malayika:* ndarara.
Iryo jambo navuze, sinzi imbaraga narivuganye cyangwa se uburyo ryakiriwemo ariko rwose bose nahise mbona bibashimishije. Mabukwe yahise ansoma ku gahanga, ajya kuryama. Soumaya na we yahise ajya mu cyumba cye nsigarana na Mugabo na Sali, na mbere ni bo twahuzaga.
*Sali:* ko undeba se? wibeshye uvuge ko urara mu cyumba cyanjye ndagusohora
Yabivuze ahaguruka mufata ukuboko
*Malayika:* ariko urabizi sinkiri umugore wa musaza wawe, ndi umushyitsi wa hano.
*Sali:* kurara mu cyumba kimwe ntabwo bivuze ko wongeye kuba umugore we ariko. Ubu se…. Nako reka nceceke batamvumbura
*Mugabo:* yayayaaaa. Uzi ko nari nzi ko ukiri agasugi naho ni ibyo byawe? Malayika, ngiye mu cyumba, niba wumva turarana, ni karibu. Niba wumva ikibazo, urarane na Sali, nta kibazo rwose. No kumva uraye muri iyi nzu ubwabyo kuri jye ni igitangaza gikomeye.
Yahise ahaguruka aragenda ansigana na mushiki we Sali.
******************
_MUGABO_
Iri joro nabonaga ibiri kuriberamo ari ibitangaza bidasanzwe kuri jye. Numvaga rwose ntazi ibiri kujya mbere, nkibaza niba ndi kurota cyangwa niba biri kuba koko.
Ubwo Malayika yemeraga kurara na byo nabibonyemo ko nshobora kuba ngifite amahirwe yo gusubirana na we ariko nanone nari nkiri kwibaza inzira nzabinyuzamo bigakunda. Kuko we ubwe yamaramaje ahakana ambwira ko nubwo akinkunda ariko gusubirana byo bitarimo.
Nabasize muri salon na Sali njya mu cyumba. Nabanje kujya mu bwogero, nanatinzemo gato kuko nabanje kwisura, nari maze igihe ntiyitaho. Ubwo nasohokaga mu bwogero, nasanze Malayika ari mu cyumba yamaze gusasa uburiri uko yajyaga abusasa tukibana.
Namwitegereje mu maso, musoma ku gahanga nuko mbona na we akuyemo ikanzu yari yambaye afata essui-main yahoze ari iye maze ajya koga.
Nabanje kwikubita urushyi nanirya urwara ngo numve ko ahari ntari kurota, numva ndi maso. Nicaye ku buriri ntegereje ko ava koga.
Yavuye koga araza, arihanagura, nuko ajya mu buriri, araryama atavuga.
Nabonye ntakitesha ayo mahirwe, dore ko no kongera kubona Malayika iruhande rwanjye, atambaye byanzamuriye amarangamutima maze mba mukozeho buhoro undi na we arahindukira arandeba maze iminwa iba irasatiranye. Twarasomanye maze dukomeza gukorakoranaho, mu misaya, mu matwi, mu mugongo, ibibero mbese ahashoboka hose twarahakorakoranye.
Malayika yatangiye guhumeka insigane, gusa n’utaka byo kwishima no kuryoherwa n’ibiri gukorwa maze mbonye yatwawe mpita nkenyurura essuie-main kuko jye nari nkiyikenyeye maze murambarara hejuru ntangira kumusoma, ku mabere, ku nda, umukondo ari na ko mukorakora ku gitsina cyari cyamaze korohera kubera ububobere bwiyongereye ndetse cyari cyatose byumvikana.
Malayika wabonaga afite ubushake bwinshi na we yahise ankurura ashaka ko mujya hejuru nkayishyiramo ariko sinahise mbikora, ahubwo narabanje ndyamaho, na we yahise amenya icyo nshaka dore ko mbikunda ukwanjye aba angiye hejuru nuko ayishyiriramo ayimanukiraho atuje kandi neza aba atangiye kunyonga. Nabyumviraga mu nsina z’amatwi neza neza binkurugutura, maze nanjye mufata mu mayunguyungu nkajya nyuzamo nkeguka nkabikora vuba vuba, na we ari ko asa n’uwahagira, amabere ye yari agikomeye ataragwa cyane nayarebaga imbere yanjye nkumva ubunyunyusi buranzonze.
Nabonye asa n’unaniwe maze ndeguka musaba ko twajya ku itapi iba imbere y’uburiri tukaba ariho tubikorera maze nicara negamye ku gitanda narambije akaguru k’iburyo ak’imoso gahinnye ku buryo ikirenge cyari kiri ku ivi ry’indyo ubanza ari byo bita kwandika umwashi. Yahise anyicaraho, ashaka guhita ayifata akayishyiriramo ndayimwima ahubwo ndayifata nkajya nyikaraga mu mwinjiro wacyo nzamura manura, mbese mu mpande enye zose, iburyo ibumoso hasi hejuru nkanyuzamo nkinjiza buhoro nkayizana yatohejwe n’ururenda maze nayikuba kuri rugongo bikamyamyatuka, yatangiye kunshima mu mugongo, atangira kugenda ansatira cyane ari na ko asa n’uwisimbiza maze nanjye nongera umuvuduko mu kanya gato aba ararangiye anyitsindagirahooooooo.
Yatangiye kumera nk’utengurwa ndamuterura mushyira ku buriri ndamworosa maze nanjye ndaryama iruhande rwe, yari aryamiye urubavu nuko nyinjizamo nturutse inyuma, buhoro buhoro kubera kwegeranya amaguru nanjye mba ndarangije ntatinze, nyirekeramo, turisinzirira.
Bukeye nakangutse nsanga we yamaze kubyuka nanjye narebye isaha mbona bwakeye kandi nagombaga kujya mu kazi. Nahise njya mu bwogero vuba na bwangu nuko ngeze muri salon nsanga ari kumwe na mama bari gutegura ameza ngo dufate ibya mu gitondo. Twamaze gufungura mbabwira ko ngiye ku kazi, nuko Malayika na we arasezera, kuko yagombaga kujya mu kazi.
*Malayika:* mwakoze kumpa karibu, nzagaruka kubasura vuba. Ibindi ntababwiye Mugabo ari bubibabwire.
Twahise tujya mu modoka nuko mbanza kumugeza aho akorera
*Mugabo:* wakoze, kandi nishimye
*Malayika:* nishimye nanjye ndetse cyane. Gusa nanone ndumva mbabaye, iyo ibyabaye biba byarabagaho muri bya bihe, ariko nta kundi. Reka ngende rero, ubwo tuzasubira nuza mu birori byanjye rero
Yambwiye atyo ansoma ku itama arasohoka mu modoka aragenda nanjye natsa imodoka njya ku kazi. Gusa ndumva nkeneye inama y’icyo nakora Malayika akongera akaba uwanjye.
Nkigera ku kazi nabonye SMS ya Sali, ni yo yatumye nkora akazi ntuje kuko yaranshekeje bidasanzwe
_Bro, wangendanye nagiye ku ishuri utarabyuka, ariko nutaha umenye ko untahanira umugororamboro_
Iri jambo sinari nzi yuko uyu mwana na we yaba arizi. Nakoze akazi ariko muri jye numva mfite umugambi wo gushaka icyo nakora uyu akongera akaba uwanjye.
*_Ese bizashoboka cyangwa noneho Malayika amwiciye mu mutwe rimwe? Agace ka 6 ntikazagucike_*
*
Comments