Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Narahindukiye nuko mbona ni mama uhagaze yifashe neza andeba.
*Sarah:* mvuye mu kirori
Nahise ngana mu gikoni nuko na we arankurikira
*Mama:* nari nzi ko ibyo bintu wabivuyeho burya.
Ubu ntashaka kunshotora koko uyu we? Naramwihoreye nisukira amazi
*Mama:* hanyuma uriya musore ni nde?
Nabanje kunywa amazi nuko ikirahure ngitereka ku meza mu gikoni
*Sarah:* ni inshuti bisanzwe tu
Nahise munyuraho ngana mu gikoni. Ibi na byo rwose ubanza birimo ikindi kintu.
*Mama:* kuva ryari inshuti se zisanzwe zisangira amacandwe?
Burya yatubonye dusomana se?
*Sarah:* none ikibazo ni ikihe se kandi mubyeyi? Ariko se mama, nyuma y’igihe utanyikoza utanamvugisha, uje utanga inama ra?
*Mama:* ndi nyoko Sarah kandi mfite uburenganzira bwo kumenya ibyo ukora byose naba mpari cyangwa ntahari
*Sarah:* nanjye rero nzajya nkora icyo nshaka, mfite uburenganzira bwo gukunda uwo nshaka ndacyeka ndi mukuru bihagije ku buryo nakifatira umwanzuro.
Nahise ngana mu cyumba cyanjye
*Mama:* wibagiwe ko amakosa yawe ari yo yatumye tubura so? Izo za birori zawe n’izo nshuti zidafatika?
Yambwiye atyo mpita mpagarara. Ndabizi ko kuba papa yarapfuye ari amakosa yanjye. Gusa uburyo abimbwiyemo nanone ndabona biri kurenga umupaka rwose pee. Nashatse kurira ariko ndifata. Gusa amarira yarimo azenga mu maso ariko ndaceceka
*Mama:* umva Sarah si ibyo nashakaga kuvuga…
Yari agiye kunkoraho ngo noneho duce bugufi tuvugane ariko numvaga ntashaka
*Mama:* ndekura utanankoraho.
Nahise nsohoka mu nzu nihuta cyane, ntabwo nagumana na we muri iyi nzu uko byamera kose, simbishaka na gato rwose
*Mama:* Sarah… Garukira aho Sarah!!!!
Naramwihoreye nuko nkomeza inzira yanjye. Ndabizi neza burije ariko ntabwo naguma hano, gusa nta nubwo nzi aho ngiye kwerekeza simbabeshye pee.
_DAVID_
Navuye muri douche, nihanagura mu mutwe, nari ndangije siporo numvaga ngaruye akabaraga noneho.
Nicaye ku buriri nihanagura neza, mbona telefoni yanjye irasonnye. Yari Marie umpamagaye
*David:* oui alloo
*Marie:* Mana yanjye. Wari he David? Naguhamagaye inshuro hafi icumi zose we
*David:* nari ndi muri douche. None se ni amahoro?
Ataransubiza numvise umuntu akomanga nuko nsohoka mu cyumba njya kureba ukomanze nkomeza no kwitaba telefoni
*Marie:* ni Sarah. Sinzi nako. Nyine twatonganye mu rugo none avuye mu rugo sinzi aho yerekeje iki gicuku, ndumva rwose mpangayitse pee.
*David:* ngo iki? Ariko twari twavuganye ko ugiye gushyira ibintu ku murongo, none bisubiye irudubi?
Nakinguye umuryango mpita nkubitana na Sarah. Bwa mbere natunguwe no kumubona iwanjye izi saha, bwa kabiri nezezwa nuko ari muzima nta kibazo
*Marie:* David, uri kunyumva?
*David:* yego,eeh ba uretse ndaje nguhamagare mu kanya.
Nahise mukupa. Nuko mbwira Sarah kwinjira
*Sarah:* urakoze.
Yaricaye muri salon nuko nanjye mpita ngana mu gikoni kumutegurira icyayi nibwo nahise mpamagara nyina ngo mubwire atuze
*Marie:* ese kuki wahise unkupa utambwiye ra?
*David:* umukobwa wawe ari iwanjye
Yahise yiruhutsa aceceka akanya gato
*Marie:* sawa, gusa umwitondere ndabona…
*David:* humura. Reka nkureke rero, ijoro ryiza.
Ntiyaretse nanjye ndangiza ahita na we ankupa ubanza ari kunyishyura. Nahise nsanga Sarah muri salon nuko muhereza icyayi aracyakira, asomaho.
Gusa nabonaga ahari adahari. Intekerezo ze zari zibereye ahandi. Nanjye nabanje kumureka ntegereza ko we ari bufate iya mbere akavuga.
Yamaze kunywa icyayi nuko itasi yanyweragamo ayishyira ku meza
*Sarah:* ese hari ikibazo ndaye hano iri joro?
*David:* oya nta kibazo ngwino njye kukwereka icyumba uraramo
Nahise mpaguruka na we arankurikira tujya mu nzu yo hejuru
Nuko mpagarara ku cyumba cyahoze ari icyanjye ariko nkaba naragihinduye kuko Marie yambwiye ko ari gito kandi akunda icyumba kinini yisanzuramo
*David:* iki ni cyo cyumba uri buraremo
Yarinjiye nuko mbona ari kuraranganyamo amaso, ubanza ahakunze nkurikije uko ahareba
*Sarah:* murakoze
Narikirije nuko mbona ateye intambwe agana ku buriri, aricara ubundi akuramo inkweto.
*David:* nugira icyo ukenera umbwire, ndi mu cyumba gikurikiyeho
*Sarah:* yego
Yandebye akanya ubanza ategereje ko nsohoka. Nanjye narasohotse nuko ngana mu cyumba cyanjye, nkuramo agapira nari nambaye nuko ndyama ngaramye. Natekerezaga kuri Sarah na nyina, kuki batabashije guhuza koko?
Nigaraguye mu buriri ariko neza neza mbura ibitotsi pee. Gusa uko nakigaraguye mu buriri nibwo numvise urugi rufunguka ndebye mbona ni Sarah. Nahise ncana itara ryo ku gitanda maze ndahindukira ngo mubaze ikibazo afite ariko nkimubona nabuze amagambo nakoresha muvugisha neza neza pee
Yari ahagaze ku muryango, yambaye ishati yanjye gusa, nta handi nahise naga ijisho hatari ku maguru ye…
*Sarah:* niba ntakugoye waza ukancurangira gato?
Ubu se arumva nabihakana koko? Gusa ikibazo kumucurangira yambaye atya ubanza ashaka kunkura mu mwuka neza neza.
Narahagurutse ku buriri nuko turasohoka tugana muri salon aho piano yanjye iteretse.
Yangiye imbere nuko uko amanuka escaliers nanjye nkirebera amaguru ye, uko atambuka biri sexy, mwa bantu mwe…
Ageze kuri piano yarahagaze arahindukira arandeba nuko aransekera maze aricara nanjye ndicara nuko indirimbo yanje mu mutwe bwa mbere ni yo nahise ncuranga.
Namucurangiye indirimbo ya kera nkunda cyane igira iti: *La isla bonita* ya Madonna
https://youtu.be/zpzdgmqIHOQ
Umuziki wadutwaye kure twese, nanjye nacurangaga natwawe na we nkabona yagiye kure, twavuye mu isi y’ibigaragara twinjira mu yindi si nziza cyane, kubera umuziki.
Nakomeja gucuranga numva sinarekera ariko nageze hagati numva amarira ye atangiye gutonyanga angwa ku rutugu, anyegamaho. Narekeye gucuranga
*Sarah:* wakomeje
Sinamwumvise ahubwo nahise mukurua ndamwiyegereza gusa ubanza atabishaka kuko yahise anyiyaka
*David:* ufite ikihe kibazo se?
*Sarah:* nta na kimwe
Yarahagurutse nuko azamuka escaliers nanjye ndamukurikira. Yahise yinjira mu cyumba cye nuko atarafunga mba nahagaze mu muryango nuko aranyihorera agana ku buriri maze yurira igitanda, ibibero byose noneho byigira hanze neza neza, gusa yahise yiyorosa.
Nahagaze aho ku muryango nibaza ibibaye
*Sarah:* ndeka jyenyine
Aho kugenda ahubwo nahise negera aho aryamye maze nicara iruhande rwe, arahindukira arandeba
*Sarah:* ariko nagusabye…
Sinaretse arangiza iyo nteruro ahubwo nahise mufata ukuboko ndamukurura ndamwiyegereza maze umubiri we uhura n’uwanjye.
Yabanje gushaka kundwanya anyiyaka ariko murusha ingufu ndamufata nuko mujya hejuru abanza kundeba afite ubwoba maze amaso azengamo amarira. Ubanza azi yuko ngiye kumufata ku ngufu si gusa
Narubamye ndamwegera nuko iminwa yanjye ihura n’iye musoma buhoro ubundi muhanagura amarira nkoresheje ururimi, nkomereza ku ijosi na ho ndahasoma nuko ndamurekura, ntangira kumukorakora mu musatsi ukundi kuboko gukorakora ku maguru, nari ninjije ukuboko mu mashuka
Iminwa yavuye ku ijosi irongera igana ku matama ndakomeza ku gutwi nsa n’ukuruma maze arataka ariko bitari cyane
Naregutse nuko ndamureka ahubwo ngarama ku buriri ntangira gutekereza. Ubu koko bizarangira ryari? Nkunda Marie ariko kuva namenyana n’uyu mukobwa, ubwenge bwanjye bwananiwe kumuvaho, mba numva narenga umupaka. Na we ubanza yarabonye ko ndi gutekereza byinshi nuko areguka yishingikiriza inkokora
*Sarah:* ibi bintu ni sakirirego
Yewe ni na sakirirego koko. Umwana w’umugore wanjye, turi mu buriri bumwe koko?
Nahise mukurura nuko andyama mu gituza aratuza na we nuko umutima wanjye utangira guterera mu gihumbi
Ikintu kindi mu mutwe gusa ni ukumugarika ubundi nkamwereka uko ndi umugabo, ngakora positions zose zishoboka, ariko ubanza narwaye mu mutwe
Uyu ni umwana wa Marie, umugore wanjye, iri ni ITUNDA RYABUJIJWE gusa ndabona riryoshye kandi riteye igikundiro, nzaba mbarirwa amaherezo…
*_Nanjye nti nzaba ndora ni umwana w’umunyarwanda. Agace ka 27 ntikazagucike_*
*
Comments