logo

NEW TALENTS

Stories Group

IBANGA RY'UMUKAZANA WIRABURA S01 Ep 41

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IBANGARY’UMUKAZANA WIRABURA 
.
Episode 41.
.
Duheruka Denis yampitse  impeta Brigitte.
.
Umwanditsi Chris nandi Ishimwe.
.
Denis amaze  kumwambika impeta barahoberana Brigitte abyishimiye  cyane  bikomye  cyane kubera  ko nyuma na nyuma icyo yarwaniye yarakibonye. Gusa  nubwo Denis amaze  kumwambika impeta muri we  ntabwo umutima we  unezerewe.
.
Brigitte   areba impeta maze afata telephone ahita ahamagara  inshuti ze  kuri video call abereka ko amaze  kwambara  impeta.
.
Denis arazamuka aza  mu cyumba  aricara aratekereza. Atekereza  kubyo akoze  by’amaburakindi.
Micky na Manda baraje basanga Brigitte yambaye impeta afite akanyamuneza baramufelecita.
Brigitte ati” Nyuma na nyuma birabaye.
Micky ati” Ubu urabikoze  rwose.
Manda ati” Ntureba. Abantu bose  nurwego rwabo.
Brigitte ati” Ubundi iriya nturumbutsi y’Umukobwa  yarivuye hehe..
.
Micky na Manda baza  mu cyumba cya Denis baza  bamushimira.
Micky  ati” Musaza  wanjy ndakwishimiye  cyane.
Manda ati” Wabikoze. Ubu uhagaze  mu mwanya mwiza.
.
Micky amwegera  yihuta  cyane amugwamo  aramuhobera
Micky ati” Mbere  umbabarire  amagambo mabi nakubwiye ariko narimbabajwe  nuko nabonaga utangiye gufata icyemezo kidakwiye.
Manda ati” Kuko ntubona ko waruberanye na  Brigitte. Uriya wundiyarinde.
Micky ati” Uretse  ko yahise anamwiyereka. Akimara  kumva  hari Umwana bagutwitiye yahise yiruka arahunga.
.
Hasi muri Saro Brigitte arimo kuvugana na Papa we  kuri phone amwereka  impeta yambaye.
Papa ati” Ntureba  njyewe  narimbizi  ko uzabigeraho ntabwo wagombaga kwicara  ngo urebe ibyawe  bigenda.
Brigitte ati” Byabay papa.
Papa ati” Nuko rero uzi neza  icyo ugomba gukora.
Brigitte ati” Ndabizi cyane.
.
Mama Denis na Papa Denis baratashye  basanga  Brigitte yambaye impeta barabyishimira .
Mama Denis aranezerwa  cyane afata agatoki ka Brigitte kambaye impeta arakareba   yishimye  cyane ati” Mukazan wanjye ndanezerewe  cyane
Brigitte ati” Nanjye ndanezerewe  mama kandi ndagushimiye ko wambaye hafi  cyane.
.
Mama Denis ati” Yego Mukazana wanjye nicy nagombaga gukora.
Papa Denis ati” Ni byiza  cyane.
.
Manda na Micky bava mu cyumba cya Denis maze baza  hasi muri Saro bose bagaragaza  ibyishimo byabo.
.
Mama Denis aza  hejuru mu cyumba kureba Denis  maze aramushimira  cyane ati” Mwana wanjye wafashe icyemezo cyiza. Ni byiza  kuba wemeye gufata inshingano.
Denis ati’ Yego.
Mama Denis ati” Ukwiye kunezerwa.  Kandi.  Ahubwo reka duhite dutegura  ibya Mariage. Ahubwo ngwino hasi tujye kumeza.
.
Baramanukna baza i hasi   kuri dinner.
Barimo barya banezerewe  Papa  Denis areba Denis ati “ Denis byose  narinakwambuye  wongere  ubifate.
Denis ati” Oya singombwa Papa.
Papa Denis ati” Ni ngombwa.
Denis ati” Njye kwiberaho gutya  ntacyo  bintwaye.
Papa Denis ati” Nashakaga kurinda  ibyawe  suko narimbikwambuye  urumva.  
Mama Denis ati” Ahubwo mureke tuvuge kuby’ubukwe.
.
Batangira  kuganira  kubyubukwe.
Bidatinz  nyuma ya gahe gato  cyane bakoze  ubukwe  bw’akataraboneka barabana.  Ubukwe bwitabirwa  n;abakomeye  gusa  imiryango ikomeye.
.
Gusa  aho mu bukwe  akanya ku kandi Jennifer akajya abwira Mama Denis ko bafashe icyemezo kibi kugera  aho bitangiye kuba ikibazo baranashwana. Ubukwe  burangiye abageni bajya kuba mu rugo kwa Denis n’ubundi ni urugo rugari  cyane.
.
Barabanye iminsi irashira indi iraza. Hashize ukwezi  mu masaha y’ijoro  mu cyumba cy’abageni baryamye  ni joro.  Telphone ya Denis irasona arayifata  abona  ni number  atazi  aritaba, akitaba  yumvise  uhamagaye arikanga.

Udacikwa na Episode 42

Comments