Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
.
Nagerageje kubumbura amaso nuko nisanga ndi mu buriri bwanjye. Nahageze nte se ko mperuka ibiturika gusa Nagerageje kubyuka ariko numva umutwe wanjye uremereye cyane nuko ngerageza kugenda buhoro ariko numvaga ntari kureba neza mu maso hanjye byari ibikezikezi.
Papa : bite gakumi ."
Yaje yihuta ahita amfata mu maboko ngo ntagwa,
Papa : umva gerageza uruhuke kubera ibyakubayeho."
Amanda : nageze hano gute se ahubwo papa ?
Papa :ni umuhungu wakuzanye. Numvise amakuru kuri radio ko hahandi watangiye akazi habaye ibisasu byahaturikiye ubundi nguhamagaye igacamo ikabura uyitaba ubwo mu gihe narimo nshaka uko najya yo kukureba nongeye guhamagara nitabwa n’umusore ambwira ko uri muzima yakurinze maze ambaza aho dutuye ndamurangira arakuzana."
Amanda : eeeh. Ntabwo byose mbyibuka pee. Gusa nari mfite ubwoba bwo gupfa pee.
Papa : humura ubu ndahari cherie. Nanjye nari nagize ubwoba nanahangayitse ariko namenye ko uri muzima ndiruhutsa. Ruhuka rero wa musore wagutabaye yambwiye ko ari buze kukureba ikigoroba."
Amanda : yitwa nde se ?"
Papa : simbizi sinamubajije kuko sinari ntuje. Ruhuka rero ."
Amanda : sawa papa Yahise asohoka mu cyumba ndongera ndiyorosa. Gusa numvaga ntiyumvisha uburyo uwo musore yantabaye none ngo akaba anashaka kuza kundeba. Gusa ndamwibuka neza ni we mwicanyi nubwo yantabaye. Ese mbyikuremo cyangwa nzabibwire polisi ? reka nako nsinzire nzabimenya nyuma ibyo ngomba gukora .
*Ku ruhande rw’umusore*
Ariko se ni gute uyu we ntari naramenye ko akora hano ? gahunda nari maze ibyumweru bibiri nteguye none ndebera yitambitse mu byanjye gutya koko Gusa biraboneka ko ari ho akora kubera yari yambaye imyenda y’abakozi baho Ahubwo se buriya yamenye ibyabaye byose? Nta kuntu ataba abizi nako ahubwo igikwiye ni ukumusura nkamubwira ko agomba kuryumaho Twageze mu rugo n’abasore banjye nsanga Alexandre yarubiye cyane.
Alexander: bambwiye ko hari umukobwa watabaye. Kuki utamuretse ngo apfiremo na we?"
… : sinjya nica inzirakarengane ariko urabizi neza."
Alexander: ndabizi ariko urabizi ko ashobora kugutanga kuri polisi. Ese ubundi byagenze bite nyine?"
…: nyine nyuma yo kumutabara najyanye imodoka nakuye hahandi ubundi mfata iyacu naho Marc na we afata indi ubundi mbabwira gutaha nyine ."
Alexander: hanyuma? "
…: harya ushaka kumenya ku mukobwa. Yari yaguye igihumure nuko telefoni ye ikomeza gusona ndayitaba kuko nari mbonye handitsemo Papa. Namubajije aho batuye nuko njyanayo umukobwa we."
Rudy: ariko man uri karezi kabisa. Ushobora kudushyirishamo man."
…: ceceka se nyine nawe. Nabwiye se ko ndi bujye kumureba ikigoroba ubwo rero ikinjyanayo ni ukumubwira akakannyamo yazibeshya nyine akabizira."
Marc: hanyuma se natabyemera akagutanga kuri polisi?"
… : ubwo azaba abaye umunyacyaha ni ukumwicana na se."
Alexandre : reka twizere ko azaryumaho man ."
…: humura man nzi uko mbigenza jyewe ."
Alexander: wowe byiteho kuko utabikoze nzabyikorera."
Mana yanjye! ubanza koko nakoze amakosa mu kazi ariko ntakundi tu. Nahise nzamuka njya mu cyumba cyanjye ndiyuhagira ubundi mpindura imyenda. Alexandre na we ari kunzamurira isukari. Yego nakosheje ariko ntabwo nkunda umuntu unstressa men. Navuye muri icyo cyumba cyanjye numva ntameze neza nuko njya mu kindi cyumba. Cyari icyumba cya Cyndi. Ndakeka wenda uko merewe ari we watuma nsubira muri mood neza Nkuko bisanzwe ninjiye mu cyumba cye ntanakomanze ubundi nsanga yambaye ikariso gusa nk’aho yari antegereje Cyndi : none se Cas… "
Sinaretse arangiza kuvuga ahubwo nahise mufata mu mayunguyungu ubundi ndamusoma maze na we aremera aransoma ubundi mu masogonda make twari tugeze mu buriri bwe turimo dukuramo imyenda Ako kanya yahise aca bugufi ubundi yunama mu maguru yanjye aba atamiye igitsina cyanjye atangira kucyinka maze numva ibibazo nari mfite byose biri kugenda mbyumva ubundi mba ndamusunitse ndamuterura naga ku buriri mpita nambara agakingirizo maze ubundi ntangira akazi katanatinze kuko nahise ndangiza ubundi nkuramo agakingirizo ndakazinga neza njya mu bwogero nkajugunya muri poubelle ndongera nambara boxer yanjye ubundi nsubira mu cyumba ndaryama ngo ndebe ko nabona ibitotsi Nashigukiye hejuru ubwo nakangukaga ndebye ku isaha mbona ni saa saba. Nongeye koko ndyamana n’iyi ndaya ngo ni Cyndi ? Ubu ahubwo reka nitegure njye kureba wawundi natabaye na we Nahise nongera ndoga nditunganya neza ubundi mfata telefoni njya kureba wawundi ngo muhe gasopo.
Mu gusohoka nakubitanye na Alexandre ari kuri telefoni … : ndagiye." Alex : sawa ubwo utubwire uko byagenze Nahise nsohoka ubundi ninaga mu modoka maze ngana iwabo wa wa mukobwa .
_AMANDA_
Ubwo nakangukaga nasanze papa yanteguriye ibya mu gitondo. Nahise mbyuka mfata ipalato ntereka ku bibero ndarya umugati nywa n’icyayi ubundi numva umutwe ntabwo ukirimo kundya ndangije ngana mu bwogero Navuye koga ntega igitambaro mu mutwe ubundi nkenyera essui-mains maze njya mu cyumba kureba imyenda nakambara Nirebye mu ndorerwamo nibwo nabonye ko mfite igikomere kirekire ariko kidakabije. Ubanza habuze gato mba nanapfuye si gusa Nahise nibuka ibyabaye byose iryo joro uburyo umuntu yarashwe na bombe yaturitse, uko natabawe n’umwicanyi, Mana yanjye Namaze kwitunganya ubundi ndasoboka mu cyumba njye kubera ko papa agihari nuko musanga yicaye muri salon .
Amanda : papa ."
Papa : bite gakumi. Wakangutse?" Amanda : yego ndumva ubu meze neza kandi wakoze kubera ibya mu gitondo Papa : mba nikorera mwana wanjye. Urabizi ubwoba bwari bwanyishe Amanda: ndabizi papa ."
Papa: si ikosa ryawe. Ahubwo polisi yambwiye ko bari bugere hano nka saa kumi n’ebyiri kugira amakuru bakubaza ubwo rero ubitegure Amanda : nta kibazo ndi… Ako kanya narogowe n’uwasonnye nuko papa ajya gufungura nanjye ndamukurikira ngo mbe niyicariye ku rubaraza.
Papa : cherie uyu ni wa musore wagutabaye…
… : nitwa Cassien ."
Papa : byiza Cassien. Reka mbe mbaretse nanjye ngiye guhaha."
Yahise adusiga aho twenyine numva ubwoba. Uyu ni we wantabaye ? kuki koko ?
Cassien: bite ko mbona utakiri ku isi mbese ?"
Amanda : hum ? uvuze ngo ?"
Cassien : banza unsuhuze, ubundi umvugishe neza kandi unanshimire. Urumva bidakwiye ? "
Amanda : eeeh. Uraho neza. Hanyuma mbere yo kugushimira urabanza ariko nawe unsabe imbabazi."
Cassien : imbabazi ? eheee. Uzi ko ari ka gakobwa ko ku ishuri wana!"
Amanda : ubanza ubwonko bwawe bukora nk’ubw’inkoko ariko? Umuntu ukora ibintu bitemewe, ugendana imbunda, wishe umuntu agaturitsa depot y’imodoka zinahenze none ibyo byose byatumye wibagirwa uwo mwahuye ? "
Nabivuze nta bwoba mfite ubanza nanjye nakabije kwihagararaho gusa nari mfite ubwoba budasanzwe ahubwo byari uburyo bwo kubimuhisha ngo atamvumbura Ako kanya yahise amfata mu ijosi ansunikira ku rukuta rw’inzu Cassien : ibeshye usubiremo ibyo uvuze urebe."
Amanda : ndebe iki se ni iki utumvise mu byo navuze ?"
Cassien : we ntushake kunzanaho umutwe muremure."
Amanda: ukeka se ko jyewe mfite ubwoba? Ibyo mvuze nabisubiramo rwose."
Cassien : ndavuze ngo rekera aho se nyine."
Amanda : iki se kandi ? "
Cassien : rekera aho kundeba utyo Amanda : ubundi se kuki uje kundeba ra ? "
Cassien : kugirango utazagira na kimwe uvuga ku byaraye bibaye."
Amanda : ngo iki ? "
Cassien : ubanza wanyumvise neza wa ndaya we."
Amanda: sindi indaya wa nyana y’imbwa we."
Yahise amfata ukuboko aragukanda ubundi anamfata mu ijosi asa n’uniga Cassien : utongera kunsubiza utyo. Urumva neza ?"
Amanda : yego ."
Cassien : sawa noneho. Ngaho ndeba mu maso Nubuye amaso ndamureba mbona afite amaso meza gusa mu maso he nta kindi kintu nabonyemo uretse uburakari.
Cassien : nkuko maze kubikubwira usabwe guceceka kuko niwibeshya ukavuga ibyo wabonye ari wowe ari na so mwese muzisanga muri imirambo."
Ngo kwica data ? oya weee. Nta na kimwe nifuza ko cyaba kuri data hejuru y’ikosa ryanjye pee. Niba icyo nsabwa ari uguceceka gusa rwose nta cyambuza kubikora ariko nkarokora data.
Cassien: wanyumvise neza ?
Amanda : yego nakumvise rwose nta na kimwe nzavuga pee ."
Cassien: sawa. Ni iki cyanyemeza ko umbwiza ukuri koko?"
Amanda: uko ni ukuri nkubwiye upfa nawe kunyizeza ko utazakora kuri data."
Twese twaracecetse kugera ubwo telefoni ye yasonaga nuko aritaba ariko akimfashe
Cassien: allo… ngo iki? Ubwo reka nshake uko mbona ibyo kwireguza men Namurebye mu maso mbona ameze nk’urakaye ukundi kuntu."
Cassien : humura ndabyitaho."
Yahise akupa nuko arandeba,
Cassien : umva abapolisi bari hafi kuza kukureba."
Amanda : ndabizi ko bari buze."
Cassien : wibukeko nakubujije kuza kumvugamo."
Amanda : yego .
Cassien : byiza cyane. Dore rero uko uri bubabwire. Uvuge ko wahavuye saa tanu na mirongwitanu kuko wari warangije akazi kandi twari dufitanye gahunda jye nawe iyo saha. Wansanze muri parking turavugana nuko ubwo najyaga kukujyana kureba cinema ahantu hafi nibwo habayeho guturika twihisha inyuma y’imodoka nkujya hejuru ngo nkurinde ariko ukomereka gato ku kuboko nuko ubura ubwenge. Nakujyanye iwanyu ahagana saa sita na mirongwine n’itanu nyuma yo kubona imodoka yanjye no kuvugana na so akambwira iwanyu. Ibyo birahagije. Wabyumvise ibyo uri bubabwire ?" Amanda : ndabyumva ariko ikinyoma kirimo gusohokana n’umusore papa nabyumva noneho aranyica"
Cassien : ariko wavuga ko bwari ubwa mbere. Kandi uzi neza icyaba uramutse wanze kubigenza gutyo ?"
Amanda : yego ndabyumva. Ariko wikomeza kunkanga kuko ntabwo ngufitiye ubwoba ndetse ntiwongere kunyita indaya."
Cassien : ntabwo untinya ? ntabwo ujya wumva ibimvugwaho ? kandi ndakwita uko nshaka ninshaka ndakwita bebe." Amanda : jyewe burya sinjya numva ibihuha ikindi kandi sindi inshuti yawe ku buryo wanyita bebe."
Cassien : ushaka wajya wita ku bivugwa rero kandi ubwo nyine utari inshuti yanjye nemerewe kukwita uko nshaka." Amanda : ese kuki umpatiriza bite byawe? Jyewe ibivugwa ku wundi mbyemera ari we bwite mbyumvanye. Hanyuma rero kunyita bebe byatuma Cherie wawe cyangwa copine wawe afuha, ubwo rero nitwa Amanda jyana ibyo."
Cassien: gusa uri sexy. Jye rero nta copine mfite Ubwo yabivuze arimo kurushaho kunsatira Naramuretse ngo ndebe ibyo ari gushaka kugeraho ubundi numva impumuro ye maze numva ururimi rwe rurigase ku ijosi ryanjye ubundi mpita numva nsheshe urumeza neza neza. Yari agiye gukomeza numva urugi rurafungutse ubundi ndamusunika.
Cassien : sha byari bigeze ahantu." Amanda : ceceka se."
Papa : cherie urahari ? "
Amanda : yego papa ndahari. "
Papa : ngwino rero abapolisi bahageze Cassien : ngo iki ? "
.
IRAKOMEZA
.
*_Ngaho da. Ubu se koko noneho biri bugende bite ? Aramuhishira cyangwa arabivuga ? Agace ka 3 ntuzagacikwe_*
Comments