logo

NEW TALENTS

Stories Group

AMAHITAMO Y'UMWAMI GISA EPISODE 24

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
.
Twaherutse Bambi na Gisa ubwo bari mu buriri, Bambi yabwiye Gisa ko hari impano amufitiye ikomeye.
.
Inkuru ya Chris nandi Ishimwe.
.
Bambi aba arabyutse avuye mu buriri aragenda, Gisa amukurikiza amaso abona amabuno ya Bambi agenda atetema kubera ko yoroshye cyane.
Bambi ajya gufata amazi yakuzayuze arimo ubuki aranywa.amaze kuyanywa aragaruka ahagrara imbere y’igitanda, Gisa aramwitegereza.
Gisa ati” Sha ni wowe mwiza muri bose.
Bambi araseka ati” Bose bande.
Gisa ati” mu beza bose nabonye. Ubwo nawe urumva uburyo urenze niba ari wowe mwiza mu beza bose babaho.
Bambi ati” Ahari Ni amagambo.
Gisa ati” Ntagaciro kamgambo. Kuri wowe ubwawe urisobanura ntampamvu y’imitoma yamagambo.
.
Bambi aramureba.
Gisa nawe aba avuye mu buriri amusanga hasi aramufata amureba mumaso.
Gisa ati” Unjyana kure cyane. ibice by’umubiri wawe biransaza.
Bambi akamwenyura.
Gisa aba amufashe inyuma ku mabono arayabyinisha., Bambi biramusetsa.
Gisa ati” Uziko ari wowe mukobwa wenyine nabonye ufite mu gikari hihariye hatameze nk’ahabandi.
Bmabi araseka ati” Urabeshye. Abandi se wigeze ubabona?
Gisa ati” Mvuze ukuri da! Hari abo usanga hakomeye cyan nkurutare.
Bambi araseka ati” Ariko nyine njye uranyumva?
Gisa ati” Ndakumva cyane ahubwo ikibabaje n’ukuntu warugiye kuzipfisha ubusa.
.
Bambi araseka.
Gisa ati” utanyibagiza ndacyetegerezanyije amatsiko impano yanjye wavuze.
.
Bambi ati” Noneubyutse warugiye he?
Gisa ati” Nsubire mu buriri se.
Bambi azunguza umutwe.
Gisa ati” Ngume aha.
.
Tuze mu nzu y’Umwami n’Umwamikazi nabo ayo masaha yo mu rukerera bari maso ariko bari mu buriri niho barimo kuganirira.
Umwamikazi ati” Wakoze ikosa ryo guhita wemera gushingirana Gisa na Bambi. Sinabura kuvuga ko Umuhungu wawe wamuroshye umureba.
Umwami ati” Ariko se njyewe nanubu sindumva ikintu wangira uroya mwana w’umukobwa. Cyanatumye ugera naho woshya umukobwa wawe ngo asabe umutwe we?
Umwamikazi yikangamo.
Umwmi aramureba ati” Cyangwa waruziko ntabimenye?
Umwamikazi araruca ararumira.
Umwami ati” Nyewe nibaza impamvu ureba ariko ntubone.
Umwamikazi ati” Ubwo hagati yanjye nawe harimo impumyi kuk nawe ntagihamya ko ari wowe ubona neza.
Umwami ati” muri wowe harimo ikintu cyo kwikunda no gushaa gushyira bene iwanyu imbere utarebye ku nyungu rusange. Ese kuki Umuhungu acu atigze ahitamo Gaju?
Umwamikazi ati’ Nuko uriya mukobwa yariyamze kwica intekerezo ze.
Umwami aramureba ati”Nyamara urwango umugirira igihe kimwe uzarwicuza
.
Tugaruke kwa Gisa na Bambi baracyahagaze barafatanye bambaye ubusa.
Gisa ati’ Nyaboa mfite amatsiko yiyo mpano.
Bambi ati” Funga amaso.
Gisa arayafunga.
Bambi ati”Ariko banze unsezeranye ko utaza kunseka cyangwa ukambaza ibibazo byinshi
Gisa ati” Yego ndagusezeranyije.
.
Bambi ati” Ngaho huma amaso yawe.
Gisa arahuma.
Bambi ahita aca bugufi amanuka hasi ku mboro ya arayifata n;akaboko abanza kuyikinisha, Gis akiyumva ukundi. Cyane ko ibyo bitari bizwi muri icyo gihe. Bo gukora imibonanompuzabitsina kwari ugushyiram ukarongora gusa mpaka urangje ntabindi.
.
Bambi aba ayishize mukanwa atangira kuyinyunguta. Gisa ahita agwa mu kantu afungura amaso areba Bambi,
Bambi ati”Dore kandi wishe isezerano,
Gisa ati” Ibyo n’ibiki urimo gukora?
Bambi ati” Ndabizi ni bishya cyane ntabyo uzi ntuzi ni byaribyo ariko tuza uraza kumva ibyaribyo.
.
Gisa arongera abombeka amaso, Bambi arakomeza Gisa Yuma yashize wese yabaye ukundi kuntu, yumva ni uburyohe bushya atigeze yumvaho na rimwe.
.
Barakomeje bagera naho bajya mu gitanda barongorana mu buryo busanzwe bararangiza.
.
Barangije Gisa sasa afite ibibazo agomba kubaza.
Bambi aramureba ati”Twari twasezeraye ko ntakubaza byinshi.
Gisa ati’ umva wihangane hari ibyo ntakwihanganira kukubaza pe!
.
Amasaha aricuma buracya.
.
Tuze mu rugo kwa Zaheni inshoreke y’Umwami abahungu be barimo kogera hanze..
Ntare ati”Ariko buriya ibyo Mama avua biizashoboka nitwe tuzatwaraubu bwami?
Rutare ati” Birashobika cyangwa ntibanshoboke.
Ntare ati” wowe se ahubwo ubitekerezaho iki
Rutare ati”Njyewe nytago njya ntekereza iby’ubu bwai cyane kugira ngo ikizaba cyose kitazantungura.
Ntare ati”Uba wumva ntabwo ushaka se wowe.
Rutare ati” Oya njye sinjya numva bubaye ikifuzo cyanjye ariko nanone mbubonye sinabwanga.
.
Kumbe ukobarimo Koga Gaju arimo kuza aho.
Rutare we aba asoje koga ava hanze ajya mu nzu akimara kujya mu nzu ako kanya Gaju aba arahagezeabona Ntare yambaye ubusa. Ntare agiye gsushaka uko yipfuka abona Gaju yarangje kumubona kare.
Gaju ati” urashaka guhisha iki ntamaze kubona. Nubundi ko biba ari iby’abagore bose.
Ntare aramureba,
Gaju aba aramwegereye cyane arayireba maze areba Ntare mu maso.
Ntare ati”Niki>
Gaju ati”Urabaza inshyashyi ngo niki ? Ko nziko usanzwe uri Umugabo?
Ntare aramuereba ati” Nonese ushaka kuvuga.
Atasoza kuvuga Gaju ahita ayifata ayicomekamo.Ntare arumirwa cyane ariko afatiraho ararongora.
.
Igihe gikomeje kwicuma.
Tuze mu rugo kwa Bambi na Gisa ubuzima bwabo bukomeje kugenda buba bwiza.
Umwamikazi aza kubasura mu rugo rwabo. Gisa ategura imbuto yakira Umwamikazi.
Umwamikazi arabireba maze araseka ati” Kuva ryari
Gisa ati”Kuva ryari ibiki Mama.
Umwamikazi ati” Ni wowe uteguye ibyo kunyakiriza?
Gisa ati” None hari kihe kibazo kirimo mama
Umwamikazi ati”Umugore wawe arihe?
Gisa ati”Arimo kwambara araje.
Umwamikazi arumirwa ati” Aka ni akumiro nako ni amahano. Ni wowe uteguye ibyo kunyakiriza umugore wawe ari mu cyumba arimo kwambara?
.
Gisa ati”Mama wikomeza ibintu hano twe hano ntawe ushinzwe gukora ikintu. Buri wese ubonetse aragikora.
Umwamikazi ati”Narabivuze. Ubu wamaze gutakaza ubwenge kuburyo wibagirwa ko uri umugabo. Wakwibagirwa ko uri Umugabo se wanibagiwe ko uri Igikomangoma
Gisa ati” Ibyo byose ntacy bivuze imbere y’Umugore wanjye. Njye nawe ntago tugena agaciro ku muntu dushingiye kugutsina.
.
Umwamikazi biramubabaza cyane ati” Gisa urantengushye cyane. nako si wowe nuriya mukobwa wamaze kuroga intekerezo zawe reka mve hano nanidendere. 
Umwamikazi arahaguruka agiye kugenda Bambi aba araje. Umwamikazi amureba nabi cyane. 
Bambi ati”Mwamikaz ko nje ugahita ugenda?
Umwamikzi aramwihorera ntiyamusubiza ahubwo areba Gisa ati” Uribuka ko ej isabukuru yawe?
Gisa ayi” Ndabyibuka.
.
Tuze kwa Zaheni yicaye mu nzu wenyine arimo gutekereza. Ako kanya Ryera wa Muja w’Umwamikazi aba araje aricara.
Zaheni ati” Ryera ejo rero nibwo nshaka ko dukora agatendo gakomeye . ibintu ejo hano I bwami bizarara bihindutse.
Ryera ati”Mbwira uko bimeze.
.
Udacikwa na Episode ya 25

Comments