Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Rubio yageze hanze agiye kwiga. Jovia nawe yasigaye akora akazi uko bisanzwe ke. Kandi ubuzima bwe bwari bwarahindutse kubera ibihe byiza by’urukundo yaramze kwinjiramo. Yumvaga afite akanyamuneza ahantu hose. Yumvaga ahumeka neza umubiri we uguwe neza ahantu hose.
Ikizere cyaragarutse muri we kubera ko yamaze igihe kinini abona ko abantu banini bangana nawe batajay bahabwa agaciro nk’abandi bose. Mbere yumvaga uko angana ari igisebo kuri we. Ariko akihangana
Yariyarahisemo kwiyakira. Abantu bpose bamubonagamo ikiremwa kiraho kidafite agaciro ariko akihangana agakomeza.
.
Ubuzima bwarahindutse ndetse no mu kazi aho akora abakoze bakorana nawe batangira kubona hari impinduka zabaye kuri we. Ba Berry bakomeje kujya bamubwira amagabo akamomeye ariko akayarenga ntagihe yarakibaha rwose.
.
Yasoza akazi agahataha agategereza ko Rubio nawe aboneke asoje amasomo maze bakavugana kuri telephone ijoro hafo ya ryose.
.
Bashiki ba Rubio nabo bari baramaze kumuha agaciro basigaye bavugana nawe ndetse banasurana cyane.
Mama wa Rubio nawe yajyaga umwubaha cyane ndetse akamwereka ko yamaze kuba umukazana we.
.
Igihe kirakomeza kwisunika.
Nyuma y’igihe Jovia yaje kwigira inama yo gutangira gukora sport kugira ngo arebe ko yagabana ibiro akanunukaho gato.
Yashatse jimu ajya kwiyandikishamo bamuha n’umwarimu wihariye uzajya umufasha.. gusa iyo Jimu yakoreegamo ninayo Jimu ba Berry bazaga gukoreram,o kuva na mbere hose. Batunguwe no kubona Jovia nawe asigaye aza kuhakorera birabantangaza.
.
Rimwe basoje gukora baza kureba aho arimo gukorera. We yakoraga uturaho tworoheje. Barahagarara babanza kumureba gusa ntabwo yari yabonye ko bahari baje.
Hashize akanya bakoma amashyi ariko Atari ayo kumushimira ahari yari ayo kumwishima aho.
Jovia arabareba.
Berry ati” Nyuma na nyuma nawe waje kubona ko imiterere yawe idasobanutse?/
Jovi arabareba gusa ntiyabasubza ariceccekera.
Miata ati’ Ntabwo uvuga se.
Jovia nabwo arabareka.
Shania ati” Sha vuga. .
Jovia arabareba ati” Ntagihe nyifite cyo gutakaza ku bantu nkamwe.
Baramuseka. Ariko we yikomereza Sport.
Miata ati” Sha uteye nabi pe. Sinzi niba no gukora sport hari icyo bizagufasha.
Jovia arabareka barakomeza baravuga.
.
Asoje gukora ajya gusezera kumwarimu we .
Mwarimu we abanza kuvugana nawe mbere yuko amureka ngo atahe. Abanza kugira amabwiriza amuha.
Mwarimu ati” Jovia hano hari amabwiriza mu mirire ugomba gukurikiza. Kandi nuyubaha ukajya uyakurikiza neza nibwo azagufasha.
Jovia ati” Ntakibazo rwose.
.
Hari amabwiriza yamuhaye yuko agomba kujya arya nibyo akwiye kwirinda ongera kujya arya. Jovia.
Yaratashye ubuzima burakomeza. Akomeza kujya yitabira sport . yataha akabwira umukunzi we sport yakoze.
Rubio akamubwira ko amushigikiye rwose.
Jovia ati” Cher ndashaka kugira umubiri mwiza uzajya ugushimisha.
Rubio ati” Ariko nuko uteye njye ntacyo bintwaye.
Jovia agaseka ati” Sure.
Rubio ati” Cyane ariko sport none ukaba wagabanya ibiro ni sawa cyane kuko nawe byagufasha kumva umeze neza.
.
Jovia yarakomeje. Ariko kubera ko ariumuntu wikundira kurya cyane. Yavaga gukora sport agahita arya cyane bihambaye. Ndetse ahubwo nokureka bimwe mu biryo bari baramubujije bitanira kujya bimunanira maze nabyo akajya akajya akomeza akirira.
.
Gutaka ibiro byaranze akomeza kungana uko yanganaga kubera ko kubahirza amwe mu mbwiriza yahawe byagiye byanga.
Byageze naho abona neza neza ko Atari ibintu bye pe abivamo.
.
Yaje kubwira Rubio ko byamunaniye.
Rubio aramwumva ati” Ntakibazo cher. N’ibintu bisanzwe kuba hari ikintu umuntu utashobora. Kandi ntacyo ubaye wihangayika.
Jovia ati” Cher utazanyanga.
Rubio araseka ati”Humura rwose,. Njyewe nyuzwe nuko umeze.
.
Jovia yakumva ko Rubio ntakibazo abifiteho moral igakomeza muri we. Ariko ntiyaburaga abantu bakomeza kumuca intege no kumwereka ko uko angana ari ikibazo.
.
Nyuma y’imyaka ine Rubio yasoje kwiga agaruka mu Rwanda. Amaze kugaruka mu Rwanda mu mezi atatu yakurikiyeho we na Jovia bahise bakora ubukwe barabana..
.
Mariage irangiye baje ku nzu nshya cyane kandi nziza Jovia yari yaraguze. Barinjira bashagawe. Mu ijoro abantu bose bamaze gutaha abageni barasigarana.
Jovia akareba Rubio agaseka. Arumva yishimye kuba agiye kubana n’Umugabo akunda. Rubio ariko we yamureba akumva biraho ntabyadanje. Mbese bafite ibyiyumviro bitandukanye.
.
Jovia yegera Rubio aramufata ati” Cher nyuma na nyuma birabaye.
Rubio ati’Yego birabaye.
Jovia agaseka ati”None hagiye kuba iki??
Rubio nawe akavuga aseka ariko asa n’urenzaho kubera indani muri we arumva ntabirenze.
Rubio ati”Nanjye simbizi.
Jovia agaseka ati” Mfite ubwoba.
Rubio ati”Ubwoba bw’iki??
Jovia ati”Bwibigiye u kuba
Rubio ati”Uravuga ibiki??
.
Jovia asubira kwicara kuburiri ati” Bwo kugurutsa ibinyoni. Ndumva mfite ubwoba n’isoni ariko nanone ndumva mbishaka.
Rubio amusanga kuburiri.
Jovia ati” Honey ngaho nyereka umfate unkoreshe uko ubishaka.nanjye ndashaka kumva ibidasanzwe by’umugabo wanjye.
.
Bidatinze barasomanye. Bagera aho bakuranamo imyenda yose. Rubio abona uburyo Jovia ari munini yumva muri we bisa n’ibitangiye kwanga.
Nyamara Jovia we arishimye cyane kandi arumva umubiri we rwose witeguye kwakira Rubio Umugabo we.
.
Rubio abanza kumwitegereza cyaneee. Areba amabere ya Jovia angana na hano hose ni manini cyane. Areba inda ye afite ikida kinini wagira ngo aratwite. Areba ibibuno bye bingana na hano hose. Areba amatako ye ukuntu afatanye bitewe n’ukuntu ari munini cyane mbese abona wapi ntasosi.
.
Yibuka Lupe na Doja bamubaza uko azajya arongora umukobwa ungana kuriya. Noneho ahubwo bakajya bacishamo bakamwereka abandi bakobwa bato baringaniye bateye neza.
.
Amaze kwibuka akomeza kureba Jovia.
Jovia we tayari yamaze kugarama ategereje Rubio.
Rubio aramurebaaaaaaaaa.
.
Next Epsiode 17
Comments