logo

NEW TALENTS

Stories Group

UMUKOBWA W'IGIPIGIMA EPISODE 17

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Rubo arimo kureba Jovia gusa.
Jovia ati” Honey bite urakomeza undebe gusa?/
.
Rubio yishakamo kumva ko afite ubushake bwo kuba yakora sex ariko biranga. Akumva rwose ntabwo biza kugenda neza.
Jovi aba aregutse aramureba ati”Honey??
Rubio aramwegera yicara kuburiri iruhande rwe amufataho.
Jovia ati” Honey waba ufite ikibazo??
Rubio ati” Oya ntakibazo. Ariko sinzi niba utagiye kubifata nabi.
Jovia ati” Ibiki cher.
Rubio ati”Ndumva nta mbaraga ndimo kwiyumvamo kuburyo twabikora neza.
Jovia ati”Oya ntakibazo cher. N’ubundi sibyo by’ingenzi ikizima nuko turikumwe. Igihe cyose wakumva umeze neza nibwo bizaba.
.
Kuba amwumvise Rubio ahita kugahanga.
Jovia ati” Rubio ndagukunda cyane. Kandi ngiye kukwitaho mugabo wanjye bikurenge.
Rubio araseka ati” Ndabizi rwose ko ndi mu biganza bizima by’umugore.
Jovia araseka maze ahita amukurira kuburiri bariryamira.
.
Iminsi yaricumye babanye neza rwose. Buri gitondo cyose Rubio akajya gukanguka abona breakfaste aho.
.
Jovia ati” Bjr baby.
Rubio ati” Bjr my sweat heart.
Jovia ati” Umugabo wanjye wigikundiro ngaho byuka witemo.
Rubio arabyuka bafata breakfaste.
.
Rubio ati”Honey hari icyo nshaka kugusaba kibaye gishoboka.
Jovia ati” Ntacyo wowe wambwira kidashoboka.
Rubio ati” Ese family yanjye baba baje kubahano igihe gito?? Iriya nzu barimo bamaze kugeramo amadeni menshi nyirayoabamereye nabi.
Jovia ati”Ntakibazo ni baze rwose. Nonese ko iyi nzu ari nini cyane bihagije.
.
Rubio yahise ajya kureba umuryango we ababwira ko bagiye kuza bakajya kubana nawe.
Raena na Rozio barabyina cyane.
Rozio ati’Tugiye kubana namwe muri iriya nzu yagatangaza??
Rubio ati” Yes.
Raena ati” Ni wowe washatse neza. Nubwo……
Rubio ati” Nubwo iki??
Mama Rubio ati” Mwa bakobwa mwe mwagiye mugabanya amagambo.
.
Batangiye gupakira utwabo.
.
Kurundi ruhande hari ghetto y’abajene babiri Damy na Roger barabana. Damy arimo kwirebera agafilm naho Roger arimo kwambara umwenda w’akazi. Roger atwara za modoka zitwara imyenda.
Amaze kwambara aza muri Saro Damy aramureba ati”Man ugiye mu kazi?
Roger ati”Yego.
Damy ati”Wibuke uzirikane ko uyu mugoroba tugomba kujya kwitamo hari abana n’amaze guha gahunda.
Roger ati” ariko ibyo by’abana. 
Damy ati”Nonese mana tuzakomeza kubaho gutya nta ba cher man??
Roger ati” Bidutwaye iki se twabayeho ubuzima bwacu dukora akazi kacu.
Damy ati”Oya man natwe turi abajene. Dufite imitima ikunda niyo hasi hakora akazi.
Roger araseka maze arasohoka arigendera.
Damy ati”Man ubizirikane utaza kuneza abana. Kandi tugomba kuza kuba twambaye neza.
.
Rubio agejeje family ye mu rugo rwabo.
Jovia abakira neza cyane abishimiye. Bashiki ba Rubio ajya kubera icyumba cyabo yateguye. Arangije ajya no kwereka mama wa Rubio icyumba nawe yamuteguriye. Barabyishimira cyane.
Jovia ahita aza no gutegura ameza. Bose baza kumeza.
Jovia ati”Muhawe ikaze hano kandi mwumve ko ari mu rugo ntabwo muri abashitsi.
Raena na Rozio ati”Jovia urakoze cyane nukuri.
Mama Rubio ati” Sinzi amashimwe nagushimira mukazana wanjye.
Jovia araseka ati” Ishimnwe wararimpaye mama igihe wambyiriraga umugabo nkuyu.
.
Kurundi ruhande Damy arikumwe n’abakobwa babiri. Pery na Shakira. Bari ahantu heza.
Shakira ati”none Roger arihe?
Damy ati” Araje mukanya araba ageze hano..

Damy afata telephone ahamagara Roger . Roger nibwo avuye kumena imyanda ajya guparika imodoka. Ahita yianaga dushe yitera amazi vuba arambara maze nawe araza asuhuza abakobwa.
Damy ati” ko watinze man.
Roger ati” Ariko ndaje.
Shakira ati”Roger njye nitwa Shakira.
Pery ati”Nanjye nitwa Pery.
Roger ati”Sawa njye ndumva amazina yanjye mwayamenye.
.
Tuze mu rugo kwa Jovia. Rubio yicaye mu cyumba afite tablet hari ibyo arimo gukora. Jovia aje mu cyumba maze ahagarara mu muryango areba Rubio.
Rubio nawe amubonye ahagaze aho araseka.
Rubio ati” Honey o waje utavuga.
Jovia ahita amusanga ati” Nonese ba nubu urumva bitarakuzamo?? 
Rubio ati”Urabishaka??
Jovia ati” Yego ariko nawe bibaye bikurimo.
Rubio aramurebaaa…..
.
Next Episode 18

Comments