Loading verse...
Duheruka Jovia azabye Rubio ko bakora ibintu.
.
Story by Chris nanDI Ishimwe.
.
Rubio aramureba asa n’ubitekerezahoooo, Jovia arabibona ko Rubio bimujyanye kure maze aramwegera aramufata
Jovia ati” Cher niba bikugoye nubu ntakibazo ndihangana nkomeze ntegereze ntacyo bintwaye.
Rubio ati” Ese ntabwo bikubabaza??
Jovia araseka ati”Bimbaza kubera iki kubera iki wapi??
Rubio ati” Sure??
Jovia ati” Honey ntabwo twabanye kubera sex. Sex sicyo kintu kingenzi gikenewe mu mubano wacu.
Rubio amusoma kuguhanga ati” Bea suko ntabishaka nanjye ahubwo nuko hari igihe mba numva ntarajya muri mood neza.
Jovia avuga aseka ati” Ntakibazo.
.
Jovia ava avuye mu cyumba.
.
Kurundi ruhande Roger na Damy bari mu muhanda barimo gutaha bavuiye hamwe bari basohokanye na ba Pery. Gusa Roger ntabwo yishimye bisa nkaho gusohoka kwabo atakwishimiye bitagenze neza.
Damy aramufata ati” Ese man waretse gukomeza kwirakaza.
Roger ati”Man njyewe bariya bakobwa ntabwo nabakunze.
Damy atio” Kubera iki bariya bana barenze.
Roger areba Damy nk’ikigoryi ati” Urabona dukeneye abakobwa nkabariya??
Damy ati”None dukeneye abakobwa bamaze gute??
Roger ati”Njyewe ntabwo nkeneye abakobwa babasinzi bokabije kuriya abaobwa batabasha kwigenzura nokwiyubaha.
Damy ati” Man kuba banyweye bagasinda ntakibazo kibirimo kuko n’abandi baranywa bagasinda.
.
Roger arikomereza. Damy agenda amusakuza inyuma.
.
Jovia uko yakavuye mu cyumba aza muri Saro. Mu byukuri nubwo abwiye Rubio ko ntakibazo ariko yumvaga ashaka sex cyane. Arumva umubiri ubimubaza.
Agerageza gushaka uko abyikuramooooo. Ajya gusuka amazi aranywa ngo arebe ko byashira. Raena aba arabyutse agiye hanze kuri toilet abona Jovia ari muri sario agwa mu kantu.
Raena ati”Jovia ko uri hano muri saro ntiwakabaye urikumwe n’Umugabo wawe.
Jovia araseka ati” Yego nuko hari ibyo narinje kureba hano muri saro.
.
Kurundi ruhande Roger na Damy bageze mu rugo bagishwana batumvikana neza.
Damy ati” Roger nawe sinzi icyo uba ushaka cyakunezeza. Ni abahe bana bandi wabona barenze bariya. Bro bariya bana barakubiye. Reba imiterere yabo ariko.
Roger ati” kuba bateye neza bisobanuye iki mugihe imico n’imyifatiro yabo bidateye neza.
Damy aricara ati” Nonese ubwo ukeneye umukobwa umeze gute??
Roger nawe aricara ati’ Bro abakobwa dukwiye gukunda ni abakobwa batubera abanganizi kandi mu buryo bwiza. Abakobwa twajya inama nabo. Abakobwa badufata igihe tugiye kugwa mu makosa. Abakobwa badufasha guhanga ibyiza n’iterambere. Abakobwa baduha ibyishimo kandi by’umucyo. Abakobwa batwuzuza ibyuho byose twaba twifitemo. Abakobwa batwungura ubwenge n’ubumenyi. Abakobwa baba ingirakamaro mu mibereho yose kandi mu nguni zose.
Damy arimo kumva.
Roger ati”Naho bariya bo guhura nabo tugiye gusinda no kwifotoza n’uguta igihe.
.
Tugaruke mu rugo kwa Jovia aricyari muri Saro. Rubio nawe hari ibyo yaragikora mu cyumba. Gusa hashize akanya Rubio atekereza ukuntu mukanya ahakaniye Jovia n’igihe cyose gishize yumva muri we nawe biramubabaje. Yumva agizemo akantu kimpuhwe gato.
Amaze kwitekerezaho aba araje muri Saro asanga jovia yicaye muri Sari arimo kwirebera film za katuni arimo ananywa ka juice.
Rubio aramurebaaaa ati” Ese honey waba wababaye ukabimpisha??
Jovia araseka ati” Oyaaa ntabwo nababaye chou.
.
Raena na Rozio bari mu cyumba cyabo ariko ntabwo barasinzira neza bumva amajwi ya Rubio na Jovia baganira ariko batumva neza icyo bavuga.
Rozio ati” Ariko Rubio bisa nkaho ntacyo yari yamarira Jovia kuva babana..
Raena araseka ati” Niko n’ubundi bimeze. Ese wibagiwe bro wacu?? Nubwo yabanye na Jovia suko yamwiyumvagamo ahubwo nuko yamufashije.
Rozio ati” Rega cya Jovia nacyo giteye santima kuburyo Rubio yakumva afite ubushake bwo kuba hari icyo bakora.
Raena ati” Ahubwo mba nibaza ngo bizagenda bite?? Bazashobokana kubana nacayo bakora??
Rozio araseka ati” Rubio uramwibagiwe se??
.
Jovia aracyarimo kwirebera katuni. Rubio nawe aracyahagaze hakurya ye gato arimo kumureba. Nubwo Jovia ahakana ko atababaye ariko Rubio nk’umuntu mukuru nawe arabibona ko harimo akabazo.
Jovia arebye kuruhande abona Rubio aracyahagaze aho.
Jovia ati”Nonese cher urakomeza ugahagarare aho.
.
Rubio araza maze amufata akaboko aramuhagurutsa.
Jovia ati” Honey ntakibazo ndaje mukanya reka ibanze irangire.
Rubio ati”Oya tugende.
Jovia azimya television maze bajya mu cyumba. Bageze mu cyumba Rubio aba atangiye kumusma. Jovia biramutungura ukuntu Rubio atangiye kumusoma kandi mumwanya washize yaramaze kumuhakanira avuga koatari muri Mood.
.
Ubwo jovia aramufata aba nkumuhagaritse.
Rubio ati” Wimpagarika baby.
Jovia ati” nakubwiye ko ntakibazo mfite kandi nawe wambwiye ko utari muri mood none bgenze bite?/ cher ntabwo nshaka ko ukora ibintu wowe bitakurimo ugamije gusa wenda kuba wnyitaho. Nukuri reka turyame nanjye ntakibazo mfite.
Rubio araseka ati” Biriya mvuze mukanya byari prank naho ubundi nanjye nabishaka.
Jovia ati” Sure.
Rubio ati” Sinjye uje kukwirebera se??
.
Jovia yumva arabikunze maze ahita ajya mur mood ako kanya ayisubiramo. Rubio aba afatiyeho barasomana. Ariko nubwo basomana n’ubundi Rubio ameze nkurimo kubyishamo naho ubundi ntacyo yumva wapi.
Ubwo cyakora akomezakugerageza kugira ngo agereze guha Jovia ibyishimo uko byagenda kose.
Nuko ageregza ibyo ashoboye nuko ashoboye aramufasha. Basoza Rubio yahagaiye kubera imbaraga yakoresheje. Jovia aramushimira cyane amusoma.
Jovia ati” Urakoze cyane ni ubwa mbere ibi bibaye kuri njye. Ntabwo narinzi ko burya biba bimeze gutya..
Rubio akamureba agaseka.
Jovia ati” Urakoze cyane my husband.
.
Rubio ahita asinzira kubera ko yananiwe cyane. Jovia arimaze arimo kumwirebera.
.
Udacikwa na Episode ya 19
Comments
Login to comment.
No comments yet.