Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
[4/20, 16:47] ishimwechristian54: AMAHITAMO Y’UMWAMI GISA.
.
Episode 40.
.
Twaherutse Dumba Musaza wa Gaju nawe amaze kwiyunga kuri Bambi na Gisa ibyo gukomeza kuba umwanzi wabo abishyize hasi.
.
.
Inkuru ya Chris Nanid Ishimwe.
.
Dutangiriye mu cyaro cya Taba mu nzu imwe hari urugo rumwe rurimoumugore urimo kubyara. Hari abagore bagenzi be barimo kumufasha kubyara. Uwo mugore yarabyae abyara umwana w’umukobwa amaze kumubyara abagore baramufata baramutunganya nza maze bamuzanira uwo mugore bamumuryamisha kunda.
Uwo ugore arishima cyane ati” Narinzi ko nzabyara umwana w’Umuhungu ariko n’uyu mukobw nzi ko azaba umugisha.
Abo bagore bandi bamufashije bati” Natwe twizeye ko azaba umugisha.
.
Gusa uwo Mgore umaze kubyara ameze nabi cyane bikomeye. Abo bagore bandi bakomeza kureba uko bamufasha ari birakomeye cyane.
Uwo mugore umaze kubyara abonye ko ubuzima bwe bumeze nabi cyane arongera asaba ko bamuhereza umwana we. Umwana baramumuzanira aramufata aramureba cyane ati” Uyu mana wanjye hagize ikibaye kitari cyiza umwana wajye muzamwite Bambi.
.
Kumbe nibw Bambi yavukaga.
Umugore ati” Bambi wanjye muzamwiteho neza ndumva nizeye nza ko azaba umukobwa w’Umumaro ndimo kwiyumvamo ko azaba agaciro kabagore.
Abagore bati” Umwana wawe azitabwaho.
Umugore ati” Ese Umuga wanjye mwamutumyeho.
Umwe aramusubiza ati” Yego hari intumwa twihoreje.
.
Gusa umugore yaramze nabi cyane bitewe nuko yari yabyaye bioranye cyane. byaje kurangira umugore apfuye gutyo.
.
Umugabo we ariwe Papa wa Bambi icyo gihe yabaga mu gisirikare yari yaragiye kumbibi z’igihugu cyangwa se imipaka ariho akorera.
Yaje kuza muri Taba hashize iminsi itanu umugore we abyaye ndetse yaranapfuye . bamweretse umwana we banamuha amakuru mabi ko Umugore we yapfiye. Byaramubabaje cyane ariko yishimira ko yamusgiye Umwana w’Umukobwa yaramiwshimiye cyane nubwo muri icyo gihe kubyara umwana w’Umukobwa wasanga bitishimiwe cyane icyo gihe babaraga ko umwana w;Umuhungu ariwe ufite agaciro karenze. Ariko Papa Bambi we yishimye umukobwa we cyane.
.
Bambi yarezwe na Nyirakuru we ubyara Papa we nih yakuriye akurira mu biganza bye. Amaze kugira imyaka 12 Papa we yaje kumujyana mu ngambi ya gisirikare ah yakoreraga maze akajya amutoza kurwana. Papa we yagiye amwigisha byinshi bitanduanye cyane ndetse byagakozwe n’abahungu.
.
Abandi basikare bagenze be bakoranaga nawe baramusekaga cyane kuba yarazanye umwana w’umukobwa agatangira kujya amwigisha ibitandukanye bygakozwe nk’abahungu gusa. Ariko Papa Bambi akima amatwi amagmbo yab yakundaga kuvuga ko kuri we abona abana bose kimwe kandi ko bafite uburenganzira bungana.
.
Bambi nawe yakuze akunda uko Papa we mukunda nuko yamufataga cyane kandi yarafite umuhate wo kumenya buri kimwe cyose Ise yamutozaga.
.
Igihe kinini Bambi yakundaga kubaarikumwe na Papa we baganira. Bambi akajya amubaza ibibazo byinshi bitandukanye Ise akabimusubiza byose uko byakabaye nibyo baygiye bituma Bambi agenda gira ubumenyi butandukanye.
.
Bambi kandi yakundaga no kujy aganira n’abandi basirikare batandukanye. Hari urugamba rwigeze kuba rukomeye cyane Papa we aza kurupfiramo. Ise amaze gupfa Bambi yaje kugaruka kubana na Nyirakruru we. Kuva icyo gihe ubuzima bwatngiye kugorana kubera ko Ise wabitagho yaramaze gupfa.
.
Bambi yaje kumenyana na Sola icyo gihe bahise bakora agatsiko ko kuzajya biba bakabona ibibatunga.
Ariko bibaga n’ubundi abantu batekereza ko ari abantu babi cyane nabo babaga bibye abandi cyangwa ari amabandi n’ubundi ahemukira abandi bantu.
.
Nubwo buzima babayemo igihe kitari gito kugeza igihe Bambi yaje kungona na Gisa mu shyamba akamwiba bajamenyana kuva ubwo.
.
Tugaruke uyu munsi wa none ameze amaze gushira ari menshi cyane inda ya Bambi yarakuze ifite amaze agera kuri atanu.
.
Gaju nawe aracyahari kandi aracyafitiye urwango Bambi natho rwigeze rujya, yaje kuvugana na Rutare nawe usigaye wiberaho ubuzima bwo gusoma gusa kuva yicuza. Iwabo bose barapfuye uretse we wasigaye gusa.
.
Gaju yaje kumureba aho mu rugo.
Rutare aramwakira.
Gaju aramureba ati” Ese Rutare ubu ubuzima bwawe wabonye bukwiye kuba mu gusoma gusa?
Rutare ati” Gaju njye nahisemo amahoro ntakindi. Ubu ntakindi nyiharanira uretse kubaho kwajye gusa.
Gaju ati” Rutare warantengushye cyane ubundi nabnaga uri umuhanga utabaho gutya.
Rutare ati” Uhubwo mbere kujya guhangana na Bambi niryo kosa nakoze mu buzima. Twakabaye twarumvise mbere hose ibyo Bambi yavugaga.
Gaju ati” None kuba iwanyu bose barapfuye byose bikozwe na Bambi uzabireka gutyo gusa.
.
Rutare aramureba ati” Barizize bseimfu zabo nibo bagiye bazikurira.
Gaju arababara ati” Rutare ntago waba ikigwari kugeza aho.
.
Gaju aramureka.
Gaju aramureba ati” Ese ndamutse nzanye andi mahirwe yatuma uba mwami wayemera.
Gaju agwa mu kantu aramureba ati” Amahirwe yatuma mba Umwami?
Gaju ati” Yego.
Rutare aramureba cyane hashira umwanya.
.
Ntibyatizne Gaju yavuye aho mu rugo kwa Rutare ntago tumenye icyo baba bameje hagati yabo. Gaju arimo gutambuka ahura na Musaze we Dumba.
Barahagarara abarrebana cyane.
Gaju ati” Wahisemo kuba imbwa ya Bambi
Dumba ati” Njye nahisemo nawe uhitamo.
Gaju ati” Vuba aha ibintu bigiye guhunduka nzareba ibyawe uko bizarangira gusa ndabizi uzaza kurira imbere yanjye nk’agahinja.
Dumba aramufata ati” Niki noneho wamaze gupanga?
Gaju ati” Ntacyo nakubwira. Gusa kirahari kandi gikomeye.
.
Dumba aramureba ati” Mushiki wanjye nzababara cyane mbona ucibwa umutwe n’ibikorwa yawe bibi.
Gaju aramuseka maze arikomerea aragenda.
.
Twiyizire kuri Bambi na Gisa bari mu rugo Gisa arimo Koza Bambi .
Gisa ati” Ntegerezanyije amatsiko uyu mwana wacu.
Bambi ati” Igihe cyanagiye rero.
Gisa ati” Ahunwo njyendumva nakwirukansa iminsi ugahita ubyara.
Bambi arseka ati” Ariko si amatsiko araha rwose ararenze.
Gisa ato”Bireke sha nukuri mfite inyota yo kureba umwana uzava mu nda yawe.
Bambi ati” Uzaba ari mwiza nka nyina.
Gisa araseka ati” Ahaaaa none mvuge ngo urabeshye se.
.
Mu masaha y’ijoro Gaju yafashe ifarashi yitwkira ijoro ava mu bwami afata inzira ajya kure cyane hari iyo agiye tutazi.
.
Mu gitondo cyaho Bambi yabyutse aza kureba Rutare iwabo mu rugo amusangayo.
Rutare ati” Mwamikaz nicyunahiro kukubona hano ariko ngizeamatsiko y’ikibagenza.
Bambi ati” Ndagenzwa no kuvugana nawe gusa.
Rutare ati” Ubuse wavugana iki nanjye mwamikazi wanjye.
Bambi ati” Rutare njye nibagiwe ibyahise, hakenewe ibiduhuz kuruta ibitujyana kure cyane bidutandukanya.
Rutare aramureba.
.
Bambi ati” Rutare nzi ko uri umuhanga waiye usoma cyane bihagije. Dukenee umujyanama kandi Umuntu ufite ubw bushobozi bwo kuba yaba umujyama mwiza. Ni wowe twahisemo.
Rutare aba nkuguye mu kuntu.
.
Kurundi ruhande Gaju yageze mu bwami Kirabo abereye Umwamikazi kuko Igikomangoma yabanye nacyo aho cyaje kuba Umwami na Kirabo aba abaye umwamikazi waho gutyo.
.
Gaju yaje kuvugana na Kirabo bonyine.
Korabo ati” Gaju uregenzwa niki inaha.
Gaju ati” Iwanyu bose barapfuye bishwe na Bambi. Uretse Rutare gusa wasigaye kandi nawe mugihe gito Bambi azaba yamaze kumunaka nawe.
Kirabo ati” ayo makuru yose narayemenye.
Gaju ati” none hari icyo naje kubaza. Ese ntago mwategura igiter mugatera Bambi na Gisa ugashyiraho Musaza Rutare akaba ariwe uba Umwami.
Kirabo ati” Ariko na Gisa ni Musaza wanjye uriho niwe mwami kandi niwe duhuje amaraso neza ijana kurindi. Ni gute rero igihugu cyanjye cyatera Musaza wanjye?
Gaju ati” Gisa ntago ariwe uoyobeye. Bambi yamugize ikimara byose bikorwa na Bambi. Gusa ntajambo agira mu bwami. Mbese birababaje cyane uramutse ubomye uko Musaza wawe ameze. Yabaye nabi cyane.
.
Kirabo arabyumva.
.
Udacikwa na Episode ya 41
Comments