logo

NEW TALENTS

Stories Group

IYOBERA MU GITANDA S01 Ep 39

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IYOBERA  MU GITANDA  CYANJYE
.
Episode 39.
.
Duheruka Bella na Rumio bakomeje kuganira inkuru yose. Bari bageze aho  Bella abaza  Rumio uko yabashije kwinjira mu rugo rwabo  akabana nabo kiriya gihe cyose bamaranye.
.
Writer  chris nandi Ishimwe.
.
Rumio araseka ati” Nabikoze mwibanga rikomeye .
Bella ati “ Gute nyine. Robisi yarabuze haza wowe. Uza utandukanye. Ariko  najyaga nibaza ukuntu Umugabo wanjye  agarutse yarabaye malayika afite urukundo rushyushye.
Rumio ati” Byageze aho nanjye muburisha.
Bella ati”nawe waragifashe uragshimuta.
Rumio araseka ati” Ngo naragifashe?
Bella ati: Yego.
Rumio ati” Nabonaga bitinda kandi numvaga nkumbuye  ibihe byajye nawe. Gusa njye ntabwo nashakaga kumwica 
Bella ati”Nzi umutima wawe.
Rmio ati” Napanze kumukura mu buzima bwacu. Nibwo namushimuse  nanjye.
.
Wari umunsi umwe  Robis  agiye mu kazi uko bisanzwe ageze imbere yitambikwa n’imodoka irimo abasore bava  mu modoka v yabo vuba baza bagana kuri Robisi bamushikanuza mu modoka vuba baramutwara. 
.
Bamuzana ahantu  mi kizu gishaje  bajugunya hasi . hashize akanya yeguye umutwe abona Rumio niwe umuhagaze imbere. Robise agwa mu kantu arumirwa  kuko bari baherukana igihe yataga Rumio mu nyanja.
Rumio ati” Waruzi ko napfuye rero!
Robis ati” Wbayeho ute ni gute inyanja yakurutse?
.
Rumio ati” Waribeshye cyane ubwo watekerrezaga ko ari wowe wagena iherezo ryanjye. Iherezo rya muntu ryose riba mu biganza by’Uwiteka gusa.
.
Robisi kubona Rumio ari muzima byaramurenze  cyane.
Rumio ati”Ugiye  kuva mu buzima bwanjye.
Robisi ati: Kumbe ni wowe wagarutse wakoreraga umugore wanjye biriya byose??
Rumio ati” Bella ntabwo ari Umugore . waramubeshya ubana nawe kumbaraga.
.
Robis ati” Narimfite uburenganzira bwanjye bwo kubaho ubuzima bwanjye mwanyambuwe wowe na Mama.
Rumio aramuseka ati” Igihe cya mabeshyo cyawe kirarangiye.
Robisiati”Nawe ugiye kwihorera se??
Rumio ati” Njyewe singiye kwihorera ariko ndashaka kukuvana mu buzima bwa Bella kandi ndifuza ko watureka  ku neza .
Robisi aramuseka ati” Ntanakiwe nagusubiza. Ibyo wakora byose uribeshya.
Rumio ati” Nanjye  ngiye kugufungira hano kuzageza igihe ushize intekerezo kugijhe.
.
Nuko Rumio yamufungiranye aho maze aba ariwe ugaruka mu  cyimbo cya Robisi. Nibwo Bella yabonaga   Rumio agarutse ngo yarahindutse.
.
Bella amaze kumva uko byagenze araseka ati” Ariko wowe n’Impanga yawe mwacunaguze intekerezo zanjye pe. Niberaho mu mayobera gusa.
Rumio ati” Yego ariko  wagombaga kuzava mu rujijo uko byamera kose.
Bella amufata intoki ati” Nuko nagutengushye.
Rumio ati” N’agakosa gato kabayeho. Ariko nako sinagatindaho bitewe na situatio wisanzemo.
Bella ati” Bea am so sorry ntabwo nzongera gukora ikosa nakoze. Niyo naba nakuwemo amaso ngomba kuba  nakumenya nkakuorobanura mu  bandi  bose baba bampagaze  imbere.
.
Rumio araseka maze arahaguruka.
Bella ati” Ko uhagurutse ugiye he kandi tukiganira.
Rumio ati”Tujye guhaha dutembera kugira ngo tuze  kubona ibyo turya.
.
Tuze  kurundi ruhande mu masaha y’Umugoroba. Robisi arikumwe na ba Jules mu kabari.    Robisi yamaze kubabwira inkuru yose y’impanga ye nuko bimeze.
Paul ati”  None ko umuvandimwe wawe agiye kukwambura byose??\
Jules ati” Ariko se wabaye ikigoryi gute mwana!  Ni gute umaze imyaka 15 yose warigaruriye ibintu ntube warabifashe ngo ubyiyandikeho.
Robisi ati” Byarikugorana. 
Jules ati” Gute se?
Robisi ati” Bella ntiyarikubyemera.
Jules ati” Ntiyarikubyemera gute se kandi yarazi ko ari wowe Rumio Umugabo we.
Paul ati”  Robisi  wararangaye kuko wari gushaka uburyo bwose.
Robisi ati” Ya nararangaye ariko ubwo byatewe no kwirara  kuki  natekerezaga ko Rumio yapfuye byarangiye.
.
Paul na Jules baramuseka.
Jules ati” None ko no kumubona wamubuze nako wababuze kuko  ubu barikumwe bagiye kuza bagukure  mu byabo.
Robisi ati” Nonese ubu ndakora iki??
.
Kurund rihande  Rumio na Bella bari mui alimantation  aho bagiye guhaha. Barimo gutambuka bafatanye baganira . Bella arumva aguwe neza muri we kuruta ikindi gihe cyose kigeze kibaho kubera ko yagarutse mu biganza bizima by’Umugabo we wanyawe.   Arimo kujya ateta cyane akibebeza bihagije.
.
Bella ati” Nonese  cher ko wariwashimus Robisi ni gute nyuma yaje kugaruka?
Rumio ati” Uribuka cyagihe  nsiga  nkwandikiye ko nagiye mu majyaruguru. Nageze aho narinamufungiye nsanga Robisi yamaze gushuka abo basore narinamushizeho abamerera amafaranga mesnhi barangambanira. Nahageze bamaze kugambana  bari bamufunguye ahubwo bahita bafata njye nuko yaje kunfunga maze we aragaruka.
Bella ati”  yaje ahita ajya kureba Darlene. Biracanga nibaza ukuntu Umughabo wagatangaza twari tumaranye ibihe byiza bidasanzwe agaruka ajya kwa Darlene !  byanteye ikibazo mu mutwe nibwo nirukanze ndi mu modoka nkora impanuka.
Rumio ati” Umbabarire.
Bella ati” Nkubabarire iki?
Rumio ati”Kubabara kwawe kwatangiye igihe  nyine   banshimutaga bakanta mu inyanja.
Bella amufata mu matama amuha aka bizoux ati”Bea  ntacyo nkushinja ahubwo warakoze kuba intwari yo kungarukira.
Rumio araseka.
.
Barahaha maze  bava aho barataha bagaruka mu rugo.
Bella ati”Ubu tugiye kujya mu gikoni guteka.
Rumio ati” Ngiye kuguteekera.
Bella ati” oya turafashanya turakorera hamwe.
Rumio ati” Ibitetswe na twembi nibyo biza kuryoha.
.
Bella araseka ati” Cyereka ni nawe ni nkutekamo.
Rumio ati:” Nuntekamo??
Bella ati” Yego. Ukaba ibirungo by’ibyo tugiye guteka.
.
Rumio araseka nuko baza mugikoni batangira gutunganya ibyo bagiye guteka.
Bella ati” Nonese chou ubwo uzasubirana ibyawe gute??   nako niyo tutanabisubirana   nta mutungo uruta kuba waragarutse.
Rumio ati” Biroroshye kubibona.
Bella ati” Byoroshye gute se kandi yaraamaze kubyiyandikaho.
Rumio ati” Ibyo ntabwo yarikubasha kubikora.
Bella ati” Gute??
Rumio ati” Kubera ko burikimwe cyose cyanditswe   mu mazina yawe.
Bella agwa mu kantu arikanga.
Rumio ati” Niyo mpamvu yakoraga amabara yose ariko akakugum,isha hano mu rugo kugira ngo utamucika akabuera byose. Kugumana nk’Umugore niyo mayeri yarafite gusa yo kugira ngo agumane umutungo wanjye.  Iyo ashaka kubyiyandikaho byarikubyara ibintu byinshi  bikaba byanarangira umenye ko atariwe Mugabo wawe.   Cyangwa se bikaba byanamugeza kwibazwa ry’urupfu rwanjye. Ibyo byose nibyo yatinye ahitamo kuba yakugumana akaba aribyo biba  Guarante yo  kugumana umutungo.
.
Bella ati” Indi nkuru nshya. Cyakora ndumiwe!
Rumio ati” Rero tugiye kujya gufata ibyacu neza  kuneza.
.
Udacikwa na  Final Episode

Comments