Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IYOBERA MU GITANDA CYANJYE
.
Final episode.
.
Twasize Bella na Rumio bagiye kujya gufata ibyabo.
.
Writer by Chris Nandi Ishimwe.
.
Mu gitondo cya kare mu rugo kwa Shella. Seffa niho aryamye, Shella aza mu cyumba aryamyemo asanga aracyasinziriye maze ahagararaho ku muryango akomeza kumureba.
Hashize akanya Seffa aba arakangutse akangutse abona Auntie Shella ahagaze aho ku muryango maze araseka.
Shella ati” Seffa n’ubu nturavugana na mama wawe njye ko gukomeza kwihangana binaniye.
Seffa araseka ati” Ese Anutie wishwe n’amatsiko yiki kandi Umugabo atari uwawe.
Shella ati” Njyewe nshaka kubona mama wawe uko asa muri aka gahe bamaranye.
Seffa ati” Tumuhamagare se??
Shella ati” Yego.
.
Seffa ati| Reka mbyuke hanyuma tumuhamagare. Ariko numvaga twakomeza kumuha akanya akazatwihamagarira.
Shella ati” Basi tumubaze uko bimeze gusa.
.
Seffa ati” Ok nimara gukaraba turamuhamagra.
.
Shella aba agiye Seffa nawe arabyuka aya muri dushe. Asoje kwitegura byose ava mu cyumba aza muri Saro abona Shella yamaze gukora breakfaste. Baza kumeza.
Shella ati’ Ngaho tumuhamagare twumve uko bimeze.
.
Seffa agiye guhamagara ako kanya atarahamagara babona Bella abagezeho bagwa mu kantu!
Shella ati”Uziko twari tugiye kuguhamagara.
Bella araseka ati” Ariko ye mwarahinze ye!
Shella ati” Nawe waragiye nta kintu watubwiye.
.
Bella agaseka ati” Narikubabwira iki??
Shella ati” Nuko utubwiye! Ariko mbega ubwiza!
Bella ati” Nawe utangiye kubikabya cyane. Seffa ndabeshya rata urabona mama wawe atabaye undi muntu!
Seffa ati” Buri wese asa neza iyo ageze mu maboo mazima.
Bella ati” Ese nkawe ko uri umwana ubikura he?
Seffa ati” Uzakomeza ngo ndi umwana.
Shella ati” yego ra! Ariko urasa neza nukuri. Ariko warambeshye. Nonese arihe ko nakubwiye uzamunzanira hano.
.
Bakimuvuga babona na Rumio arinjiye. Arabasuhuza. Seffa aramuhobera cyane.
Rumio ati” Mukobwa wanjye.
Seffa araseka ati” Nanjye papa wanjye mushya nishimiye.
.
Shella ahta abategurira aho bicara maze abaha karibu.
Bella ati” Shella bite ko urimo gukabya ibintu.
Shella ati”Ubundi urwandiko rwo kubana rwari rwandikiwe mwe.
Bella na Rumio baraseka.
Shella ati”Nyuma y’intambara itooshye none muri kumwe. Ubu Bella ntakongera kurira isoko y’ibyishimo bye yabonetse.
Rumio ati” Nanjye niwewo soko yanjye.
.
Ubwo basangira breafaste.
Shella ati” Nonese ubwo hagiye gukurikiraho iki??
Bella ati” Gutaha tukajya mu rugo rwacu.
Seffa ati” Hehe.
Bella ati” Hariya.
Seffa ati” Robis yahita atwica cyangwa ntabwo mwabitekerejeho. Ese iyo mwigumira aho mwari muri??
Bella ati” Oya tugomba kujya kuba mu rugo rwacu.
Rumio ati” Twamaze kuvugana na Police. Ikibazo cya Robisi mukanya kiraba gikemutse.
Shella arebana na Bella ati” Bella wanjye disi. amayobera iwawe kwaheri.
Bella araseka ati” Ni kwaheri.
.
Bidatinze Bella, Rumio na Seffa binjiye imodoka bafata umuhanda ugaruka mu rugo. Bagenda Rumio arimo avugana na Police.
.
M rugo aho bagiye Robis arikumnwe na Dante barimo guhana ibitekerezo bishya byuko babona Rumio na Bella bagahita babica ntagutinzamo.
.
Police nayo yahise ifata umuhanda baza bagana mu rugo kwa Bella. Robisi agiye kubona abona Rumio na Bella barizanye. Arishima cyane akoma amashyi.
Robisi ati”Murakoze cyane murizanye.
.
Bahita babatunga imbunda.
Seffa ati” Papa wiba ikigwari.
Robis areba Seffa ati” Seffa nawe mukobwa wanjye wagiye mu ruhande rwabo utera Umugongo Papa wawe?? abo bantu wowe ntacyo upfana nabo. Barikunda kandi bazagufata nabi wibizera,. ahubwo ngwino iruhande rwa so.
Seffa ati” Kuba warateye inda ntabwo bikugira papa wanye.
Robis ati” amaraso agenda muri wowe ni amaraso yanjye. Abo nta kintu mupfana.
Seffa ati” Uvuga ko ari papa niwe warugiye kumfata ku ngufu.
Robisi ati” Ariko sinabikoze. Kandi kuba byarabayeho ntabwo byari bisobanuye o nkwanga
.
Rumio ati”Uyu ntakiri umukobwa wawe ukundi.
Robis arabaseka ati” Ngiye kubica mwe nsigarane n’Umukobwa wanjye.
.
Ako kanya Police iba irahageze basanga Robisi afite intwaro bamusaba gushyira intwaro hasi vuba .
Robis areba Rumio na Bell ati” Muri abahanga cyane ariko mudatekereza ko birangiye.
.
Robis na Dante barafatwa. Police irabajyana. Rumo na Bella binjira mu nzu yabo bishimye cyane.
Bakigera mu nzu Bella araseka cyane afite akanyamuneza kenshi.
Bella ati” Ubu navuga ko aribwo ngeze muri iyi nzu ngiye kubana n’urukundo rwanjye.
.
Rumio aramufata aramuhobera Seffa arabitegereza ati” Ubwo nanjye se nibwo mugiye kuntwita mukambyara??
Baraseka maze nawe baramufata barahobrana ari batatu.
Rumio ati” Ubu turi umuryango kandi umuryango mwiza iteka ryose.
.
Bella aeba Rumio mu maso ati” Ndagukunda.
Rumio ati” Ndagukunda cyane.
Seffa nawe areba Rumio ati” Papa wanjye!
Rumio atraseka ati” Mukobwa wanjye.
.
Rumio ati” Mureke tubanze dushyireho akaziki tubyine.
.
Rumio aracuranga maze barabyina.
.
Bella ati” Iyi yanjy eyari yongeye gutangira. Reka mbabwize ukuri nta kintu kibi nko kugira Umugabo mubi. Ariko kurundi ruhande nta kintu kiryoha mwisi nko kugira Umugabo ugukunda byanyabyo. Amayobera nagize arashize ubu ngiye kubaho nishimye ntengamaye. Ubwo naringiye kwicwa n’agahinda bishizeho ahubwo ngiye kuzicwa n’ibyishimo bijojoba biva ku mugabo wanjye w’Umugisha.
.
Batangiye kubana mu byishimo , Rumio asubirana byose. Mu kazi burikimwe cyose agisubiza ku murongo agarura na Celine wari warirukanwe azira kuba yimye Robisi.
.
Nyuma y’icyumweru. Telephone ya Bella yarasonnye abona ahamagawe na Neema ukora muri company yabo.
Rumio ati’ Ninde uvangiye weekend yacu akaguhamagara??
Bella ati” Ni Neema.
Rumio ati’ Neema wo ku kazi se??
Bella ati” Yego.
Rumio ati”Mwitabe wumve.
.
Bella aramwitaba
Neema ati” Bella umeze ute
Bella ati” Tmeze neza cyane.
Neema ati” Umbabarire kuba ahari nkutesheje ibyo wari wibereyemo ariko wowe n’umugabo wawe ndabakaneye nkeneye ubufasha bwanyu.
Bella ati”Ugize ikihe kibazo se?
Neema avuga arimo kurira ati” Sinzi uko nagusobanurira kuri telephoe bibaye byabashobokera mwaza kundeba ndabasabye kuko nkeneye ubufasha bwanyu.
Bella ati” Sawa sawa turaje.
.
Rumio na Bella bahita binaga mu modoka bajya kuri adrres ababwiye. Kumbe aho bagiye . Neema arikumwe na Darlene ndetse na Robisi. Bamukubise bamuhatiriza guhamagara bamuteye ubwoba, akabeshya Bella ko akaneye ubufasha bwabo. Rumio na Bella baba bageze aho kuri iyo adress bakihagera basanga Robisi na Darlene bafite imbunda babategereje bikangamo.
.
Robis ati” Murakaza neza. Banjyana narabawiye ko bitarangiye kandi ndi umugabo usohoza isezerano ryanjye.
Rumio na Bella barikanga.
Robisi ati’ Murumiwe se. Disi murimo kwibaza uko navuye muri Gereza? Ntagerezwa itacikwa kandi uwafunze sinawe ua uzafungura.
.
Robisi akora mu mbarutso arasa Rumio, Bella ahita yatangira Rumio aramwitambika amasasu aba ariwe afata mu mugongo.
Robis ati” Wawooo burya haracyari intwari z’urukundo. Ikibabaje nuko yitangiye ubusa nawe nkaba ngiye kongera kukurasa.
.
Neema ari hasi arimo kurira. Rumio nawe yitaye ku mugore we n’akababaro kenshi. Robis agiye kongera kurasa Neema ahita ahaguruka vuba aramutarukira aramusunika bahanukana muri etage bagwa hasi bahita bapfa. Darlene nawe ahita yiruka aracika.
Rumio nawe ahamagara ambulance mukanya gato iba irahageze, ariko Bella amaze nabi cyane, baramupakira na Rumio arinjira.
Rumio n’agahinda kose ati” Bella kubera iki ubikoze.
Bella ati” Nakubuze rimwe sinarikongera kwemera kukubura.
.
Kubwo amahirwe Bella yitaweho aravurwa arakira. Arataha ubuzima burakomeza. Maze nijoro avuye muri dushe koga yambaye ubusa abona Rumio aryamye agaramye kugitanda igitsina cye gihagaze cyafashe umurego giteye amabengeza.
Rumio ati” Ngwino kumeza baby umugabo wawe yaragutegereje. Bella amusanga n’ubwuzu bwinshi amujya hejuru ayijyamo maze……
.
Mbashimiye uko twabanye mwarakoze cyane. Naho mu yindi nkuru.
Comments