Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IBANGA RY’UMUKAZA WIRABURA
.
Episode 18.
.
Denis asomye Gweni.
.
Chris nandi niwe mwanditsi.
.
Denis yafashe Gweni arimo kumusoma. Gweni nawe amarao arimo kwiruka cyane ntazi ibirimo kumubaho ngo n’ibiki kuko byose bibaye bimutunguye cyane. Julienne ahagaze kuruhande arimo kubareba ni nka ga film ka romance arimo kureba.
.
Gweni imbere mu mutima arimo kwahagarika anafite ubwoba arumva umubiri we utitira.
.
Mu rugo kwa Denis mur ayo masaha y’igitondo. Ababyeyi ba Denis bicaya hanze mu gasaro ko hanze ariko kari hejuru kurubaraza rwa etage ya kabiri. Barimo gufata breakfaste. Umwe mu bakozi babo yitwa Janatte abajyaniye imbuto deseri azitereka kumeza.
Papa Denis ati” Janette genda ubwire Denis ngo ndamushaka hano.
Janette ati” Sir, Denis yagiye kare.
Papa Denis ati” Ngo yagiye??
Janette ati” Yagiye kare cyane.
Mama Denis ati” Sawa igendere.
Papa Denis avugana umujinya ati” Iki cyane gitangiye kuzana ubumara kandi narinzi ko ari umugabo muzima.
.
Tugaruke kuri Hotel nyuma y’iminota itanu yose Denis asoma Gweni nibw o amuretse. Gweni yumiwe kuko ni ubwa mbere ibintu nk’ibyo bimubayeho. Yumiwe yabuze n’ijambo avuga.
Denis nawe arimo kumureba ati” Gweni umbabarire nuko amarangamutima yanjye anjyanye.
Gweni ati” Ahubwo ibyo ukoze bisobanuye iki? Ngewe nguye mu rujijo sinzi ibirimo kujya mbere.
Denis ati” Ubuse mbivuge gute??
Gweni arebana na Julienne Julienne ibyo abonye araseka.
.
Denis yegera Gweni amufata ibiganza. Akimufata mu biganza Gweni yumva utuntu tuzamuka twiruka cyane muri we aratitira.
Denis amureba mu maso…
.
Kurundi ruhande Micky ari mu modoka arimo kugenda avugana na bashuti be Mia na Jovia kuri telephone.
Micky ati”Musaza wanjye yasaze mwe ntabwo muzi ibyo yaraye akoze.
Mia ati|” Duhe amakuru meza. Crash wanjye ngo yakoze ibiki??
Micky ati” Ngo crash wawe.
Jovia ati” Ntabwo warubize se uyu mukobwa yarasaze. Cyakora iuyo Brigitte abimeny yarikumukuramo umwuka.
Micky araseka ati” Niba waramugiriye crash se umukobwa w’icyaro ntagiye kubakorana?
Mia ati”Ese uravuga ibiki?
Micky ati” Dens iby’ubukwe yaraye abivuyemo. Yakatiye Brigitte.
.
Mia na Jovia bagwa mu kantu!
Mia ati” Oya se ko numva se yari film serie.
Mcky ati” Mubirele ni joro hari Drama iteye ubwoba.
Mia ati” Ngwiki.
Jovia ati” Denis yifashe ahakana ko atazabana na Brigitte habura two days.
Micky ati” Cyane.
Mia ati” Nonese urimo urajya he?
Micky ati” Murumva nabyemera ngiye kureba iriya nshinzi.
.
Tuze kuri Hotel. Denis afashe Gweni akaboko ati” Tugende uyu munsi ntabwo ukora.
Gweni ati” Kandi ndi mu kazi.
.
Denis aramukurura aramujyana amuzana muri Office ya Manager Miguel.
Miguel ati” Kandi se Denis umukozi wanjye umujyanye he??
Denis ati’ Wihangane uyu munsi ntabwo akora shaka kabyizi amusimbure uyu munsi.
Gweni ati” Ariko Denis.
Denis ati” Gweni ihangane niko bimeze.
Miguel ati” Nonese habaye iki??
Denis ati” Miguel nuko bimeze kandi wanyumvise.
.
Denis azana Gweni mu modoka ye baricara.
Gwen ati” Denis njyewe urimoo kunshanga niki habaye iki??
Denis ati” Gweni ndashaka kumarana nawe akanya. Mbabarira kandi tujye iwawe mu rugo.
Gweni ati” Tujye iwanjye mu rugo tumarane akanya?
Denis ati”Yego.
.
Denis ahita acana imodoka baragenda.
.
Barimo bagenda babisikana na Micky aje kuri hotel kureba Gweni. Micky ahagera asanga bagiye.
.
Tuze mu rugo kwa Denis Papa Denis na Mama Densi baracyicaye hamwe hanze.
Mama Denis ati” Uriya mwana turamugira gute??
Papa Denis ati” Nukuvana ubwo burozi bavuze mu nzira. Ubwo ndavuga ako gakobwa.
Micky aba arahamagara papa we.
Papa aritaba ati” Karame Micky
Micky ati” Niba mwabuze Denis ajyanye na kagakobwa.
Papa Denis ati”Harya uwo Gweni ubundi abahe??
Mickt ati” Ntabwo tuhazi ariko hano kwa Miguel.
.
Papa Denis ati” Urikumwe na Miguel?
Micky ati” Oya ndahavuye.
Papa Desnis ati” Sawa.
.
Papa Denis ahita ahamagara Miguel kuri phone baravugana.
Papa Denis ati” Umva sha Miguel ako gakobwa ukoresha aho ngo ni Gueni waba uzi aho gatuye??
Miguel ati” oya nyakubahwa. Kubera iki??
Papa Denis ati” nashakaga kuhamenya. Ataha sangahe avuye aho mu kazi??
Miguel ati” asoza akazi saa moya z’umugoroba.
.
Kurundi ruhande Gweni na Denis bageze mur Ghetto ya Gweni.
Denis ati”Gweni witungurwa cyane. Uyu munsi reka tumarane akanya hano.
Gweni ati” Uko ubishaka ntakibazo. Gusa njyewe ndacyafite ikibazo.
.
Denis ahita yongera aramusoma. Ati” I love you.
.
Gweni agwa mu kantu! Ibintu atatekerezaga na gato ko byabaho.
.
Udacikwa na Episode 19
Comments