logo

NEW TALENTS

Stories Group

UMUKOBWA W'IGIPIGIMA EPISODE 28

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Twaherutse Roger na Damy batabaye Jovia.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Mu gitondo mu rugo kwa Rubio.
Rubio arakangutse abona arikuwe na Zella mu buriri bwe maze arikanga. Zella we aracyasinziriye. Bisa nkaho Rubio atabuka uko bararanye.
Zela nawe aba arakangutse abona Rubio amuhanze amaso.
Zella ati” Bite ko ukangutse kare ukaba utumye nanjye nkanguka nkifite ibitosti.
Rubio ati” Ahubwo se twararanye hano gute?/
Zella ati” Ngo twararanye hano gute??
Rubio ati”Yego. Uziko wagira ngo uri umugore wanjye tumaranye igihe??
Zella ati”Ubundi se bitandukaniye he ko aribyo bigiye kuba.
Rubio ati” Ariko ntabwo biraba. Ibaze mama abibonye??
Zella araseka ati” Abibonye se haba ikihe kibazo??
.
Rubio aramurebaaa maze araseka.
Zella ati” Nonese koko urakomeje cyangwa urimo kwigiza nkana.
Ribio ati N’igiza nkana gute?
Zella ati” Urakomeje ntabwo uzi ko naraye hano??
Rubio agerageza kwibuka yibuka aheruka banywa inziga baserebura gusa.
.
Zella ati” Uratangaje niba wari wasinze kugeza ubwo wibagirwa byose. Maze twanahatwitse.
Rubio arumirwa ati” Ibaze nukuri.
.
Kurundi ruhande Damy ahagaze kumuryango w’icyumba barajemo Jovia arimo kumureba. Roger nawe arabyutse ava mu cyumba cyabo aje abona Damy ahagaze kumuryango w’icyumba barajemo Jovia.
Roger ati” Bite wowe ko uhengereza umuntu wamuretsde akaruhuka??
Damy ati” Man njyewe nifitiye ubwoba ko uyu muntu wazanye hano ashobora kuza kutubera ibyago.
Roger ati” Gute se watuje. Gufasha umuntu byatubera ibyago gute??
Damy ati” Ibaze umuntu tutazi.
Roger ati” Muree reka abanze aruhuke. Ahubwo njye ngiye kujyana imodoka;. Reba utwo wakora aza kubyuka agafata.
.
Roger aragenda Damy asigara mu rugo hari itwo akora.
.
Kurundi ruhande Rubio na Zella hari aho baje ku bar kaba kumazi. Ni ku mazi neza baricara barimo guseka bafite akanyamuneza.
Zella ati” dore uko tumeze ubu.
Rubio ati” Tumeze gute??
Zella araseka ati” Tumeze nk’utunyamanza tuguwe neza.
Baraseka.
.
Kumbe aho bari nab a Lupe na Doja bashuti baRubio ba kera niho bari nuko bicaye kurundi ruhande.
.
Bose ntabo barabona abandi.
Rubio ati” Zella ibyabaye kuri Jovia bigomba gukomza kuba ibanga mu nshutizacu.
Zella ati”Kandi babonye amakuru.
Rubio ati” Babonye amakuru ariko Police ntabwo iravuga umwirondoro w’uwapfuye cyane ko banamubuze.
Zella araseka ati” Twitegurire rero ibyo kubana kwacu.
.
Tugaruke mu ghetto kwa Damy.
Damy yasoje gutegura ibyo yeteguraga ariko yategereje ko Jovia akanguka ariko wapi ntabwo akanguka.
Damy areba ku isaha maze aho Jovia ari aramurebaaaaa.
Damy ati” Ubuse uyu muntu ungana gutya koko! Ariko ubundi yabaye iki ko adakanguka.
.
Tugaruke kumazi Lupe na Doja bamaze kubonana na Rubio hamwe na Zella bose bahose bahuza tableau barimo gusangirira hamwe.
Lupe ati” Rubio mbere hose uba warabanye n’uyu mukobwa aho kubana niriya kamyo. Idafite umutwen’ikibuno.
Zella araseka ati” Ariko namwe murakabya.
Doja ati” Zella wenda Jovia yari umukobwa mugenzi wawe ariko se vugisha ukuri. Uriya yari uwhe mukobwa?? Inda n’ikibuno byaranganaga. Ariko reba agataye wowe.
Zella agaseka.
.
Twigarukire kwa Roger agarutse mu rugo asanga Jovia ntabwo arakanguka. 
Damy we yamaze kugira ubwoba.
Damy atiu”Mwana abaye yapfiriye hano.
Roger ati”Ntabwo yapfuye.
Damy ati” Urabihakana gute. Umuntu waryamye ni joro saa sita tukaba tugeze hafi saa cyenda atarakanguka uru,va ari ubuhoro.?/
Roger nawe atangira kubona ko ari ikibazo wamugani.
Damy ati” Wasanga Atari no guhumeka.
.
Roger aza kugitanda kumviriza ko yaba arimo guhumeka yumva wapi ntabwo arimo guhumeka. Roger yikangamo
.
Udaciwa na Episode ya 29

Comments