logo

NEW TALENTS

Stories Group

UMUKOBWA W'IGIPIGIMA EPISODE 21

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Duheruka Zella ahamgara Rubio maze Jovia ayifashe Rubio ahita ayimwaka vuba abonye ari Zella yanga kumwitabira aho.
.
Story by CHRIS NANDI Ishimwe.
.
Rubio kuba yarashikuje Jovia telephone ntabwo Jovia yabyitayeho rwose ahubwo yakomeje kwuvuganira naba Raena areba uko bushimiye impano yarayabazaniye.
Rubio nawe abonye bahugiye muri byo yarasohotse ajya kwitabira Zella hanze.
Rubio ati” Zella ntabwo uzajya umpamagara uko wiboneye n’igihe ushakiye.
Zella ati” Sorry gusa nashaka umenya niba wageze mu rugo amahoro.
Rubio ati” Gutya byahita binshira muri risk. 
Zella ati”None nzajya nkuhamagara ryari gute.
Rubio ati” Jya unyandikira cyane kuruta uko wampamagara nibwo buryo bwiza butekanye.
Zella ati” Sawa. Ariko se igihe nakumbuye kumva ijwi ryawe.
Rubio ati” Ntituzajya tubonaa se.??
Zella ati”Yeho. Cyangwa se igihe turimo gucata nzajya nkubaza niba ufite akanya kandui uri ahantu hatekanye mbone nkuhamagare.
Rubo ati” Yego.
.
Zella ati”ngaho sawa kuba wageze mu rugo amahoro ugore ijoro ryiza. Ndagukunda.
Rubio ati” Urakoze cyane.
ZeLLa ati” Wowe se ntabwo ubivuga??
Rubio ati”Nanjyee…
.
Ataravuga aboa Jovia aje hanze ahita anakupa ntacyo avuze areba Jovia.
Jovia ati” Cher ko waje hanze??
Rubio ati” Hari umugabo narinje kuvugana nawe sinzi proposal ashaka kumpa.
Jovia araza ahita amuryama mu gatuza ati” Ni akazi bashaka kuguha se?/
Rubio ati” Ntabwo tuvugtanye neza sindabimenya neza arikouko biri kose ni deal buriyabashaka ko twakorana.
Jovia ati” Ok. Ariko cher ntugire ikibazo vuba turaza natwe gutangira kureba ko hari icyo twakwikorera ubwacu.
Rubio ati”bizaba ari byiza cyane.
Jovia ati”Ndagukunda cyane mugabo wanjye ese ujya ubibona ko nukunda.
Rubio ati” Simbibona gusa.
.
Jovia agaseka akumva arishimye mur we.
Joviaati” Ngaho va hanze mu mbeho ngwino nkutegurie ka cyayi uvbe unywa ngiye no kuguteekera ibyo kurya ukuda.
Baraseka maze baza mu nzu.
.
Amasaha aricuma ijoro rivaho buracya, ni muri weekend Jovia ntabwo ajya mu kazi. 
Jovia yakabyutse abanza kureba umugabo we akanya kanini kubera ko agisinziriye kandi Jovia akunda kureba Rubio cyane kubera ko arabikunda kubona asinziriye.
Hashize akanya amureba ava mu cyumba maze ajya kugira ibyo akora.
.
Kurundi ruhande Raena na Rozio nabo bakangutse bari maso . ariko ntacyo bajya bafasha Jovia. Babonye Joviua akora byose bamufata nkushinjwe kubakorera burikimwe cyose.
.
Ahubwo bari muri telephone. Rozio hari message ahawe n’abagenze be bashuti babo yuko bapanze ko kucyumweru bagomba kujya kurya show igisenyi kumazi.
Rozio nawe ahita abandikira message ababaza uko bapanze bazajyayo n’ibikenewe.
Baramusubuza.
Rozio areba Raena ati”Ba Rachel ejo bapanze kujya Rbavu,. Barimo gukoteza amafaranga ibihumbi 50K
Raena ati” babipanze gute se ko bitunguranye.
Rozio ati” Bariya bakobwa baba bafite amafaranga . ntacyo bo bapanga kibatunguye.
Raena ati” Twe ni hatari ayo mafaranga ntayotwabona.
Rozio ati” Ariko Jovia yayaduha.
Raena araseka ati” Ariko wamugani. Nubundi ntacyo yatwima kubera ko aba asa n’uwigusa kumugabo we. Kandi abona ko yaba afite Rubio byuzuye igihe adufite adufata nea adushimisha.
.
Kurundi ruhande Jovia yateguye hanze neza. Kubera ko ari mur weekend aba yayihariye we na Familyy’umugabo we. Weekend yose baryohereza hanze muri gardern.
.
Jovia ninaho yazanye icyokezo cya brochette n’ibindi byose arimo guteja.araho hari uwakomanze kugipangu cye maze ajya gufunguraabona Shemusa inshuti ye magara.
Shemusa ati” Jovia bite ko naguhamagaye ntufate telephone.
Jovia ati” Sha wihangane ntabwo ntayo nigeze numva. Ni karibu ahubwo.
Shemusa ati” Hano sha hahora ibirori buri weekend.
Jovia ati” Mba nita kumuryango wanjye. Kandi byose nkora nibo mba nitayeho.
.
Baraza Jovia akomeza gujora ibyo akora banaganira.
Shemusa ati” Ariko Jovi buriya ntabwpo ukabya.
Jovia ati” Ushaka ngondakabya.
Shemusa ati” Wihangane kuvuga gutya ariko mba mbona wagira ngo umeze nk’uwigura kumugabo wawe.
Jovia ati”Gute.
Shemusa ati”Ibi byose ukora. N’uburyo wita kuri family y’umugabo wawe.
Jovia araseka ati” Nonese kubitaho sinshingani zanjye.
Shemusa ati:” Njye siko mbibona.njyewe mbona wagira ngo ntabwo wizeye ko ufite umugabowawe neza akaba ariyo mpamvu uba ukora ibi byose.
.
Jovia ati” Shemusa wowe nuko ubibona. Ariko njyewe mbona ndimo gukora inshingano zannjye zo kwita kumugabo wanjye.
Shemusa ati”Kuburyo ukora burikimwe cyose hano wenyine. Bashiki b’umugabo wawe baryamye ntanikintu nakimwe bakora.
.
Rozio avuye mu gitanda arebye hanze abona Jovia arikumwe na Shemusa.
Rozio ati” ndaboa inshuti ya Jovia barikumwe.
Raena araseka ati” Yewe niwe nshuti yekubera ko bajya no kunagana.
Baraseka.
.
Tugaruke hanze.
Jovia ati” Njyewe igihe sinabwiriza umuntu kugira icyo akora.
Shemusa araseka ati” Ario hano ni mu rugo rwawe.
Jovia araseka ati” Oya ntabwo ari u rugo rwanjye ni mu rugo rwanjye n’umugabo wanjye. Kandi na Familly ye hano ni iwabo.
Shemusa araseka ati” Urukundo rwawe niba ntakibazo kirurimo rurahmbaye. Gusa hari ikintu nje kukwereke ejo nabonye cyambabaje.
Jovia agira amatsiko ati”Niki wabonye cyakubabaje ra!
.
Shemusa afata telephone ajya mu mafoto maze yereke Jovia ifoto ya Rubio avugana na Zella bahagaze ahantu.
.
Next Episode 22.

Comments