logo

NEW TALENTS

Stories Group

UMUKOBWA W'IGIPIGIMA EPISODE 20

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Twaherutse Zella na Rubio bahuriye ahantu.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Uko bagahuye sasa Zella yahse ahobera Rubio cyane nk’umuntu wari umukumbjye cyane kuko bari baherukana cyera cyane.
.
Jovia nawe aracyari mu kazi arongera afata telephone ahamagara Rubio. Rubio arabibona ko Jovi arimo kumuhagara ariko ntiyamwitaba.
Zella amufata akaboko amuzana kuruhande aho bicara ngo baganire.
.
Rubio ati” Ngaho mbwira kuki washatse kubonana nanjye??
Zella ati| Ese wowe ntabwo ari unkumbye??
.
Zela arimo kuvugana amarangamutima mmnshi cyane.
.
Rubio ati” Narinkumubuye.
Zella azunguza umutwe ati” Oya wmbeshya.
Rubio ati” Narinkumbuye nuko abagabo tudakunda gukabariza ibintu tubijyana gake.
Zella ati” Oyaaa iyo uza kuba unkumbuye uba warampamagaye.
Rubio ati” Niba ubuhakana se ukaba ubishidikanya narikuba nameye uza guhura nawe. Kuki naje??
Zella ati” Weneda reka mbyizere gutyo. None reka nkubaze. Ubu kuba warabanye na Jovia urumva unyuzwe wishimye.
Rubio ati” Jovia ni umugore wanjye kandi ndamwishimiye.
Zella ati” Sure uvuze ukuri??
Rubio atinda gusubiza.
Zella ati” Uba wumva uguwe nza umeze neza byise na Jovia muraikirana ikagenda neza.
Rubio abanza gusa nugiye kure maze areba Zella atio” Ese guhura kwacu kwari kugamije kuvuga kuri Jovia.
Zella ati”Oya. 
Rubio ati”None twamureka??
Zella arabyumva ati” Rubio ndabizi wabanye na Jovia Atari uko yariwe mahitamo yawe. 
Rubuio ati” Utangiye uvanga ibintu.
.
Jovia nawee amasaha yo gutaha arageze arimo kibuka ibintu bye ngo atahe. Arongera afata telephie ahamagara Rubio ntabwo irinda ivaho Rubi atamwitabye.
Jovia abyibazaho ati” Umugabo wanjye ybaye iki ko ibi bitajyaga bibaho!
.
Tugaruke kuri Zella na Rubio.
Zella ati” Rubio nubwo washatse ntabwo byigeze bihagarika umutima wanjye narimwe. Amarangamutima yanjye yakomeje kuba kuri wowe.
Rubio arabyumva.
Zella arimo kuvugana amarangamutima menshi adasanzwe. Kandi koko muriwe akunda Rubio.
.
Zella ati”Ubwo namaraga kubona ko ubanye na Jovia natekereje ko bizanyorohera kuba nakwikuramo nkakwibagirwa. Ndetse nanagerageje kujya kure hashoboka. Ariko byaranze. Byaranananiye. 
Rubio arimo kumva.
Zella yaanatangiye kurira ati” Rubio ndahiye ukuri ndagukunda.  
Rubio ati” Ariko nabaye married.
Zella ati” Kuba warabaye married ntacyo bihindura kuri njye.
Rubio ati” None bizagenda bite.
Zella ati” Nicyo naje kuvugana nawe.
.
Tuze murugo kwa Rubio na Jovia. Ba Rozio na Reana batumiye bashuti babo benshi barimo kunywa babyina iznu yose yabaye akavuyo birenze cyane.
 Rozio arebye kuisaha abona saa moya z’umugoroba zirageze. Raena abona Rozio areba ku isaha maze aza hafi ye.
Raena ati’ Kubera iki urimo kureba isaha.
Rozio ati” Mukanye Jovia igiye kuba ageze hano. 
Raeana ati” None ibyo bivuze iki??
Rozio ati” Reka tubwire abantu batahe.
.
Tuze kuri Jovia ari mu modoka arimo gutaha. Abanza gukata anyura mu isoko agira utwo ajya kugura.
.
Kurundi ruhande Zella na Rubio baracyaganira.
Zella ati” Rubio , ntakibazo urakomeza ubane n’umugore wawe. Ariko nanjye ujye umpa umwanya tubonane. Ese ibyo wabyemera.
Rubio abitekerezaho. Areba Zella cyaneeeee. Abona n’ubundi Zella ni umukobwa mwiza uteye neza mu buryo bugaragara bitandukanye na Jovia ubyibushye cyane. Yuma nibyo arimo kumusaba n’ibintu byoroshye byo kujya bihurira kuruhande.
Zella arimo kumureba ategereje ko Rubio asubiza.
Zella ati” Rubio mbwia.
Rubio ati” Ntakibazo.
Zella arishima maze ahita amutarukira aramuhoberra n’ubundi aranamusoma. Rubio nawe abonye ko Zella amusimye nawe yumvabiraje muri we ahita afatiraho nawe aramusoma.
.
Kurundi ruhande mu rugo. Mama Rubio aratashye avuye aho yari yagiye ageze mu rugo asanga inzu yise abakobwa be bayigize akavuyo.
Mama Raeana ati” Ibi n’ibiki mwakoze.
Raena ati” Mama ni akarore gato twatumaze gukora n’abashuti bacu.
Mama Raena ati’Mwagiye mwihanga mukubaha inzu ya Jovia.
Rpozio ati” Ario hano ni mu rugo natwe mama.
Mama Raena ati”Ni mu rugo gute hano ni mu nzu ya Jovia.
Raena ati” Oyaaa ni mu nzu ya musaza wacu.
.
Mama Rpozio ati” Umva ndavuze ngo muhatunganye neza Jovia sange hameze neza.
Rozio ati” Ariko mama nawe uba ubona Jovia ateje ikihe kibazo.
.
Mama ati” Nuko mvuze.
Rozio ati” Ariko mama ko bisa nkaho witaye kuri Jovia??
Mama ati”None! Ni umukazana wanjye.
Raena araseka ati” koko mama! Urabona koko Jovia umushimira Rubio?
Mama Raena ati”Mbere sinamwumvaga ariko nsigaye ngenda ndushaho numva mwishimiye..
Rozio na Raena bararebana.
.
Ako kanya Jovia yinjiye mu nzu hagisa nabi cyane inzu yose bayijamije ntanakoimwe kiri ku murongo. Kandi Jovia akunda ahantu hasa neza cyane ko aba ayvunitse ahatunganya.
Joavia araharebaaaaaa.
Raena aramureba ati” Jovia wiriwe neza.
Jovia arisekera ati” Mwiriwe namwe.
Rozio ati” Impamvu urimo kubona hano hasa gutya mukanya twari turkimwe na bashuti bacu baje kududsura barisnzura cyane.
Jovia ati”Oya ntakibazo ntampmavu yo kwisobanura.
.
Jovia agera kuri mama Rubio ati” Mama wiriwe neza.
Mama Rubio ati”Wiriwe mwana wanjye.
Jovia ati”Ntakibazo mama.
.
Jovia arikomereza ajya mu cyumba. Rozio na Raena barimo kurebana na Mama wabo arabareba.
Mama ati” Mukore hano vuba.
Rozio na Raena baricara kubera ko barananiwe bitewe n’amayoga banyweye nuko babyinnye cyane.
Jovia agarutse muri Saro yambaye umwenda w’akazi maze atangira kuhatynganya abandi bicaye.
.
Amaze kuhatunganya aza mu gikoni gutegura ibyo guteka. Amaze ubiterakaho aza muri Saro kuba aganira na bashiki b’umugabo we na Nyirabukwe.
Jovia ati” hari impano nabazaniye.
Rozio ati” Impano.
Jovi arahaguruka asubira mu cyumba ajya kuzireba arazizana. Buri wese yagiye amugurira umwenda maze arayibahereza.barishima baramushimira.
.
Muri uwo mwanya Rubio nawe aratashye ageze mu rugo Jovia akimubonamu muryango ahita ahaguruka aramusanganira amugwamo cyane. 
Aramukunda cyane pe.
Jovia ati” Cher byakugendekeye gute ko nagiye nkuhamagara cyane nkakubura.
Rubio ati” Umbabarire ibyo naro nagiyemo byatumaga ntareba kuri telephone. Umbabarire.
Jovia ati” Icya mbere nuko ungarukiye ukaba utashye amahoro. Ndagukunda cyane.
Rubio ati” Nanjye ndagukunda cyane.
.
Baraza nabo baricara.
Rubio areba impano Jovia yatahaniye bashiki be na mama we.
Rubio ati” Kandi chuo wasanga wibagiwe umugabo wawe.
Jovia araseka ati” Ubwo ntatekereje umugabo wanjye bwa mbere byavamo. Ubwonawe ajya kumuzanira ibyo yamuguriye aramuha.
.
Rubio araseka arishima.
.
Jovia akora burikimwe kugira ngo yite kumugabo we n’umuryango we biteye nuko amukunda cyane.
.
Ako kanye telephone ya Rubio yariyayirambitse kumeza irasona Jovia ayibona mbere yuko Rubio ayibona, Jovia agiye kuyifata Rubio ahita ayimwaka abona ni Zella uhamagaye. Ntiyamwitaba.
.
Udacikwa na Episode 21

Comments