logo

NEW TALENTS

Stories Group

IBANGA RY'UMUKAZANA WIRABURA S01 Ep 27

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IBANGA RY’UMUKAZANA WIRABURA.
.
Episode 27
.
Duheruka, Auntie Manda atanze  igitekerezo ko Denis bamwambra  byose afite ko aribwo buryo buhari bwatuma babasha kumuhagarika.
.
Umwanditse  Chris nandi ishimwe.
.
Bose batekereza ku gitekerezo Manda atanze.
.
Micky ati”  Igitekerezo atanze nicyo.  Denis naba ntakintu nakimwe  agifite Gweni azabona ko ntacyo agifite maze amuveho.
Papa  Denis ati” ariko uriya Mukobwa  ntabwo ikimushishikaje ari amafaranga.
Mama Denis ati” Niko  yigaragaza ariko ntakindi ashaka.
Micky ati” Abakobwa  niko basigaye barahinduye  umuvuno bitwara  nkaho ntakintu bashaka kugira ngo babanze  bigarurire  ikizere.
Mama Denis ati”  yabanje kwemeza Denis ko ntakintu ashaka. Agera  kuri twe abanza  gushaka kutwemeza ko adashikajwe  n’ubutunzi bwacu kugira  ngo tumwizere.
.
Papa Denis arabyumvaati” Ubwo niba Denis  niba akomeje gufumga umutwe  niko biza  kumera.
Mama Denis ati” Uwo ni umwanzuro mwiza  tugomba gufata.
.
Kurundi ruhande   Denis agejeje Gweni kuri ghetto ye  bahageze basanga Julienne bakorana ahagaze  imbere  ku marembo.
Gweni ava mu modoka   abaza Julienne icyo akora aho.
Julienne arasekaati” Koko rimo kumbaza  icyo nkora  hano??
.
Barahoberana. Denesnawe ava mu modoka asuhuza  Julienne.
Gwen areba Denisati” Denis urakoze  cyane kuba ugejeje hano mu rgo.
Denis ati” Ni inshingano zanjye kuko uri fiance  wanjye vuba  tugiye kubana.
Julienne abyumvise agwa  mu kantu areba Gweni ati” Naha se  ibintu bihise  bigera.??
Gwei araseka areba Denis ati” Denis ngaho ba ugiye??
Denis ati” Mbe ngiye he natekereje ko tugiye kumara akanya ndi hamo ndikumwenawe.
Gweni ati” Oya inshuti yanjye ije kunsura kandi dushaka kuganira ibyacu.
Denis araseka ati” ariko…
Gweni ahita amuca mu ijambo ati” Denis urabizi
Denis ati” Ntabwo ujya ujijinganya  ku kintu ushaka.
Gweni aramwegera aramubwiraati” Kandi suko Julienne akuruta ariko nuko nshaka kuba nganira nawe  n’abakbwa.
Denis ati” Yeah ndakumva bea. Reka ngende tuze  gusubir.
.
Tugaruke mu rugo kwa Denis, Brigitte na  Micky bavuye mu nzu bagiye kugenda  bajya mu modoka.
Brigitte ati” Ntabwo ngiye kwicara  nanjye ngiye gushaka  icyo nkora kariya ntigakomeza   kuba ikibazo cyanye.
Micky ati” Ndagushigikiye  icyo ubona gishoboka cyose.
Brigitte ati” wampa igitekerezo.
Micky ati” Nintekereza.
.
Batsa  imodoka baragenda.
.
Muri Gheto ya Gweni. Barimo guteka icyo barya.
Julienne ati” Biriya numvise ni ibyanyabyo.
Gweni ati” Cyane.
Julienne  aratangara ati” Disi umugish wawe  ugiye kuwubona.
Gweni ati” Uwuhe mugisha.
Julienne ati” Ibaze  umukobwa  nkawe ugiye kubana n’Umusore  umeze  kuriya. Urumva atari umugisha.
Gweni ati” Ntabwo njyewe  kuba ngiye kubana nawe  mbifat nk’umugisha ngiriwe. Urukundo ntabwo aba ari umugisha umuntu asitayeho  cyangwa  ubuntu agiriwe.  Naramukunze  arankunda.
Julienne ati” ariko sha……
Atarakomeza kuvuga Gweni amuca mu ijambo ati” Julie, amagambo uhaka kuvuga nayo kwica amazi.  Kuba    turi abakene cyangwa tuva mu miryango ukennye kuba twabana n’abana bakomoka mu miryango ikizeaba ari buntu tugiriwe rwose  siko bimeze.  Urumva.
Julienne ati” Ndabyuma
Gweni ati” Ntabwo nakunze  Denis kubera ko akomoka mu muryango ukize. Kandi ntabwo yankunze  kubera  impuhwe  angiriye.
Julienne ati” Ibyo nkri.
.
Gweni ati”  Nuko bimeze rero. Kandi family ye nbwo itabyumva ibyo barabareba rwose.
Julienne ati” ese  koko niba umuryango utakumva bazakorohera??
Gweni ati” Njyewe  ntakibazo nagito mbifiteho.  Ikizima nuko nzba ndikumwe  n’rukundo rwanjye. Rega uko usanga abantu bakomeza  ibintu ngo ba nyirabukwe  ntibabakunda. Ariko icyo umuntu aba akwiye kureba gusa ni urugo rwe gusa . we  n’Umugabo we gusa.
Juliene ati” Nuko hari igihe usanga Umusore acyumva iwabo kuruta uko  akumva nk’Umugore we.
Gweni ati” Uwo aba ataraba Umugabo kand aba atazi icyo ashaka. Uwo rero we rwose  ndamureka.
.
Igihe kirisunika Gweni  agaruka  mu kazi uko bisanzwe ahageze Miguel amubwira koatakiri  umukoziwaho.
Gweni ati” Kubera iki??
Miguel ati” Nuko bimeze.
Gweni ati” Nyine mbwira nirukaniwe  iki?
Miguel ati” wibaza  menshi wowe  ntabwo ukiri umukozi wa  hano taha.
Gweni ati” Ntabwo byumvikana. Umuntu yirukanwa  gutyo gusa.
Miguel ati” Wareka kuntesha umutwe  ukava han ukagenda. 
Gweni ati” Ntabwo mva hano ntasobanuriwe  impamvu nirukanwe.
Miguel ati” Ugiye no kwihambira se  mu kazi utagikenewemo??
Gweni ati” Oyaaaa suk nshaka kwihambira  mu kazi ariko sinkunda akarengane. Nshaka kumenya nia guhagarikwa  kwanjye basi biciye mu mucyo.
Migiuel ati” Twagabanyije abakozi.
.
Gweni ati” aho ndabyumva noneho. Murakoze  cyane.
Gweni ava aho arigendera.
.
Kurundi ruhande Denis ahagaze  muri Office ya Papa we arimo kuburana.
Denis ati” Papa kubera  ikinambuwe  byose??
Papa Denis ati” Umva wanze   kumva. So nabwo nshaka ko  ibyanjye bijya kuribwa  n’Umuntu utarabivunikiye.
Denis ati” Ariko Gweni yaberetse  ko ntanakimwe  akeneye ku mitungo  yanyu.
Papa Denis ati”  kuva nawe wafashe icyemezo cyo gukomezanya nawe shaka ibyawe muzabanamoapana ibyanjye.  Ahubwo mpereza  na contake.
Denis  yumva biramurenze ati” Papa..
Papa Denis ati”  ubwo watweretse  ko umuryango ntacyo usobanuye, ngaho genda wijyege  utangire bushya nk’Umugabo. Nuko bimeze.
.
Denis nawe bamwambuye  byose.
.
Udacikwa  na Episode   ya 28

Comments