Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
BANGA RY’UMUKAZANA WIRABURA
.
Episode 56
.
Twaherutse restaurant ya Gweni itwitswe.
.
Umwanditsi chris nandi Ishimwe.
.
Restaurante ya Gweni barayishumitse. Gweni yiryamiye uwo mwaya telephone ye irasona aona ni number atazi irimo kumuhamagara arayifata aritaba, Umuhamaaye amubwira ko Restaurant ye irimo gushya. Gweni abanza kugira ngo arimo kurota gusa uwo mwaya uwari umuhamagaye ahita amwoherereza amafoto aramwereke. Gweni yarikanze yumva umutima uragiye abyuka vuba yihuta anabyutsa Eliya.
.
Eliya ati” Auntie habaye iki??
Gweni ati” Ngo Restaurant yacu irahiye.
Eliya arikanga maze nawe ahitaabyuka vuba vuba avuga ko bidashoboka. Bava mu rugo bihuta cyane bageze kuri restaurant barayibona ishya.
.
Gweni acika uugongo aza imbere yayo agwa hasi apfukaye acise intege cyane Eliya arwanira guhamagara abaturanyi ngo baze babafashe kuzimya. Ariko n’ibyubusa kuko yakongotse cyane irimo gushira.
.
Gweni yararize ariko afata amarira ye. Uwo mwanya kumbe abagabo ntabwo bari bakagiye Jules n’abasore bebaza imbere ye. Eliya abona barimo kumwataka maze yihuta cyane ngo atabare agiye kwitambika baramutera agwa hirya kuruhande.
Jules areba Gweni ati” Umva wa gakobwa we ushime Imana ko ntawe ntagutwitse.
Gweni ati” Bikore.
Jules araseka ati” Bambwiye ko ufunze umutwe ariko sinshaka kukwica. Va hano mu mujyi ugende sinzogere kukubona. Uranyumva. Ubutaha ni nongera kukubona ni wwe nzatwika.
.
Abagabo maze baragenda. Eliya aza hafi ya Gweni aramufata amubaza niba ntacy abaye ntacyo bamukoze.
Gweni ati” Ntacyo mbaye.
Eliya ati” Kubera iki babikoze bashakaga iki??
Gweni ati” Simbizi.
.
Bidatinze Jules ahamagara Mama Denis amubwira ko akazi yamuhaye karangiye ahita anamuhereza amafoto reataurant ya Gweni irimo gushya. Mama Denis aranezerwa cyane birenze ahita azamka hejuru ajya kureba Brigitte.
.
Brigitte ari mu cyumba cye hari utwo yashyiraga ku murongo. Ahindukiye abona Nyirabukwe aje kumureba.
Brigitte ati” Ubw uje kundeba hari ikintu kizima kikuzanye mAMA.
Mama Denis ati” Cyane rwose.
Bigitte ati” mbwira amatsiko aranyishe.
Mama Denis ati” Tuza shyira umutima hamwe ikibazo warufite njye ndakirangije.
Brigitte ati” ravuga ibiki??
Mama Denis amwereka amafoto restaurant ya Gweni irimo gushya. Brigitte araseka cyane afite akanyamuneza.
Mama Denis ati” Ubu Gweni mwirukanye muri uu mujyi burundu.
Brigitte ahta ahobera Nyirabukwe.
Mama Denis ati” Umukazan wanjye akwiye kubajo atuje cyane.
Brigitte ati: Ibyo unkoreye mama sinzabyibagirwa.
Mama Denis ati” Ndagukunda cyane . nshaka ko wowe n’umwuzukuru wanjye muzaba mu meze neza.
.
Kurundi ruhande Denis ari mu modoka arimo gutaha ariko guhamagara Gweni kuri telephone akamubura arinda agera mu rugo batarabasha kuvugana.
.
Ageze mu rugo Brigite amwakirana akanyamuneza kadasanzwe yishimye cyane bihambaye. Mama denis nawe aje muri Saro aza yishimye. Denis abona bode bafite umunezero udasanzwe.
Denisati” Hari icybaye ra ko mbona mu menerewe cyane??
Mama Denis at” Ntidukwiye kunezerwa se??njye n’Umukazana wanjye??
.
Denis ati” Ntakibazo Mama birakwiye
Denis arakomeza azamuka mu cyumba Brigitte aramukurikir avuga ati” Honey ndagukunda cyane. Ariko byibura nawe ndashaka bwarimwe kumva ibivuga.
Denis arahagarara aramureba ati” Bri sinshaka kukubeshya.
Brigitte ati” Nzi ikiri mu mutima wawe.
Denis ati” Ikiri mu mutima wanjye nuko ntagukunda. Maba nawe gusa kubra Umwana.
Brigitte ati” Ntakibazo. Gusa ziko igihe kimwe umutima wawe uzogera ukambona amarozi baguhaye amaze kugushyiramo.
.
Denis aramuseke arikomereza agera mu cyumba. Ubwo Brigitte nawe amuriho.
Brigite ati” nizere ko ubu umeze neza tugiye kumanuka hasi tugasangira n’bandi.
.
Denis ati” Sawa.
.
Gweni ycaye muri ghetto ye yarakaye afite akababaro ku kuntu aboye restaurant ye bayitwika.
Eliya aza iruhande rweati” auntie komera.
Gweni ati” Yeah ndakomeye.
Eliya ati” Kubera iki ibintu nkibi bibaho koko!
Gweni ati” Nibwo bryo ababwira ko bafite imbaraga batekerezamo guhagarika abo bita ko ari abanyantege nke.
Eliya ati” Bivuzongo abakoze ibi urabazi.
Gweni a ti” Yego.
Elya ati” Tugomba kubarege rero.
Gweni ati” Nta bimenyetso dufite. Ario icyo bashaka ntabwo bakigezeho.
Elya ati” Ariko restaurant yacu iri hasi ni gute uvuga ko ntacyo bagezeho??
Gweni aramureba ati” Eliya abakoze ibi bashaka gusenya Umutima wanjye. Ariko ntabwo bazi ko aribwo ugiye gukomera kurushaho.
.
Tuze mu rugo kwa Denis. Mama Denis na Manda bicaye hanze barimo gufatira juice n’imbuto hanze.
Mama Denis ati” namaze kuboa ivuriro ngiye kujyanamo umugabo hanze.
Manda ati” urizera se ko bo hari icyo bazakora??
Mama Denis ati” Yego.
Manda ati” Byari byiza cyane. Ese urizera ko Gweni wamaze kushyira kure y’Umuryango wacu.
Mama Denis ati” Ibyo nakoze nukumurimbura burundu.
.
Bakimara kuvuga gutyo bumva securite arimo ashwana n’umuntu ushaka kwinjira kumbaraga.
Bagiye kureba babona Gweni uje.
.
Gweni arinjira. Denis na Brigiite nabo barimo basohoka mu nzu.
.
Udacikwa na Episode 57
Comments