logo

NEW TALENTS

Stories Group

IBANGA RY'UMUKAZANA WIRABURA S01 Ep 56

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
BANGA RY’UMUKAZANA WIRABURA
.
Episode 56
.
Twaherutse restaurant ya Gweni itwitswe.
.
Umwanditsi chris nandi Ishimwe.
.
Restaurante  ya Gweni barayishumitse. Gweni yiryamiye   uwo mwaya telephone  ye  irasona aona ni number atazi irimo kumuhamagara  arayifata aritaba, Umuhamaaye amubwira  ko Restaurant ye irimo gushya. Gweni abanza  kugira  ngo arimo kurota gusa  uwo mwaya uwari umuhamagaye ahita amwoherereza amafoto aramwereke. Gweni yarikanze  yumva umutima uragiye abyuka vuba yihuta  anabyutsa  Eliya.
.
Eliya ati” Auntie habaye iki??
Gweni ati” Ngo Restaurant yacu irahiye.
Eliya arikanga maze   nawe ahitaabyuka vuba vuba avuga  ko bidashoboka. Bava mu rugo bihuta  cyane bageze  kuri restaurant barayibona ishya.
.
Gweni acika uugongo aza  imbere yayo agwa  hasi apfukaye acise  intege  cyane  Eliya arwanira guhamagara abaturanyi ngo baze  babafashe kuzimya. Ariko n’ibyubusa  kuko yakongotse  cyane irimo gushira.
.
Gweni yararize  ariko afata amarira  ye. Uwo mwanya kumbe abagabo ntabwo bari bakagiye  Jules  n’abasore  bebaza  imbere  ye. Eliya abona barimo kumwataka maze  yihuta cyane ngo atabare  agiye kwitambika  baramutera  agwa  hirya kuruhande.
Jules areba  Gweni ati” Umva wa gakobwa  we  ushime  Imana ko ntawe  ntagutwitse.
Gweni ati” Bikore.
Jules araseka ati”  Bambwiye ko ufunze  umutwe  ariko sinshaka kukwica. Va hano mu mujyi ugende  sinzogere  kukubona. Uranyumva. Ubutaha ni nongera  kukubona ni wwe nzatwika.
.
Abagabo maze baragenda. Eliya aza  hafi ya Gweni aramufata amubaza  niba ntacy abaye ntacyo bamukoze.
Gweni  ati” Ntacyo mbaye.
Eliya  ati” Kubera iki babikoze  bashakaga iki??
Gweni ati” Simbizi.
.
Bidatinze  Jules ahamagara  Mama Denis amubwira  ko akazi yamuhaye karangiye ahita anamuhereza amafoto reataurant ya Gweni irimo gushya. Mama Denis aranezerwa  cyane birenze   ahita azamka hejuru ajya kureba Brigitte.
.
Brigitte ari mu cyumba cye hari utwo yashyiraga  ku murongo. Ahindukiye abona Nyirabukwe aje kumureba.
Brigitte ati” Ubw uje kundeba hari ikintu kizima kikuzanye mAMA.
Mama Denis ati” Cyane rwose.
Bigitte ati” mbwira amatsiko aranyishe.
Mama Denis ati” Tuza  shyira  umutima hamwe  ikibazo warufite njye ndakirangije.
Brigitte ati” ravuga ibiki??
Mama Denis amwereka amafoto  restaurant ya Gweni irimo gushya. Brigitte araseka   cyane afite akanyamuneza.
Mama Denis ati” Ubu  Gweni mwirukanye muri uu mujyi burundu.
Brigitte ahta ahobera  Nyirabukwe.
Mama Denis ati” Umukazan wanjye akwiye kubajo atuje  cyane.
Brigitte ati: Ibyo unkoreye mama sinzabyibagirwa.
Mama Denis ati” Ndagukunda  cyane . nshaka ko wowe  n’umwuzukuru wanjye muzaba mu meze neza.
.
Kurundi ruhande  Denis ari mu modoka arimo gutaha ariko guhamagara  Gweni kuri telephone akamubura arinda agera  mu rugo  batarabasha kuvugana.
.
Ageze  mu rugo Brigite amwakirana akanyamuneza kadasanzwe yishimye  cyane bihambaye. Mama denis nawe aje muri Saro aza  yishimye. Denis abona bode  bafite umunezero udasanzwe.
Denisati” Hari icybaye ra ko mbona mu menerewe  cyane??
Mama Denis at” Ntidukwiye kunezerwa  se??njye n’Umukazana wanjye??
.
Denis ati” Ntakibazo Mama birakwiye
Denis   arakomeza azamuka mu  cyumba Brigitte aramukurikir avuga ati” Honey ndagukunda  cyane. Ariko byibura  nawe ndashaka  bwarimwe  kumva ibivuga.
Denis arahagarara aramureba ati” Bri sinshaka kukubeshya.
Brigitte ati” Nzi ikiri mu mutima wawe.
Denis ati” Ikiri mu mutima wanjye nuko ntagukunda. Maba nawe  gusa  kubra Umwana.
Brigitte ati” Ntakibazo. Gusa  ziko igihe kimwe  umutima wawe uzogera  ukambona amarozi baguhaye amaze  kugushyiramo.
.
Denis aramuseke arikomereza agera  mu cyumba.  Ubwo Brigitte nawe amuriho.
Brigite ati”  nizere  ko ubu umeze  neza tugiye kumanuka hasi tugasangira  n’bandi.
.
Denis ati” Sawa.
.
Gweni ycaye muri ghetto ye yarakaye  afite akababaro ku kuntu aboye restaurant  ye bayitwika.
Eliya aza iruhande  rweati”  auntie komera.
Gweni ati” Yeah ndakomeye.
Eliya ati” Kubera  iki ibintu nkibi bibaho koko!
Gweni ati” Nibwo bryo ababwira ko bafite imbaraga batekerezamo guhagarika abo bita ko  ari abanyantege nke.
Eliya ati” Bivuzongo abakoze  ibi urabazi.
Gweni a ti” Yego.
Elya ati” Tugomba kubarege rero.
Gweni ati” Nta bimenyetso dufite. Ario icyo bashaka ntabwo bakigezeho.
Elya ati” Ariko restaurant yacu iri hasi ni gute uvuga ko ntacyo bagezeho??
Gweni aramureba ati” Eliya abakoze  ibi bashaka  gusenya Umutima wanjye. Ariko ntabwo bazi ko aribwo ugiye gukomera  kurushaho.
.
  Tuze  mu rugo kwa Denis. Mama Denis na Manda bicaye hanze  barimo gufatira juice n’imbuto hanze.
Mama Denis ati” namaze kuboa ivuriro ngiye kujyanamo umugabo hanze.
Manda ati” urizera  se ko bo hari icyo bazakora??
Mama Denis ati” Yego.
Manda ati” Byari byiza  cyane. Ese urizera  ko Gweni wamaze  kushyira kure y’Umuryango wacu.
Mama Denis ati” Ibyo nakoze  nukumurimbura  burundu.
.
Bakimara kuvuga gutyo bumva securite  arimo ashwana n’umuntu ushaka kwinjira  kumbaraga.
Bagiye kureba babona Gweni uje.
.
Gweni arinjira. Denis na Brigiite nabo barimo basohoka mu nzu.

.
Udacikwa  na Episode 57

Comments