logo

NEW TALENTS

Stories Group

IBANGA RY'UMUKAZANA WIRABURA S01 Ep 55

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IBAGA RY’UMUKAZANA WIRABURA.
.
Episode 55
.
Twaherutse Papa Denis   ahaye  Denis  umurage wo gutwara company abo akayitaho.
.
Umwanditsi Chris nandi Isimwe.
.
Denis amaze kuvugana na Papa we ava mu cyumba cye aragenda ageze  muri Saro akubitana na Brigitte.
Brigitte ati” Uvuye kureba Papa wawe??
Denis ati” Yego ameze  gute??
Denis ati” Ameze  nabi??
Brigitte ati” Noneho ntakizere atanga cyo kuba yakira??
Denis ati” Azakira  tugomba kumushakira  ubuvuzi burenze.
Brigitte ati” Nibyo.. ubu ariko birumvikana  ko ari wowe ugiye kuba wita kuri Company.
Denis ati” Yego
Brigitte ati” Nitegye kugufasha honey
.
Denis aramureba gusa agiye kugenda  aramufata ati” Nonese   uciye amazi ibyo mvze??
Denis ati” Oya.
Brigitte ati Nakerewe  reka njye mu kazi.
Brigitte ati” Sawa  akzi keza.
.
Denis aragenda ageze  hanze abona Mama we.
Mama we ati” Denis buretse  tuvugane.
Denis arahagarara. Mama we araza amugeraho ati” Denis  Papa wawe  muvuganye iki??
.

Uko bavugana  Brigitte  ahagaze  hafi y’umuryango arimo kubumviriza.
Denis ati”amaze  kunyegurira  compay.
Mama Denis ati” Ngaho ba Umugabo wite no kuri company kuki ni ubuzima bwacu.
Denis ati”  Yego Mom.
.
Brigitte yumva ko Denis Papa we amaze  kumwegurira company  maze arishima. Denis nawe ajya mu modoka aragenda.
Mama Denis aza  mu nzu aza  mu cyumba cya Micky aracyaryamye.
Mama Denis ati” Micky ndashaka iriya Adrees  ba Mia bari bariho ejo.
Micky ati”Urabaza hariya bari bari kuri restaurant ya Gweni??
Mama Denis ati” Yego
.
Micky ati” Ndahazi.
Mama Denis ati” Nihe
Micky  arahamubwira.
.
Mu nzira  Deni agenda abaza kuza guca kuri Restaurante ya Gweni.  Asanga Gwei arimo kwakira abakiriya aramutegereza. Gweni amaze kubakira aza kureba 
Gweni ati” Noneho uyu munsi ntabwo ukorere hano.
Denis ati” Papa wanjye ararwaye ameze  nabi njye yashize mu inshingano zo kwita kuri Company.
Gweni ati” Ntakibazo Denis.
Denis ati” Ariko ndikumwe nawe .
Gweni ati” Ndabizi honey.
Denis arisima ati” Ndanezerewe  ubwo wongeye  kunyita gutyo.
Gweni ati: Ntakibazo.
.
Tugaruke mu rugo Brigitte aanezerewe bidasanzwe. Afata telephone ahamagara Papa we baavugana kuri Phone.
Brigite ati” Papa bigiye kuba Denis  yamaze  guhabwa  Company
Papa Bigitte ati” Wow  mwana wanjye wakinnye neza.
Brigitte ati” Mugihe  cya vuba ndaza  kubisoza  neza. Gusa  bavuze  ko bagiye kmushakira   ubuvuzi.
Papa Brigitte ati” Uburozi wamuhaye se  ntabwo bukomeye??
Brigitte ati: Bambwiye ko bukomeye .
Papa Brigitte ati” Witinya rero.
.
Tugaruke kuri Denis na Gweni  baracyavugana.
Denis ati “ baby Process yo kuzatandukana na Brigitte  numva nzaytangira  yaramaze  kubyara 
Gweni ati” Ntakibazo Denis  uko ubishaka kandi njye ntabwo nshishikajwe  no kuba wasenya.
Deis ati” Ibyo ndabizi. Ariko uwo nkuna  ni wowe  kandi ninawe  tugomba kubana.
Gweni ati” Njyewe nzaba negereje ihirwe  rizongera  kuboneka.
Baraseka.
Denis amusezeraho ajya mu modoka ajya mu kazi.
.
Mama Denis  ari mu modok aparitse ahantu hari umugabo waje yitwa Jules  yinjira  u modoka  aramusuhuza.
Mama Denis ati” Jules  niteguye ko akzi ngiye kuguha uzagakora  neza.
Jules  ati” uzi neza experiene yanjye.
Mama Denis ati” Mba nizeye ko utantenguha.
.
Mama Denis amuhereza amafoto ya  ka Restaurant ka Gweni . Jukes arayafata arayareba.
MamaDenis ati” Uwo mukobwa nshaka  ko umwirukana burundu muri uyu mujyi.
Jules ati” Ntamwishe se?
Mama Denis ati”   oya utamwishe . ariko ave muri uyu mujyi burundu.
Jules ati” Nakumvise ubwo nugusenya igitumye awurimo.
Mama Denis ati” Yego.
Jukes ati” deal.
Jules asohoka  mu modoka ye aragenda.
.
Tuze  kuri restaurant ya  Gweni u masaha y’ijoro. Jules  hari abasore  azanye bafite essance  maze batangira  kuyimena kuri restauranta ya Gweni. Maze  barangije bacana umuriro barayishumika.
.
Udacikwa na Episode ya 56

Comments