Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IBAGA RY’UMUKAZANA WIRABURA.
.
Episode 55
.
Twaherutse Papa Denis ahaye Denis umurage wo gutwara company abo akayitaho.
.
Umwanditsi Chris nandi Isimwe.
.
Denis amaze kuvugana na Papa we ava mu cyumba cye aragenda ageze muri Saro akubitana na Brigitte.
Brigitte ati” Uvuye kureba Papa wawe??
Denis ati” Yego ameze gute??
Denis ati” Ameze nabi??
Brigitte ati” Noneho ntakizere atanga cyo kuba yakira??
Denis ati” Azakira tugomba kumushakira ubuvuzi burenze.
Brigitte ati” Nibyo.. ubu ariko birumvikana ko ari wowe ugiye kuba wita kuri Company.
Denis ati” Yego
Brigitte ati” Nitegye kugufasha honey
.
Denis aramureba gusa agiye kugenda aramufata ati” Nonese uciye amazi ibyo mvze??
Denis ati” Oya.
Brigitte ati Nakerewe reka njye mu kazi.
Brigitte ati” Sawa akzi keza.
.
Denis aragenda ageze hanze abona Mama we.
Mama we ati” Denis buretse tuvugane.
Denis arahagarara. Mama we araza amugeraho ati” Denis Papa wawe muvuganye iki??
.
Uko bavugana Brigitte ahagaze hafi y’umuryango arimo kubumviriza.
Denis ati”amaze kunyegurira compay.
Mama Denis ati” Ngaho ba Umugabo wite no kuri company kuki ni ubuzima bwacu.
Denis ati” Yego Mom.
.
Brigitte yumva ko Denis Papa we amaze kumwegurira company maze arishima. Denis nawe ajya mu modoka aragenda.
Mama Denis aza mu nzu aza mu cyumba cya Micky aracyaryamye.
Mama Denis ati” Micky ndashaka iriya Adrees ba Mia bari bariho ejo.
Micky ati”Urabaza hariya bari bari kuri restaurant ya Gweni??
Mama Denis ati” Yego
.
Micky ati” Ndahazi.
Mama Denis ati” Nihe
Micky arahamubwira.
.
Mu nzira Deni agenda abaza kuza guca kuri Restaurante ya Gweni. Asanga Gwei arimo kwakira abakiriya aramutegereza. Gweni amaze kubakira aza kureba
Gweni ati” Noneho uyu munsi ntabwo ukorere hano.
Denis ati” Papa wanjye ararwaye ameze nabi njye yashize mu inshingano zo kwita kuri Company.
Gweni ati” Ntakibazo Denis.
Denis ati” Ariko ndikumwe nawe .
Gweni ati” Ndabizi honey.
Denis arisima ati” Ndanezerewe ubwo wongeye kunyita gutyo.
Gweni ati: Ntakibazo.
.
Tugaruke mu rugo Brigitte aanezerewe bidasanzwe. Afata telephone ahamagara Papa we baavugana kuri Phone.
Brigite ati” Papa bigiye kuba Denis yamaze guhabwa Company
Papa Bigitte ati” Wow mwana wanjye wakinnye neza.
Brigitte ati” Mugihe cya vuba ndaza kubisoza neza. Gusa bavuze ko bagiye kmushakira ubuvuzi.
Papa Brigitte ati” Uburozi wamuhaye se ntabwo bukomeye??
Brigitte ati: Bambwiye ko bukomeye .
Papa Brigitte ati” Witinya rero.
.
Tugaruke kuri Denis na Gweni baracyavugana.
Denis ati “ baby Process yo kuzatandukana na Brigitte numva nzaytangira yaramaze kubyara
Gweni ati” Ntakibazo Denis uko ubishaka kandi njye ntabwo nshishikajwe no kuba wasenya.
Deis ati” Ibyo ndabizi. Ariko uwo nkuna ni wowe kandi ninawe tugomba kubana.
Gweni ati” Njyewe nzaba negereje ihirwe rizongera kuboneka.
Baraseka.
Denis amusezeraho ajya mu modoka ajya mu kazi.
.
Mama Denis ari mu modok aparitse ahantu hari umugabo waje yitwa Jules yinjira u modoka aramusuhuza.
Mama Denis ati” Jules niteguye ko akzi ngiye kuguha uzagakora neza.
Jules ati” uzi neza experiene yanjye.
Mama Denis ati” Mba nizeye ko utantenguha.
.
Mama Denis amuhereza amafoto ya ka Restaurant ka Gweni . Jukes arayafata arayareba.
MamaDenis ati” Uwo mukobwa nshaka ko umwirukana burundu muri uyu mujyi.
Jules ati” Ntamwishe se?
Mama Denis ati” oya utamwishe . ariko ave muri uyu mujyi burundu.
Jules ati” Nakumvise ubwo nugusenya igitumye awurimo.
Mama Denis ati” Yego.
Jukes ati” deal.
Jules asohoka mu modoka ye aragenda.
.
Tuze kuri restaurant ya Gweni u masaha y’ijoro. Jules hari abasore azanye bafite essance maze batangira kuyimena kuri restauranta ya Gweni. Maze barangije bacana umuriro barayishumika.
.
Udacikwa na Episode ya 56
Comments