Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Ubwo bicaye aho ariko habuze n’uwavugisha uwundi, ahubwo bose bari baguye mu kayubi. Mugabo na we yamaze kohereza ubutumwa bugufi agaruka muri salon aricara. Yibazaga ku bintu bitatu
Bwa mbere yibazaga ku magambo yabwiwe na murumuna we, ndetse na condition yamuhaye irimo no kuba mu nzu ye wenyine. Iki yumvaga gikwiye ariko nanone akibaza umwanzuro kuwufata uburyo azabibwiramo nyina akumva ntazi aho azabihera
Bwa kabiri yibazaga kuri mushiki we wasanzwemo ubwandu. Akibaza niba azakomeza kubaho atuje cyangwa se niba bizakomeza kwivanga akaba yanakivutsa ubuzima. Ibi na byo yumvaga atazi icyo yabikoraho na cyane ko batari bazi neza uko nyina azabyakira
Bwa gatatu yibazaga ku butumwa amaze kohereza, igisubizo ari buhabwe uko ari bucyakire. Gusa kuri byose yaratuje ategereza icyo biri buze gutanga.
Ntibyatinze nyina yaraje nuko asanga bose bicaye bumiwe. Yarabarebye ayoberwa ibyabaye ariko arebye Soumaya abona ni we ufite ikibazo kurenza abandi
*Nyina:* byagenze bite hano ko wagirango mwapfushije?
*Sali:* mama ni nko gupfusha n’ubundi nako sister nakwibwirire ishyano twagushije wumve
*Nyina:* ngo ishyano? Byagenze gute?
*Mugabo:* mama sinzi niba mushiki wanjye afite imbaraga zo kugusobanurira ikibazo afite, ariko nkubwije ukuri twayobewe uko tubigenza kuko ubu tuvugana tuvuye mu bitaro kandi yari yavuye hano ari muzima
*Nyina:* yatewe n’abazimu ba hehe se kandi ngo tubimenye?
Soumaya yakoze mu gasakoshi yari afite, akuramo ibisubizo muganga yamuhaye aramuhereza
*Nyina:* ibi se ni ibiki?
Soumaya yatangiye kurira nyina ayoberwa icyo yabaye. Sali wabonaga we ntacyo bimubwiye cyane ahita yegera nyina
*Sali:* mama ni ibisubizo byo kwa muganga, avuye kwipimisha basanga yanduye SIDA
Nyina yahise ajugunya bya bipapuro hasi yikubita ku myenda atangaye
*Nyina:* ngo Siki? Ngo inki? Narakubwiye gutandaraza aho ubonye hose muko. Yiii. Nagatangaye ikindi wari gusarura. Ariko ubundi ubwo ni jye nakubyaye cyangwa naherekeje abandi? Uzi ko cya gitutsi ngo gasuke umwoyo kinsohoreyeho? Yewe abandi ni bo babyaye naho jyewe narabaherekeje pee. Nuko erega uzinga amabinga ungarukira mu rugo na za SIDA zawe? Umva izo SIDA uzijyane ku baziguteye, sinshaka ko uzanyanduriza abana.
Yabivuze ahaguruka arakaye cyane, Soumaya aho yicaye ibibazo bimubana urusobe. Bivuze se ko nyina koko amwirukanye cyangwa ni gasopo gusa kuko ababaye? Ese ubundi kuki uyu mubyeyi atakumva ko ibibazo nk’ibi bibaho?
Gusa bakicaye aho telefoni ya Mugabo yarasonnye arebye abona ni igisubizo kuri bwa butumwa yari yanditse
_Igihe cyose wanshakira wambona, hapfa kuba atari nijoro gusa_
*Ahantu se twahurira hehe?*
_Aho ari ho hose washaka nahaza hatarimo iwanyu_
*Kuki se udashaka kuba waza iwacu*
_Iki kibazo si wowe wakakimbajije kuko igisubizo cyacyo uragifite_
*Noneho itegure, mu isaha imwe ndakoherereza aderesi y’aho turi buhurire*
_Sawa nta kibazo*
Yahise ahaguruka ajya koga. Wabonaga afite akanyamuneza ndetse kavanzemo igishyika ubanza umuntu bagiye guhura ari umuntu ukomeye cyane ndetse ufite agaciro kanini mu buzima bwe.
Yarebye mu myenda ari bwambare abura uwo ahitamo n’uwo areka aba ahamagaye mushiki we Sali
*Sali:* ese ugiye hehe ko mbona utarwiyambitse?
*Mugabo:* umva ndakubwira ngarutse, ahubwo mpitiramo umwenda nambara.
*Sali:* byaterwa n’aho ugiye na gahunda ugiyemo
*Mugabo:* ni umuntu ngiye kureba ariko ni umuntu w’agaciro cyane, umuntu nubaha cyane
*Sali:* OK. Aho noneho wambare ibi
Yamuhitiyemo jeans yirabura, lacoste y’umweru n’udukweto duciye bugufi, ubundi anarenzaho jacket yirabura y’uruhu. Kubera hari mu gihe cy’izuba yashyizemo lunette zirinda izuba ubundi afata imodoka aragenda.
Ubwo yageraga ho yifuza guhurira n’uwo muntu tutaramenya yahamagaye uhakora, nuko amujyana ku ruhande
*Mugabo:* none se serive, hano hantu mugira ahantu mwakirira abantu, hiherereye?
*Seriveri:* yeweee, turahafite rwose pee. Unashaka aharimo uburiri maze wahabona
Mugabo yabanje guseka
*Mugabo:* oya sinifuza ahantu hiherereye kuri urwo rwego nanone gusa byanashoboka ntawamenya, ariko nshaka ahantu hatari muri salle
*Seriveri:* ngwino ngutembereze nushima urambwira
Yagiye amutembereza hose, hari za bungalows, ibyumba birimo uburiri ndetse n’ibindi byumba, biteyemo intebe nko muri salon yo mu rugo, akarusho kaho, nta museriveri uhinjira mutamuhamagaye, hariho sonnerie iyo uyikanze bahita bamenya icyumba gikeneye umuntu bakabona kuza.
Aho ni ho yahisemo nuko amaze kuhashima ahita yoherereza SMS uwo bagomba kuhahurira.
Yaricaye ategereza umwanya utari munini kuko mu minota 20 yahise abona amubwiye ko ahageze maze ahamagara seriveri amubwira kuyobora uwo muntu aho amusanga.
Acyinjira, Mugabo yahise ahaguruka aramuhobera amugwamoooooooooo
Bamaranye akanya barebana mu maso, ako kanya bombi amarira ahita abashoka ku matama
*Mugabo:* Malayika nari ngukumbuye
*Malayika:* nanjye ni uko.
Bicaye barebana naho seriveri yari yaguye mu kantu ahagaze aho
*Seriveri:* mbazanire iki se mufata?
*Mugabo:* eeeh, zana ka red wine, icupa rito n’uturahure tubiri. Ibindi turagutuma nyuma
Yaragiye arabazanira nuko arigendera ariko akiri ku muryango Mugabo aramuhagarika, sinzi ibyo yamwongoreye nuko undi aragenda ariko asiga yegetseho urugi.
Mugabo, amaze gusoma nka kabiri yarebye Malayika mu maso, yitsa umutima
*Mugabo:* Numvaga nshaka kukuganiriza,
*Malayika:* nanjye naje kandi nguteze yombi rwose.
Mugabo yahise ahaguruka, apfukama imbere ya Malayika, amufata mu biganza amureba mu maso
*Mugabo:* nifuje uyu mwanya gufunguka umutima nkagusaba imbabazi. Mu kuri twarakundanye nawe urabizi ndetse twarabanye, twumvaga twifuza kubana akaramata. Kwizera mama bidasanzwe byampumye amaso bituma nanirwa kumenya ukuri kw’ibibera iwanjye nuko bimviramo kukwirukana nkwita indaya n’andi mazina adakwiye.
Yavuze ayo magambo Malayika atangira kurira, Mugabo na we si ukurira yivayo. Gusa ntabwo yariraga amwe yitwa ay’ingona ahubwo yari amarira yo kubabazwa n’ibyo yakoze bigatuma atandukana na Malayika
*Mugabo:* Malayika, sinigeze nkwanga ndetse n’igihe cyose namaze narakwirukanye nahoraga nkurota, hamwe no mu buriri ntigeze ndyoherwa cyangwa ngo mbikore bindimo, jyewe na Betty. Ndacyagukunda ni ukuri. Simbivuze ngo uhindure umwanzuro wafashe gusa aho uzajya hose, ibyo uzakora byose ujye uzirikana ko ngukunda kandi nzakomeza kugukunda
*Malayika:* ndagukunda nanjye Mugabo
Yabivuze amuhagurutsa, undi ahita yicara iruhande rwe maze aramwiyegamiza. Yamuryamishije ku bibero bye maze atangira kumukorakora mu bwanwa.
Uko yakamukorakoye undi yahindukije umutwe bahuza amaso. Barebanye akanya gato maze Malayika amanura umutwe buhoro buhoro, aramusoma.
Mugabo yatunguwe n’ibyo Malayika akoze maze asa n’uweguka buhoro aricara yegamye maze asa n’umukurura amwiyegereza, undi na we ntiyamugora aramwegera maze basomana neza rwose bakomeje.
Uko basomanaga ni ko Mugabo yakorakoraga Malayika mu mabere, undi atangira kunyeganyeza amaguru nk’uriwe n’intozi.
Uko ayanyeganyeza ni ko Mugabo yakomeje azamura agakanzu yari yambaye aba akoze ku bibero akomeza azamuka agana ku ikariso akozeho inyuma yumva yatangiye gutota.
Yahagurutse nk’umurabyo afunga neza urugi aragaruka, Malayika amurebye abona ipantalo yazanye ipfupfu, nuko ahita ahaguruka amukuramo ipantalo bwangu adatinze. Uko ayimukuramo ni ko Mugabo na we yamukuragamo ikariso maze amaze kuyimukuramo aba yicaye mu ntebe neza asa n’ugaramye, Malayika amwicara ku bibero, barebana maze ayimanukiraho neza, nuko bakora igikorwa gitunguranye ariko cyabaryoheye bombi dore ko mu minota itarenze itanu bari barangiye barimo basomana.
Mugabo yahise yihanaguza serviette arambara naho Malayika abanza kujya mu bwiherero abona kuza yambara ikariso.
Bicaye bose bubitse imitwe bameze nk’aho bamaze gukora ikosa rikomeye ariko nanone buri wese mu mutima we yumvaga anyuzwe.
*Mugabo:* none se urarya agafi cyangwa inkoko?
*Malayika:* ndarya wowe, urampagije
*Mugabo:* wivuga utyo nawe. Jyewe nkumbuye agafi reka dutumize ifi nini tuyisangire basi
Undi yaremeye maze bahamagaza seriveri na we aza bwangu bamuha commande.
*Malayika:* gusa urakoze, naherukaga ibi bintu tukibanye neza.
*Mugabo:* ushaka kuvuga ko Manou mutabikora se?
Yavuze izina Manou, Malayika ahita ahinduka mu maso.
*_Ahinduwe n’iki se kandi? None se ibi tubyite kwiyunga cyangwa birangiriye hano nta gusubirana guhari? Hagati aho nyina wa Soumaya ngo ntashaka ko azamwanduriza abana kandi mu yandi mezi ni we wari umwana mu rugo. Agace ka 4 ntuzagacikwe_*
*
Comments