Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Twaherurutse Bella arimo asaba Umugabo we kurangiza byananiranye.
Nyuma y’amasaha atatu yose amuriho ararangiza. Bella yaramaze kunegekara. Rumio ahita aryama, Bella areguka aramureba hashira umwanya munini amureba.
Aribaza muri we ati” Mugabo wanjye habaye iki? Ko mba mbona ibintu byarahindutse? Ndibaza n’ ikihe kibazo cyabaye?
.
Ava mu gitanda ajya kwitawaza, gusa arimo kubabara.
Ati” ubundi mbere igikorwa cyo kubonana n’Umugabo wanjye ntabwo cyarenzaga isaha iyo cyabaga cyabaye kirekire cyane. Kandi byagendaga neza bikanarangiza neza twese twishimye. Ariko ubu umugabo wanjye asigaye amara amasa arenga atatu yose. N’uburyo byagendagamo byarahindutse cyane, uburyo namwumvagmo mbere siko bikimeze ubu. Mbere nbaga nshishikajwe no kubonana nawe, ariko nicyo kintu nsigaye ntinya kurusha ibindi. Mu bykuri mpora nibaza ngo niki cyabaye.
.
Ava kwitabaza agaruka mu cyumba abona Umugabo yasinziriye.
Ati”Nsigaye mbona utuntu twinshi ntasobanukiwe ku mugabo wanjye. Ubundi iyo twabaga turangije igikorwa yampaga aka bizoux mu mugongo ko kunshimira. None asigaye asoza agahita asinzira atavuze. Njyewe sinkirangiza mbiheruka muri rimwe, oya nako si muri rimwe ni ariko ni mu myaka myinshi itambutse..
.
Asubira mugitanda araryama nawe.
Ati”Gusa igikomeza kunshanga cyane nuko mbona hari ibyagiye bihinduka ariko Umugabo wanjye ntakintu kibi arankorera. Ariko nyine kubona ko hari ibyahindutsemo ndabibona. Gusa ndamukunda cyane.
.
Bararyamye , amasaha aricuma buracya. Umukozi wabo arimo gutegura breakfaste kumeza.
Bella akngutse yisaga mu buriri wenyine, kumbe Rumio yabyutse kare amusiga mu buriri ari kumeza n’Umukobwa wabo Seffa.
.
Seffa ati” Ariko papa ko udaheruka gufata ikiruhuko mu kazi ngo umarane natwe akanya??
Rumio ati” Muri iki gihe akazi kabaye kenshi. Kandi nawe uba ukeneye ibintu byinshi.
Seffa ati” Ariko ntabwo mba nkeneye ibintu byinshi kuruta papa wanjye.
.
Rumio ati”Ndabizi, ariko reba amafara tukwishyurira hariya kwishuri ntakoze cyane wakwiga gute. Cyangwa utekereza ko wabasha kwiga ahantu hahenze kuriya??
Seffa ati” Ubundi mama ko ataza kumeza?
.
Saffa ahaguruka kumeza aza mu cyumba kureba mama we abona aracyaryamye.
Sella ati” Mama bjr!
Bella ati”Bjr
Seffa ati” Mama umeze neza ko watnze kubyuka.
Bella at” Ntakibazo cher!
Seffa ati” Byuke uze kumeza rero.
Bella ai” Yego ndaje.
.
Seffa aragenda, Blla nawe ashaka uko abyuka.
Ati”Muri iki cyumba hari ikintu gikomeye nsigaye numva kiburamo. Ibaze icyumba gisigaye giteye irungu kandi nyibanamo n’Umugabo wanjye.
.
Bella ava mu cyumba aza kumeza, ahagera Rumio ahita ahaguruka agenda.
Bella ati” Chr ko uhise uva kumeza urasoje se??
Rumio ati” Yego.
.
Seffa areba Papa we ati” Papa uyu munsi ndashaka ko ari wowe unjyan kwishuri kuko ntabwo uherutse kunjyana.
Rumio ati” Nyoko akujyane.
.
Avuze gutyo ngo Nyoko akujyane, Bella arikanga biramutunguye kumva Umugabo we avuze gutyo!
Bella ati” Cher uravuze ngo Nyoko!
Rumio ati”N’ikihe kibazo se nturi Nyina we?? cyereka niba ufite ikibazo kururimi rw’ikinyarwanda.
Bella ati” Oya ntakibazo mfite kururimi.
.
Rumio arakomeza ajya mu cyumba, Seffa arebana na Mama we.
Seffa ati” Mama, Papa muri iyi minsi hari ikibazo afite ra kirimo kumutesha umutwe??
Bella ati” Ntakibazo nzi papa wawe yaba afite.
.
Bella afata breakfaste nawe. Asoje agaruka mu cyumba asanga Umugabo yambaye ubusa.
Bella ati” Reka nkushakire imyenda wambara.
Rumio ati” Ba uyiretse.
.
Rumio aramwegera aramufafata.
Bella ati” Niki??
Rumio ati” Ndabishaka.
Bella ati” Cher wapi pe nta mood mfite.
Rumio ati”Njye nawe twabaniye iki? Wanyiyima gute ndi umugore wawe…
.
Bella ati” Ariko se wagiye ushyira mu gaciro.
Rumio ati” Akahe gaciro??
Bella ati” Iyo uvuga ngo twabaniye iki? Kuryamana niwo mubano w’Umugabo n’Umugore gusa.
Rumio ati” Wishaka kwigira injiji ibi nawe urabisobanukiwe cyane. Niba Umugabo agushaka ubwo aba agushaka.
Bella ati” Oya cher! Sinzi n’icyo usigaye warabaye. Ubundi mbere ko bitagendaga gutya wabaye iki??
Rumio ati” Mbere se uba uvuga ni ryari??
Bella ati”Rega n’uburyo usigaye ubitwaramo ntibyana umuntu muri mood.
Rumio ati”Ugiye kuvuga ko mbikora nabi se hari uwabigukoreye ugiye kujya ungereranya nawe?.
.
Bella ati” Mana nyagasani aho ntugiye kunyumva nabi koko!
Rumio ati”None niki??
Bella ati”Rwose ntabwo ibintu byajya biba burikanya.
Rumio ati’Umugabo wawe arabishaka. Nuku kandi abagore mwikomeza abagabo babaca inyuma mugatangira…. byibura ntunashima ko mba nkururwa nawe gusa.
Bella ati” Ibyo n’ibyiza ariko nanone ntabwo aruku ibintu byajya bigenda.
.
Rumio aramufata, Bella aramwiyaka, Rumio nawe arongera aramufata cyane kumbaraga.
Bella ati” Ese uri mu bikiugiye gufata umugore ku ngufu.
Rumio ati” Nta mugabo ufata umugore we ku ngufu, ariko ndabishaka sinajya mu kazi meze gutya.
Bella ati” Ntabwo meze neza rwpose ihangane.
.
Rumio abonye Bella akomeje kumunanira amutera igimfunsi gifata Bella kumunwa maze agwa kugitanda, Rumio amuza hejuru afata amaguru ya Bella arayatandukanye amujyamo ayishyiramo aramurongora.
.
Asoje amuvaho.
Rumio ati”Umbabarire ni wowe utumye bigenda nabi, naho ubundi sinkwanga urabizi.
Bella ati” Ukoze nabi.
Rumio ati” Umbabarire, ariko nawe ubigizemo uruhare.
.
Rumio afata imyenda arambara maze ava mu cyumba aragenda.
Bella ati” Ibi ntibyagaho mbere hose. Umugabo wanjye afite ikibazo ntazi.
.
Seffa arimo gufata igikapu cye atrwamo amakaye. Bella aza koga asoje koga aza kwitunganya neza, yireba muri miriwari aho yakubiswe ingumi hatukuye cyane, afata makeupagerageza kuhaziba.
.
Seffa ati” Mama twagiye.
Bella ati” Ndaje.
.
Bella asohoka mu cyumba, Seffa abona aho mama we yakubiswe ati” Mama aho ubaye iki??
Bella ati” Ndaguye muri dushe mukanya ndimokoga.
Seffa ati”Pole mama!
.
Bava mu rugo Bella ageza Seffa kwishuri maze nawe arakomeza aza mu kazi ke.
Ku kazi hari inshuti ye Shella. Ibona ukuntu Bella yabaye.
Shella ati” we aho wabaye iki ? utambwira ko byageze aho atangira no kugukubita??
Bella araseka ati” Oya sha n’ubwo hari utudasobanutse ku mugabo wanjye ntabwo yankubita. Arankunda aranyubaha.
Shella arseka ati” Sha abagabo mana! Niba agukunda se utwo duhinduka dukomeje guterwa niki??
.
Bella ati” Sinzi ikibazo Umugabo wanjye afite rwose. Noneho asigaye acecetse cyane, sinzi kbsa. Ibaze ko mperuka ijambo rye ngo ndagukunda mu meze ya mbere tukibana.
Shella ati” Bajya bavuga ngo niko zubakwa da!
Bella ati”Ubundi uwaciye uwo mugani yarafite ubwenge bungana iki??
Shella ati” Abanyrwanda bo hambere bari bafite ubwenge ugiye kubagaya se?
Bella ati” Ariko iyo mvugo irimo ubujiji.
Shella araseka..
.
Bella ati” Isekere sha.
Shella ati” Rega ibiri iwawe biri hose cher!
Bella ati” Ntakubeshye nsigaye numva nkumbuye urukundo.
.
Bella areba muri telephone abona message ivuye kumugabo we kuri whatsapp. Aramwandikiye ati” Ndagukunda cyane Mwamikazi w’ubuzima bwanjye. Yongera na emoji z’umutima na bzoux.
.
Bella iyo message iramutungura cyane ati”Ibi n’ibiki ra! Ni ubwa mbere Umugabo wanjye yanyandikira gutya, amagambo nkaya kuri whatsapp avuga ko ankunda.
.
Bella biramucanze.
.
Udacikwa na Episode 3.
Comments