logo

NEW TALENTS

Stories Group

IYOBERA MU GITANDA S01 Ep 1

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Ni mu masaha y’ijoro akuze cyane. Hari imodoka iparitse hanze ku marembo y’urugo rwiza  cyane irimo  Umugore urimo kwitsa umutima  cyane.  Muri we afite ubwoba.
Aragira ati” Nitwa Bella, maze imyaka 15 mbana n’Umugabo wanjye Rumio, dufite umwana w’umukobwa w’imyaka 15 yitwa Seffa.  Imyaka 13   ya mbere narimbanye n’umugabo wanjye mu buryo budasanzwe. Urugo rwacu rwari rumeze nkaho ariyo paradizo bavuga muri bible. Buri kanya nabonaga urukundo rudasanzwe mu maso y’Umugabo wanjye.
.
Ariko muri  iyi myaka ibiri itambutse ibintu byarahindutse,   mu byukuri sinzi icyabaye sinzi n’ikirikuba. Umugabo wanjye ndamukunda cyane ariko nsigaye mbona yarabaye undi muntu. Mbere  ntakintu nishimiraga nko kumarana nawe  umwanya munini cyangwa hafi ya wose kuko nicyo kintu cyari cyiza.
.
Ariko ubu nsigaye mfite ubwoba bwo kuba ndi iruhande rw’umugabo wanjye, iyo ndi hafi ye mba numva ntagitekanye nka  mbere. Mwibaza ko mva no mu kazi nkumva mfite ubwoba bwo gutaha.
.
Nubu  natinye kwinjira mu nzu yanjye. Ndimo kwibaza icyo gukora.  Mu mutima wanjye ndimo gusenga ngo icyampa umugabo wanjye akaba yasinziriye nkinjira mu nzu yasinziriye cyane kuburyo mpita niryamira ntavuganye nawe cyangwa ngo ndebane nawe.
.
Ariko sinzi niba icyifuzo cyanjye  kiri bube impamo. Sinatekerezaga ko hari igihe kizagera Umugore nkanjye nkajya ntinya kwinjira mu rugo rwanjye gutya. Ntababeshya nsigaye numva ntagitakanye narabuze amahoro. Gusa ariko nanone nkunda Umugabo wanjye nubwo mba mbona yarabaye undi  umuntu. Mba nibaza icyabaye  ku mugabo wanjye kuko n’ubu sindagisobanukirwa.
.
Uwo mwanya Telephone ye irasona  abona ni Umugabo we umuhamagaye maze umutima we uratera  cyane, afata telephoe arimo atitira  intoki cyane yibaza niba yitaba cyangwa akabireka.
Telephoe arayitaba.
Rumio ati” Aya masaha uracyari he??
Bella avugana  igihunga ati”Ndimo gutaha cher nibwo dusoje  akazi.
Rumio ati” aya masaha saa tanu z’ijoro??
Bella ati” Akazi kari kabaye kenshi nukuri.
Rumio ati” Taha gira vuba.
Bella ati” Yego cher ndimo kuza rwose.
.
Rumio arakupa, Bella asigaranye ubwoba budasanzwe noneho. Akareba ku rugo rwe , maze akifata mu maso ati”Mana wambariye Umgabo wanjye ukamutereza  ibitotsi  bidasanzwe agasinzira??
.
Bella akomeza kuba aho mu modoka byamucanze. Hashize akanya aba yigiriye inama maze afata telephone ahamagara Umugabo we. Umugabo aramufata.
Bella ati” Honey umbabarire bibaye ngombwa ko nkatira mu nzira nkasubira mu kazi.
Rumio ati” Kubera iki??
Bella ati” Hari report bansabye mu kazi yihutirwa..
.
Umugao we ahita amukupa, Bella arikanga ati” Ko ahise ankupa  byihuse ra habaye iki??
.
Igihe akirimo kwibaza ikibaye abona Umugabo we Rumio ahagaze imbere y’imodoka ye. Bella ubwoba buramutaha.
Rumio aza yegera umuryango w’imodoka aramureba, Bella amasoni aramwica bitewe nuko yaramze kubeshya Umugabo we.
.
Rumio ati” Umaze amasaha  atatu uparitse hano. 
Bella ati” Wandebaga se?
Rumio ati” Kuva kare mvugana nawe unambeshya ko aribwo  utashye nakurebaga. Wa mugore ubundi ufte ikihe kibazo.
Bella ati” Ntacyo cher!
Rumio ati” Niki cyatumye utinjira mu rugo rwawe?? nigeze nkwirukana mu nzu yawe?
Bella ati” Oya.
Rumio ati” Hari ikibi se naba nagukoreye cyatumye udashaka gutaha??
Bella ati” Ntacyo.
Rumio ati”Nyine ndibaza wabaye iki??
Bella ati” Cher ntacyo nabaye nuko numvaga nshaka kumara akanya hano ndi njyenyine.  Kandi buri muntu wese bibaho ko yakenera akanya ko kuba ari wenyine.
Rumio ati” Akaya se uri wenyine ufite ikihe kibazo??
Bella ati” Cher gufata akanya sigihe umuntu hari ikibazo afite gusa.
.
Rumo ati” Ibyo ntabwo mbikunze. Injiza imodoka mu gipangu uze mu nzu.
.
Bella yinjiza imodoka mu gipangu araparika maze baza mu nzu. Bella arebye kwisaha abona haburaga gato ngo saa sita zigere.
Rumio aramureba.
.
Bella ajya gukuramo imyenda, Rumio amusanga mu cyumba.
Rumio ati”Jya kurya twe twasoje kurya.
Bella ati”Yego cher , ndagukunda.
.
Rumio aramureba gusa , maze we ajya mu buriri, Bella aza muri salamanger kurya. Afungura ibisoriro byose maze yarura ibyo kurya ashaka ashoboye atangira kurya.
Gus uko arya umutima we uri kure cyane. Apetit muri we yumv itangiye no gushyira. Aracyifuza ko Umugabo yahita asinzira.
.
Amara akanya ari kumeza maze Umugabo aza kumureba ati” Bite uramara amasaha angahe kumeza??
Bella araseka ati” Narindimo kurya gake gake.
Rumio ati” Ariko suko usanzwe urya.
Bella ati”Ndanahaze.
.
Bava muri saro bagaruka mu cyumba,
Bella ati” Ese cer ko utaryama ntabwo unaniwe?
Rumio ati”Ngiye  kuryama. Ariko ni wowe urimo kunkereza.
Bella araseka ati” Ndimo kugukereza gute cher uburiri ntibumeze neza?
Rumio ati” Ntabwo njya  mu buriri ntarikumwe n’umugore wanjye.
Bella ati” Ariko ibyo ntibyakubuza kuryama.
Rumio ati” Ahubwo wowe niki gisigaye ngo turyame??
Bella ati” Ngiye kubanza koga.
Rumio ati” Oga vuba nyine.
.
Bella aza koga ati” Ariko Mana ko ushobora byose  kuki utarimo kunyumva! Wasinzirije umugabo wanjye koko!
.
Arogaaa yitinza muri dushe abonye arambiranye maze avamo  abona Rumio yaryamye yumva yishimyemo. Arinahagura maze ajya mu buriri bucece araryama.
.
Hashize akanya Rumio aramupfumbata.
Bella muri we ati” Bibe ari ari ikumfumbata gusa.
.
Agitekereza gutyo yumva akaboko ku mugabo gatangiye kumanuka kagana ku gitsina cye, Bella arikanga afata akaboko ku mugabo aragakomeza.
Rumio ati” Niki ko umfata.
Bella ati” Ntacyo.
.
Rumio akomeza gusunika akaboko arakamanuraaaa akageza mu gitsia cya Bella atangira kugikorakora akoreshamo agatoki.
.
Bella we arumva iyo hakonje cyane ntakintu ashaka gukora, anafite ubwiba budasanzwe mu mutima.
Umugabo aba arahagurutse maze amujya hejuru.
Bella ati” Cher  ko ntameze neza ra!
Rumio ati” ariko njye ndabishaka none ndare nabi se??
Bella ati” Nonese….
Atarasoza kuvuga Rumio ati” Uri umugore wanjye ariko siko bimeze?
Bella ati” Yego.
Rumio ati” Ndagushaka rero nk’umugore wanjye.
.
Bella aratuza, Rumio afata igitsina cye cyafashe umurego atangira kugikoza mu gitsina cy’umugore azamura amanura maze ayishyiramo atangira kumurongora cyane  ku muvuduko  n’imbaraga nyinshi cyane. Bella agataka, Rumio akagira ngo n’Umugore yamaze kugira mood naho kumbe arimo kubabara.
Bella ati” Cher basi gira gake. Genda gake.
.
Ibyo avuga Rumio ntabyumva kuko we yageze kure. Isaha ya mbere irashira, amasaha abiri, atatu aragera Umugabo ntarangiza.
Bella ati” Warangije koko!
.
Udacikwa na Episode 2
📢 Kwamamaza

Ibihe...

Comments