logo

NEW TALENTS

Stories Group

IBANGA RY'UMUKAZANA WIRABURA S01 Ep 52

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
BANYA RY’UMUKAZANA WIRABURA
.
Episode 52
.
Twaherutse  Brigitte yakiriye  amafoto ya Gweni na Denis  ubwo yarategereje Denis ni joro.
.
Umwanditsi ni Chris nandi Ishimwe.
.
Akimara  kubona ayo mafoto Denis arikumwe  ns Gweni agwa  mu kantu arikanga  cyane kandi aheruka atanga amabwiriza  ngo Gweni yicwe. Arasakuza  cyane avuga ati” Ko wowe nzi ko wapfuye ni gute umuzimu wawe wongey kugaragara?  Arasakuza  cyane n’abandi bari mu nzu barabyumva maze  buri wese aho aryamye aza yihuta  aje kureba icyo Brigitte abaye.
.
Basanga  yababaye  cyane arimo gusakuza Mama Denis aramufata ati” Brigitte tuza  utubwire  niki kibaye??
Brigitte ati” Umuhungu wawe  ntabwo ygeze ahinduka ntabwo anyitayeho nk’umugore we.
Mama Denis ati” Uravuga  ibiki ko nziko Denis mu meranye neza.
Brigitte ati” Oya.
.
Manda ati” Nyine ko utavuga n’ikihe kibazo kibaye??
Brigitte abareka amafoto  bamwoherereje.
Mama Denis ati” Ubuse  aya mafato wayizera??
Brigitte ati” Ni gute ntayizera.
Manda ati”  uyu muntu se  ninde  uguhaye ayo mafoto??
Brigitte ati” Ni inshuti  yanjye.
Manda ati” Brigitte jya witondera  inshuti ufite.
Brigitte ati” Ubwo inshuti zanjye nizo mushaka guhindura abanyabibinyoma.
Micky ati” Brigitte ntabwo wahita wizera  ayo mafoto, kubera  ko ushobora  nogusanga ayo mafoto ari aya cyera  .
.
Brigitte ati” Aya mafoto ni mashya. Uwabafotoye avuze  ko yabafotoye uyu  munsi ngo bari aha hantu   mu ishyamba.
Manda ati” Gweni ko yari yaraburiwe  irengero se  yongeye kugaragara  gute??
Brigitte ati” Ahubwo ni gte Denis yongeye gukururana nawe?
Mama Denis ati” Reka dutgereze  Denis  nibwo tuza  kuba twamenya ukuri kuzuye.
Brigitte ati” Ubu se  murabona afite gahuda  yo kuzagutaha.
.
Mama Denis ati” Brigitte mukazan wanjye gira  umutima wihangana  utegereze  mpaka atashye tuze kumenya ukuri
Brigitte ati” Ubuse  ndategereza  kugeza ryari??
Mama Denis ati” wowe  ryama naba atashye tramubona.
.
Brigitte yicara  kugitanda  biramucanze.
Mama Denis ati” Brigitte  jya mu buriri uryame.
Brigite ati” Sinzi ko nabasha kuryama.
Mama ati” Wowe  ba wirambitse.
.
Mama Denis akomeza kumwinginga mpaka  yemera  kujya mu buriri araryama. Amaze  kuryama  bava mu cyumba cye  bagenda baganira.
Mama Denis ati” Uriya murozi arongeye agarutse  mu buzima bw’abana banjye. Ubu ndakora  iki??
Manda ati” Ahubwo se  ni gute Denis yongeye kuba yakururana  nuriya ukobwa  kandi  yarashatse afite umugore?
Mama Denis ati”  Uriya mwana agiye kongera  kuvanga ibintu kand byari bimaze  kuba byiza.
.
Tuze mu ishyamba mu rukerera  rwa mugitondo, Gweni  afuguye amaso asanga bwacyeye  arebye abona  Denis yabyutse  kare. Nawe arabyuka ava mu nzu ageze  hanze asanga Denis amaze  gutegura  breakfaste. Gweni araseka.
Denis aramureba ati” Koko ijamborya mbere  umbwiye n’ukunseka??
Gweni ati” Ntabwo nkusetse  ahuwo ndanezerewe  cyane kubera ko ikigaragara umeze  kwiga byinshi.
Gweni amugeraho barahoberana.
Deis ati” Wagize  ijoro ryiza  se??
Gweni ati” Cyane.
Denis ati” None…
Gweni araseka ati” Kandi ubwo  urashaka ngo nawe  nkubaze.
Denis ati” Cyane rwose.
Gweni ati” Ndakubajije.
Denis ati” Ryabaye ryiza  cyane. Ntakiza  kibaho nko kurara  hafi y’uwo ukunda.
.
Tuze  mu rugo kwa Denis Brigitte abyutse asakuza avuga ko Denis yaraya adatashye. Abandi  nabo barikanga ntabwo bumva ukuntu bishoboka.
Brgitte  yarakaye  cyane.
.
Mama Denis afata telephoe ahamagara Denis asanga Telephone ye ni Compose.
.
Tugaruke mu ishyamba barimo kwifatira  breakfaste bamze  neza baseka.
Denis ati” Kuva nabana na Brigitte nagihe kimze  gutya ngo numve ngwe  neza ntekanye gutya.
Gweni ati” Honey ….nako Denis.
Denis ati” Oya cher  komeza  gutyo …
Gweni araseka ati” uyu munsi ndajya mu kazi ntabwo nakomeza  gutererana  Eliya.
Denis ati” Nibyo.
Gweni ati” Kandi nawe singombwa ko uza kwishyira  mu bibazo.
Denis ati” Yego, kandi aka kanya twamaranye  kabaye igihe kidasanzwe. Gweni I love you.
Gweni ati” I loe you too.
Denis ati” Wowe  ntegereza wihanganye sibyo??
Gweni ati”Yego
.
Bidatinze  bavuye aho Gweni agaruka mu kazi, Denis nawe arataha ageze  mu rugo asanga bose  baribamutegereje. Brigitte  ahita  amwereka amafoto babafotoye.
.
Udacikwa  na Episode ya 53

Comments