Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Twaherutse Kanazi na Faruma babwira Razari kujya kubereka aho Isugi iba.
.
.
Faruma na Kanazi bakomeje guhatiriza Razari ngo ajye kubereka aho Isugi iba.
Razari ati” Ariko m mwe njye kubereka aho atuye ngo mu bimaze ikji???
Kanazi ati” Ibyo turabimaze ntabwo bikureba sha.
Razari ati” Ntabwo bindeba! Abasaza nkamwe kuki mushishikajwe nuriya mukobwa.
Faruma ati” Kubera ko ashishikaje.
Kanazi afata Razari ati” Jya imbere ujye kuhatwereka se gora vuba.
Razari ati” Ariko papa nubwo mpavuye ntabwo mbibuka.
Kanazi ati” Ntabwo uhibuka se gute. Twagiye reka amagambo.
.
Razari ajya imbere barashorera.
.
Tuze mu rugo kwa Lania General arikumwe na Malani ndetse mama Lania barimo kuvuga ku bbasirikare bsihwe barindaga aho mu rugo bishwe n’imyambi.
Malani ati” Nonese uwo muntu waba wabicishije imyambi ninde?/
General atti” Natwe turimo gukora iperereza.
Malani ati”Mugire vuba nyine mushake uwo mwicanyi.
Mama Lani ati” Ariko ntabwo bisanzwe muri iki kinyejana, haracyabaho imyambi?? Uwo ninde wishe abarinzi bacu akoresheje imyambi.
General ati”Ntawe byaducanze. Ariko tugomba kubona uwo mwicanyi.
.
Lania kuva yabura Razari asigaye aba mu cyumba gusa ntarya , ntanywa.
Yumva hari abavugana muri Saro maze ava mu cyumba.
.
Malani ati” General ubwire umukobwa wanjye ko ako gasore kapfuye.
General ati” Yego
Mama Lania ati” mugomba no kugahiga byanyabyo mukakica.
.
Lania aba ageze muri Saro.
Areba ababyeyi be nabo baramureba.
Mama Lania ati” Oooh Lania mukobwa wanjye nyuma na nyuma uvuye mu cyumba.
Lania arabareba gusa maze areba General ati” General Razari koko mwaba mwaramwishe??
General ati” Yashatse kurwanya inzego z’umutekano aricwa. Ubundi ntabwo twagombaga kumwica twaridushaka kumwihangiriza gusa ariko yanze kumva we ahitamo kugwana.
Lania ati” Murabeshya.
General ati” Ntampamvu yo kubeshya yarapfuye.
.
Lania byaramubabaje cyane ahita asubira mu cyumba.
.
Tugaruke karitsiye Kanazi, Faruma na Razari bageze kwishyamba.
Kanazi ati” None niri shyamba atahamo??
Razari ati” Yego.
Faruma ati”Nyine ujyemo utwereke inzira.
Razari ati” Ese ndababwira kangahe ko ntahibuka.
Kanazi ati” Tugende sha.
.
Binjira ishamba. Razari arabajyana agenda ashakisha inzira baba banyuze araheba ntabwo ayibuka rwose. Abagabo arabazengurutsa Babura aho Isugi ituye.
Kanazi ati” Wangegera we reba uburyo watuzengurikije ishamba.
Razari ati” Ariko mbere yuko tuza nababwiye ko ntapfa kunenya ngo nihe.
Kanazi ati” Wa mujyinga we kuki utahafashe mu mutwe.
Razari ati” Ubu mu ishyamba umuntu yanenya amekerekezo gute??
Kanaziati” Umnuswa gusa.
.
Tugaruke mu rugo kwa Lania
Mama we amusanze mu cyumba.
Lania ati” Mama wagiye ko ntashaka kuvugana nawe.
Mama lania ati”Mwan wanjye wikomeza kwiyica gutya.
Lania ati” Urino gutakaza unwanya wawe kuko sindimo kukumva.
Mama Lania ati” Reka gufunga umutwe wa kana we.
Lania ati” Ariko reka nkubaze mama! Ubundi abakire mufite imbaraga zingana iki zo gucira abakene imanza?? Ubwo bubasha mwabuhawe nande??
Mama Lania ati”Nawe ducira urubanza . ariko abantu batareshya baba batereshya. Ntanubwo biba byashoboka ko baba hamwe.
Lania ati”Ubwo ni ubwikunde.
Mama Lania ati” Wa mwana we hari icyo utazi ariko uzakimenya.
.
Twigarukire ikaritsiye. Razari nyuma yo kuzengrutsa papa we na Faruima ishymba ryose nubundi bakarivamo batabashije kubona icyari kibajyanye baragarutse.
Razari ahita aza kwirebera Emo mushuti we asanga arikumwe na mushije we Mujide.
Emo abonye Razari aramuhobera cyane Mujide arabaeraba.
Mujide ati” Esse mwe bite byanyu ko muhoberana nk’abagore??
Emo ati” Numvaga ko wabaye akarambo
Razari ati” nubundi habuze gato kuko bapfatiyeho imbunda. Habura gato ngo bandase natabawe na wa Mukobwa.
Mujide ati” Lania se??
Razari ati”Oya. Isugi.
Emo na Mujide bagwa mu kantu.
Emo ati” Ejo twabonye amakuru y’Abasirikare bishwe n’imyambi.
Razari ati” abo nibo bishwe n’Isugi yabarashye imyambi ye.
Mujide ati” Umukobwa wo mu bitabo niwe wagutabaye??
Razari ati” Ahubwo nje hano mvuye iwe. Mu ishyamba aho aba.
Emo na Mujide batratangara.
.
Tuze mu kabari Faruma na Kanazi nyuma yuko bagiye bakabura Isusgi bahise biyizira mu kabari.
Faruna arimo kureba Kanazi maze agaseka.
Kanazi aramueba ati” Urimo guseka ibii niki gihari hano gisekeje.
Faruma ati” Ibaze ko umwana wawe agutanze gufata kuru uriya Mukobwa.
Kanazi ati” Nzamubona sha.
Faruma ati” Cyangwa ruriya rwana rwawe rwatuyobeje rubishaka.
.
Tuze kwa Lania. Daria a Ketia baje kureba uko ameze.
Daria ati” Nonese komo baramwihse??
Lania ati” Ababyeyi bacu baba bari serie..
Ketia ati” Buriya se wabyizeye gutyo gusa.
Lania abitekerezaho ati” Ariko kuki nabyizeye gutya??
Daria ati” Ariko bamwishe buriya. Ababyeyi bacu bariyumva cyane kubera amafanga bafite baba bumva bamze nk’Imana zifata ibyemezo kubakene.
Lania ati” Ngomba gushaka uko mva hano nkajya kureba niba koko Razari yarapfuye.
.
Tuze mu kabari mu masaha y’ijoro. Kanazi na Faruma baracyari mu kabari. Barimo kunywa hari umusore urimo kubareba cyane. Nawe araho arimo kunya.
Hashize akanya arabegera maze ahitamo inzoga.
Kanazi ari”Urakoze kudutamo.
Umusore ati” Nitwa Jules. Hari nkuru maze iminsi numva muvuga y’Umukobwa w’isugi y’Ishyamba. Ese koko mwaramubonye arahari byanyabyo.
Kanazi ati” Yego. Ndetse aziranye n’umuhungu wanjye bihagije.
.
Tugaruke kwa Lania mu masaha y’ijoro. Buri wese uba muri urwo rugo araryamye arasinziriye. Gabo ariko we ntabwo asinziriye arimo gukina game kuri telephone ya Lania yayimwibye.
.
Hashize umwanya yumva ananiwe gukina arabyuka ava mu cyumba cye ashyiriye mushiki we telephone ye.
Arimo atambuka mu nzu Yumva ikintu kiguye hasi muri stock maze agenda ahagna. Ahageze abona umryango urafunguye ahengerezamo abona ni Isugi irimo irimo gufata ibintu ishyira mu mufuka.
Isugi nawe ahindukiye abona Gabo.
Gabo ahita yinjiramo . Isugi itekereza ko Gabo agiye guhita azakuza akarabura. Agiye kugaha gasopo ngo gaceceke abona ahubwo akana gafunzeho maze karamwegera, kamugezeho kamutambukaho kaza ku kandi kabati Isugi atigeze arebamo.
Gabo afungura ako kabati.
Isugi ireba.
Gabo ati” Na hano uze gufataho ntakibazo.
Isugi ireba ako kanaaaa..
.
Udacikwa na Episode 10
Comments