Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IYOBERA MU GITANDA CYANJYE
.
Episode 15.
.
Twaherutse Rumio na Bella batandukana bagiye kujya barara ku bitanda bitandukanye.
.
Writer Chris nandi Ishimwe.
.
Bella yaraye wenyine ku gitanda cye muri icyo gitondo akangurwa na telephoe isona. Shella niwe urimo guhamagara. Bella yitaba telephone.
Shella ati” Billa bite.
Bella ati” Ni sawa.
Shella ati” Aya masaha warukiryamye??
Bella ati” Sinzi uko byanze nisanga naryamiriye. .
.
Gusa Bella yumva Shella arimo kuvugana Moral nyeya ati” Shella ko numva nta moral ufite.
Shella ati” Ndi ku kazi byabaye bibi.
Bella arikanga ahita abyuka ati” Ku kazi habaye iki??
Shella at” Twirukanwe.
Bella agwa mu kantu ati” Twirukanwe?
.
Telephone iba ivuyeho ataramusobanurira neza. Bella ava mu gitanda ako kanya yumva ukomanga ku rugo rw’icyumba.
Bella ati’ Seffa ni wowe.
Rumio ati”Ni njyewe.
.
Bella aza gufungura abona Rumio ati” Waramutse??
Rumio ahita amufata aramusoma undi aramwiyaka. Rumio arongera aramufata kumbaraga, batangira gushwana.
Bella ati” Niki ariko urashaka iki?
Rumio ati” Ndugushaka uri Umugore wanjye
Bewlla ati” Njyewe ntabwo nshaka kubonana nawe.
Rumio ati” Wabihakana gute mugihe njye mbishaka ariko.
.
Arongera aramufata gusa asa n’uwasinzemo arimo kudandabirana. Bella aramwshikuza.
Rumio aramufata aramuniga ati” we naragushatse ukwiye kunyubaha.
.
Aramuniga cyane. Seffa aryamy yumva mama we arimo gutaka cyane arabyuka aza yihuta abona Papa we arimo kuniga Nyina.
Seffa ati” Papa rekura mam.
Rumio ntabwo yumva, Seffa ahita ajya mu gikoni azana umwuko awukubita se kumutwe agwa hasi arahwera bakeka ko apfuye barikanga.
Seffa ati” Mama nkoze ibiki??
Bella afata Seffa ati” Reka twizere ko ntacyo ababaye.
.
Seffa arunama amukozeho yumva umutima urimo gutera ati” Ntacyo abaye mama.
Bella arimo gukorora bitewe nuko bari bamujwigije.
Seffa ati” Mama wowe jye mu byawe n’ubundi nabyuka araza kwivana hano.
.
Bella ajya kwitegura vuba vuba ava mu rugo aza mu kazi kureba ibyabaye ahagaze asanga abakozi bose bari hanze abona Shella.
Bella ati” We habaye iki ko mwese muri hanze.
Shella ati” Company igiye gufunga yaguzwe n’indi none bahise batwirukana.
.
Bella ati” Nonese batwirukanye gutyo gusa.
Shella ati” Natwe nibyo turimo kuburana. Byibura wowe umugabo wawe afite company ufite aho kwerekeza twe se turajya he??
Bella ati” Urumva byashoboka ko njye gukorana n’Umugabo wanjye umeze kuriya??
.
Bidatinze barasezerewe barataha. Bella atahana na Shella mu modoka imwe bageze ahantu barahagarara.
Shella ati” Niki ko uparitse.
Bella ati”Mfite ubwoba bwo gusubira mu rugo.
Shella ati’ Kubera??
Bella ati” Nashwanye na Rumio. Umukobwa wanjye yamukubise umwuko ku mutwe.
Shella ati” Ni danger noneho. Ariko se buriya ntiyaba yagiye mu kazi.
Bella at” Si mpamya ko yavuye mu rugo.
Shella ati” Reka tujyane ntabwo aratinyuka kuba yakugirira nabi mpari.
.
Barakomezanya bagendsa baganira.
Shella ati” Urabwira Umugabo wawe ko bakwirukanye cyangwa??
Bella ati” Ubwo se naba mubwira iki??
.
Bageze mu rugo kubwo amahirwe basanga yagiye ahubwo ntawuhari. Bella arishima ati” Basi ndirirwa mfite agahenge.
Shella at’ Nkeneye kurya inyama bwira umukozi wawe.
Bella ati” Hano hari aho uhejwe wajya kumubwira??
.
Shella agiye, Bella aba yakiriye message kuri telephone arebye abona ni Umugabo we umwandikiye ngo”Bella ntakongera kurira cyangwa kwicwa n’agahinda byose birarangiye.
Bella iyo message iramucanga ati” Ngo byose birarangiye?? asobanuye iki??
.
Shella aba agarutse muri Saro abona Bella asa n’uicanganyikiwe aramubaza.
Bella ati” Reba message umugabo ampaye.
Shella nawe arayisoma, amaze kuyisoma arebana na Bella ati” Ariko se Umugabo wawe uteye kuriya niwe ujya wandika ibi??
Bella ati” Nanjye bijya bicanga kuko n’ubundi nyuma ajya abihakana.
Shella ati” Cyangwa hari undi muntu uzi uko mubanye ujya ukoresha telephone ye akaba ariwe ukwandikira.
Bella ati”Ibyo se byashoboka gute? Ninde muntu wafata telephone y’Umugabo wanjye?? yaba anahari se bwo kunyandikira akoresheje telephone y’Umugabo wanjye yaba agamije iki??
Shella ati” Wenda uwo muntu akaba yitaye ku gahinda kawe. Ariko nabyo ntabwo bisobanutse.
.
Bella arongera areba iyo message ati” Nonese ubundi ko ambwiye gutya n’ibiki avuze??
Shella ati” Nyine arongeye akubera iyobera siko Umugabo wawe ameze.
.
Bella reka nshake ikindi nambara ndaje.
.
Bella aza mu cyumba guhindura imyenda . amaze guhindura ibyo yambara ashaka inkweto zi hasi yambara nazo arafata arambara. Agiye kuva mu cyumba abona garderobe y’Umugabo we irafunguye ajya kuyifunga ariko mbere yo kuyifunga arebamo. Uko yakarebyemo hari aka box kanini yabonye aragafata areba ibirimo abona ni ya miti yongerera abagabo akabaraga mugie cya sex. Abona ni Imiti itanduanye kandi ikomeye.
.
Bella ati” Noneho ndasobanukiwe impamvu Umugabo wanjye mu burir byagendaga kuriya n’iyi miti yiyahuzaga.
.
Agaruka muri Saro areba Shella ati” Uziko Umugabo wanjye akoresha ya miti y’akanyabugabo.
Shella ati’ Ngaho! Kandi iyo miti niyo irimo gukora amabara hano hanzee.
Bella ati”Ibaze nawe kugira ngo Umugabo akumareho amasaha abiri atatu. Noneho agucukura nta mpuhwe.
Shella ati’Naho urakomeye.
Bella ati’ Niyo yamugizeho ingaruka zikomeye. Najyaga nibaza impamvu ajya atinda kurangiza. Ubundi akaza ahita ayishyiram ntakuntegura.
.
Shella ati” Iriya miti isigaye yaratwaye imitima y’abagabo.
Bella ati” Ubu ni burundu ntabwo nzongera kubonan nawe.
Shella ati” Uzayikumbura.
Bella ati”Oya narazinutswe.
Shella ati” Azongera agushuke.
Bella ati” Shella ubu ho wapi.
.
Amasaha aricuma Umukozi asoza kubategurira ibyo kurya bararya basoje Shella arataha.
Iminsi irisunika, iminsi itatu irashira yose Bella na Seffa batabona Rumio ataha. Sasa Bella atangira kwibaza iyo Umugabo yagiye. Yajya anabaza kuri Company y’Umugabo bakamubwira ko adaheruka kuhagera.
Bella biba bitangiye kumucanga.
.
Seffa ati” Mama ko utangiye guhangayikira papa cyane?
Bella ati” Ariko ni Papa wawe.
Seffa ati” Nonese ubundi kuba yabaga ahari byari bimaze iki??
Bella ati”Byibura akaba ahari gusa ntaribi. Wowe urabona kuba atari ikibazo kuba amaze iminsi itatu yose yarabze?
Saffe ati”Uriya si Umwana wabuze. Byibura numvaga ko ugiye kuba umeze neza.
.
Amasaha aricuma. Burira buracya muri icyo gitondo Bella yicuye yumva ari mu biganza by’Umuntu aramfumbaswe mu buryo bwiza buryoshye cyane. Bella yumva n’ibyiza arongera afunga amaso ngo yigumire muri uwo munyenga. Gusa hashize umwanya agaruye ubwenge yibaza uwaba amupfumbase arakanguka ahindukiye abona ni Rumio agwa mu kantu.
.
Udacikwa na Episode 16
Comments