logo

NEW TALENTS

Stories Group

IYOBERA MU GITANDA S01 Ep 14

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IYOBERA  MU GITANDA CYANJYE.
.
Episode 14.
.
Duheruka Cilne yinjirana  Rumio na Darlene asanga barimo gukora sex.
.
Writer Chris Nandi Ishimwe.
.
Rumio asaba Darlene  imbabazi ati” Umbabarire.
Darle ati” Ntakibazo, gusa kubyo uriya Mukozi wawe abonye.
Rumio ati” Ndabyitaho ntugire ikibazo.
Darlene ati” Reka mbe ngiye rero,.
.
Darlene asohoka muri Office aboa Celine ahagaze kuruhande bahuza amaso Celine ahita areba kruhande.
Darlene amaze kugenda Celine arinjira asanga Rumio afite umujinya.
.
Rumio ati” Wa kantu we I guute winjira muri office yanjye udakomanze.
Celine ati” Ariko nakomanze Boss. Nakomanze cyane numva nta muntu unsubiza ntekereza ko wasohotse maze ndinjira ngo nsige report.
Rumio ati” Uri  ikimara.
Celine afite ubwoba.
.
Rumio aramwegera aramufata ati” Wabonye iki??
Celine ati”Ntakintu nabonye.
Rumio ati” Kandi wahise usubira inyuma.
Celine akavuga ubwoba ati” Nyine navuga ko ntakintu nabonye.
.
Rumio aramufata aramuknda cyane, Celine akababara ariko agashinyiriza.
Rumio ati” Ntakintu nshaka kuzumva cy’amagambo wagiye ubunza uranyumva?
Celine ati” Yego.
.
Rumio ati” Mpereza ibyo hano  turebe.
.
Celine amuhereza iyo report  , Rumio ayirebamo maze ayirambika kumeza ye.
Rumio ati” Mva mu maso.
Celine agiye Rumio arongera aramuhagarika, Celine arahagarara.
Rumioati” Nkubwiye ngwiki??
Celine ati” Ntakintu ngomba kuvuga.
Rumio ati”Niba udashaka kuura akazi kawe.
Celine ati” Yego.
.
Celine aragenda agaruka muri Office  ye Neema aramureba ati” Bigenze gute??
Celine ati” Umu boss nkuriya aragapfa.
Nee,a ati” Oya se witukana kandi.
.
Tugaruke muri  Office ya Rubio. Arumvaatameze neza   kubera ko birangiye nabi atarangije.
Arashyuhirana muri we yumva asa nutaye umutwe. Igitsina kirimo kurya cyane yabuze amahemo.
Ahita ava aho muri Office yinjira muri toilet ye ifatanye na Office ye maze amanura ipanaro afata igitsina cye atangira kwinikisha. Arabikora bimara akanya kanini ariko kurangiza biranga. Imitsi irirega amera nabi cyane. Agaruka muri Office afata telephone ye maze ajya kuri za mbuga nkoranyambaga areba Prono kugira ngo bimufashe kwikinisha arebaho. Arabikora abona akurangiza maze ariruhutsa.
.
Tuze kurundi ruhande Bella asoje akazi arimo kubika ibintu bye arangie abona na Shella arasoje maze barasohoka.
Shella ati” Wibuke cher! Baho utongeye kwita Kumugabo wawe.
Bella ati” Rega ntabwo byoroshye niyo mwiyimye amfata ku ngufu.
Shella ati” Niyongera kuguhohotera uzamurege.
.
Barataha.
Bella aza mu cyumba cye aracyitegereza  cyaneeeee afte n’akababaro.
Ati” Wa cyumba we n’ikihe cyiza nkukesha n’ikihe cyiza nakwibukiraho??
.
Amasaha aricuma Umugabo arataha. Blla aramureba ati” Papa Saffa ndashaka kuvugana nawe.
Rumio ati”Urashaka kuvugana nanjye iki??
Bella ati”  Nkeneye akanya.
Rumio ati” Akanya kameze gute??
Bella ati”Reka  mbe mfashe icyumba cyanjye.
Rumio ati” Kubera iki??
Bella ati” Kandi nkubwiye ko nkeneye umwanya wanjye.
Rumio ati”Nyine ugiye gutandukana n’Umugabo mu buriri kubera ikihe kibazo??
.
Bella ati”Ntakubshye nsigaye numva ntakuzi.
Rumio aratangara ati” Usigaye wumva utazi Umugabo wawe??
Bella ati” Unyumve neza.
Rumio ati” Sobanura neza ikibazo ufite.
Bella ati” Nuko mbivuga ukabyita amatiku. Ariko wa Mugabo we sinzi icyo wabaye.
Rumio ati” Igiki nyine uretse amatiku yanyu y’abagore.
Bella ati”Nta rukundo rwawe nyibona. N’igihe wambereye mwiz ntabwo bimara kabiri.  Mu kubona kwacu ho byabaye bibi. Utinda kurangiza sinzi icyo wabaye. Iyo undongora uba ugira ngo urimo kurongora inyamanswa. Njyewe ntabyishimo mba numva.
.
Rumio biramurakaza ati’ Ahubwo ikibazo noneho ntacyumvise. Ntabwo umugabo wawe akikunyura.
Bella ati” Njyewe nkubwiye ibitagenda neza.
Rumio ati” Sicyo bisobanuye se??
.
Bella  yumviseh  Rumio ashatse kubigira birebire aricecekera. Rumio arawegera cyane Bella yigira inyuma, Rumio aramufata.
Rumio ati” Ahubwo ni wowe ugiye kunsobanurira sasa.Nba Umugabo wawe atakikunyura ni ande basigaye bakunyura.
Bella ati” Ntabo.
Rumio ati” Ndakubaza uwo wasimbuye Umugabo wawe  kuburyo ntakikunyura kugeza ubwo  ushaka ko turara kuburiri butandukanye.
Bella ati” Ntabo.
.
Rumio aramufata cyane aramukanga ati” Barahari. Ninde nshaka kumenya izina rye.
Bella ati’ Ntawe ariko.
.
Rumio arasara cyane ati” Umwe wakoherereje iriya tasi niwe usigaye akunyura??
Bella arikanga ati”Uwuhe wanyohereje itasi??
Rumio ati” Uwakoherereje iriya tasi.
Bella ati” Kandi itasi ari wowe wayohereje.
Rumio ati”Njyewe se nari kukoherereza  itasi, Miliyoni y’amatasi ari muri  iyi nzu ntabwo ahagije??
.
Bella sasa arikaga biranamucanga cyane . areba Rumioati” Ese cher itasi ntabwo ari wowe wayohereje.
Rumio ati” Wikomeza kumaza ubusa ahubwo ndakubaza uwo muntu ninde?
Bella ati” Njye ariko umuntu umbaza sinzi uwo ariwe. Ahubwo wowe uri Sure kubyo urimo kuvuga. Koko Itasi ntabwo ari wowe wayinyoherereje??
.
Rumio yifata ku mutwe yishakamo gutuza maze areba Bella ati” Uko ubishaka ngaho genda mu cyumba cyawe.
Bella ati” Cher suko nshaka gutandukana nawe. Ariko nshaka kubanga gucanganyikirwa nshyirwamo nawe.
Rumio ati” Genda. Abagore mutizera Abagore batizera abagabo  niko mu mera murahuzagurika cyane ubwenge bwanyu bugatakara.
.
Bella arumva.
Rumio ati”Njyewe nzi neza ko ntakibi mba nagukoreye. Ubwo niba utagikeney kurara hamwe n’Umugabo wawe  genda ntakibazo.
.
Bella nanone bitewe nuko akunda Rumio cyane akumva ntabwo yakomeza icyemezo yarafashe.
Yitegereza Umugabo ati” Ese Cher basi ntabwo byagukundira ko waguma uko warumeze.
Rumio ati’ Uko narimeze gute se?? njyewe mpora ndi Rumio Umugabo wawe uzi. Ibyo uba umbwira ngo mfite impande zingahe, umuntu agira impande zingahe. Genda wowe mva imbere.
Bella atangira kurira ati” Basi bea wakwihangana ukanyumva?
.
Rumio arahaguruka aramufata aramusunika ati”Genda sibyo ushaka genda ufate uwo mwanya wawe.
Aramusunika amukura mu cyumba. Bella aza mu kindi  cyumba arimo kurira. Yicara kugitanda yifata mu maso.
.
Udacikwa na  Episode ya 15

Comments