logo

NEW TALENTS

Stories Group

IYOBERA MU GITANDA S01 Ep 13

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IYOBERA MU GITANDA CYANJYE
.
Episode 13
.
Duheruka Bella ababajwe n’Umugabo we ubwo yamubonaga avanye  na Darlene muri Hotel
.
Writer chris nandi Ishimwe.
.
Bella yitegereje Rumio  cyane ababaye ati” Rumio.
Rumio  ati” Wagiye mu kazi ubundi??
Bella ati” Mbwiza ukuri.
Rumio ati “ Nkubwire ukuhe kuri??
Bella ati” Mu byukuri ufite impande zingahe cyangwa urimo abantu bangahe?
Rumio ati”  Rero ibibazo byawe bisigaye bintesha umutwe.  Jya mu modoka ujye mu kazi kawe.
.
Rumio arakata ngo yigendere, Bella aracyhagaze hamwe amureba. Rumio ataragera kure yinjira Bella aba arongeye aramuvugisha ati” Ese  ejo ubwo wambwiraga ngo amaso yanjye arebe n’Umutima wanjye ukugumeho nibi washaka ko mbona
Rumio yumvishe ayo magambo arahagarara arahindukira aramureba maze agaruka imbere ye
Rumio ati” Ayo magambo nayakubwiriye he
Bella ati” Niko usanzwe.
Rumio ati” Siko nsanzwe. Ariko ubundi ufite ikihe kibazo?? nirihe kosa nagukoreye??
Bella azunguza umutwe ati” Koko ntakosa wankoreye.
Rumio ati” Ngaho njya mu kazi rero. Ahubwo kuki umpoza kunyecye y’ibibazo??
.
Rumio amuta aho hanze yinjirira mu kazi. Bella amara akanya ahagaze aho, hashize umwanya nawe ajya mu modoka aragenda.
.
Inzira yose agenda ibitekerezo ari byinshi muri we. Agera ku kazi yabaye nka zezenge  atari hano hafi ntanimbaraga afite. Shella amubonye ahita aza kumufata.
Shella ati” Mugore ko uje mu kazi wanegekaye nanone??
Bella ati” Ce.
.
Shella amugeza aho akorera aramwicaza Bella yubika umutwe kumeza. Shella aba amuhaye akanya.
.
Kurundi ruhande muri Office ya Rumio asanze Darlene yegamiye kumeza ye.
Rumio ati” Wihangane natinze.
Darlene  ati” Ntakibazo.
.
Rumio ahita amuterura amiwcaza kumeza  barimo baseka.
Rumio ati” Cyakora ndakwishimira cyane.
Darlene avuga arimo gukorakora mu bwanwa bwe ati” Nanjye nuko.
Rumio ati” Niri joro wambereye mwiza cyane.
Darlene ati” Byari sawa nubwo byari bigoye.
Rumio ati” Wageze aho ubirambirwa se??
Darlene ati” Oyaaaa, n’ubundi njyewe nishimira umugabo umara umwanya munini. Wowe rero umara uhagije.
Rumio ati” Njyewe niko meze ndacyafite potential
Darlene araseka.

Rumio ati” Ubuse ndakora we.
Darlene ati” Ngiye kuva hano ubone uko ukora.
.
Tuze mu kazi kwa Bella. Shella abonye Bella asa n’uwaruhutsemo aza hafi ye akurura agetebe aricara.
Bella ati”Shella maze kunanirwa noneho. Mze nkagapupe imbere y’Umugabo wanjye.
Shella ati” Ndakumva ariko se wakora iki??
Bella ati” Simbizi kuko gusobanukirwa Umugabo wanjye biragoye. Ndumva nafata igihe nkaba ndi njyenyine.
Shella ati”Bella urashaka gusenya se??
Bella ati” Nonese ubundi wavuga ko nubatse uruhe rugo.
Shella ati” Ariko ubundi Umugabo wawe arimo impande zingahe? Mu mwanya umwe aba ari Umugabo wakwifuzwa na buri wese mu kandi kanya akaba ahindutse ikibi  kica  nabi.
Bella ati”Njyewe nibyo ntashaka byo kubaho nyinwa nka gapupe.
Shella ati” Umva rero umuti. Ifate ntiwongere guha Umwanya Umugabo wawe. Wowe ube  mu rugo witurize gusa wakire ko Umugao ari uriya wirere Umwana wawe.
.
Bella ati” Nuko bugomba kugenda. Ikibazo nkunda umugabo wanjye cyane. Iyo anyegereye neza yagize urukundo   kuri njye aganza amarangamutima wanjye ntabwo mba nkibashije guhakana. Simba nkinatekereza ko mu kandi kanya araba ahindutse abaye undi muntu. Amatwi yanjye aba yakira amagambo ye aryohereye ntabe akibashije kwibuka ko mu kandi kanya aza  gutesha agaciro ayo magambo yavugaga, avuga ko atariwe wayavuze.
Shella ati” Iga gukomera rero no kwifata. N’ibitaba ibyo uzangirika cyane. Abagore benshi niko tubayeho mu ngo zacu.  Twese duhitamo gufunga umutima no kwihangana.
.
Bella ati” Uko kwihanga umuntu aba azazirika Umutima kugeza ryari?
.
Tuze muri company kwa Rumio.
.
Celine  ni Secretary Manager wa Company afite impapuro mu ntoki  ahagaze mur office afite ubwoba.
Neemma   bakorana yinjiye abona Celine arimo gutitira maze araseka.
Neema ati’ We wabaye iki??
Celine ati” Ngiye guytanga raporo kwa Boss.
Neema ati” Karabaye wa munsi mubi ugiye kuba kuri wowe.
Celine ati” Uyu munsi wa raporo ndawanga rwose.
Neema ati” Nyine shinyiriza ugende.
Celine ati” Sha nuko umuntu aba ashaka akazi ariko ntakibi nabonye kibaho nko kugira Boss nkuyu udahuza n’abakozi. Twese no gukora dushya ubwoba.
Neema ati” None akazi ko kabaye danger hanze aha.
.
Kurundi ruhande muri Office ya Rumio aracyarikumwe na Darlene. Gusa Rumio arimo gukora naho Darlene yariyicaye mu ntebe ziri  kuruhande yakiriramo abashitsi hari ibyo arimo gusoma. Asoje gusoma arahaguruka.
Darlene ati” Rumi  noneho nagenda.
.
Rumio nawe aba arahagurutse aza amusanga ati”Numvaga utagenda.
Darlene araseka ati” Igihe cyanjye cyose ubwo naba nemeje ko kiba icya hano.
Rumio ati” Ese ubundi wazaje muri Companye yanjye wafata akazi kose ushaka.
Darlene ati” Sure.
Rumio at” Ndi Umugabo iyo mvuze mba mvuze.
.
Darlene ati” Wawoooo.
.
Ahita amuhibera barasomana. Rumio aramufata cyane bafatiraho agenda amukabakaba.
Darlene ati” Ko wagira ngo…..
Rumio ati” Yego niko bimeze.
Darlene ati” Uko ubishaka ikibazo hano.
Rumio ati” Aha ni muri office yanjye ntaribi.
Darlene ati” Ok.
.
Barasomana maze Rumio aba aramuteruye amwicaza kumeza  azamura mini ya Darlene afata agakariso ke agahubuzamo  maze nawe afungura ipantaro ye ayikuramo yegera Darlene cyane. Darlene amufata mu bitugu Rumio nawe arayicomeka batangira kurongorana.
.
Uwo mwanya Caline aba arinjiye ntabwo hari hafunze abona hahiye arikanga  apfuka amaso ahita akata asubira inyuma ba Rumio nabo baramwikanga  Rumio ahita ayikuramo.
Darlene ahita ava kumeza ati” Narinakubwiye.
Rumio ati” Sorry nibagiwe gufunga.
Darlene arambara.
Rumio ati”Ntube undakariye.
.
Udacikwa na Episode ya 14

Comments