Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IBANGA RY’UMUKAZANA WIRABURA
.
Episode 62
.
Twaherutse, Gweni atamaje Brigitte n’umuryango we burundu amabi yabo yose ayashize ahabona.
.
Umwanditsi ni Chris nandi Ishimwe.
.
Ibyo Gweni akoze bose byarabarenze, Denis biramurenga cyane kwihanga biranga ahita afata Gweni aramuhobera aramusoma bose bareba. Hashize akanya babona bose barimo kubareba maze bahita barekurena.
.
Denis ati” Urakoze cyane.
Gweni ati” Denis ntakibazo.
.
Gweni areba abagize umuryango wa Denis ati” Ntabwo mwankunze kandi sikibazo rwose kuba mutarankunze ariko njye narabakunze ntabwo narikwemera ko abo nkunda barengana cyagwa bangirizwa n’Umugizi wa nabi ndeba. So Imana ishimwe ko ibyi nakze basi hari icyo bigiye gutanga mugire umunsi mwiza.
.
Denis aramufata ati” Nonese ugiye he??
Gweni ati” Denis mfite akazi ko gukora.
Auntie Manda ati” Gweni ntabwo wahta ugenda. Basi marana natwe agahe ugushimire.
Gweni areba Manda ati” Manda ntanakimwe nakoze kugira ngo kire icyo mpabwa. Kand niyo nakwemera kugira icyo mfata ntabwo nafata icyo mpwe namwe.
.
Gweni ahitaasohoka aragenda. Denis aramukurikira.
Jennifr areba Mama Denis ati” Mama Deni ubu niki utabonye??
.
Gweni ageze hanze abona Denis yamukurikiye arimo kumuhamagara ngo areke bavugane.
Gweni arahagarara Denis amugeraho.
Denis ati” Bite byakugendekeyee gute??
Gweni ati” Niki ushaka kumenya Denis??
Denis ati” kuki wagiye ukansiga??
Gweni ati” Ntabwo nagusize Denis. Ario naombaga kujya gushaka aho mpera nanjye. Kubwo amahirwe Imana yangiriye neza impa umugisha wanjye ubu mfite akazi nanjye ndabasha gukora.
.
Denis ati” Nonese ko ugenda nkaho ibyacu bitagihari.
Gweni ati” Utekereza ko hari ikizagwisha ibyacu se??
Denis ati” Nyine muri aka kanya twakamaranye Umwanya.
Gweni ati” Ndagutimiye iwanjye uzaze tuganire.
.
Gweni yinjira mu modoka ku kazi iwabo baramutwara.
.
Hadaiye akanya RIB ihita igera aho ku kazi bafata Brigitre, Musaza we , Papa we barabajyana.
Abandi nabo afata imodoka bataha mu rugo.
Ikiri mu mutwe wa buri wese ni’ibyo Gweni yakoze uburyo yatabaye Company yabo.
.
Bagera mu rugo bahutira guhita bajya guha apa Denis umuti Gweni yabahaye.
.
Micky na Manda bicaye muri Saro
Micky ati” Njyewe nubu ndimo kwibaza niba uriya ari Gweni??
Manda ati “ Twese yadutunguye cyane. Ariko kuva na mbere byaragaragara ko uriya mukobwa arenze nubwo twamupingaga.
Mama Denis avuye Papa Denis umuti.
.
Nawe aricara aho.
Micky ati” Gweni.
Manda ati” Nawe urimo kuvuga Gweni.
Mama Deni ati” Gweni yabaye Gweni hano mu rugo rwacu. Ariko ubu noneho yagarutse ari Gweni wundi.
.
Jennifer yari yagiye mu bwiherero. Nawe aba araje ati” Ariko nari narababwiye. Ubundi amaso yacu areba he kuburyo tutajyadupfa kumenya umuntu’ w’ingenzi??
Micky ati” cyakra yaracyeye pe.
Manda ati” Yrasa neza pe! Birenze.
Mama Denis ati” Nanjye numiwe.
Micky ati” Igikara cye cyiza gicyeye cyane asa neza.
Manda ati” Ntagikabyoe pe. Kubwiza bwe orginal atashakiye mu birungo.
.
Denis aba arinjiye aza kwicarana nabo.
Mama Denis ati” Denis utubabarire.
Denis ati” Mama nababariye.
Manda ati” gutyo gusa.
Denis ati” Murashaka ko mbabarira gute?
Mama Denis ati” Ubu noneho wabana n’Umugore ushaka.
Denis ati” Natekereje ko mwamaze no gutegura Umukobwa warigusimbura Brigite//
Mama Denis ati” Nawe utangiye kubikabya cyane. Ahubwo ibya Gweni bimeze gute??
Denis ati” Gweni afite umugabo.
Bose barikanga birababaza cyane. Denis arabibona ati” Niki se ko kandi bibabaje??
Jennifer ati” Yrashatse kandi yavugaga ko ibyo yakozeyarwanira urukundo rwe??
Denis ati” Yego ku nkunda ntabwo byigeze bishira muri we kimwe nuk nanjye nabagana na Brigite kandi nkunda Gweni.
.
Mama Denis arababara cyane ati” Mbega amakuru mabi.
Denis ati” Njyewe ndibaza ubundi kubera iki kuba yarashatse afite Umugabo biabaje kandi mutamushaka.
Manda ati” Denis ntabwo twamushakaga icyo gihe.
Denis ati” Mukorwe n’amsoni. Mbere mwabonaga ataba Umukazana wanyu none ubu agze icyo akoze nibwo mubonye ko yaba Umukazana. Mujye mureka uburyarya.
Mama Denis ati” Denis ntabwo turi indayarya ahubwo mbere twari mu mwijima.
Denis ati” Ubwo nuko byagenze nyine mwarampamije.
.
Denis arahaguruka arigendera. Micky nawe ava aho ajya kuvugana na Mia.Mama Denis asigara aganira na Jennifer.
Mama Denis ati” Ni gute nabaye umubyeyi utareba koko.
Jennifer ati” Ni bimwe nyine Gweni yabaga avuga ngo amafaranga atugira ibigoryi tukaba abakoroni bayo. Akadutera ubwibone akatugira ibimara bitabasha gutekereza neza mu buryo bwa ki muntu.
Mama Denis ati” Uriya mukobwa yarafite ibanga ry’Ubwenge kuva mbere hose ariko ntabwo twigeze tumuha amahirwe.
.
Igihe kiricuma.
Papa Denis arakira arongera aba muzima aba muryerye. Bamubarirye inkuru y’uuntu byose byagenze.
Brigitte n’umuryango we nabo baje guhamwa n’icyaha cy’ubujurwa bwapanzwe n’ubwicanyi.
Urukiko runatesha agaciro ibyo Brigitte yari yaheshejwe nitegeko nyuma yo gusaga ko byari agapangu katuguwe kuva mbere hose.
.
Haciye iminsi itanu, Gweni yibereye mu rugo iwe abona Mama Denis ageze iwe aje kumureba.
.
Udacikwa na Episode ya 63
Comments