logo

NEW TALENTS

Stories Group

AMAHITAMO Y'UMWAMI GISA EPISODE 15

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Twaherutse Bambi na Solla barimo bahoberena maze ubwo Umwamikazi yatambukaga arababona arahaarara arabareba.
.
Inkuru ya Chris Nandi Ishimwe.
.
Umwamikazi yahagaze arabiteereza cyane abibazaho ati” Uriya mukobwa aremwe ate?
Ryera ati” Niko buri wese ufite icyo agamije amera.
.
Umwamikazi arakomeza aragenda.
Sola arebana Bambi ibyishimo byinshi amufata mu maso ati” Narinzi ko uribupfe
Bambi ati” Ntago byaribube.
Sola ati” Nshimye imana zumvise gutaka kwanjye. Nibazaga ubuzima bwanjye uko bugiye kumera iyo bakwica..
Bambi ati” wakoze kunsengera .
.
Tuze mu ngoro y’Umwami aricaye arimo kunywa inzoga. Umwamikazi aba arinjiye. 
Umwami ati” Uriya mukobwa akomeje kunyemeza.
Umwamikazi ati” ariko kuki uriya mukobwa utamubonamo ikibazo?
Umwami ati” Njyewe ntakibazo mubonamo ahubwo afite impano y’umumaro.
Umwamikazi biramukaraza ati” Ariko nuko utabize indaryarya z’ifite icyo zishaka zigira ubwenge bwinshi. Ushatse wakwitondera uriya mukobwa.
.
Kurundi ruhande muri gereza Ntare ntago yumva ukuntu yafunzwearimo gusakuza avuga ko bagomba kumufungura.
Gaju uhamaze igihe akamuseka,arangije aza hafi ye ati” Narinzi ko mwe muri ibitabashwa mdashobora kuza ahantu nkaha?
Ntare ati” Byose bitewe n’indaya imwe 
Gajue ati”Iyihe ndaya?
Ntare ati”Ni urukobwa rushya twaje dusanga inaha.
Gaju ati”ubwo Bambi.
Ntare ati”Nuko cyitwa.
Gaju ati” Icyo gikobwa niyo mpamvu nanjye ndi aha.
Ntare ati” Nawe se mwagiranye ibibazo?
Gaju ati” Bikomeye cyane. sinzi uko cyaje sinzi n’imbaraga gikoresha zituma abantu bose bacyumva bakajya mu ruhande rwacyo.
Ntare ati” Ahari n’ikirozi. Ibaze ko Umwami yacyumviye ijwi ryanjye ntiryumvikane.
.
Gaju ati” Ndumva njye nawe duhuje umwanzi.
Ntare ati” Nimva hari akantu ngomba gukora.
Gaju ati” Niba nawe uri igikomangoma ntago watinda hano. Ejo njyewe bazanyohereza hanze iyo mu mirima kujya gukora imirimo ya gahato. Kandi byose byazanwe na kiriya gikobwa.
Ntare ati” Ngwiki?
Gaju ati”Niko bimeze da!
Ntare ati” Vuba nzagitamaza nzagaragaza ayo marozi yacyo.
.
Tuze mu nzu y’Igikomangoma Gisa mu masaha y’Ijoro. Bambi akizaniye ibyo kurya asanga kirmo kwambara imyenda y’ijoro. cyambaye hasi ariko hejuru ni ubusa. Bambi arakireba cyane.Gisa aramureba abona Bambi arimo kumureba cyane atekereza ko yarangariye amatuza ye maza aza imbere ye kuyamurata.
Bambi ashyira ibiryo kumeza arangije aramureba ati” Gisa mvana amatuza imbere kuko njyewe sinshiturwa n’umubiri w’inyama n’amaraso.
Gisa ahita amufata ati” Ariko se mubyukuri ukunda iki? Niki kintu gishobora gutwara amarangamutima yawe.
Bambi amureba mu maso ati” Ushaka ko nyikubwira
Gisa ati”Yego.
Bambi ati” Ibyishimo byanjye n’amahoro yanjye nibyo bitwara amarangamutima yanjye
Gisa ati” Gute biracanze.
Bambi araseka ati” Rimwe uzacanguka
Gisa araseka ati’ Biranshimisha kukubona useka.
Bambi ati” Cyo hoshi genda. Jya kwambara uze urye.
.
Gisa ajya kwambara hejuru maze aza kumeza aricara, Bambi aramureba ati” irya njye ndagiye.
Gisa ati” Oya Bambi guhera uyu munsi tugiye kujya dusangirira kumeza amwe.
Bambi arabiseka ati: Kubera iki
Gisa ati” Kubera ko aribyo nshaka.
Bambi ati”Njye sinabikora.
Gisa ati” N’Itegeko nkuhaye noneho.
Bambi araseka ati” Umva harya y’amategeko yanyu nanga. Kuki mudashobora kumvisha umuntu binyuze mu buryo bwiza bw’ibiganiro.
Gisa ati”Iyo nzira nawe wayanze ariko. Niyo mpamvu bibaye itegeko.
Bambi ati”Oya sinajya nsangira nawe kuko ntanimpamvu yo kubikora
.
Gisa aramurba ati’ Ese wagiye ureka kwikomeza.
Bambi ati” oya. Ahubwo ndagiye.
.
Tuze mu nzu y’Umwami muri ayo masaha y’ijoro. Umwamikazi avuye mu nzu agira aho ajya.
.
Tugaruke kuri Bambi na Gisaa,
Gisa ati” Wigenda niba udashaka gusangira nanjye ubwo urava hano nsoje kurya.
Bambi ati” Oyaaa ibyo bireba umugaragu wawe.
Gisa ati” Bambi wibeshye uvea ho.
.
Bambi aba agendeye icyo.
Macanda aramureba ati” Gikomangoma cyanjye ntubifate nabi ibyo ngiye kuvuga.
Gisa ati” Komeza uvuge
Macanda ati” Buriya ukuntu witwara imbere y’uriya mukobwa ntuba wicisha amazi?
Gisa amureba nabi Macanda yikangamo.
Gisa ati” Pfukama hariya.
Macanda ati”Umbabarire kuba ndengereye.
Gisa aramureba ati”Jya utuza urebe ibikureba kuko ntago usobanukiwe.
Macanda ati” Yego ndakumva nzajya ndeba ibindeba.
.
Bambi uko yagiye akubitana n’umwamikazi agenda muri iryo joro barahagarara bararebana,
Umwamikazi ati”Uvuye he?
Bambi ati”Mvuye kugaburira igikomangoma
Umwamikazi ati” Ariko ni gute uba umuja w’Igikomangoma ko nanaho byabaye mu mateka umwana wanjye wamuhaye iki?
Bambi ati “ Mwamikazi uzakomeza kungiraho ikibazo kugeza ryari. Nyamara igihe uzafungurira umutima wawe uzabasha kubona ko umpora ubusa.. nagukoze iki?
Umwamikazi ati”Sinzi. Nubwo wigira intama nziza nzi neza ko hari gahunda ufite muri ubu bwami ntazi. Gusa rimwe ndihafi kumenya ibyawe byose.
Bambi ati”Komeza rwose Mwamikazi wanjye ntacyo mfite misha.
Umwamikazi aramureba arangije arakomeza, Bambi nawe abona gukomeza ajya iyo agiye.
.
Umwamikazi yaraje mu rugo kwa Gaju asanga Mama Gaju na Papa Gaju barimaso bari bamutegereje.
Umwamikazi aricara ati”Ngaho ni mu mbwire.
Papa Gaju ati”Hari ikintu twatekereje.
.
Twiyizire kuri Bambi na Sola bari mu nzu yabo bahawe bagiye kuryama. Barimo kwiyambura imyenda.
Sola areba Bambi ati” Cyakora bambi uteye neza cyane. zino zinaha I bwami nubwo ziba zigize nkaho zirenze njye mpamya neza ko ntamukobwa inaha wakuruta.
Bambi araseka ati” oya se nawe wikabya.
.
Sola araseka maze avuga amukoraho ati” Ngaho reba aya mabere ashinze y’imitemeri reba munda hawe ukuntu hateye horoshye, reba aya mabuno atetema.
Ubwo Bambi arimo kumureba ibyo arimo.’
Sola arakomeza maze amukora no kugituba ati” Reba igituba cyawe urebe iyo mishino
Bambi ahita amukubita agashyi ati” Ziba wa runu we gabanya utugambo turyame.
.
Bajya mu buriri bararyama.
.’
Bwaracyeye.
Tuze mu ngoro y’Umwami..Umwami yicaye ku ntebe ye y’ubwami. Igikomangoma Gisa gihagaze imbere ye.
Gisa ati” Nakwitabye Data mwami wanjye.
Umwami ahaguruka ku ntebe maze aza hasi imbere ye Gisa aramureba ati” Nshaka ngo unsobamurire ikibazo gihari gituma umukobwa nkuriya wari wahisemo ahakana ko aakubera umugore maze ukituriza nawe. Cyangwa wumviye amagambo ya nyoko udakunda uriya mukobwa habe na gato?
Gisa ati”Oya Papa.
Umwami ati” None harabura iki?
Gisa ati” Ntacyabuze.
Umwami ati” waba uzi ko uriya mukobwa nabonye afite ubwenge kuruta abandi bagore bose bari muri ubu bwami uretse n’abagore n’abagabo hafi ya bose?
Gisa ati”Ndabizi.
Umwami ati”Nuba ikimara uzabura amaboko.
.
Kurundi ruhande Gaju bamukuye muri Gereza n’izindi mfungwa bagiye kubajyana gutangira kujya bakora imirimo.
Barabajyana.
 Barimo babajyana Gaju abona Bambi atambuka maze ahita ava mu bandi aza asanganira Bambi.
Gaju areba Bambi ati” Ndagiye ariko utegereze iherezo ryawe.
Bambi aramuseka ati” Uziko ubivuze ushize amanga nkaho ari wowe koko urijyena. Umva Gaju njye ndinshuti yawe niyo mpamvu ukiri muzima bataguciye igihanga. Iyo nza kuba meze nkawe nkaba nuzuye urwango ubu uba uri mu gitaka.
Gaju biramurya ati: Bivuze ngo wibara nkaho ari wowe wampaye ubuzima? Uribeshya cyane. tegereza wowe gato.
Abarinze bahita baza baramufata bamusubiza mu bandi.
Bambi aramurebaaaaa.
.
ITANGAZO.
.
Niba ushaka kubona iyi nkuru yose ni 300 gusa ibice byose bisigaye.
.
Ndayikoherereza inbox kuri Facebook inbox. CY kuri Whatsapp 0781955794
.
Udacikwa na Episode ya 16

Comments