logo

NEW TALENTS

Stories Group

DANGEROUS LOVE S03 Ep16

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.


.
MARIE 
.
Ubwo nabonaga papa yinjiye n’ibipapuro byinshi nibajije ikimuzanye hano aka kanya biranyobera Numvaga nyine ubwo urubanza rwarangiye ntaho azongera guhurira n’aba bantu none ndabona ahari bigiye gukururana kugera iteka ryose Gusa nanone uburyo yinjiyemo ntabwo bwari buteye ubwoba nabonaga afite akamwenyu ku munwa ndavuga ku mutima nti ubanza ari inkuru nziza imuzanye.

Yarabanje aradusuhuza twese nuko bamwereka aho yicara turatuza twese dutegereza kumva icyo atugezaho.

  Papa: amakuru yanyu se basore namwe nkumi?  "

Twese twamubwiye ko ari meza

Papa: rero nakomeje kwinginga no gutekereza cyane nsanga hari ibintu mwakorewe byiza ariko nanone numva ntabwo bihagije numva nifuje gusaba ikindi kintu kirenzeho .

Alex: none se papa, icyo kintu ni ikihe ko numva amatsiko ari yose?

Papa : bana banjye, ndifuza ko mwabaho mutishisha kandi mutabangamiwe. Nashimye uburyo mwese mwifuje guhindura ubuzima noneho mukareka gukora ibi bintu bitemewe. Ikindi cyanejeje ni uko uburyo mwakoragamo nubwo butari bwemewe, ariko byibuze ntabwo amafaranga mwakuragamo mwayajyanye mu iraha ngo muyishimishemo ashire ahubwo mwayashoye mu bikorwa byo kwiteza imbere ku buryo ubu buri wese yabona icyo akora ndavuga igishoro cyangwa gukomeza business mwari mwaratangije .

Cassien : usanze ari byo twavuganagaho na twe ku buryo ubu twamaze kumvikana aho buri wese azerekeza. Nzajya Kenya, Alex umukwe wanyu azajya Mozambique, Marc azajya Espagne ni  na ho ababyeyi be bari naho Rudy we azasigara hano. Ibindi dusangiye biri ahandi tuzakomeza kubicunga nkuko byari bimeze.

  Papa : ndabikunze cyane rwose ku buryo mutabyumva. Hanyuma rero inkuru nziza nari mbazaniye ni uko ubu ngubu mutarindira ngo imyaka mwakatiwe ibanze igere mube mwemerewe kuba mwasohoka igihugu, ahubwo, nemeye kubabera ingwate muri iyo myaka yose ubundi mukishyira mukizana. Ubu igihe cyose mushakira mwagenda rwose nta kibazo na kimwe kirimo  Ngo ? yemeye kuba ingwate ? numvise bindenze sinari nzi ko papa yakora ikintu kimeze gutyo pee.

  Amanda : ngo ? Ubu dushaka twabyuka twigendera cyangwa numvise nabi ?

Papa: rwose mwemerewe kugenda. Nabikoreye nko kubereka ko nubwo benshi muri mwe badafite ababyeyi cyangwa imiryango ariko ababakunda bagihari kandi burya uwakwitangira atari uwo mufitanye isano gusa. Nanone mbikoreye ubwigenge bw’akuzukuru kanjye kuko ndifuza ko azavuka mutekanye kandi mwishimye. Nanabikoreye nanone umukobwa wanjye Marie, ndashaka ko abona ko nubwo ntamwitayeho mu hahise ariko ubu ndi kumwe na we, ibihe byose .

Nahise mpaguruka ndamuhobera amarira ashoka ku matama, abasore bo bari babuze ikindi barenzaho, nuko ahava tumubwiye umunsi bazagira iwacu kumushimira ndetse ni na wo munsi Alex yifuzaga kunsaba akanankwa tukabana nka bwana na madamu.
.
    AMANDA 
.
Iryo joro naraye mu byishimo bidasanzwe kubera amakuru meza yari yisukiranyije kuri jye kandi akaba amakuru rwose numvaga ko aziye igihe  Ubwo twageraga mu buriri birumvikana twari twacitswe kuko abandi bo ku manywa hari uko bari bigenje natwe ntabwo twagombaga kuviramo aho da  Tugeze mu buriri nibwo Cassien yansabye kubanza tukoga nanjye sinamugora tujyana koga nuko tuvuyeyo tuba tugeze mu buriri.

  Cassien: amagambo ngiye kukubwira ndabizi urayita ubusazi kuko si ubwa mbere wenda ngiye kuyakubwira ariko nshaka ko azajya ahora iteka mu buzima bwawe uyibuka. Kuba ngukunda byo urabizi. Gusa nagukunze nkikubona ndetse umutima wanjye wamaze kuwufatamo icyicaro. Ni wowe mukobwa nshaka ko azaba iherezo ryanjye ryo gukunda kandi ni wowe mukobwa nifuza ko uzambera nyine w’abana nzabyara mu buzima bwanjye bwose. Ntawundi nifuza ntawundi nshaka kandi wowe umbereye byose unandutira byose.
.
✍️UMWANDITSI✍️
.
  Yamaze kumwongorera nuko amusoma ku munwa buhoro undi na we aratuza baramusoma,. Amaze kumusoma ku munwa yamanutse ku kananwa agenda asoma buhoro buhoro anamusoma ku ijosi aramanuka amusoma ku mabere arigata imoko maze aramusunika buhoro umukobwa agarama ku buriri ubwo Cassien na we aba akomeje kumusoma anamusoma ku nda ku mukondo, amanuka buhoro amusoma ku kiziba cy’inda maze arakomeza amupfukama imbere amutandukanya amaguru nuko Amanda agiye kumva yumva isonga y’ururimi igeze kuri ru**ngo, ako kanya ahita yumva ibintu bimwirukanse umubiri wose, ubundi Cassien abonye ko umukobwa yatwawe na we si ukujabagira n’isonga y’ururimi yivayo maze amarebe arayasasanura akoresheje ururimi azamura amanura akanyuzamo agasa n’urubyiringira maze Amanda atangira kuniha kubera kuryoherwa no gutwarwa, nibwo Cassien yahise yeguka aba yinjije igitsina cye buhoro buhoro, … 
.
NYUMA Y”UKWEZI 
.
Ibyo bagombaga gutunganya byose barabitunganyije uko bikwiye maze birangiye biyemeza ko abagomba kugenda bazagendera umunsi umwe nubwo bazaba batagiye hamwe Alex yabanje gusaba no gukwa Marie, mu birori biryoheye ijisho byanabereyemo gushimira Jules wabafashije bakabasha kuva muri gereza bumvaga ko bagiye kuboreramo.  Ku kibuga cy’indege basezeranyeho ari amarira gusa, icyakora nanone bari bashimishijwe no kuba badatandukanye bashwanye cyangwa se hari ugize ibibazo Catheline bakimara kumubwira ko ababariwe we yahise agurisha imitungo yose yasigiwe na nyakwigendera se aragenda ntawe uzi irengero rye, gusa yagiye abashimiye ko bamubabariye kandi abizeza ko na we agiye guhinduka  Buri wese yerekeje mu gihugu azabamo agenda ajyanye n’uwo bagomba kubana. Jules na Claire ababyeyi ba Marie bishimiye ko umwana wabo byibuze abonye umuntu babana yishimye nubwo mu kumurera bamubaye kure bigatuma atabasha kubabona hafi ye. Mama Marie yiyunze n’umukobwa we basabana imbabazi ndetse amusezeranya kujya amusura uko abashije  Ubu imiryango yabo bose ibayeho neza, yishimye kandi baracyahuza urugwiro nkuko byahoze. Ibya kera byararangiye, ubu ni abantu bashya ndetse bishimirwa n’abaturanyi  Burya urukundo nyarwo ntabwo ruhitamo uwo ukunda, wakunda icyihebe cyangwa umukarani, kandi urukundo nyarwo rwaguhindura ukaba icyaremwe gishya.  Njye Urukundo rwita Umubatizo. Ndabashimira mwise mwahisemo kwigira mu ishuri ryiza NewtalentsG, mugire ibihe byiza. Ariko se iyi Nkuru dusoje igusigiye iki? Dusagize muri comments. Inkuru zo zirahari gura nes point z'ukwezi gukurikira dukomeze twige.
.
**IHEREZO**
.

📢 Kwamamaza

Ibihe...

Comments

Manishimwe clementine: Manaweee icyambere nugushima watakoze kubwiyinkuru irimo isomo ko urukundo rujya Aho rushatse ikindi nugukunda umuntu uko Ari ikindi nukumenya gusaving mutwo ubona Imana ikomeze ikwagure nicyo nkwifurije