logo

NEW TALENTS

Stories Group

MUNSHUTI S01 Ep17

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

.
.
ubwo duherukana , twasize nely ahagaze hagati ya silive na jerime kandi bose bashaka kumufata. Ese nely arabacika cyangwa baramufata?
.
inkuru ihibwa kandi ikandikwa na navio kki dable le.
.
nely yahise ahagarara areba inyuma abona ya modoka ya jerime ikomeje kumusatira areba imbere ye abona silive nawe ari kuza amusatira nely isi yahise imwikaragiraho yumva atagiye no kugira isereri arahumiriza atagira kwibaza icyo yakora. Akiri kwibaza yumva umukoraho afuguye amaso ahita amuhobera ati: keza bite?
keza ati: akira aya mafaranga uhuge ugende utege moto nange ndagumaha njijisha.
nely ati: urakoze nukuri keza.
keza ati: witinda nyine genda turaza kuvugana nyuma.
nely ahita akuramo umupira yari yambaye awuhereza keza ahita afata ingofero keza yari yambaye arayambara atagira kwiruka ameze nkuri muri sport.
keza yakomeje guhagarara mukanya nkako guhubya silive aba amugezeho akimukoraho amureba mumaso
keza ati: hari ikibazo ngo tubafashe?
silive aramurektra ati: ahee.
atagira kwiruka akurikiye ikerekeyo nely yanyuzemo murako kanya jerime nawe aba amugeze iruhande asanga siwe nawe akurikira ikerekezo silive abonye anyuramo arakurikira.
keza nawe ntagutinda agenda akurikiye.
.
.
sasa kurundi ruhande , eddy arakicaye kuri fondasiyo yuruganda byamucanze murako kanya bossi franc aba araje amugeze iruhande ati: hari ikibazo ifite eddy?
eddy ati: nely aramamagaye.
franc ati: akubwiye ko arihe?
eddy ati: telephone ihise ivaho atarabwira aho ari, ariko tumaze kuvugana.
franc ati: rero nimba utaramenya aho aherereye njye sinkomeza kubona uruganda rudakora neza giye gusha uba umusimbuye mugiye ataraboneka.
eddy ati: ariko tumaze kuvugana ashobora kuba ari hano hafi.
franc ati: nawe yagakwiye kuba yageze aha. Ibyo rero njye sinkomeza gutegereza giye kuba nshyizeho umusimbura.
eddy ati: ariko....,
atararagiza kuvuga biju nkuwari kubumva ati: rata bossi, eddy arabeshya ntabwo bavuganye nuko gusa amukumbuye.
eddy ati: mukumbura mukumbura iki kamaze kumamagara.
biju ati: aguhamagariyehe ko nahoze kare kose nkureba?
eddy ati: aramamagaye ariko.
biju ati: waretse kubeshya, nimba umukumbuye ukavugisha ukuri.
eddy ati: ariko nukuri ara....
ataravuga franc ati: ceceka eddy gwino tujye munama dutore uba amusimbuye.
eddy agiye kuvuga biju amuvugiramo ati: rata bossi, reka mbwire abandi bakozi.
franc ati: genda ugire vuba nange giye kuba ndi mubiro.
.
franc ahita agenda biju asigarana na eddy
biju ati: yee, nge siwanze kumfata neza? Tuza rero mukanya ndaje nsimbure munshuti wawe ubundi nawe mpite nkwirukana akazi nkasigaremo genyine.
eddy umujinya uramwica aramusigira amufata mu ijosi agiye kumukubita ingumi franc aba yamubonye ati: ubwo uri mubiki eddy?
biju ati: arashaka kunkubita kuko mvugishije ukuri bossi.
franc ati: hita umurekura eddy.
eddy aramurekura umujinya uramwica biju ageze hirya akebuka eddy aramukoba.
eddy arahindukira areba hirya atagira kurira.
.
.
sasa kurundi ruhande nely yakomeje kwiruka ageraho arananirwa arahagarara uko ahagarara ninako silive na jerime bamurinyuma. Nely arihangana akomeza kwiruka agize imana abona umumotari aramuhagarika nely agiye kujyaho
silive arasakuza ati: wibeshye umuheke sha.
umumotari ngo abyumve yatsa moto ye arigendera.
nely nawe akomeza kwiruka ariko ntakabaraga atagira kugenda agwa agezeho arebye inyuma abona neza neza silive ari hafi kumugeraho nely atagira kurira arihangana arahaguruka akomeza kwandara agenda neza neza silive agiye kumukoraho hari umusore waparitse moto nely ahita ajyaho umusore ahita ahaguruka silive abirukaho ariko baramusiga.
.
.
sasa kurundi ruhande biju we tayari amaze kugoranya abakozi bose muri sare yi inama arasohoka asanga aho eddy ari kuririra aramwegera ati: ese wowe nuza ngo uze urebe aho giye kuyobora?
eddy arahindukira amureba mumaso ati: ariko uranshakaho iki biju? Wamaye amahoro byibura akanya gato.
biju ati: eddy sijya nifuzako wowe wazenga amarira mumaso ihubwo icyomba nshaka ni ukugushimisha.
biju nawe atagira kurira ati: eddy wambabariye byibura ukanyemerera ukakira urukundo nkufitiye.
eddy ntiyasubiza ahubwo akomeza kumwitegereza.
biju ati: eddy nkufitiye urukundo ndetse pfite ni isoko yi ibyishimo muringe unyemereye tugakundana naguha ibyishimo umunezero ukakure nga nagutuza mumutima wange ugateta ndakwiginze nyemerera maze urebe uburyo nkufata neza.
eddy ati: kuba nagukunda ntanyungu nabibonamo niba aramahoro ushaka kuma nubu ugiye nagira naruta ayo ushaka kuma. Ngo urashaka kuma ibyishimo? Ahubwo uramutse uteye inambwe uva hano nibwo nakwishima kurenzaho naho ubu wandemereye wambujije amahoro ndetse umbuza ni ibyishimo byange.
eddy ahita amuhirika amwigizayo atagira kwigendera ataragera kure biju ati: eddy?
eddy arahagarara.
biju aramwegera ati: ukekako ndi injije kubyo nkora? Harya ngo nkuvuye iruhande nibwo wakwishima? Nyumva neza eddy uru rukundo ndi kuguha nkuhata hari ubwo nzaza nkuhitaho wigunze ukanyiginga ngo nduguhe. Nubwiye ngo nkuve iruhande ngo nibwo utuza? Hari ubwo uzanyiginga ngo nkuhagarare byibura muri metero ibi ubwiye nange nkazabigusubiza kandi nibwo wowe uzababara kurenza uko umbabaje.
Eddy aratuza niyavuga.
biju yihanagura amarira bundi ati: uwakoze ikosa singe windeganya ahubwo uwarikoze nuwavuze ngo dukundane nkuko yadukunze. Ntiyamenye uburibwe umuntu agira mugihe akunze utamukunda. Gusa eddy, umutima wange uzahora ugutegereje ndetse hazahora umwanya wawe igihe cyose uzawukenerera uzawubona.
sawa reka gende niba ari amarira negereje kurira aya ndize arahagije.
.
biju ahita amucaho aragenda ageze imbere yumva eddy amuhamagara arahagarara ategereza ko hari icyo yamumbwira araheba
mumutima ati: sinzi icyo nagukundiye.
.
.
sasa kurundi ruhande nely yicaye kurimoto ariko aracyahumirije naramenya umutweye
afuguye amaso ati: cloude?
cloude ati: humura tuza nely, ninge humura.
nely ati: ariko wowe na keza koko ubu nzabitura iki.? Ese bundi mwaminye gute ko ndi mubibazo?
cloude ati: keza yamamagaye arabibwira ariko usibye nibyo itagaza makuru ryose niwowe riri kuvuga. Bundi bariya bari bagukurikiye baragushakaho iki?
nely ati: ndeka she ibyange ni birebire.
cloude ati: gusa nari nkukumbuye nely.
nely ati: sha nuko utazi nge.
cloude ati: mpite nkujyana kuruganda cyangwa nkutahane murugo?
nely amara akanya atekereza ati: jyana kuruganda.
.
.
sasa aho kuruganda ashaka kujya bo tayari bamaze guterana munama
franc abaza imbere ati: turaha kubera ikibazo cya mugenzi wacu wakomeje kubura ubu rero nkaba girango dushyireho uba umusimbuye mugihe ataraza.
rero uwo girango nshyireho ni...........
..............
....................Loading episode....18
.
ese uwo muntu bashaka gushyiraho ninde?
ese nely arahagerera igihe?
ese koko biju ni yaba akunda eddy byu kuri?
utazacikwa na agakurikira.
.
|::::::::::::::::::::::-navio-nv-:::::::::::::::

Comments