logo

NEW TALENTS

Stories Group

MUNSHUTI S01 Ep18

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

.
.
duheruka mu uruganda rwa R.A.M.T franc arimo kuvuga ko agiye gushyiraho uba asimbuye nely mugihe ataraboneka ndetse twasize agiye kuvuga izina . Nyamara kandi nely yarari munzira agaruka kuruganda. Ese biraza kumera gute?
.
inkuru ihibwa kandi ikandikwa na navio kki dable le.
.
franc yakomeje agira ati: umuntu ugiye gusimbura ho gato nely ni....
ataravuga izina atugurwa no kubona nely ahagaze mumuryango amara akanya atavuga abakozi bose basanga nkaho batarabona nely ahubwo bategereje kumva ugiye kuba amusimbuye ho gato.
franc akomeza agira ati: ni nely.
abakozi bose bati: nely? Nubundi se siwe waruriho?
biju aratugurwa no kogera kumva izina nely mukanwa ka franc, eddy na arumirwa
franc ati: ahubwo ndagirango nakire nely hano.
abakozi bose bahindukira bareba mumuryango eddy akibona aho nely ahagaze ahita ahaguruka agenda amwegera ahita amuhobera bamara akanya bahoberanye.
biju we isoni ziramwica abura aho ahugira bidatinze nely aza imbere yabo ati: nogeye kubasuhuza mwese kandi nogeye kunezerwa kubwo kogera kubabona.
abakoze bose bakoma mumashyi.
nely ati: ubu ndaha noneho ngo dukore akazi.
abakoze bogeye kwishima mo bidatinze basubira mukazi kabo.
eddy na gutinda aba azanye urupapuro ruriho cyagitekerezo cyogukora sima.
nely akirusoma ati: iki nikiza eddy rwose wakoze akazi keza.
eddy ati: niwowe gusa warushigaje gusinyaho bundi bagatagira.
nely ati: nishimiye ko utahagaze gukora akazi igihe narimari ahubwo shyira abakozi uru rupapuro batagire nonaha.
eddy ati: ariko nari nkukumbuye sheri.
nely ati: ndabizi mukundwa.
nely abivuga ahaguruka aragenda aramuhobera ati: muri iyi minsi aho narindi nagutekerezagaho naragiza nkarira kubaho kwange numvaga kwararagiye.
eddy ati: ubuse nge nakubwira gwiki? Gusa ntamutuzo nari pfite izina ryawe ryari ryarabaye indirimbo yange yaburi kanya nabonaga undi muntu nkamubonamo isura yawe mumaso yange yari wowe gusa buri munsi.
nely disi atagira no kurira aho bigeze arihanagura ati: ndumva nakurekura.
eddy ati: reka ubanze ubwire umuryango ko wagarutse.
.
.
bidatinze baratwereka aho gad na yvan bari telephone ya gad yarasonnye arayitaba
nely ati: gad amakuru.?
gad ati: nely urihe ngo nze nkutabare.
nely ati: humura ubu ndatekanye.
gad ati: ubu urihe?
nely ati: ubu ndi kuruganda ubu ndigukora.
gad ati: reka noneho mbwire mama ko wabonetse areke guhanga yika.
nely ati: yego rwose mumbwire.
.
nely ahita akupa agikupa umuntu arakomanga nely mugukigura abona ni keza na cloude abaha ikaze baricara.
nely ati: rwose mwakoze nukuri.
keza ati: ntakibazo erega nonese bundi ko tutari kubura kugufasha uri inshuti yacu.
nely ati: hanyuma se ko muri aha?
keza ati: ubu turaha kubwo gusaba bakazi.
nely ati: yawe ndababaye nukuri.
cloude ati: kibazo ki se?
nely ati: sha mbabajwe nuko ntakaze muri bubone hano kuko imyanya yose irimo abakozi.
keza ati: ushatse kuvuga ko bidashoboka?
eddy ari kuruhande ari kubumva.
nely ati: sha nange nakishimiye gukorana namwe nki inshuti zange ariko nyine ntamwanya nabona nabashyiramo.
keza ati: ubwo nyine nakundi turataha.
bataragenda bosco aba arinjiye
nely ati: kibazo ki bosco?
bosco ati: ntakibazo pfite uretse gusa ibaruwa biju amaye ngo nyizane aha.
nely ati: ibaruwa?
bosco ati: yego ni biju uyimaye.
nely ati: zana ndebe.
bosco aramuhereza nely arasoma amaze gusoma ati: keza wowe nukigiye umwanya wawe urabonetse.
eddy ati: kibazo ki biju agize?
nely ati: biju ngo aragiye afite akandi kazi agiye gukora aka abaye agasezeye.
eddy akibyumva asohoka yiruka ahura na biju aza kwa nely, eddy ati: ntiki gitumye usezera biju?
biju araceceka akomeza kugenda
eddy ati: nige se basi ubiteye?
biju ntiyavuga
eddy ati: mbwira basi nimba arinjye mbisabire imbabazi ariko ntuve kukazi.
biju arahagarara ati: umva eddy, nkwiye kugenda kuko ngumye hano nazashiduka tsimbutse iyi nzu nkikubita hasi hariya muri parikigi umutwe ukameneka.
eddy ati: bitewe ni iki se?
biju arahindukira aramureba ati: urabizi ndagukunda eddy ariko wanze kubyemera neza neza rero nkumuntu mukuru nabonye ko wowe na nely mukundana kandi sinifuza kubasenyera umubano kuko buriya nely ni inshuti yange.
eddy ati: ariko kugenda ntabwo aricyo gisubizo.
biju ati: nange nakubwiye ko ngumye hano nazasimbuka iyi nyubako nkiyahura. Rero reka gende.
.
.
sasa tugaruke kurundi ruhande kuruganda rwa T.C.I.R Ltd , silive yagarutse kuruganda bidatinze ahitira mubiro bya nyandwi.
nyandwi ati: nizere ko unzaniye inkuru nziza silive?
silive ati: umbabarire bossi.
nyandwi ati: byagenze gute?
silive ati: umukobwa yaciye mumyanya y'inoki atabawe nu umugabo warutwaye moto ntamenye neza.
nyandwi ati: utabwira ko yagucitse, urabizi neza uriya mukobwa niwe wenyine wari ibyiringiro byacu byo kubona umusozi uriho amabuye.
silive ati: bossi wihangayika nabwiye jerime ko uriya mukombwa mukeneye byihutirwa.
nyandwi ati: genda ukore ibishoboka byose uruya mukobwa tumubone kuko ariya mabuye sima yavamo yaba ari orojinari kurenza iyo twakoraga.
silive ati: ibyo ndabizi bossi
nyandwi ati: genda rero ukore uko ushoboye kose.
.
.
sasa kurundi ruhande mama gad aho yicaye yihebye nanubu arakibaza aho umukobwa imana yamuhaye ngo arere nely ahantu yaba aherereye . Akicaye mumuryango yihebye abona gad aje amuhamagarira kure
akimubona ati: gad noneho urasaze?
gad ati: mama, noneho nkuzaniye inkuru yibyirigiro.
mama gad ati: iyihe nkuruse?
gad ati: nely yaje?
mama gad ati: ngo nely yaje?
gad ati: yego mama.
mama gad ati: yaje se arihe?
gad ati: aramamagaye ngo ari kukazi ubu.
mama gad ati: noneho nimba ari ibyo reka maguruke mutekere ibyakunda asange bihiye.
gad ati: ese ntanubwo urateka?
mama gad ati: neka se izo mbaraga nari kuzibona? Reka ahubwo maguruke.
gad ati: ubwo narinziko giye guhita rya nkishimye none habe ntaduke koko?
mama gad ati: ihangane nange singe.
.
.
bidatinze kuruganda rwa R.A.M.T biju yinjiye aho nely akorera ati: munyihanganire narinzanye urufuguzo rwi ibiro.
nely ati: ariko se koko urakomeje biju?
biju ati: umbabarire kuko Mfite akandi kazi giye gukora.
nely ati: ntakunu se wabikora byose?
biju ati: ntibyagunda ahubwo ndi gutinda.
nely ati: ubuse koko tuzaza duhura gute?
biju ati: humura ahogiye kujya sikure tuzaza duhura.
.
biju tayari yarasohotse aragenda.
akigenda hari undi muntu winjiye nanone kwa nely nawe amazaniye ibaruwa avugako ari umuntu uyimuhanye ngo ayimuzanire.
nely akiyifugura arikanga.............
..................
...........................loading episode....19
.
ese iyo baruwa abonye akikanga yanditsemo iki?
ese ninde uyohereje?
biju aragiye. Arakora iki nyuma yo kugenda?
ese kuba agiye arakosheje?
ndaje dukomeze. Nagakurikira.
.
|::::::::::::::::::::-navio-nv-:::::::::::::::::::::::::|

Comments