logo

NEW TALENTS

Stories Group

ITUNDA RY'ABUJIJWE EP46

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.



_SARAH_


Namubwiye ibindi ku mutima byose, namubwiye ibyo nifuza byose kuri we. Nakomeje kumureba mu maso na we arandeba
Ubwo namaraga kumubwira akandi ku mutima yahise ankura hasi maze anyicaza ku meza yo mu gikoni nuko ahagarara hagati y’amaguru yanjye, numva ntangiye gutitira


*David:* mu ijambo rimwe nakubwira ko icyifuzo cyawe ari itegeko


Yabivugaga ahita ansoma, cya gihe nari ntegereje kirageze noneho


Iminwa yari ikumburanye yarongeye irasatirana maze dusomana mu muvuduko udasanzwe, ntawigeze aha undi akanya ko guhumeka byari bimeze nk’aho umwe atinya ko undi amucika ahari. Ururimi rwe rwageze mu kanwa kanjye rushakisha urrwe nuko indimi zirahura, zirahoberana nk’aho zihuye bwa mbere.
Niba uzi gusomana uri kwiyumvisha ahari uburyohe numvaga nanjye icyo gitondo. 
Intoki sinazirekeye hamwe ahubwo zahise zigana mu musatsi we utari mwinshi cyane maze ntangira kuwukorakoramo nuko ageze aho aba aretse kunsoma numva bindiye ahantu nuko muruma umunwa wo hasi ku buryo amaraso yaje


*David:* mbega agasimba!!


Yabivugaga yihanagura amaraso make n’urutoki nuko rwa rutoki ahanaguje ku munwa we ndarutamira nuko ndarurigata, nkajya ndukaragaho ururimi ari na ko ndi kumureba mu maso. Nabonaga ari kugenda ahinduka ajya mu yindi si, nuko atangira kwikorakora mu bwanwa avuga amagambo ntabashije kumva maze nanjye rwa rutoki ndukura mu kanwa


Yahise yongera amfata mu misaya maze arongera ansomana umuvuduko
Yavuye ku munwa maze amanuka buhoro ku kananwa maze asa n’unsunika umutwe ureba inyuma maze aba afatiyeho ku ijosi, ahava vuba aba azamuye ururimi asoma inyuma y’ugutwi. Mbega ahantu haba ubushagarira wee. Nanjye natangiye kumukorakora mu mugongo, amaboko, ubu nta na kimwe ntemerewe, ibyahoze ari itunda ryabujijwe ubu ndabizi ndabyemerewe rwose. Icyo nifuza cyose nemerewe kugikora uko nshaka, uburyo nshaka.


Intoki ze ntizagumye hamwe ahubwo zatangiye gukorakora ku nda yanjye itangira gusesa urumeza kubera uburyo yankoragaho atuje cyane, nuko ubwo yashakaga kuzamura agapira nari nambaye ndamworohereza nzamura amaboko ngo awukuremo


*David:* nkunda uburyo umubiri wawe uteyemo


Yahise aca bugufi ansoma ku nda nanjye mukorakora mu musatsi. Ururimi rwe mu mukondo wanjye numvaga ari byiza maze arongera azamuka anyuza ururimi ku murongo wo ku nda hagati arakomeza agera ku minwa. Yahise ankuriramo sutiye ndamufasha ayikuramo byoroshye. Iyo haba kera ubu nari kuba muhishe amabere arko ubu ndumva nshaka ko ambona wese, nshaka kumwica mu bwonko


Yasubiye inyuma buhoro. Nuko aranyitegereza cyane, nk’aho ari ubwa mbere ambonye imbere ye. Nanjye numvaga nta soni mfite kuba ndi imbere ye nambaye ubusa hejuru, kuko ndumva nifitiye icyizere ko ari uwanjye nkaba uwe


*David:* izo pome ebyiri zizaba inshuti zanjye iteka


Yahise atangira gukorakora ku mabere buhoro buhoro, 


*David:* aranangana uko nkunda rwose, afite fatikabilite


Yakomeje gukina n’imoko na zo ntizamusuzugura zigenda zikomera buhoro buhoro nuho atangira kugenda arigataho buhoro buhoro, azengurutsaho ururimi ubundi akongera agahuhaho umwuka usa n’ushyushye maze ibyari urumeza bisimburwa no kumva ikimeze nk’igitengo kimfashe mu maguru no ku nda.
Uko yarigataga kuri rimwe ni na ko yabaga ari gukorakora irindi n’intoki, numvaga nanjye natwawe neza neza rwose


*Sarah:* umva David…


Naramukuruye ndamwiyegereza nuko mufatisha amaguru ku buryo igitsina cye cyafashe umurego nacyumvaga kinkorakoraho uko gitimbya nk’ifuku mu mwobo


Nagerageje kwinyeganyeza buhoro nsa n’uzenguruka nuko na we atangira kwinyeganyeza buhoro buhoro, ajya mu mbusane yanjye
Byageze aho numva ntakibashije kwihangana kuko ubushake bwo kumubona tubikora bwagendaga bwiyongera muri jye maze ubushagarira bukomeza kwiyongera.


Wagirango yanyumvise nuko ara n’umvaho maze ankuramo imyenda nari nsigaranye, nuko ikibuno gisa ku meza, nicazwa imbere ye


Guhumeka byatangiye kuba insigane, amatama aranshyuhana naho mu kiziba cy’inda numva hatangiye kundya. Na we namurebye mu maso nuko mbona ubushake ni bwose, niko guhita nanjye nsa n’utandukanya amaguru buhoro ngo mwereke ko niteguye kandi mushaka wese muri jyewe.
Yanyitegereje kuva hasi kugera hejuru, muri boxer ye mbona harimo ipfupfu ku buryo ryendaga kuyituritsa.


*David:* sinzi amagambo nakoresha nkurata, ariko uri mwiza bitarabaho. Iki gihe nagitegereje umwanya munini, nishimiye ko ubu nta bwoba dufite twembi ngo iri tunda ndiye ryarabujijwe


Numvise amagambo avuze ari meza cyane nuko mufata mu mayunguyungu ndamwiyegereza maze nanjye ndamufasha mukuriramo boxer, aramfasha ayikuramo neza nuko na we ahagarara imbere yanjye yambaye umwenda wa Adam


*David:* urambona ute se?


*Sarah:* ndabona ari gato


Nabivuze nipfutse mu maso kuko narabeshyaga ahubwo numvaga umutima uhagaze kubera ukuntu nari mubonye.
Yarunamye amfashe mu mayunguyungu


*David:* nikamara kukugeramo nizereko utari buze kwisubiraho uvuga ngo oya ni kinini weee.


Yarongeye aransoma atuje, ansoma noneho neza kandi buhoro buhoro ku buryo nongeye nkumva ubushagarira burazamutse.


*David:* numvaga ndi bubitware buhoro ariko ndumva kwihangana binaniye sinakomeza kwifata pee


Yabimbwiraga nanjye ari ko ndi kumukorakora mu mugongo, ndamanuka ku mabuno


Numvaga ubushake ari bwose ku buryo numvaga ururenda ruri hafi gutemba


*Sarah:* ndagushaka nyereka ibikorwa David


Yahise yongera aransoma maze akoresheje ukuboko buhoro buhoro numva igitsina cye gitangiye kwinjira mu cyanjye maze akagarukiriza hafi akongera agakuramo, buhoro buhoro bikarushaho kuntera ubushagarira


*Sarah:* umva David, ndakwinginze…


Yahise amfata mu mayunguyungu nuko andeba mu maso maze arayinjiza neza neza, uko ireshya, ibyibushye mu mubyimba, Yesu weeeee. Yabaye akiyimariramo nitera hejuru kuko numvise igeze mu nda neza neza maze numva umwuka umeze nk’ugiye guhagarara pee.


*David:* humura biragenda neza cherie


Yahise amfata mu misaya ngo murebe mu maso maze arayivumbika arekera aho kwinyeganyeza turebana akanya gato, ubanza yarashakaga ko mbanza nkayimenyera
Yankorakoye amatama, aransoma nuko arongera asubukura maze akajya yinjiza yongera asa n’ukuramo, ubundi akanyuzamo akayifata mu ntoki agasa n’uyikaraga kuri rugongo, nkumva ibintu bimeze nk’ibise biramfashe mu ntoki no mu mano… Mbega mbega mwa bantu mwe ngo David arankorera igitondo.


Uko yabikoraga ntabwo yari acecetse ahubwo yabikoraga ari na ko ambwira amagambo meza aryoheye amatwi


Yageze aho mbona ararekeye ayikuramo maze arampagurutsa kuri ya meza nuko arampindukiza nsa n’umutera umugongo maze anyunamisha buhoro numva ahise ayinjiza anturutse inyuma, nuko numva amaguru atangiye gususumira kubera kuryoherwa.
Yarinjizaga maze ikiziba cy’inda cye cyahura n’amabuno yanjye bikavuga nkumva ni byiza bitarabaho, uko abikora akanyuzamo akankorakora ku mabere anyujije amaboko munsi, ubundi akanshimashima buhoro mu mugongo, mwa bantu mwe sinzi niba ibintu nabonye icyo gitondo bibaho kuko byarandenze.


Yabonye natwawe ahita noneho anterura anjyana ku ntebe yari muri salon maze andyamishamo nuko anyubarara hejuru ubundi arinjira noneho ku muvuduko udasanzwe. Uko yinjizaga akanyuzamo akansoma, ku buryo nageze aho ntakibashije kwifata, numvaga umunota ku wundi ndi burangize maze ndamuteguza


Na we ubanza ari umuhanga muri byo kuko yahise akomeza ari na ko ankorakora ku mabere, maze mu mwanya muto mvuza akamo ndangiza nuko na we ahita asunika vuba vuba ubundi numva ararangije anyitsindagirahoooooo


*David:* urakoze cyane Sarah. Warakoze kumbera inshuti, ndagukunda ndetse cyaneeeee.


Yahise andambikaho umusaya, umutima we uteragura, ibyuya bitemba nuko mukorakora mu musatsi


*Sarah:* ndagukunda nanjye David.


Nuko tuguma aho ngaho, tumeze dutyo….




*_Agahu n’umunyutsi baba barahuye. Icyari itunda ryabujijwe ubu cyaziruwe. Agace ka 47 ntuzagacikkwe_*


*

Comments