logo

NEW TALENTS

Stories Group

IYOBERA MU GITANDA S01 Ep 21

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IYOBERA  MU GITANDA  CYANJYE
.
Episode 21
.
Duheruka Bella arimo abwira  Rumio ko kuri we hari byinshi byahindutse bimucanga.
.
Writer Chris nandi Ishimwe..
.
Bidatinze,  bariteguye bambara  imyenda ya sport baza no kureba Sefa mu  cyumba  cye barikumwe.
Seffa arabareba ati” Mbega ifoto! Uziko ari  ubwa mbere mbonye na Papa barikumwe bose baziye  riwe kureba umukobwa wabo!
Rumio ati”Uri  umukobwa wacu.
Seffa araseka ati” Ariko papa mugihe cyashije nari  umukobwa wa Mama guaa.
Rumio ati” Siko bikimeze rero.
Seffa ati” Ibi ndabikunze cyane. Hary  ubundi kubaho suku  byakabaye bimera??
Bella ati” Yego.
Saffa ati” Oya ndabaza papa!
Rumio ati” Mama wawe yansubirije.
Seffa ati” Oya nshaka umva ijwi ryawe.
Rumio at” Yego.
Saffa ati” Rero bivuze ko njye na mama watugambaniye igihe  kinini
Rumio araareba bombi ati” Ariko mbaye ntarabagambaniye??
Seffa na Bella bararebana maze barongera bareba Rumio.
Seffa ati” Papa wihakana kuko watunyujije mu bihe pe!
Rumio ati”  ariko habonetse amahirwe yo kunoza byose.
Bella ati” Seffa izere papa wawe nanjye yamaze kwmeza umutia wanjye.
Seffa ati” Nkurikije uko mwambaye mpise menya   icyo muje kumbwira.
.
Seffa nawe afata imyenda ya sport arambara vuba maze bava  mu rugo baza mu kibuga cya golf gukina golf.
.
Bella  yitegereza uburyo barimo kongera guhuza nk’umuryango,  yumva muri we yuzuye umudendezo.
.
Hashize akanya JuLes na Paul  nabo baje gukina aho golg batungurwa  no kubona   Rumio yazanye n’Umuryango we!
 Rumio nawe arababona.  Bella nawe arababonye kandi arabizi  neza ko bariya  bagabo atari abantu beza.
.
Uwo mwanya abona Shella aramuhamagaye, Rumio nawe ajya kuvugana na ba Paul
Jules aramuseka ati” Menye impamvu waduhakaniye.
Rumio ati” Yego nashakaga kuba ndikumwe n’Umuryangi wanjye kandi niko bigiye kumera burundu.
Paul na Jules baramuseka  bati” Ubwo nyinenawe wabaye nk’abandi Umugore yamaze kuguha.
Rumio ati” Kumpa iki??
Jules ati”Yaragutamitse niyo twakubuze.
Rumio ati” Umugore wanjye siwo. Kandi  ikintu kimwe  kinejeje kuruta ibindi ni kuba ndi kjumwe n’Umugore wanjye.
Paul ati”  uhindutse  ute  ra mukanya gato gutya.
Jules ati” Ariko Rumio ugiye gupfa nabi  niba waramaze gufatwa n’amategeko y’Umugore, ubwo se kuba umugabo kwawe bisigaye hehe.
Paul ati” Ubu wasanga anakwiriza mu  bikoni disi kandi uri umunt w’umugabo.
Rumio arabarebaaa ati” Njyewe ntagihe nyifitanye namwe.
.
Bella arimo kuvugana a Shella kurundi ruhande ariko uko avugana nawe akajya areba  Umugabo we ategereje kubona  uko biragenda hagati ye na ba Paul.
.
Shella ati”Yewe ndumva ijuru ryaramaze kugwa iwawe.
Bella ati”Ibyiza by’umuryango noneho ndimo kumva bitemba muri njye.
Shela ati” Yarahindutse burundu niba  bigeze aho.
Bella ati” Cyane yabaye undi muntu cyane pe wagira ngo si Rumio.
Shella araseka ati” Kandi koko hari n’igihe wasanga ari undi muntu. Kuko rwose biratangaje ukuntu yaba yarahindutse mu kanya agato kuriya..
.
Bella at” Imaa ishobora byose.
Shella ati” Nanone da!
.
Bella abona  Rumio ntabwo avuganye byinshi na ba pAUL abona ahise anatandukana nao asubira gukinana na Sefa.
Bella birushaho kumuhamiriza cyane ko Umugabo we yabaye undi yahindutse.
.
Basoje sprot barataha bataha baganira mu modoka. 
Bella ati”Ubwo nabonaga bariya bagabo baje……
Rumio ati” Wumvise bagiye kongera kuntwara.
Bella at” Yego ariko sinabyzeye cyane.
Rumio ati” Bella njyewe ntabwpo ndi Rumio wahoze ari imbere yawe. Ahubwo ndi Rumio wa mbere yuko mubana.
Bella ati” Ariko  uba ucanga.
Rumio ati” Ese nubu ntacyo urumva,
Bella ati” Hari igihe unzimiza  cyane. Ariko ntakibazo bea ikizima nuko turikumwe.
.
Binjira mu nzu.
.
 Bella na Rumio baza mu cyumba      Rumio ahita amuterura amushyira kuburiri. Aramusoma.
Bella ahita amukurura  umupira bagwa kuburiri bakomeza gusomana. Uko basomana      Rumio ynjiza akaboko mu gapira Bella ymabaye  akora ku moko za mabere azkinisha, amabere atangira kugensa abyimba kubera……
.
.
Udacikwa na Episode 22

Comments