logo

NEW TALENTS

Stories Group

IYOBERA MU GITANDA S01 Ep 20

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IYOBERA  MU GITANDA CYANJYE
.
Episode 20
.
Duheruka Bella abona tatoo kurukenyerero rwa Rumio hafi y’igitsina kandi mbere hose ntabwo Rumio yarafite iyo Tatoo.
.
Writer chris nandi Ishimwe.
.
Bella  kubona iyo tatoo biramucanga ariko ntiyabitindaho mpaka bose barangije. Bella arangiza neza  yishimy cyane kandi anyuzwe. Yumva ameze bitandukanye nuko byagendaga mbere hose.
Yitegereza Rumio maze aramufata aramusomagura cyaneee yishimye bihambaye.
.
Bella ati” Cher iri joro unshize mu bihe bitazasibangana muri njye. Numvise umunyenga uhambaye wari watwaye  intekerezo zanjye. Burikimwe cyose cyari  ikidasanzwe!
Rumio agaseka ati” Ni byiza ubwo waryohewe mutima wanjye.
Bella agaseka cyane anezerewe ati” Ibi nk’ibi byari  byarabaye inzozi muri njye. Ariko ndafuza icyatuma nkugumana gutya.
Rumio amufata kumatama ati” Ibihe bibishye byararangiye. Shyira akadomo ku iherezo ryabyo hanyuma utangire ibihe by’ibyiza gusa bigiye kuba. Umugore mwiza akwiye ibyiza.
Bella araseka ati” Uyu ni wowe koko!
Rumio atio” Bella, ni njyewe.
Bella ati” Ndumva naguheka.  
Rumio ati” wamaze kumpeka.
Bella araseka ati”  namaze  kuguheka kandi ntaragushyira ku mugongo.
Rumio ati” nimajinye k wamaze kubikora.
Bella ati” Oya ntakwimajina ngomba kubikora.
Rumio ati” Ubuse urumva ufite  imbaraga??
Bella ati” Ntazo. Ariko ubwo usigaye waraananutse ahari nakubasha.
Rumio agaseka na Bella agaseka.
.
Seffa akumva barimo guseka  cyane . ibihe ataraherutse kumva mama we na papa we basekana banezerewe. Yumva nawe biramunejeje.
.
Tugaruke mu cyumba. Bella yegutse ngo agiye guheka Rumio da!
Rumio ati” My boo akabaraga ndabizi ko kashize reka unjyemo ideni uzampeeke ejo.
Bella ati”Uravuga ukuri narangiye. Agetege kose wakajyanye.
Rumio ati” Ngaho iruhukire.
.
Bella amanuka mu mashuka, Rumio naw araryama maze aramupfumbata. Bella  yohereza akaboko inyuma maze arayifata  mu kiganza cye.
Bella ati’ Nayikunze.
Rumio ati” Inyi.
Bella ati” Uyu mugabo wanjye wo hepfo.
Rumio araseka.
.
Barasinzira .
.
Mu gitondo bucyeye. Bella arakanguka, akabakabye mu buriri yumva aburimo wenyine Umugabo ntawurimo ahita afungura amaso abona Rumio yicaye mu ntebe yaho  mu cyumba arimo  kumureba.
Bella agwa mu  kantu ati” Honey bite ko uraho??
Rumio ati’ Ndi  hano kubera ko ari heza.
Bella ati”  utambwira ko wabyutse  ukarara wicaye aho??
Rumio ati” Oyaaa. Mbutse mu kanye mu rukerera.
Bell ati” Kubera  iki wabyutse kare se??
Rumio ati” Nashaka kukubona ukanguka nkwitegereza  neza.
.
Bella araseka at” kubera iki se??
Rumio ati” Kubera  ko nashakaga kukubona uburyo isura yawe iba iramutse nk’igitondo gitoshye. Kubona ubwiza bwawe mu gitondo n’umurage w’umugisha mba ndibwirirwane.
Bellla yumva amagambo acengera indani  mu mutima we. Ariko ni amagambo Rumio atamubwiraga mbere..
.
Bella ati”Mbega amagambo aryohereye akaba ifatizo ry’ibyishimo muri njye. Ubundi Umugabo wanjye iyi nganzo y’amagambo arema kuki yariyarayihishe.
.
Rumio ati” Ntakintu nahishe bea. Ahubwo reka nizere ko uzasobanukirwa.
Bella avuga abyuka ati’Nzasobanukirwa iki bea. Hari igihe uvuga amagambo azimije bikacanga.
Rumio araseka ati” Wicanganyikirwa buzma bwanjye n’ubundi uzasobanukirwa buri kamwe kose.
Blla ati’ Nubwo nabwo uracanze.
.
Kurundi ruhande Seffa  nawe arabyutse.
.
Bella amaze kubyuka afata Rumio amaboko aramuhagurutsa ati” Reka nkuvemo umwenda.
Rumio ati”Urumva witeguye??
Bella ati” cYANE
Rumio ati” Sinshaka kuvuna umugore wanjye.
Bella ati” Umugabo wanjye ntabwo yambera  umutwaro.
.
Rumio arahaguruka Bella atega umugongo 
Rumio ati” Ukore uko ushoboye ntuze  gukabya.
Bella ati” Yego.
.
Rumio ajya mu mugongo wa Bella . bella ntiyabasha kumuvana hasi neza ariko umuheka gake uko ashobojwe amuzengurutsa aho mu cyumba. Ariko n’ubundi Rumio arimo kwijyana kuko amaguru ari hasi.
Bella ariseka ati” Mbega guheka kwanjye.
Rumio ati” Ntakibazo kuko wahetse umutima wanjye. Kandi  kuva wahetse umutima wanjye ni njyewe wes wahetse.
.
Bella arahindukira amureba mu maso akozwe nayo magambo ati” Cher!
Rumio ati” Karame…
Bella agiye kuvuga  irindi jambo biramurenga.
Rumio aramufata ati” Vuga.
Bella ati” Kuki mbere hose utari uyu muntu ndimo kumva ndimo no kubona??
.
Rumio afata ibiganza bya Rumio abikoza  kumutima we ati” Bella ni njyewe ahubwo n’ibihe bitasobanutse  hagati yacu. Ariko  ubu birimo gusobanuka.
Bella ati” Yego birimo gusobanuka.
Rumio ati” Reka tujye koga..
.
Bambara ubusa maze baza muri dushe.  Rumio afata Bella mu mugongo aramukurura aramwiyegereza yonka amabere ye.  Bella nawe arayifata akajya ayikarisa.
Bella ati” You are my Special husband.
Rumio arekeraho kumwonka araseka ati” Ndanyuzwe kuko nkufite.
.
Bella ati” Ngiye guha aka bizoux umugabo wanjye wo hepfo n’fuhe sibyo.
Rumio ati” Yego.
.
Bella arasutama maze arayifata neza arayisoma yinjiza umutwe wayo agace gato mu kanwa.
Rumio  imisonga itera mu mutwe.
.
Bella arekera aho agiye guhaguruka arongera areba ya Tatoo y’izina rye iri kuri Rumio.
Bella ati” Ese  ibi wabikoze mugihe wari waragiye??
Rumio ati” Iyi tatoo narayihoranye
Bella ati” Nonese kuki mbere ntayo nabonaga??
Rumio ati” N’Ibihe byatumaga utayibona.
.
Bella ati” Chr siyo gusa nsigaye mbona byinshi ntazi kuri wowe ntajyaga mbona na mbere hose. Noneho n’uburyo wananutse mu  cyumweru kimwe  nabyo biracanga…
.
Udacikwa na Episode 21

Comments