logo

NEW TALENTS

Stories Group

MU MBONI EP1

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
. . Dutangiranye nijwi ryumusore ukiri muto ariko bitari cyane aratubwira ati"ubwo namaraga k'umenya ubwenge kera cyane nkiri umwana ntabwo nigeze nderwa na babyeyi yewe ntanubwo mbazi nagato, nabarumuna bange nabo nuko ntabo nzi ntabwo nigeze mbabona icyo mbasha kwibuka ubu. nuko nakuriye mw'ishyamba riteye ubwoba urigezemo wese n'itwabwagaho ninyamanswa nakwita imbwa y'ishyamba zimwe mucyongereza bita Wolf rwose nubu ndayishimira cyane nubwo ibyo kurerwa nayo byatumye mpura nibibazo bitandukanye....." . Nakundaga kwibaza ibibazo bitandukanye akenshi Kandi akenshi nakundaga kuba nigunze iyo mbwa mfata nkumubyeyi wange ntabwo yavugaga uretse gukoresha ibyo navuga ko Ari ibimenyetso nakundaga kwicara aho izuba ryakundaga kurengera ngatekereza cyane nibazaga buhoro mumutima . Ati"ubuse mvuka he niyihe mpamvu yateye Mama kunjugunya muri rino nshyamba riteye ubwoba kuri Kano kagero ubuse ubuzima bwange bizagira ayahe amaherezo " Ibyo bibazo nabyibagaza kenshi Ariko ntabwo nigeze mbibonera igisubizo gihamye, . Murako kanya ndimo gutekereza gutyo nkibizanzwe imbwa mfata nkumubyeyi wange yaraje ihagarara iruhande rwange yaranyitegereje naratangaye ubusanzwe ntabwo yabikoraga . "Kurimo kundeba cyane? Niko nayibajije ariko yarukuruhira ubusa ntabwo yari kubasha kugira ibyo, insubiza gusa nkuko bisazwe yarahagurutse ijya imbere menya icyo gukora akanya ko kujya guhiga warúgeze twagiye guhiga ngewe nurira igiti kugirango manure imbuto ngewe natungwaga nimbuto mugihe Wolf yo yaryaga inyama ntabwo yigize impatiriza kurya inyama Kandi birumvika ntabwo nari kubasha kurya inyama mbisi zampuriraga . nabi nkuko bisazwe nubundi tumaze kubona ifunguro rya nimugoroba twasubiye aho turara hagati muriryo Shyamba iryo Shyamba twabagamo navugako ryari ritunze inya manswa nyinshi cyane impyisi gusa ngewe nkunda kuzita imbwa y'ishyamba kuberako nabonaga zimeze nkimbwa ariko nkuru. Ubuzima bwarakomeje mbana niyo mbwa gusa uko nagendaga menya ubwenge nasobanukiwe ko muriryo cyashyamba habamo nizindi mbwa Ikintu kimwe cyanteraga urujijo nuko iyo mbwa yanderaga nabonaga idashaka ko nshyikirana nizo wolf ngenzi zayo.. . Igihe namaraga kugira imyaka icumi hari kumunsi Ntazigera nibagirwa ntabwo navugako ngo nkuwakangahe Kuko ntabwo narinzi kubara iminsi imyaka namezi gusa icyo ntazibagirwa núko uwo munsi buzima bwange bwari bugiye guhinduka yari nijoro ubwo nabonaga yambwa indera iza imbere yange nayifataga nka Mam wange kandi narayikundaga cyane bitewe nuko namenye ubwenge nsaga ariyo inyitaho umunsi kumunsi ubwo yamaraga kugera iruhande rwange yanyeretse ibimenyetso ntabashije gusobanukirwa neza gusa icyo nabashije kumenya nuko yansaba ko nayikurikira. . Nibajije aho tuguye muriryo joro nakundaga kubyuka nijoro hagati ngasanga yagiye ikagaruka mugucuku ubwo imaze kunyeraka ibyo bime nyetso ntabwo nigeze nanga narahagurutse ndayikurikira yagiye imbere nange jya inyuma turagenda twagiye urugendo rujya kubaho rurure kuburyo natangiye kurambirwa ariko mukanya gato twageze ahantu hari igihuru kinini numvishe iyo imbwa imotse nkimbwa nyine murako kanya ikimara kumoka muricyo gihuru hasohotsemo izindi mbwa nyinshi. . Yagize ubwoba butewe nuko izombwa zari nyinshi cyane wagirango hari munsi mukuru wabaye uwo musore yabaranganyije amaso hirya nohino afite ibibazo izo mbwa zari nyinshi cyane zimwe zrikumwe babana bazo ingabo murizo amaraso yari kuminwa yazo byashoka ko zari zimaze kurya kumuhigo yazo zose zimaze gusohoka zabaye nkizunamye zisa nkizirimo gutanga icyubahiro ngewe ngitangaye nibaza ibyaribyo mugihuru cyari hirya haturutsemo indi wolf Nini cyane kurenza izo zose zaraho . Nahise menya ko igihe izo Wolf zunamaga ariyo zahaga icyubahiro iyo wolf nkuru yaranyegereye nagiye nabona akanya ko kuyitegereza yandebaga mumaso cyane nange ndayireba nibwo nagiye nabona neza ko iyo Wolf ko ko itandukanye nizo zindi ndetse kubintu byinshi bitewe nuko yo yarifite amaso yumutuku cyane mugihe izindi worf amaso yazo yajyaga gusa kumweru ho gacye Yakomeje kunyegera ndebye hamwe imbwa indera ihagaze igira umunwa Ikintu Namenyeko ishaka kubwira kontagomba kugira ubwoba gusa ntabwo bwabuze iyo Wolf nkuru yakomeje kunyegera igeze iruhande rwange itangira kunyihumuriza cyane ihuna huna arinako inzuruka inzunguraka igaruka imbere yange agahagara ikandeba mumaso m'umutima natangiye kwibaza impamvu iyo mbwa irimo kunzengurika inyinukiriza nongera nibaza impamvu ya wolf mfata nka Mama yanzanye muzindi mbwa ngenzi zayo kuruhande rumwe nagize ubwoba aríko ndikomeza naratekereje . ati"..buriya iyo mbwa yandeze ishobora kuba yabonye ko nakuze none akaba yanzanye kunyerekana mu zindi wolf kugira ngo zimenye" Ariko nakomeze guterwa ubwoba nuko iyo Wolf nkuru itarekeregaho kunyihumuriza imaze kubikora nkinshuro zigera mwicumi yegereye imwe mfata nka Mama bimera nkibirimo kubwirana ibintu bya maze akanya gato zimeze gutyo nyuma yako kanya Wolf nkuru yongeye kunyegera. . Yongeye kunyegera imaze kugera iruhande rwange íkoza umunwa wayo kukuboko kwange inyereka ikimenyetso ngo ndambure kububoko ntabwo ntatindiganyije narakurambuye nkimara kuku rambura nagize ubwoba igihe nabonaga iyo Wolf yasamye mutima wange warakubise igihe nerabaga mukanwa kayo harabonaga neza kuberako hari mukwezi kw'inzora. ubwo rero ubwoba bwara ntekeye habura gato ngo ninyareho mbonye amenyo yayo ane yari maremare abiri hejuru nandi abiri hepfo kindi cyanteye kuru shaho kugira ubwoba kuno ayo mamenyo yarafite arindi bara ntabasha kusobanura. . Yahise ishyira kuboko kwange mukanwa irakuruma amenyo yayo anyinjiramo numvishe ububababare budasazwe igihe yanyunyuzaga ubwo bubabare bwankoze kubwonko bituma ntakaza ubwenge . . Nongeye gukanguka nsanga ndi handi nakuriye mw'ishyamba hagati Nongeye gukanguka nsanga ndi hahandi nakuriye mw'ishyamba hagati yambwa yandeze irimo kunyeganyeza Ubwo yamaraga kubona nkangutse yahise isohoka murutare twabagamo mukanya katarambiranye yagarukanye inyama mukanwa irampereza ntabwo nigeze nita kubwoko bwiyo nyama narayakiriye hanyuma ntangira kuyirya nyirangije byarantangaje cyane kuberiko bwarubwambere ndiye inyamabisi ubusanzwe zampuriraga nabi ariko uwo munsi iyo nyama yararyoheye cyane numva nashakisha ahandi nakura izindi. . Ndimo kureba hirya nohino ngo ndebe ko nabona aho nkura indi nibutse ibyari byambayeho mwijoro ryahise nibutse ko kugirango ntakaze ubwenge Ari ya wolf nkuru yandumye kukuboko ikanyinjazamo amenyo maze kubyibuka nihutiye kureba kuruko kuboko ariko ubwo namaraga kurebaho natangajwe nuko. nsanze kiri hafi gukira wagirango kimaze icyumweru ngikomeretse Kandi ubusanzwe ibikomere byange ntawo bijya bikira vuba ariko ibikomere nari nakomeretse mugicuku cyari kimaze kumera nk'igikira. . Murako kanya nkirimo gutekereza kuribyo yambwa indera yongeye gusohoka natekereje ko igiye gushaka izindi nyama bituma nyikurikira uretse ko numvaga nkumbuye no gutembera nkuko bisazwe twasohotse mw'isega ryacu dutambuka gahoro gahoro tukanyuzamo tukihuta ariko muruko gutera intambwe natangajwe nuko natambukaga nkumva uruhu rwo munsi yikirenge rukomeye cyane kuburyo niyo nakandangira ihwa ryahita rivunika nakoze munsi yikirenge numva harakomeye cyane ndatangara. . Ariko murako kanya ngi tangariye gukomera mukirenge numvishe ibintu bikubita paaah!!paaah!!". Nitegereje aho ibyo bisakuza biturutse nabonye bantu bahetse ibirimba byimyambi bafite ni miheto muntoki bari bamaze kurasa ya wolf mfata nka Mama irimo guhumeka umwuka wanyuma mubyukuri urupfu rwiyo mbwa rwarambabaje cyane kuberako niyo nabonaga mo Papa namama nibutse ko ntawundi mubyeyi nsigaranye umujinya waranyinjiye ndasakuza nta ngira no kunyeganyeza igihuru. . Gusa murako kanya nkimara kukinyeganyeza numvishe Umwe muri babantu avuze asakuza ati"nguriyaa mufateee". maze kumva gutyo nasimbutse niruka wolf mfata nka Mama ndayisiga nirukanse kumuvuduko udasazwe nkuwurumuri mubyukuri muvuduko nariho ntamuntu usanzwe wawushobora narirukaga bidasazwe kuburyo Nange ntabyumvaga ko ndimo kwiruka cyane gusa nirukaga narereje ururimi nk'imbwa maze kwiruka igihe kinini narebye inyuma kugirango ndebe ko babantu bakirimo kunyirukaho . Ariko nasanze nabasize kure cyane iyo bingwa kuburyo niyo nahagarara aho amasaha abiri yashira batarangeraho Kandi barimo kuza biruka maze kubona ko nabanikiye nahise ndeba ko nakwicara nabonye ibuye risennye neza mbese riconganye ubugeni abariryo nicaraho nashyize mutwe mumaguru ntangira gutekereza uburyo ngiye kubaho ntafite Mama wange kuberako uwo nafataga nku mubyeyi wange yaramaze kwica arashwe umwambi nabantu ntabashije kumenya..... Gutya dutangiye urabyumva gute? Bizagenda bite? . Udacikwa na Episode 2
📢 Kwamamaza

Ibihe...

Comments