logo

NEW TALENTS

Stories Group

AMAHITAMO Y'UMWAMI GISA EPISODE 19

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
.
Twaherutse Gisa yarwaye arimo asaba Bambi niba yakwemera bakagumana.
.
Inkuru ya Chris Nandi Ishimwe.
.
Bambi aramureba cyane, na Gisa aramureba ati” Ko utansubiza>
Bambi ati” Reka njye kureba Muganga
Gisa ati” Oya Muganga mureke,
Bambi ati” None urakira ute?
Gisa ati” Wowe mureke nuba urikumwe nanjye nizeye ko nza kumera neza.
Bambi aramureba abtekerezaho cyane. Gisa aramureba ati” Cyangwa niba wumva bikugoye ntakibazo.
Bambi ati” Ntaribi ubwo reka tugumane.
.
Bambi arahaguruka
Gisa ati” None ugiye he?
Bambi ati” Reka nkutegurire imbuto.
.
Tuze mu Ngoro y’Umwami Yuhi Mpazimaka yicaye mu ntebe ye y’Ubwami armo kubaza kubaza Umugaba w’Ingabo z’Ubwami aho Rugira yaba ari?
Umugaba w’Ingabo ati” Nyagasani mwami namushakishijeahantu hose namubuze.
Umwami ati” Nonese yagiye he?
Umugaba w’Ingaba ati” Ikigaragara ntago ari muri ubu Bwami.
Umwami ati” None akaba yaragiye he rero?
.
Ako kanya Umwamikzi yinjira mu ngoro sanga bavuga kuri Rugira. Mwibuke we azi uko byagendekeye Rugira, yariyagambaye nawe ngo bice Bambi birangira ariwe upfuye. Umwamikazi arazamuka yicara mu ntebe ye.
Umwami aramureba ati” Uzikko Rugira yabuze burundu? Cyangwa yagoye mu bundi bwami kugambana?
Umwamikazi ati” Ese buriya aragushishikaje cyane ntiwashaka undi Mujyanama?
Umwami arabyumva ati” Undi nahitamo ni umwe gusa kandi icyo gitekerezo ujya ukirwanya.
Umwamikzi ati” Nuko njyewe uriya Mukobwa ntamwizera umuntu wese wigira Umunyabwenge.
Umwami ati”Ariko wazivuye urwango ufitiye uriya Mukobwa ubundi rushingiye kucyi? Kuba gua witaye kubwoko bwawe niyo yaba impamvu yo kumwanga?
Umwamikazi ati” Sibyo yewe. Ntago ariko nitaye kubwoko bwanjye.
Umwami ati” Umva ndabizi ko ujya uhitamo Gaju ngo abe ariwe uzashingirwana n’Igikomangoma kubera ko ava mu bwoko bwanyu.
.
Umwamikazi areba Umwami ati’ Urakoze ndumva uba wantekerereje kandi sibyiza habe na gato.
.
Uwo mwanya hari abasirikare binjiye mu Ngoro bahagarara iruhande rw’Umugaba w’Ingaba.
Umwami arabareba ati” Mwe muragenzwa niki?
Abasrikare ati’ Tuzanye amakuru ya Rugira.
Umwami ati” amakuru ameze gute mwamubonye.
Abasirikare bati” Yego ariko twamubomye ari umurambo kandi yishwe n’Umwambi w’inaha.
Umwami agwa mu kantu ati” Mwamubomye yapfuye kandi yishwe n’umwami w’inaha muri ubu bwami?
Abasiirikarebati” Yego.
Umwami areba Umugaba w’Ingabo ati”Kora iperereza vuba.
Umwamikaz yikangamo cyane.
.
Tugaruke kuri Gisa na Bambi barikumwe. Bambi arimo kumufasha kubyuka.
Gisa ati’”Nizere ko ntarimo kukuvuna
Bambi ati’ Ntakibazo.
.
Bambi aramufasha amuvana mu gitanda amuzana kumeza maze amugaburira imbuto.
Gisa uko akarya akajya amureba mu maso akishima ati” Bambi uri ikiremwa gitangaje.’
Bambi araseka ati” Kubra iki?
Gisa ati” Kubera umutima wawe. Ese nkubaze.
Bambi ati” Baza.
Gisa ati” Ndamutse nemeye amahame yawe wakwemera kubana nanjye?
Bambi araseka ati” Wowe Gikomangoma ukemera amahame yanjye?
Gisa ati” Yego.
Bamb ati” Oyaaa ibyo ntago byabaho.
Gisa ati”Kandi waravuze ko aricyo kibazo gituma utabana n’Umugabo Njyewe ntago nazakubera umutware. Ahubwo twaba turi abantu bari kumeza angana kandi buzuzanya. Umwe yazajya aba icyuzuzo cy’uwundi.
Bambi arabymva yumva Gisa arimo kuvuga amagambo meza.
.
Tuze kumarembo yinjira I bwami hari umuntu uziye ku farashi. Ageze ku marembo abasirikare barinda amarembo baramwitambika.
Bamubaza uwo ariwe.
Umugabo arivuga avuga ko avuye mu bwami bwakure hari ubutumwa azaniye umwami w’inaha.
Abasirikare ati’Twareba ubwo butumwa ubwo aribwo.
Umugabo yintwa Makone ati” Oya ntago bishoboka ntimwareba mu butumwa bw’Umwami.
Abasirikare ati” None twakwizera gute ko ugenzwa n’amahoro?
Makone ati”Ngaho mugende mubaze Umwami niba azi Umuntu witwa Kirabo.
Abasirikarebacyumcva iryo zina baramureke arinjira arakomeza aza I bwami. Umugabo yinjira mu ngoro y’Umwami. Aza imbere y’umwami n’Umwikazi 
Makone arapfukama ajya hasi arubarara ati” Nyagasani Mwami nakoze urugendo rurerure mbazaniye ubutubwa bw’Umukobwa wanyu.
Umwami ati”Umukobwa wanjye niki yavuze?
Makone ati” Mwanyemerera nyagasani nkabubashyira mu biganza.
.
Makone arahagaguruka aza imbere y’umwami maze amushyira mu kiganza umuzingo w’inyandiko ukubiyemo ubutumwa azanye
Umwami araburambura maze arasoma asanga harimo ubutumwa ko Umukobwa we Kirabo bashingiye mu bandi bwami azaza kubera umwuzukuru.
Umwami biramushimisha cyane ahereza n’Umwaikazi arasoma bose baranezerwa.
.
Umwami aereba Makone ati” bakwakire bakwereke aho uba baguha inzog zihagije n’ikindi cyose ushaka.
Makone ati”Urakoze cyane Mwami wanjye.
.
Tuze kuri Gisa na Bambi mu masaha y’Ijoro .
Bambi arimo gutegura amazi yo koga amaze kuyategura aza kureba Gisa.
Bambi ati”Maze gutegura amazi ngwino ujye koga.
Gisa ati” Ko ntambaraga mfite zo kujyayo.
Bambi ati”Ndaza kubwira Macanda aze agufashe akoze.
Gisa ati’Macanda ntawuhari yafashe urugendo ajya iwabo.
Bambi ati” Agenda abona uko umeze koko
Gisa ati” Nyine buriya yabonye ko uhari , kandi nanjye sinamuhakaniye.
Bambi abitekerezaho ati” None biragenda gute?
Gisa ati’ Simbizi.
Bambi ati” Ntacyo reka njye kugufasha niba bitarakubngamira.
Gisa ati” Kuri njye ntakibazo.
.
Bambi aramfasha arabyuka bamaze kubyuka baza aho bogera. Bambi abanza gusa n’ubigizemo ikibazo ariko arikomeza maze amukuramo imyenda yose yambara.
Gisa aramureba ati” Ugize amasoni? Ubwo se wagora ison kandi arinjye wambaye ubusa atari wowe.
Bambi araseka maze atangira kumwoza. Uko amwoza akajya areba imboro ye akumva ntazi uko abaye. Nayo ayigeraho arayifata arayoza. Akiyikozaho utuganza Gisa ajya kure.
.
Asoje kumwoza Gisa aramufata ahita amuhobera. Akimuhobera Bambi nawe yumva abaye ukundi kuntu.
Gisa ati” Bambi ndagukunda.
Bambi ati” Ni ubwa mbere yumvishe iryo jambo abwirwa ko akundwa. Gisa abimusubiriramo. Bambi yumva nawe abaye uni mu mutima.
Gisa amureba mu mas bararebana cyane maze Gisa ahita amatwaka aramusoma, Bambi nawe ntiyamwiyaka cyangwa ngo ahakane ahubwo nawe arahumuriza. Gisa ahita abona ko Bambi asa nawe nk’umwakiriye maze afati

Comments