
.
**NYUMA Y’UKWEZI **
.
AMANDA
.
Ukwezi kurashize habaye ibidasanzwe mu muryango wacu Ukwezi kurashize uwo nkunda ari muri gereza gusa nagize amahirwe yo kwemererwa kumusura byibuze kabiri mu cyumweru nako si jyewe gusa ahubwo abakobwa twese ukuyemo Alice Sinzi niba nabona uko nsobanura neza ibya Alice ariko uburyo yitwayemo twese twaramunenze turanamugaya Icyambabaje kurushaho ni uburyo yagiye atanadusezeye, nakibuka ukuntu Rudy yamukundaga nkumva ntabwo ndi kubisobanukirwa neza na gato pee Gusa nabajije Rudy icyo abivugaho ubwo nari namusuye ambwira ko na we byamutunguye kuko yabimubwiye byo gushaka kumuha amahitamo, yizeye ko umukobwa amubwira ko azamutegereza ariko uburyo yamweruriye akanamusaba kutazamushaka ubwo azaba yafunguwe na we byamutunguye Gusa umuntu ni mugari namwe murabizi ibyo ntabwo twabitindaho na gato rwose, kandi buri wese agira uburyo yitwara mu kibazo cye Ikindi navuga cyantunguye kikanantangaza ni uburyo Cyndie yitwaye muri ibi byose Ntawari azi ko ari we wabitse ya mafaranga nubwo Cassien atari yayabikuje yose ariko gufata miliyoni mirongwitatu ukazisubiza nyirazo, ni icyerekana koko ko yahindutse nkuko abasore bahoraga babitekereza ndetse banabyifuza Uyu munsi twese twazindukiye ku rukiko kuko ni wo munsi aba cheris bacu bari busomerwe Mu rubanza rwabo rwabaye iminsi ibiri gusa twari twatumweho nk’abatangabuhamya kandi twari twaragiriwe inama na Jules wababuraniye uburyo bwiza bwo gusubizamo kandi atwibutsa koi gihe bakubajije ukumva ushobora kwinyuramo cyangwa se ushidikanya ku gisubizo byemewe guceceka cyangwa ukavuga ko ibyo ubajijwe ntacyo ufite ubivugaho Burya mu rubanza ijambo ryose rirandikwa rero aho gusubiza nabi waceceka biraruta.
Twahageze twese tumeze neza ndetse na Cyndie twari twajyanye, ubu ni we uducungira umutekano mu gihe abasore badahari ndetse ni na we uyobora ibikorwa byose. Nubwo kenshi ansaba kuba ari jye mera nk’uyobora urugo tubamo ariko narabyanze Avril nyirasenge yamusabye ko bakimuka bakagenda ahandi kure, ubanza byari uburyo bwo gushaka kumushyira kure ya Marc ariko yaramwangiye agenda wenyine, ubu na we turabana Marie na we turabana kandi Jules adusura byibuze buri cyumweru. Icyambabaje ni uko ibi byacu byatumye umugore we, Claire ari we nyine wa Marie yaka gatanya avuga ngo umugabo yamusimbuje umwana we. Marie yambwiye ko se yabyemeye kandi ko atabyicuza kuko ngo byibuze abonye koko ko burya umugore we atigeze akunda Marie nka nyina, gusa nyine ababyeyi nk’abo bibaho da. Aho twari twicaye mu rukiko dutegereje imyanzuro y’urubanza nibwo babazanye bambaye amapingu, narabarebye numva amarira ari gutemba gusa wabonaga bo bakeye mu maso rwose pee Babagejeje mu cyumba cy’urukiko babakuraho amapingu maze buri wese aricara abarinzi babo babari iruhande Abagize inteko iburanisha na bo barinjiye maze turahaguruka bamaze kwicara turicara natwe maze bahamagaza abaregwa, ubunganira ndetse n’ubushinjacyaha bigira imbere ngo basomerwe imyanzuro y’urubanza Harya ngo habaho gufata iry’iburyo? Sinzi niba nararifashe ariko numvaga ubwoba gusa ari bwo bwinshi nubwo nari naramaze kwiyemeza kuzamutegereza kugera ku ndunduro Umucamanza yabanje kuvuga ibigize urubanza byose, uko bashinjwe, uko bireguye, nuko agera aho twese twashakaga kumva noneho aho nta handi ni ku myanzuro .
Umucamanza: urukiko rumaze kwiherera rero rugasuzuma izo ngingo zose zagiye zitangwa n’ubushinjacyaha ndetse rukanasuzuma uburyo ababurana n’ubunganira bagiye biregura; rushingiye kandi ku buhamya bwatanzwe ku mpande zombi; rwasanze Cassien na Rudy bahamwa n’icyaha cyo kwica umuntu ariko utabigambiriye kuko byari ukwitabara no gutabara ugiye kwicwa. Barahamwa kandi n’icyaha cyo gutunga intwaro mu buryo butemewe, icyaha bahuriraho na Alex ndetse na Marc. Urukiko kandi rwasanze icyaha cyo gukoresha no gucuruza ibiyobyabwenge kitabahama kuko ntabwo ubushinjacyaha bwabashije kwerekana ibimenyetso ndetse ibipimo bya muganga byerekanye ko mu maraso yabo nta biyobyabwenge bibonekamo. Icyaha cyo gukoresha no gucuruza inyandiko mpimbano na cyo ubushinjacyaha bwabaregaga bwabuze ibimenyetso bityo na cyo bagihanaguweho Sinzi ibyamfashe ariko numvise ikiniga kimfashe amarira atangira gushaka. Disi abacamanza ni abana beza. Nahise numva ntangiye kugera icyizere ko bashobora kubakatira imyaka mike uko byamera kose rwose Umucamanza yarakomeje
Umucamanza: rero kubera ibyo byose, twongeye gusuzuma abaregwa bose maze dusanga buri wese ku ruhande rwe afite icyamuteye kubaho ubuzima bari babayemo gusa dusanga nubwo bari bazwi nk’abagizi ba nabi banateye ubwoba ariko ari ibivugwa gusa kuko nta wabashije kubigaragariza urukiko. Kubera ko bwari ubwa mbere rero bagejejwe imbere y’urukiko kandi bakaba bataragoye urukiko mu iburana ryabo ahubwo barufashije no kumenya ibindi bikenewe ndetse no kubasha guta muri yombi abacuruzaga ibiyobyabwenge. Rero urukiko rwanzuye ko Cassien na Rudy bahanishwa igifungo cy’imyaka ibiri isubitse naho Alex na Marc bakaba bo bahanishijwe igifungo cy’umwaka umwe usubitse. Rutegetse ko bahita kandi barekurwa, haramuka habayeho kujurira bakajya bitaba urukiko badafunze.
Ntabwo mbyumva. Ubu baratashye se? oya weee. Twese hamwe twahise twitera hejuru ubundi amarira y’ibyishimo tubahobera aratwuzura twese neza neza aho turi. Narebye Jules numva mbuze icyo namubwira uretse kumuhobera ndira nkamubwira ngo URAKOZE Hari igihe ibintu bikurenga ukumva waguruka neza neza rwose pee. Jules yahise ajyana na bo kuri brigade gusinyira ko barekuwe ubundi natwe duhita dutaha gutegura ikirori kuko hagomba gushya pee. Ngo bararekuwe se koko cyangwa ndarota ?
.
CYNDIE
.
Sinzi niba nabasha kuvuga uburyo nasobanuramo ukuntu numvise nishimiye ko abasore barekuwe. Gusa ubwo twari mu birori byo kwishimira kurekurwa kwabo abandi bose bari kumwe n’ababo buri umwe, uretse Rudy. Yarahagurutse atavuze nuko agenda afite akarahure k’inzoga agana mu cyumba cye. Aho nicaye nakomeje kubyibazaho mbona nanjye nsigaye mu bajiji ntari umujiji nuko igitekerezo gitunguranye kiba kinjemo maze nanjye ndahaguruka ngo njye mu cyumba cyanjye ariko ubwo nanyuraga ku cyumba cya Rudy sinzi ibyamfashe maze ndakomanga na we aba arafunguye, nsanga yiyambariye boxer gusa ariko ubona intekerezo ze zibereye ahandi Gusa ubanza byaramutunguye kuko yahise asa n’uwikanga maze ikirahure yari ateruye kiramucika inzoga yarimo anywa iba iramucitse imenekaho Sinagize ikintu mubwira ahubwo nahise musaba imbabazi nuko ngiye kugenda ahita ankurura ukuboko
Rudy : ugiye hehe se utambwiye icyari kikuzanye hano?
Cyndie : reka njye guhindura imyenda dore indi yamenetseho inzoga.
Rudy : akira ambara uyu mupira niba ntacyo bigutwaye hanyuma umbwire.
Yahise ahaguruka afunga urugi nanjye mfata umupira we ubundi ngana mu bwogero ndahindura Gusa wari mugufi ku buryo wageraga gato munsi y’ikibuno kandi ikariso na yo nasanze yatose ariko nirinda kuyikuramo ngo hato ntaza kunama ngahena mu bakwe Naragarutse nsanga yicaye ku buriri nuko mugeze imbere mbona arimo kunyitegereza bidasanzwe biranyobera ariko ndatuza
Rudy: ibintu ngiye kukwereka ntibigutere ubwoba.
Yahise amfata ikiganza akijyana ku ikabutura yari yambaye ankoreshaho. Nahise numva igitsina cye cyamaze gufata umurego ndetse gikomeye. Ariko nimvuga igitsina wumve ngo igitsina nyine pee. Wagirango ni umwumbati yari yashyizemo si gusa kuko nakozeho mpita numva namusaba nkayireba itambaye dore ko naherukaga kubona igitsina cy’umugabo kera kandi simbeshya mperuka imibonano nkiri kumwe na Cassien atarabona ihogoza rye Nikije umutima ndiruhutsa abona ko ahari mfashwe nuko
Rudy: sinari nzi ko uteye neza bigeze aha, sinari nzi ko watuma umubiri wanjye ubura amahoro.
Cyndie, ntabwo dukundana urabizi ariko ndumva mbuze amahoro neza neza. Ndakwifuje ku buryo ntabasha kwihangana pee. Niba aria ka kayoga kabiteye, niba ari ukukubona nitonze noneho wambaye hafi ubusa, sinzi.
Cyndie: basi reka tubyirengagize tuganire ibindi biri buze gushira .
Rudy: ntabwo nabikwizeza ko biri bushire kuko ndumva nashize neza neza. Basi reka dusomane hanyuma bigabanyuke.
Gusomana nanjye ndabikunda cyane binandutira imibonano rwose pee. Naremeye turasomana noneho twasomanaga duhagaze, anyegereye nkumva irimo kumbyiga.
Mana weee!!
Uko twagasomanye yatangiye kunkorakora ku mabuno, ubundi agakora ku bibero maze nanjye ndushaho gutwarwa maze mukorakora mu mugongo buhoro buhoro nuko akomeza kunsoma ari na ko anyuzamo akambwira utugambo turyoheye amatwi, kugera ubwo yagize atya akanyicaza ku buriri tukirimo gusomana.
Tugeze ku buriri yakomeje kunsatira buhoro nanjye nkigira inyuma kugera ubwo negamye ku gikuta maze na we anyicara imbere atangira kugenda akorakora ku bibero ari na ko azamura agana ku ikariso aho itereye Kwa kumenekaho inzoga byivanze n’ur***nda rwari rwatangiye kuza maze ayikozeho mbona aratunguwe ntiyazuyaza ahita ansaba kuyikuramo maze nanjye wagirango bari banteye imiti nahise nyikuramo ntazuyaje Namaze kuyikuramo na we yamaze gukuramo ka gakabutura yari yambaye maze nkubise amaso ya ntsitsi ye numva sinakihangana mpita nyisingira ndayifata nyikinishaho buhoro buhoro maze na we abona ko nayikunze ahita ankura kuri cya gikuta ubundi aba arandambitse ku buriri, mu isogonda rimwe nahise numva yayinjijemo Ntumbaze agakingirizo shwi daaa..
Yayigejejemo ibyo gutekereza ngo mubwire ko atakambaye sinanabitekerejeho ahubwo natwawe n’ubwo buryohe Yansabye kurambura ukuguru kumwe ukundi gushize meze nk’aho ndyamiye urubavu maze apfukama atandukayije amaguru kuri kwa kundi kurambuye ubundi ayisesekamo neza neza maze numva ubunyunyusi bwinshi wo gacwa we Yabikoraga anganiriza akanyuzamo agakorakora mu mabere nanjye nkanyuzamo nkanyonga uko nshoboye kuko niba ari ukubikumbura, niba ari akayoga, sinzi gusa nyine nabikoze mbishaka pee Ntabwo yatinze kuko iminota myinshi yabaye itanu ubundi numva amasohoro ashyushye amenetsemo, ahita amvaho ajya mu bwogero azana agatambaro arampanagura na we arihanagura, nuko tuba turyamye dupfumbatanye nabuze amagambo navuga kuko nari ndyohewe mu buryo ntasobanura ku bintu nari ninjiye iwe ntateganyaga.
.
IRAKOMEZA
.
Si ngaho… Abandi se bo ubu bite ra ? Ese birarangira bite ?
**Mbeseguyeho kumagambo yakoreshejwe muri iki gice.**
Agace ka 14 utagacikwa
Comments