
LOVE'S LIESEpisode 01Uyu musi reka dutangirire kuri muri Gereza imwe,Ni hahandi usanga imfungwa zirimo gufungura, gusa uko tubibona ni gereza iteye imbere cyane kuko ho habamo na televiziyo imbohe zirebaho amakuru.Sasa amakuru ari kunyuraho hari interviw interview y'Umukobwa umwe mwiza uri kubazwa n'Itangazamakuru.Umunyamakuru"Aline,umaze igihe gito cyane ugeze muri company ya #OS (#Online_Service) Ariko urimo kuzamuka mubyiciro bitandukanye kandi nabo wahasanze batazamuka.Ese ni irihe banga wakoresheje kugirango byose ubigereho ?"Aline"Birumvikana ko nzamutse byihuse ariko nyamara ndabikwiye kuko ntarindi banga nakoresheje usibye umurava be no gukora cyane"Undi munyamakuru" Aline ese ko bivurwa ko uri kuzamuka kubera ukundanye n'Umwana wa Chairman Ubesha urukundo byaba aribyo ?"Aline"Iteka iyo uri gutera imbere, ibishaka kugusubiza inyuma biba byinshi ariko igikuru ni ugu fakasinga kumurimo wawe.Umwana wa Chairman ndamukunda kandi nawe arankunda vuba duteganya no kurushinga"Sasa uko avuga mubafungwa hari undi tubona ufite ubwanwa bwamurenze ubanza nkaho atatondezi zikibaho yahishe ahagarika kurya arangije ati"ALINE,ba urya isi uko ubishaka ariko vuba nimva hano ngomba kuzatuma buri segonda usigaje riba amaganya kuri wowe"ESE UYU BAPFA IKI ?Tuve aho tuze kuri Aline,Nyuma yo gukora Live interview hari uwo yahise Aza kureba muri Hotel,Ntayundi ni #Deniel umuhungu wa Chairman bariho bamuvuga muri interview, Daniel "Chr kalibu urisanga"Aline"Aya meza yose wayateguriye ngewe ?"Daniel"Chr usibye wowe ninde wundi nategurira ibi ?"Aline"Narimbizi Chr"Daniel"None se wigiraga amaki ?"Aline ahita atambuka asoma Daniel arangije aricara !!Muri Gereza sasa,Barakwereka kiroso wacu nyuma yo kubona interview kuri Tv akavuga yamagambo tutamenye neza icyo yakomokagaho, Yahise aza n'Umujinya mwinshi arangije aza aho arara afata agafoto abika kumusego, Disi agafoto ni akumwana mwiza muto w'Imyaka 5, Yarakitegereje arangije ashoka amarira ati" Mwana wanjye #Dorine ubabarire papa wawe kuko nanubu ntacyo yari yakora ngo aho uri wishime.Gusa nyoko Aline ntuzandenganye nimutera kwicuza buri segunda azaba asigaje kuko nzaba ndi kuguhorera π³"ESE NIKI CYABAYE ?Umusaza wacu arangije kuvuga ayo magambo ahita akura salbeti azamuka hejuru atangira gukora sport, Kumbe nubwo tumubona nkumusaza we yaragiye akora umubiri neza umeze nkuwumusore wimyaka 20 nabwo yariye ibyuma. Muri Hotel abafungura barafunguye gusa bakirimo gufungura hari undi waje,Daniel " sister kalibu.Kuki watinze ?"Undi" Bro wampamagariye ngonze nkurebe uko usangira niyi mabeshu ?"Daniel"Sister calm down,uzi ko uyu uri kwita uko vuba azakubera muaramukazawe ?"Aline"Cheri ndabona mushiki wawe adashaka kumbona hano reka ngende"Daniel"No bb, niyo mpamvu nabahuje ngaha musangire nimurangiza mwiyunge"Sister"bro ntabwo nasangira nawe murikumwe"Sister wacu ahita yivumbura arigendera arabasiga!Daniel yasigaye yikanze π³ ati"Cherie!"Aline"Karame bb"Daniel"Sister mwapfuye iki gituma akwanga bigeze aha ?"Aline"Rwose bb ngewe ntakintu nzi pe, ubanza ari amaraso yanyuranye"Reka nkugarure kuri wamusaza wacu ufite boddy nkabakiri bato,Uko yagakoze Sport hari undi musaxa w'Imbohe nkawe wahise uhamusanga aringije ati" #Yvan uzageza ryari guhisha amabanga yawe,erega aha turi abavandimwe"Kumbe kiroso wacu yiswe Yvan, We bigaragara k yavangiwe,Umusaza"Mwana reba tubanye imyaka itanu yose ntanubwo uba ushaka kumvugisha"Yvan"Akomeza guceceka"Umusaza"Biragaragara ko nyuma yo kubona iriya interview byaguhungabanije,ibi bivuze ko byanze bikunze amakenga nagiraga yashize. Miss Aline niwe kibazo cyo kuba uri aha.Ese Dirine umwana wanyu ameze ate aho ari?Urakeka yishimiye kukubona nkikiragi kandi ukomeye ?"Akivuga Dorine Yvan ahita amusimbukira amufata amashati arangije arasakuza ati"Urongera kuvuga umwana wanjye uko wiboneye ndaza kuguca ururimi umunwa ndawushone"Umusaza"Byiza noneho ubwo wemeye kuvuga"Nkuko abakundana bamera Aline na Daniel bamaze gufungura mbese kuba n'Agafarang...
Ibihe...